INKARI BURYA NI UMUTI UTANGAJE!
HTML-код
- Опубликовано: 4 дек 2021
- #INZUYIBITABO
INKARI MU KUVURA
Abakuze ndetse banavukiye mu ngo zororaga inka, byaba bigoye uramutse utaranyoye amaganga y’inka bakuvura indwara zinyuranye kandi ukayanywa agishyushye.
Abakecuru barazogaga zimaze nk’iminsi ibiri cyangwa itatu zibitse mu kijori, kandi wasangaga gafite uruhu rumeze neza nubwo rwabaga rwarazanye iminkanyari kubera izabukuru.
Inkari mu buvuzi gakondo bw’abahinde ndetse n’abaroma ba kera, zahabwaga umwanya w’imbere mu kurinda no kuvura indwara zinyuranye zaba iz’uruhu ndetse na kanseri zinyuranye.
Subscribe to my RUclips Channel:
/ @dashdashtv
IG: / dashim250
Facebook: / dushimimana.dashim.9
Whatsapp: +250784069299
Mufashe uzinyoye ntazindirwara zitera🇧🇮
Ndagimiye cyane.
uzadushakishirize umuti umuntu yakoresha akivura n'uruhara rwaziye imburagihe.
Murakoze
Thanks Dashim
Ibibyo birarenze
abatemera ubuvuzi gakondo ntibemera 9:04 ijambo ryose ry'Immana...inkari ni umuti...God bless you.
Thinks 🙏🙏,my blether
Dash nukuri warize peee❤❤❤
Nanjye mbafitiye, ubuhamya.
Inkari urazifata ukazikaraba mu maso, mugitondo. Nyuma ugakaraba amazi ashyushye, ndababwiza ukuri mfite imyaka 49, ariko ushobora kubona ukagirango mfite imyaka 32 cg 33, kdi mu buzima sindagira igiheri mumaso yanjya pe.
ibiheri byaranyishe kuburyo ntabintu bibaho muriyisi ntarisiga Mana we ndaje nizo ngerageze ndebe😢
byashoboka rata
@@Angemukeshimana68Murakoze cyane ndabotangula
Muganga mwiza cyane.
Ubwo c urwaye infection nabwo wazinywa ?mudusobanurire
Ndagukunda
Hari na research nabonye kubasirikare Marine force ya USA muri bathroom babasaba kunyara kubirenge igihe barikoga ngo bikiza uburibwe bwatewe na boot 🥾 , kuri training
Thenk you very much
May God bless you
Papa yambwiye ko zongeraga ubwiza,bakazubaha bakazita isakare,cyane zogwaga mu maso,ngo bazisobaga mu gikari ubundi bakoga basa neza.
Ivyonukuri kubera marigeze kwitema Mumu panga icihuse naciye ndzikoresha vyihise bukey nasubiye kukazi vyihuse
Inkari hejur cneeeee👍👍
❤ Yego.mukomeze.mutubwire.imiti
icyiganiro cyawe nicyo p najye nziko arumuti wajye iyo nkomeretse mbita nsobaho hakuma akokanya
Mudufashe uzinyoye ntazindi ngwara worwara ngo ntangure igikorwa🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮💜💜💜
😍😂🤣🤣
🤣🤣🤣
icyonzi nukuzikaraba mumaso mugitondo , sha zankijije ibiheri
😂😂😂😂 hhhh uranyumij 😢😮
😁😁😁🇧🇮🇧🇮
Nawe ujya uzinywa
Merciiiiiiii ❤
Inkari zivura indwara yo kunuka mukanwa iyo uziyinyuguje mukanwa buri gitondo ukazikoresha kenshi , kunuka mukanwa birashira
Nanjye ndumugabo Woguhamyako Zivura ubushye Umunyu Iyo akimara gushya Ntakindi Ashyizehu Ntushobora kubyimbamo Amazi Ikindi Kivura ubushye Amashereka Byose Narabivuje Ariko ntubivanga
Merci
Wow inkari zubahwe, ubu nubwenge jya ubituhezaho rwose
Buriya irijambo kubahwa, risigaye rikoreshwa muburyo budakwiye! Yewe, Hari ba nyakubahwa, ariko Imaña yonyine niyo yo kubahwa. Ntakubaha I Kari quans même! Niko mbyumva
Nigeze kubyumva keraaaa. Umudogiteri waruvuye kwiga hanze ni we wabitubwiye mbanza kugira ngo ni joke.
Merci ndazibyukiraho mugitondo nzinywa
Kurahe
Ziraguhitana
Nange kera najyaga mbona umuntu bakuye ivunja bagasukaho amaganga yinka, humaga vuba knd ntiyongere kurwara ivunja
Uruwambere mubambere kbs
Urwaye colonic ukajyuzoga mumaso ntangaruka kubuhora kumiti
Murakoze
Urategura kbx
Gira umugisha
Murakoz cn🎉🎉🎉🎉
Inkari zivura amaso ayariyo yose
Izamugiyondo udutonyanga 3. Mujijo
Inkari. Numuti mwiza
Batamuli nifuzaga ko umpa ubuhamya uko inkali zivura amaso kuko mfite umwana uyarwaye, naravujee byaranze pe!
Mfasha
Nukuzinywa ariko ntakurenza ikiyiko kimwe mugatondo, rimwemukwezi. Umukoyo uravura nisumuuu
Mu Rwanda rwa kera nizo bakoreshaga nka mukorogo
Dash uzatubwire ring rinojambo rivugango inkari zifungura amapingu ❤❤❤❤
Fitubuhamya kweri narakize ingwara yo kudahwa iyonkoyamazi kuvaho ndatanguriye kunkwinkari sindasubira kudahwa kbs ndashima Imana KBS
Kudahwa.nibiki
@@NsabimanaSifa kuvumesa
@@user-le3et5mr7zkuvumesa byo ni ukumera gute, ni ukuruka cyangwa?
Ego
Dash wacu hejuru
Ndumiwe kandi ndanashimye
Amen
Komera muganga kunyigisho zanyu
Jewe ndazikoresha mumirima kbs Ariko namwarimu wokiri UB yarabitubwiye turikwiga ngirango nugufyina
No kukiguma mugihe ugikomeretse cnk carananirany gukira Inkari numuti
Mbegawe ukunu naripfite I iheri bikaze
Inkari zivura champigno kubantu bazirwaye mu birenge. Nujya koga ujye uzinyaraho. Seriously birakora
Nibyo rwose nange ndabizi ko Ari umuti
Ndikumva Inkari zirimo ifumbire Ya NPK
😆🤭
🤣🤣
Dashim ndakwemera cyn uzadukorere ubushakashatsi kumpamvu mumaso ariho hakunda kurwara ibiheri murakoze
Inkari n, umuti ushobora kwifashisha mugihe baguhaye isumu
Umuvuzi ukomeye kuritwe
Proteins are not present in urine for a normal person
Dash nukuri imaana yaguheya imhano y' ubuvumbuzi
Iyo utwite wazinywa
Thank you very much
None micolob zibamo ,waziywa ukabaho?
Turagukunda
Yewe ngewe nigeze kuzinywaho numvisentanibirenze urahumiriza ukagotomera ntacyobitwaye pe
ni bishya
Cool😂😂😂😂
Iranavura ni sumu mugihe baguhaye isumu ukanywa wavanze numunyu urakira pe
Ariko birashoboka kera baduhaga amaganga yihene batuvura inzoka mugitondo kare
Uzoga zigishushe canke zahoze?
Merci bcp
Tugendana imiti
Inkari nzi ko zivura igisebe sinarinz ko bazinwa😂😂😂
😅😅😅❤❤❤❤ murakoze dashi
Yewewe ntabyonarinzipe arikose kusigwa niharari
Nigute umuntu ubana numugabo bahura yazikoresha ?
Nago narimbizi nzabikora ndebe
egoo ndatunguwe pee!!
Yemwe najye nkunda kuzimwa ariko ndabanbwiza ukuri nzankijije umugongo pe kuzinywa ntacyo bitwaye
Koko se imigongo ikaba irembeje benshi .
Yes go ahead!
Inkarinumuti ziviranubushye bwananiranyep
Ibi bintu nibyo ndibuka abantu ba kera bavurishaga umuhaha inkari za mu gitondo bagatonyangiriza mu gutwi gusa ntitwabyumvaga twabyitaga ubupfumu
Nonex ntandwara byateza se umuntu yazinywa atarwaye akirinda me zo ndwara ndumiwe turakwemera🤭🤭🤭🤭🤭🤭
Ko ntanywa ubuki mwangira iyihe nama
Dashimu dashimu warakoze kundangira uyumuti ndabona uri mukazi kose
Wobifara kangahe incuro zingage
Nonex ukata akababi kamwe kombona Ari cyinini cyoce uragitaruka sobanurira
None wazingwa ukoresha ibinini bya diabethe cg umutima
ibaze nukuri
Zivura amenyo iyo akurya uzijundika mukanywa
Nange barazindangiye nuzimyuza mumenyo narabikoze none yarakize p
abacuruzi binkari babita abacunda nkari
Amazi yakiza diabète gute?
None se umuntu ufite virusi inkari zakorenshwa muzambwire murakoze
Virusi itera Sida
Amagangayinka nubu abamasayi niyoboga mumaso
Knd bagira uruhu rwiza
First to the first
❤
Merci
🎉
Mbega woe
Go ahed
F
Kujundika bisiguriki?
Kugumiza amazi mukanwa
Nigufata inkari ugashira kukanwa ntucire ntumire ukayashira muruhande iryinyo rikurya niko kujudika
Bivuga gusoma ntumire ntunacire zikaguma mu kanwa gusa
Ntabwo ziguma mu kanwa,nyuma y' igihe kiringaniye urazicira.
Uraho ikibazo unsubize njewe ndwaye diabete nonese nanywa inkari yanje ikankiza diabete kugirango ukirewayinywa kangahe
Ngewe zarayinkijije
Ndagukunda
Uruwambere mubambere kbs
Kuzishir mukanwa zikagumayo
Inkari zivura amaso ayariyo yose
Izamugiyondo udutonyanga 3. Mujijo
Inkari. Numuti mwiza
Wigeze ubikora ho ngo ubwire
Yego narabikoze
Umwana wanjye
yakundaga
Kureba Tiv
Ayegereye cyane. Bituma arwara amaso kuko narinatabyumvise ndabikora. Namushyiriragamo inkarize mugitondo nanimuhoroba. arakira
None c nudutonyanga3 icyarimwe mu jisho rimwe? Ushyiramo kangahe Ku munsi?
wabikora kangahe