Rwema yubatse inzu y'agatangaza|Miliyoni 150|yahishuye ibanga yakoresheje|uyu mugabo ntasanzwe
HTML-код
- Опубликовано: 14 окт 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Nshimiye cyane Pascal Rwema na Sabin wamutumiriye abo yigishije bose. Ndemeranya na Rwema cyane. Ikibazo abantu benshi tugira ni ukubona tubaho bucya bwira tukumva bihagije kandi dufite ubushobozi bw'ibanze bwadufasha guhindura imibereho ikakaye mu buzima bwa buri munsi n'ubw'abatugaragiye. Ntibisaba kwiga byinshi kugirango agere ku ntego yaho yifuza kugera bisaba kwigomwa ibinezeza by'akanya no gutegura urugendo rw'ubuzima muntu yatangiye akigera kuri iyi si kandi byose bigakorwa mu rukundo no kubaha Imana. Kugira ikerekezo no kugikomeraho ni ingenzi.
Nanjye ndifuza kuzasazira aheza Imana izabinshoboze rwose.Amen
Rwema numwigisha mwiza cyane hari cyo namukuyeho Imana ikomeze imwagurecyane ahubwo arushe na baherwe bamenyekanye batizera Imana nawe amenyekane mu rwanda narwo ruce agahigo ko mu rwanda hari umuherwe. muri Africa Kandi wubaha Imana nu mwana wayo yesu kirisito nabantu ndasaba Imana imuhe imbaraga zigitinyiro kidasanzwe abayobozi Bose bisi bamutinye ndetse nasatani amutinye kuko ubutunzi afite n Imana yabumuhaye kubera ubwenge nkubwa Salomon ndasaba uwiteka amuhe abamarayika bamurinde abanzi imurinde abanyeshyari bo ku isi yose Kandi ndasaba Imana imwongerere imyaka myinshi byibuze iyo yifuza mumutima we ndasaba uwiteka imyaka rwema ashaka kurama uwiteka ayimuhe mwizina rya yesu umukiza wacu amena nitwa mukiza jeanclaude
Nitwa Mukiza jeanclaude
Gusa Rwema is a real model and a good friend , youth in Rwanda are lucky to have him they should learn and work with him
Rwema ndakwemera
Arko nnoho birushijeho
Uduhe amakuru ya ya Business Econ..
Nakubonyemo
Uyu mugabo agomba kuba yarasomye igitabo cyitwa: 47 Principles of Financial Fitness cyanditswe na Chris Brady. Izo principles zisa cyane n’iza Rwema kandi koko ubashije kubikurikiza uva mu bukene. Uwo mugabo Chris Brady yashinze business yitwa: Life leadership. Turumva ari theory ariko ukurikiye neza uko bikorwa ubigeraho n’ubwo bigorana. Ni urugendo rutoroshye kandi rusaba discipline.
Uyu mugabo aravuga inshobera mahanga ariko uwumva yumvise Imana Ikomeze Imuhe ubwenge bwo kugira abandi inama jyewe biramfashije
Mba hakurya ya mazi, ndamwemeye uyu mugabo kandi twakorana cyane! Abandi bo ni ba Kinjirenkamire, nta planning mumutwe!
Rwema aravuga ibintu byuzuye ubumenyi buhambaye ,Imana imuhe umugisha cyane!
Ubu nibwo buzima dukwiye kubamo
Abemera ko Rwema ari number 1 mu kugira umutima wagutse mumpe like twimanukire
😆🙌🙌🙌🙌✋
Congrats Rwema Natwe turinyuma kbx ntago tuzasigara intego niyayindi ........dukomeje kuryoherwa na business❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Uyumuntu afite ibitekerezo byiza gusa iyo aza kuduha nkurugero rwikintu umuntu yakora akabona amafaranga ari murugo kd mwakoze Imana ibahe umugisha
Uyu mugabo ibyo avuga ni inzenya gusa. Uwahiriwe n' iyi si yibwira ko ariwe muhanga mugukora. Imibereho y' abantu inyura munzira zitandukanye nshuti yange.
Abantu se ngo babyumve? Ntabwo azi uwateguye imishinga yose igashya kandi yiyima buri kintu cyose ngo arebe ko yatera imbere. Byose bitangwa n'Imana.
Icyanshimishije cyane urafasha uzirikana Abatishoboye, guma murugo wafashije benshi Imana ijyihora mubyawe
Umva wamugabowe ndagushimiye peee umpaye inama nziza zubwenge ariko sinziko kubaho nihambiriye nabishobora abantu nkamwe ntanimpuhwe mugira iyomufite imishinga myishi yahazaza ntamuhwe mugira maze gukorera abakire ba4 ariko nabonye babaho nabi kandi arabakire cyakora icyo nakunze nuko mukorera nabuzukuri banyu ariko mwe mubaho nabi rwose ubu nibyokurya byiwawe babibarira kwisahane ukombibona sinzi njye mbona napfavuba Imana yampaye ibiringaniye byamahoro nzasangira naburiwese mungeri zose kandi sindifuza pe kandi mbanyuzwe 🤷♀️gusa sinje guca abantu intege bazabikurikize nibyiza ariko njye sinziko nahinduka mumijerere yanjye rwose mbona mbayeho njera cyane nabamubi kumutima nkahinduka kandi simbishaka guhinduka Imana pe🙆gusa Imana iguhe umugisha kubwo kwigisha abanyarwa 🤝
Uvugishije ukuri cyane pee, ubu buzima bushobora bake cyane, kwihambira rwose sinzi najye, abakire nkaba bahora bareba ku mafranga gusa, ugasanga impuhwe ntazoo
ufite mind set yubukene! kuzigama no guplaninga ejo hazaza ntaho bihuriye no kutagira impuhwe!! uzabyigeho! it's more like displined life style .
Ibyo uvuga birumvikanamwo kwiyemera nokumvikanisha nabi uko abandi babona ibintu. Ahubwo usenge Imana ikurinde gusebya ibisaba discipline utaragira.
Uyu mu papa ndamukunda yigisha ibintu byubgenge byongeyeho akabijyanisha na bible 🙏🙏
RWEMA Pascal ni youth inspiration.. Sabin turagushimira kukiganiro🙏🙏🙏
Hari igihe Yesu yabajije abantu uwo ariwe bose birabananira petero ati uri christo w'Imana aramubwira ati siwowe ubyimenyesheje ahubwo ni umwaka wera akuguyeho arabikumenyesha nshatse kuvuga ikirero Imana yonyine niyo yugurura imuryango hakabona ikagukora kumaso akabasha guhweza no ku bwonko bukabasha gutekereza gusa icyo nakundiye uyu mugabo nuko abijyanisha nijambo naho ubundi nta formule yubuzima ibaho ngo niyi ni umwaka wimana ugwa kuwo iwuhaye Hanyuma imbere he hakabona mwujambo1 nimukurire uhoraho muve mubyaha ibindi ngo ni inyongezo kandi iyo ukurikiye christo Ngo nabyo biza bigukurikiye ubyumva uko ampe Like
wirengagijeko Imana ifasha uwifashije wakwirirwa mubyumba byamasengeshose udakora ikintu nakimwe kikwinjiriza ngo uzakira ntibibaho tera intambwe imwe nayo izindi 99 izazitera
YESU NIYAMAMARE HOSE TV
IMBUZI
🌎📣📣📣📣📣🌏
isi yose
Ni ubutumwa bwatanzwe N'Imana, ko buri muntu utuye isi akwiye gusenga amasengesho y'amezi atatu 3 ni ubutumwa buri mu byiciro bibiri A, Abahanuzi b'ibinyoma.
B, Abantu bose.
Umutwe w'ubutumwa buragira biti:
IVOMERE AMAZI AZABE AHAGIJE MUGIHE CYOKUGITWA
EZEKIYELI 13:3
Nimwumve ijambo ry'Uwiteka. Uku ni ko Umwami Uwiteka avuga ngo: Bazabona ishyano ba bahanuzi b'abapfapfa, bakurikiza ibyo bibwira kandi ari nta cyo beretswe.'
ZABURI 49:2;3
Mwa mahanga mwese mwe, nimwumve ibi: Mwa bari mu isi mwese mwe, nimutege amatwi.
3 Aboroheje n'abakomeye, Abatunzi hamwe n'abakene.
NAHUMU 3:14
Ivomere amazi azabe ahagije mu gihe cyo kugotwa, komeza ibihome byawe. Jya mu ibumba, ukate urwondo, ukomeze itanura ry'amatafari.
YOHANA 4:23
Ariko igihe kiraje ndetse kirasohoye, ubwo abasenga by'ukuri basengera Data mu Mwuka no mu kuri, kuko Data ashaka ko bene abo ari bo bamusenga.
HOSEYA 4:6
"Ubwoko bwanjye burimbuwe buzize kutagira ubwenge. Ubwo uretse ubwenge, nanjye nzakureka we kumbera umutambyi. Ubwo wibagiwe amategeko y'Imana yawe, nanjye nzibagirwa abana bawe.
MARIKO 13:5
Yesu atangira kubabwira ati"Mwirinde hatagira umuntu ubayobya,
MARIKO13:33
Mujye mwirinda, mube maso musenge, kuko mutazi igihe ibyo bizasohoreramo.
MARIKO 13:37
Icyo mbabwiye ndakibwira bose nti 'Mube maso.'
HOSEYA 7:2
Kandi mu mitima yabo ntibatekereza ko nibuka gukiranirwa kwabo kose. Noneho imigirire yabo mibi irabagose kandi iri no mu maso yanjye.
AMEN.
UBU BUTUMWA UKIMARA KUBUSOMA BUSANGIZE ABANDI MUBURYO BUDASANZWE, NDAVUGA UBURYO BWIHUSE.
BUHE INSHUTI ABAVANDIMWE
NIBA WIFUZA URI VIDEOS SURA CHANNEL YA ZABURI NSHYA.
NONGERE NKWIBUTSE KO ARI UKWIVOMERA AMAZI NTAWUZAVOMERA UNDI.
BURAREBA UKIJIJWE N'UDAKIJIJWE, BURAREBA AMADINI YOSE ARI MU ISI.
SENGA AMEZI 3
WIBIBONA NK'IBIDASHOBOKA, AHUBWO GIRA KWIZERA URAHABWA IMBARAGA.
IHE INTEGO YUBURYO WASENGAMO.
BUSANGIZE ISI YOSE
MURAKOZE
SHALOM, SHALOM
Ev.isaie
Ndamushimiye Pascal Rwema Kandi nimfura rwose afite kwicisha bugufi nokugira Imana nyambere.Imana izamuhire mubwo akora byose
Iyo nzu nanjye nzaba nyifite nyuma yimyaka itanu .Iyintego nzayesa
Very wise and smart man I like this man at the beginning I don’t know what gonna be the end
Very smart, especially he talks about God. Sabin ndashaka numero ye. Thank you
Iki kiganiro kiranejeje bikomeye. Following you from 🇨🇦. Maze iminsi nkurikira isimbi TV , iki kiganiro kimbereye cyiza kurusha ibindi byose nubwo nabyo ari byiza.
That man is very smart if everybody thinks like him everybody would have been rich
This man is genius and I salute him.
Mr PASCAL bitumvikana ko ari umuhanga mu mibare Ariko bavuga ngo par la Théorie on peut construire Des CHATEAUX EN ESPAGNE! ! Twese turashakisha ariko siko dushika kuco twipfuza buzima 😵😵
Igihe cose ugomba kugirikintu mubuzima bisaba guhinduka uwutigeze kuba mubuzima iryo ndarifashe🙏🇧🇮
Sabin wotubariza Rwema nta kuntu yokwugurura chanel ya RUclips tukaza turamukurikirana. Murakoze
Naryohewe ndakubonye no muri CHYMALL business nkunda cane , ni opportunity utobona ahandi nanje ndagushingira intahe. Hamwe na CHY nibirenze ivyo uzobigerako
Iyo umuntu byamuhiriye agirango abandi ntibazi gukora
Muduhe numéro ze tuze aduhe amahugurwa, naho ubundi ntacyo tutakoze
Reka kuvuga uko ahubwo mwegere,hari budiness nziza uwo mugabo akora nanje ndayishingira iñtahe . Nawe woyishobora ikitwica nukudafata ingingo
Thanks kumubwirira, uyumugabo last year yansabye amafranga abwira kunty yarwaye kandi ntanubushobozi bwokwivuza afite. None ngo inzu yaje kwigisha abandi how to save or work hard kandi yirirwa asaba amafranga muri inbox za magroup. Rwandese hypocrisy yanyu ntizashira.
@@charlyrutare5897 jya kubivuga kuri TV jye ku giti cyanjye ibiganiro bye biranyubaka kandi nansaba amafaranga ntayo nzamuha.
@@charlyrutare5897 ko inzu igutangaje nubona imodoka yahanuye urifata ute noneho? Naho gusaba amafrw inbox wenda nabyo biri muburyo wakira byihuse, nawe tangira usabirize ahubwo🤣
@@charlyrutare5897 sha mwivugamutyo guhiga burimo guhurwa ntakobisa uzabantu bafite economy bagerageje arik byanze uzi uburyo iyufite inyatsi uyarunda yajyakugera kukintu nyamukuru akamanuka uyareba umva ibyobyose nibyomwivugisha imibereho yacu ivahasi umwana ufite guhirwa mukiganzake nayoyatoraguye amugira umuherwe rwema rero byiza kwigisha abantu Kbx ariko iyudafite guhirwa uwomubare uwubona nka equation utigeze ubona mwisi
Rwema ati:1 amafaranga yanga umuntu uyakorera =
Ahubwo umuntu uyakosha
Pascal, Imana igihe umugisha kuba waduhaye igihe cyawe, Imana igihe umugisha.
Nize byinshi mfashe byinshi, ubundi kazi ni kazi!!
Waaaaw!!!
Abantu bazi kuvuga uburyo ubukire bugerwaho akenshi bishiririra mumagambo nyuma ya 5ans ndifuza kuzamenya ikintu gifatika uyu mugabo azaba yaragezeho atari ikikiri mubitekezo gusa.
Etage ye se wayigaye?
Ntabwo umuzi sha ivugire yarakize uyu kdi mugihe gito ariko afungutse mumutwe ntiwapfa kumwigezaho
Abantu bavuga nkuku kwawe yarabavuzeko. Bamana ibitekerezo biri negative.
Ntabwo ndamuzi ariko ivyo ariko arakora ndabishingira intahe business arimwo nanje ndayizi kandi ntawayihisemwo yicuza , hako umu critiqua wamwegera.
Ese yakwuguruye urubuga rwe,rwa youtube akaza aduha izi nyigisho zafasha benshi pe.
Nanje aha narigushakisha narinzi ngo aninayo, nanyarutse nukuri aradutebeye🙏🇧🇮
@irakoze patrick les rwema solutions
This man is a great thinker.
Uyu mugabo ndamukunda birenze inamaze nizagaciro turabimwubahira 🙏🙏 gusa Imana izamuhe kurama akomeze kuba umugisha kuribenshi mumfashije mukampa Numero ye byaba arakarusho murakoze
Tukumbuye Rwema, please Isimbi mumushake kandi ! Mumutubarize naho twaza turamukurikirana !
We appreciate your thoughts if it's possible share the required table of using income thanks
Murakoze cyaneee cyane pe! Izi nama ziramfashije!
Formula aduhaye irapfuye ntabwo wafata networth yawe ngo ugabanye ayo ukoresha mukwezi ukuyemo andi mafaranga winjiza , ahubwo ufata ibyo byinjira byose ukagabanya expenses ibyo ubona nicyo gihe wabaho uramutse udakora
Kbx wamu papa we uransunitse mubite kerezo nanjyesi ngombaguci kintege kucyonata ngiyepe abwirwa benshi akumva beneyo God bless u 🙏
@Sabin ndashaka ko umpuza na pascal.kandi nditeguye kuri buri kimwe
Uduhe Izindi links zibiganiro byambere Mr Sabin .thank you
Sabe mukomere cyane mfasha umpe connection nuyumugabo kuko aradufashije cyane
uyu mugabo ndamwemeye cyane yabanjye kubana umutwe ndavuga maind nyuma ashora cash none income zubatse etage ehhhh banange uri na swager!!!
Sabin merci beaucoup kutuzanire umuntu nkuyu vraiment kuko arashimangiye ku bintu nahora nzi ariko aranyongereje ibindi
Rwema Imana iguhe Umugisha mwinshi, Kunama zawe kko uzi Imana
Sabin uraho neza,ese byakunda ko umuntu yabona Rwema muburyo bworoshye? Yaba kumugeraho cg kubona numero yiwe umuntu akaba yamuvugisha?
Urakoze.
Uyu mugabo sinali muzi pe ampaye courage iteye ubwoba, azi gusobanura ibintu neza nukuli merci beaucoup
Ese ubonekahe nibwo bwambere nkumvise ,niweho muntu, wambere unejeje mubuzima bwange, duhe nimero
Jenumva aribirebire da! Binshuhije numutwe kuvyumviriza. Utirero nugufunga umukanda ikiyima ugaharura every penny ukoresha kumusi. Ntivyoroshe ukunda utwiza biragoye
😂
Biragoye byo
Thx a lot Sabin nshimiye n'umutumire mwarakoze cyane👏👏👏
h
Umva nange ntago byavamo pe 🙆🙆😭 ngiye gukora tu.
Mpereye aha.uziko hari icyo ushaka utabona hafi yawe, comment here. Sinshaka gushya
SQ&IQ connection mureke tuyikoreshe
Ariko se uy arigisha ibicyi, yabanje akatwishyura ayo yigaruriye atubeshya ngo ahagarariye CHY MALL?!!!Ubungubu umuturajye waguhaye amafrangaye hakaba hashize igihe kingana gutya mumubeshya ngo muri kumucururiza,muribwirako uwo muvumo mutazawusanga kurubyaro rwanyu?!
Uyumuntu numuhanga. uwumva nafungure amatwi yumve uko ubwenge burahurwa kurikiza inamaye kandi izakugeza aheza. Ngewe ngiye gutangira guhere uyu munsi kandi muzambaze nyuma y,ukwezi nzababwira nukuri. Ngiye gufungura account aho kigali ndizerako ngiye kubishyira mubikorwa
Inama zawe ninziza ariko man ujye umenya ko nyuma yabyose haba ho Guhirwa kuko ibyo byose uvuga hari ababikoze kandi byaranze ...ahubwo icyo wabarushije nuguhirwa, Rwema weee ujye ushimira Imana .
Murakoze kuduha inama imana injye ibampera umugisha
Uyu mugabo ari mubanyabwenjye igihugu gifite niba imvugo ariyo ngiro
uyu mugabo nukumutumira cyane sabin
Online investment bikora abakire ibyo uvuga bigarsgara ko aribyo ukora wibeshya abantu bakenye more money more income
Ikibazo cyabanyarwanda bagifite baziko umukire arubyibushye cyangwa uko yambaye naho ubundi ntukabone umuntu ngo umujajinge kuko harabatira namamodoka kugirango batabacishamo ijisho naho ubundi murakoze izo nama zinyongerereye ubumenyi
Ariko Sabin nkunda iyuzanye uyu mugabo utwungura ubwenge 👍🏼njye nsanzwe muzi kwishuli mubona asobanurira abanyeshuli wasangaga huzuye abana abasobanurira sibyiteho 😁ubu rero ndamwemeye kwarimpano ye
Isimbi tv mwakozee cneee harumwanzuro nafasheee in my life biteweee nikikiganiroo ntuye 🇨🇦 ark harico nkuyemo ntigeze mbona mubuzima bwajye .
Sabin mbabarira umpe nbr ye rwose ndamushaka
Nitwa Naphtal ntuye I Maputo ndi Umucuruzi ... ibyo Mr Rwema avuga ndabyemera cyane ndetse njya numva nshaka gukorera cyane kuri Internet ndetse nemera ko ari bwo bucuruzi bugezweho mukinyejana cya 21 nkuko Robert kiosaki ndetse na Jack Ma babivuga... none rero Bwana Sabin Mfasha mbone Numero ya Rwema ... ndayishaka cyane kugirango agire ibyo amfasha ndi Positif cyane kumagambo ye. Kandi nshaka gutera imbere cyane birushije uko meze. Mumpe rwose number ye tuzaganire amfashe neza gukora investment ndetse no gukora savings. Murakoze
Ibi nivyo tuba dukeneye aho gutumira zandaya mbaya hahhaja mwokze kukiganiro ciza cofasha abatari bake
Reka umujinya wa business itari iyawe, looking yours kuko ntiwabibasha ureba negativity zabandi shaka ikiza kimuriho kikwigishe wite kuri business yawe
This is the Jim rohn of Rwanda 🇷🇼. Keep it Rwema . 👏👏👏
Sabin, sinkuzi ntituranahura ngo mvuge NGO komera, ariko nkubwire nti: *Be blessed* uyu mugabo nijyewe ambwira , kuba Imana imunzaniye, najye sindazuyaza pe!!
Mbashije kwiga birenze Sabin!! Ndavuze sinzongera kwangiza no kwiyangiza wapi!! Ngirango twese tugize amahirwe yo kubakurikira dufite byinshi dukuyemo
Natwe turi kukwigiraho byinshi Kandi dukomeje urugendo rw'iterambere.
Uwamukoreye plan najye aze muhe akazi
Ukwezi utanga ibiganiro byiza kandi byubaka .Ndashima uyu mugabo ushaka kudukura mu bukene kandi ndifuza ko yadufasha natwe abasaza tukamenya kuva mu bukene.
Isimbi nifuza kuvugana na Rwema Pascal kubwumushinga. Ndifuza kuwutangira CHY.
Sabin wakoze kutuzanira uyu mugabo pe. Hari byinshi maze kumwigiraho
Wauh uyu muntu afite ubumenyi rwose.
Njye turaziranye nzagushaka vuba ubimpe neza
Very smart man ..
Nanjye ndaryamye Sabin Kandi Ndanyuzwe Ariko Nuwigiciro Kumubona biragoye
Mumpe plan yiyonzu nanjye ndayishaka nimba kurayomahera yakubakwa
thx Sabin uyu muntu ko amfashije sana,twamubona hehe? izi nyigisho twazibona gute
Ese Sabin yarashoye cg yirirwa agufata amajwi gusa? Niba atarabikora abanguke tumwereke inzira
ibiganiro byiza bikora kumutima 💝💖💕
Uyu mugabo ni umu " philosophe" wuzuye kabisa!! Much appreciated!!
Rwema yafunguye Channel "Les Rwema Solutions"... Ibiganiro byo kwiteza imbere bizakomeza. Ngaho tanga abandi kuri iyo Channel, ukore Subscribe, ukande no ku nzogera uhitemo All kugira ngo utazacikanwa! Let's go!
IMANA ibahe umugisha rwose
Muri intwari cyane
Ibaze gushaka agafaranga kakugoye wamara kukabona ntufateho na duke two kugura agacupa ngo wihembe!!! numvise ntaho yakavuze kandi biba bikenewe!!! biragoye pe! ni bimwe bita kwiyima!
Mbonye ko abanyamakuru mujya mukabya.
Iyi nzu y’a Rwema irusha Kure ubwiza iya Allia Cool.Noneho ntangazwa nuko imwe ihabwa miliyoni 500,ikarutwa n’iya Rwema yatwaye 150 millions
Inzu ihenda bitewe nibiyikoze(materials)cg ikiguzi cy'ubutaka iherereyemo
Ibyo uvuga ni ukuri,ngaho mfasha kugera ayanjye,ndi mwarimu mpembwa ibihumbi 51000frw,nta nzu ngira ndakodesha mfite Abana batatu kandi nkorera mu Mujyi .rwose muvandimwe mfasha pe kuko njye ndananiwe.number yawe ndayikeneye cyane pe,
Sabin mbabarira umpe number ye ndebe ko hari aho nava nkagira aho ngera
Sha kereka niba ari miracle ubundi sinzi yakumarira ndumva bimbabaje
Uzatubalize rwema ibyiyonzu narayikunze muzampe no yuwo mugabo ambwire uko umuntu yakubaka kaliya kazu nikezaaaaaa
Mwiriwegute muze mwanvamukambanimero yumomusaza ndashima inamamutanga.
Ndakwemeye cyane urumuhanga wa pe
Umuntu yakubona ate ?
0780374569
So smart man....
Idealistic man discuss ideas. Keep showing us what you know
Guhera ubu ngewe burikwezi nzajya ndeba ikiganiro nyafite munoki nkurikize inama zawe unkanguye ubwonko vrm
Nakunze ibiganiro vy uyu mushingantahe . Reka ndamwite gutyo kuko yavuze ibintu bizima. .
Ariko kandi abantu benshi bafise amatungo baribagirwa caaane indero y abana ndetse bakitiranya gufyinisha abana n uburere .Co kimwe n abantu basenga cane bitiranya gusenga cane ,kuba mu ma chorale n uburere.
Igihe kirekire nasanze abana b abantu basenga bagaherayo badashoboka . Banywa inzoga z umurengera urumogi basimba impangu baja mu butambiro abavyeyi bacuramye mu makesha , mu bikorane , ku karago ...mu bisabisho vy urudacika.
Vyageraho abana b abahungu bakaba aba homosexuel / imborerwa/ abanywarumogi /ibinebwe ugasanga iyo abavyeyi batakiriho baravyononye bakabigurisha.... .Urugero notanga n abavyeyi bari bafise amazu meza mu ma quartier azimvye barungitse abana kwiga mu za bulaya bagataha barapfapfanye urumogi rwarabahejeje. IMANA IZOBIGUKINGE KUGIRA INGUVU ZAWE NTIZIZOSANZARE MUVANDIMWE PASCAL.Murakoze.
Binashobotse Pascal eka n abandi basoma iyi commentaire yanje nobahanura ko inguvu zanyu mwozishira mu mitungo canecane amazu ari ahantu hanyuranye. Gutyo umwana abaye GITO bazorabe aho bamushira abeyo atazotuma bagurisha inzu nyamukuru.y isaziro Mu gutegekanya kazoza benshi baribagira urupfu ko narwo rubaho kandi twowitegurira.
MUMBABARIRE KO MVUZE URUPFU. JEWE NDI MU BA MAMAN BEMERA KO ABAGABO BATARAMBA.
BAHURA N IBIKONDOKA VYINSHI
Uyu mugabo Inama ze ninziza cyane. Muduhe number ye tuzamugishe Inama muri business
Munyihereho nkibihumbi ijana ubundirwishakire
True nakubera umuhamya
Ko numva bitoroshye, no kubaka inzu ntabyo gufata crédit muri bank, biragoye nukuri
Nabo muli Kangondo 2 bali bubatse neza batekanye none ubu barara hanze nk'amatungo....
Rwema azadukorere ikiganiro cyo muri alliance namubonyemo
gusa jyewe jya nshima nkanenga mutubwira gukora kwizigama mutubwira guhera kuri duke ko ariho mwakuye ibyo byose reka da ntimugashukane mujye muvuga ko washoye bike wunguka bike ndetse no gukira biba nkinzozi naho uwashoye byinshi yunguka byinshi haribyo navuga ukumva ari morale baguha kugira ngo ukore ubone ko bucya ariko nkubwije ukuri gukira mugihe gito ni gishoro gitubutse ndakurahiye
Ndashaka number ya rwema ndi USA