Dusuye umubyeyi w'indushyi uba mu ishyamba n'utwana twe 4 | Barara ku kiringiti kirutwa na SUPANET
HTML-код
- Опубликовано: 19 окт 2024
- #ZABURI_NSHYA0786388010
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Ayiga manayanjye weeeeeee! Abimana yagiriyeneza ikabatiza ubuzi akibaha nokubyo gutunga uyu mubiri mwamfashirije uyu mukozi w'Imana Koko. Mana uzampe ibintu nabo kubiha
Arko Mana nubwo tubabazwa arko ntuzabura uko ugenza abantu bakubaha uyu mubyeyi nawe umurengere kandi benedata mufite kuburyo,igihe niki imirimo y'abera izibukwa Imbere y'Imana
Plaisir rwoseeee kora groupe ya mama elie hanyuma ababyifuza tumufashe kuva muri iyo nzu ashake aho akodesha hazima hegereye abandi bantu ,tumushakire ibyo kurya ,kwambara we nabana be ,ndetse twishyurire nabana amashuri ,tunabashakire mutuelle de santé. Mutere agatoki abashyigikiye ikigitekerezo .
Turabishyigikiye cyane
Kabisa akore group
Nanjye ndabishigikiye kandi nibyiza my number is +16232469179
Ibaye ihari munshiremo ndabinginze
ikigitekerezo nicyiza azabikore turabishyigikiye
Yooo!! Yesu niwese wimpfubyi nabapfakazi nabatagira shinge narugero koko Humura mubyeyi Yesu nibyose kumufite
Plaisir nanjye uzansure umpanurire. Ndumva no kumpano yesu yaraguhaye pe ! Gusa Imana ijye iguhe umugisha!
Plasi Imana iguhe umugisha mwinshi cyanepe
Yooooo abavyeyi barasa agahinda karandembej mbonye uwo muvyeyi abana babambay ubusa.Yesu weeeeeee amafeza ninzahabu nirwaw dutabare mukunzi mwiza .Plaisir wakoze Uwiteka aguh umugisha
Mbonye itandukaniro ryumuntu ukijijwe numunyavyaha nsimishijwe nuko ashima muri yose Kandi anyuzwe arakomeye ntamarira afite ahubwo afite kwizera gukomeye imana ihabw icubahiro kuko ivuga ijambo ikarikomeza amen
Nkunda zaburi shya yesu abahe umujyisha kandi yesu arakiza
Ariko Mana nukuripe plaisir ujyumuha umugisha kuko ntabwo yirata nkabikigihe murabona kuntu amuhobeye di urumukozi wimana' pe mbakunda kubi❤️
Imana iguhe umugisha!! .
Plaisir w'Imana. Imana y'amahoro ijye ikwitaho kuko uri , Malayika wabose mugihe nkiki. Yesu akwagurire imbago pe ubone ibyo wihera abantu. ibitunga ubugingo ndetse n'Umubiri. Zaburi Nshya muri Umugisha watwese.
Imana izibiguhembr ivyowakorey uyo mukozi wiman
je ndiburund uyo nomufashagut? Kondikur
Plaisir Imana iguhe umugisha kubwo kuyumvira. umva NSHESHE URUMEZA. MANA icyubahiro ni icyawe pe. Unkoreshe igikwiye.
Njye binteye kwihana kuko ahomba nuko mbayeho ntakagombye gufungura umunwa nitotombera Imana.Imana imbabarire
Imana yacu idakiranirwa iguhe umugisha Ntaganzwa we nkunze ukuntu wivuze uti turi abarokore, nukuri turi abavandimwe muri Yesu🙏
Woe njyambura uko nkuvuga Koko witwa NTANGAZWA izina niryo muntu pe Ubuntu ugira bifitwe nabandi nkawe3 isi yababa paradizo muvandimwe nkwifurije umugishaaaaaaaaa guhirwa nokubana naso wo mwijuru cyaneeeeee
Imana igiraneza ibihevyose
Plaisir we umugisha kumana rwose. Umusore wikigihe utiyemera ntukunde namafaranga. Ngusabiye umugore wumugisha abana bumugisha. Nibindi byiza byose .kdi uzabone ni juru niryo ryingenzi
Yooooo Mana yanjyee!!!ngo sinagurishimpano!! Imanizaguhe umugisha wa mubyeyi we!!!Plaisir nawe korumurimo niwuzahemberwa
Yooooo mbega umubyeyi weeee! Arakennye pe;ariko ahimbaza Imana! Uwiteka akomeze amwiyereke!
Zaburi nshya,Imana ibahe umugisha!
Mana weeeee ubuse yewe gusa Imana ishimwe yo iduha kunyurwa nubuzima itunyuzamo Imana izatugira ukundi kuntu pe🙏MAMA Imana dusenga ishobora ibintu byose iyaguhaye iyo mpano izaguha nibindi🙏🙏
Harabantu batapfukamiye bayari zaburi nshya Imana ibahe umugisha cyaneee
Plaisir uri umukozi w'Imana pe !! Gusa njya nsaba Imana ngo iguhe umugisha mwinshi kandi iguhe amagara mazima...
Ikirutaho izakubakire urugo rwiza. Umufasha azabe avuye ku Mana
Uyu musore arimo Umwuka w Imana Imana izamuhe ijuru kdi akiri mw,isi ntazakorwe nisoni
Imana izahe ijuru abagore kubw'Imbabazi zayo kuko bararushye...Imana itabare pe
Mbega mbega urukundo rwayo ni r wabarwa itunga inyoni izatunga n abayo Imana ibahembe kubasura mercii .
Wamusorewe lmana iguhe umugisha utagabanyije lmana ikongerere aho ukuyee!!!!!
Ndafashijwe cane.Imana impaye inyishu yibibazo narimwo.Imana iguhezagire caane.ntakintu nakimwe dufise tuzireguza imbere yImana.
Mukozi w'Imana plaisir nukuri Imana iguhe imigisha myinshi.
Ayiiiiii weeeee Mana yacu udukize ubwirasi, ubwibone ,ubugugu nibindi byinshi bitaguhesha ishema .
Ha umugisha Plaisir na Thierry.
Kandi uduhe imitima yo gukunda no gufasha abakene. Amen amen alléluia
Imana imuhe umugisha uyumusire kuko Imana iramukoresha rwose kdi imukoresha ibyubutwari
Yesu ni yamamare weee umva nge byandenze muhungu mwiza uwiteka akomeze kugukoresha ibyubutwari komera , kenshi ujya ugenda nkabamalaika basuye hablahamu
Umva wa musorewe nubwo ntazi izina ryawe ariko kubwo akazi ukora lmana iguhe umugisha utagabanyije uzamurwe bakongeze umushahara kuko uri umukozi mwiza wi tanga🥰
Nshenshe urumeja kubera ineza y' Imana nyihaye icyubahiro 🙌🙌🙌🙌🙌
Mbega inkuru indijije ariko mana weeee ubuzima ntibworoshye nshuti komeza urwane urugamba urimo nzinezako zuzashira iyaguhaye ubugingo ninayo izakuneshereza urugamba kdi uwiringiye Yesu ntakorwa nisoni
Yooo papa wanjye urakoze uranejeje nukuri kugaburira uwomubyeyi nibyo bibondo uzagerakure
yooo imana iguhe umugisha mwinshi cyaneee itagabanyije na gato hamwe nuwo mugenzi wawe pe umuhati wanyu suwubusa k Umeami pe
Imana ikurengere Maman niwe utabura uko abigenza 🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾 nanjye umwuka wera yankozeho ntaranasoza ikiganiro 😥 nukuri nziko nzongera kubona uyumubyeyi haricyo imana yakuze🙏🏾🙏🏾
Imana yita kubatagira shinge narugero imfiteho cyane kdi imutabare kuko irashoboye
Iyo Mana yarakoze cyane pe kukurinda Arko uyisabe izagukure mubukene kuko ubukene nibubi cyane Kandi izahe abana bawe umugisha
Imana izagufasha di muvyeyi mwiza wa yesu
Nukuri Imana ige ikomeze kubaha umugisha mwinshi, imbaraga n'ubushobozi bwinshi nukuri😭!
Ibyo mukora byananiye benshi cyane...
Mama Eliya humura.tugiye kwinginga Imana igusure.
Ab'Imana yagiriye neza nimuze tumutabare.
Uwiteka adukunda twese na mama Eliya arimo.
Mana seruka koko.
Mana bikore wiheshe icubahiro
Iyi wuguruye ntawugara☑️🙏🙏🙏
Yoooo imana iguhe umugisha wamusore we
Imana irakwishuye kuko isezerano ryawe rirashitse 2021 ubuzima bwawe burahindutse Mwizina rya Yesu amen 🙏🏾
Mana weee ujyuturinda ubwibone nokwishyira hejuru ,wamubyeyi we ineza y'lmana ikugereho mukobwa wa yesu nawe byakubera kubaho mumunezero
Plaisir Izina niryo muntu Imana izaguhembere urukundo ugira mukwitangira abakene.nkwifurije kuzaronka ingoma y'ijuru
Sha Imana ya mahoro izaguhembe nawe mugihe gikwiye izakwibuke igutabare
Imana itanga byose igushimishe nkuko ushimishije uwo mubyeyi
Imana ibahe umugisha kubasura kuko barababaye pe
Imana ibahe umugisha muduha ubuhamya bwiza burapfasha cyane
Yoo urakoze mubayehi imana iguhe umugisha
Turirimbire Uwiteka indirimbo nshya kuko yibutse ubwoko bwe, yibutse abana be. Data ahe umugisha buri muntu witangira aba bene data. Yesu azatubwira ati: nari nshonje urangaburira, nari nambaye ubusa uranyambika....,, tumubaze tuti ryari Nyagasani? Adusibize ati ubwo mwabikoreraga babandi ninjye mwabikoreraga.
Uyumusore
Arikumugambi. Wimana
Ndarengewe sinari bwabone abitanzi nka blesile YESUKRISTO aguhe umugisha
Ako Mana ndumva agahinda kanyishe ndumva agahinda kanyishe Mana warakoze kuba ucyindinze nubwo haribenshi bababaye Imana ikurenjyere mawe
Plaisir mukozi w'Imana, nezerezwa n'ukuntu wita kubatagira shinge na rugero, ukagera kubantu bahebwe na société ariko imbere y'Imana ni aba'agaciro kanini. Ubutame bwawe si ubw'ubusa mu Mwami, ukomeze umurimo Kristo yatanguye muri wewe, ni nawe azowurangiza kandi nawe uzobona ingororano. YESU agukomeze, agushoboze kdi aguhezagire
Imana igumugisha plaisir ibikogw vyawe biradushimisha
Plaisir uri umukozi w'Imana udasazwe pe Imana iguhe umugisha uri exceptionnel uri umusore wintangarugero kwitanga kwawe birarenze unjya kureba abantu kure yikigali nubutwari pe 👏👍🙏 félicitations
Plaisir Imana iguhe umugisha pe! Kandi n'amafaranga yo gukoresha umurimo wayo iyaguhe mu izina rya Yesu natwe Imana idushoboze kugira icyo dukora kubwe pe!
Plaisil numuri uranshimisha rwose uri umukozi w'Imana ndagukundaaaaaa Imana izagusetse ndabikwifurije
Yoooo disi rebakuntu kariyakana karikumutegurira igitege kuntebe . yesu we icyubahiro nicyawe ibihebyose.wamusorewe mbambuze icyonvuga gusa Imana izaguhe ijuru.
Ahohantu ntuhamufasirize. hatarumuntu numwe, baramutera nijoro, byanamukururira, ikibazo rwose yagombaga kunjya aho abandi bari. Yakishyuramo unzu yacuminabitanu.. Hanteyumbwoba iyonzu arahahira abajura
Plaisir uhabwe umugisha n'lmana.
Nukuri benedata ntaco tuzokwireguza imbere y'imana uwo abayeho nabi ariko agakorera imana plaisir imana iguh umugisha ukomeze kuyoborwa na mpwemu yera I Burundi turabakunda🙌✨
Imana irkwibutse nk'uko yibutse ba Adrien na Nsuzugurwa,
Imana ihezagire Zaburi Nsha n'abakozi bayo.
Uyumunyamakuru imana yamaze kumuhumugisha kuko niwe urigukora yamirimo twaremewe muri kristo yesu ngotuyigenderemo ibindibyose isabimuha kugirango imunezeze akirimuruyumubiri
Imana yacu
Ifitamaboko.izamukorera.
Plaisir imana izagukomezamaboko
Ariko c koko ibi nibiki ko benewacu bakennye cyane abo Imana yagiriye neza mureke dufashe uno mubyeyi pe wishyire mumwanya we wenda niki gihinja ahetse Mana yanjye😭😭
Yes 👏
Wa munyamakuru we Imana iguhezagire pee
Ntakintu tuzireguza mugukorera Imana nukuri yoooo Mubyeyi Imana ukorera izagutabara ifite inzira nyinshi izacishamo ikagutabara😓
Nari ngiye kugira agahinda ariko nibuka ko Plaisir agendana n' Imana. Gutabarwa k'uwo mubyeyi kwageze
Maman Elie,ashyire ubwenge ku gihe,ariya Frs ajye ayakoresha igikwiye.Akurikize inama Plaisir amugiriye.
Ark manaweeeee ugirire abakozi bawe neza. Uwo mwana yashonje erega😙
Imana imugirire neza disi
Ariko yesu urimana mubibi nomubyiza ijambo ryawe nukuri kandi icyo wavuze ucyirinda ibihe nibihe
Wa mudamu we imana iguhe imigisha ,ubirimo neza,wowe utifuza gucuruza impano yimana uzabikomeze ntuzateshuke imana izicirin,ira
Nukuli plaisir ntukabure kumwuka wera kandi Imana yo mwijuru iguhe umugisha kubwo gusangira nabababaye
Sindasoza icyiganiro ark agahinda karanyishe Imana ibahumujyisha
Plaisir Imana yo mu ijuru ijye iguha umugisha kubw’umurimo w’Imana ukora, uhumure nutagwa isari uzasarura.
Wowe nugufasha gufata amafoto, Imana izabahe ijuru nicyo nabifuriza, ariko mukiri no muri ino isi, Imana Izabanezeze.
Ndabakunda kandi Imana Ibahe umugisha.
Plaisir imana ijye iguha umugisha
Blaisir yesu age akumpera umugisha nukuri uruwagaciro mumaso y'lmana lmana iguhe umugisha kndi izaguhe n'ubugingo pe
Uzikurinda Mana mukozi w'Imana Imana ikugirire neza musore mwiza 😭😭😭😭😭🙏🙏🙏🙏🙌🙌🙌
Imana iguhe umugisha Plaisir kdi ikongerere amavuta kuko urakora bushoboka🙏
Plaisir,ukoze igikorwa cy'indashyikirwa! Uriya mubyeyi iramuteturuye pe! Imana iguhe umugisha kandi igusubirize aho
wakuye.
Uwiteka ibuka uyu mukozi wawe kdi Plaisir Imana iguhe umugisha itagabanyije
Abaha imigisha akomeze kubashoboza mu Mulino mwiza mukorera Imana
Ntagazwawe ndagukunda yesu yaguhaye urukundo ntakurobanura
Urwo nirworukundo
Plaisir ivyawe sinkironka Nico nkibivugako pe! Ariko uwo mudamu naze aravuga amen ifise ubusobanuro bukomeye!
Hama wa mugabo uyumunsi acagaruka kuko Imana yagendeye uwo mudamu!
Mana Urakoze caaaane!
God bless you all weeeeeee umutima unezerewe unezeza Imana nukuri Plaisir wakoze kandi Imana ukorera izaguhe iherezo ryiza mama Elia uzishime iteka .amen
Ibi birenze ukwemera 😢😢😢 kandi ntabwo yinubira ubuzima abayemo arashimira Imana
Iyo uri muri Yesu uranyurwa
Oh Halleluaaaa
Mama mwiza imana izakugiriraneza cyane rwose humurape
Imana ishimwe nubwo bimeze gutya,ngw'abayo yabamenye kera,;kandi kugutabara ataruko yabuze tickets
Naratekereje nsanga iyo abantu bose baba abakire bari kwishyira hejuru bigatuma ntanumwe wubaha Imana,.nicyo cyubahiro cyayo, kandi nibwo bumana bwayo
Twizerako hari Imana ireberera indushyi n'abakene,humura uzatabarwa.
Imana imbabarire kutanyurwa😭😭
Nanjye pe
Imana itubabarire nukuri🙏
Plaisir Imana iguhe umugisha cane cane cane
*#PLAISIR**, gusa, Imana Izaguhe iherezo ryiza kandi Imana Izajye Iguha ibyo wifuza byose igihe cyose uzaba ukiri hano kuri iy’isi.*
*Komeza ukorere Imana.😍*
Plaisir we! Nyamuneka mubwire azirikane neza kutazagira uwo aha code ye batazamwiba amafaranga nyamuneka! Sinzi impamvu bihise binzamo byihuta.
Nukuri wamusore we Imana izaguhembe birashimisha ukuntu umubyeyi wumukene anezerererwa Imana ariko abafite ubuzima bufatika bakayijujutira mana ujye utubabarira
Much respect for you .you are true servant of God bless you and bless that lady
Mana wowe urinda komeza umurindire utwana twe tuzagume dukure neza ubwo nta kibazo dufite yooo ukunu afite abana beza mana barinde🙏
Ngusabiye umugisha n uburinzi Ku mana ,Imana ijye ikugenda imbere n inyuma ufashe urugendo nkurwo rwo kujya kureba abababaye n ukuri kd Imana ikongerere amavuta
Imana ijyiguha umugisha ndagukunda mbamuri Congo ufiturukundo Imana yakwihereye ijyuguhumugisha utagabanije
Plaisir Imana ibandanye kuba namwe mubikogwa murimwo gukora mubarikiwe na Bwana 🙌🙌
Imana yacu iguhe gutabarwa muvyeyi ufite impano prr🙏🙏