@@MarieAliceUwizeyimana soma Zaburi 115:1-8 no mu Kuva 20 :1-5 urabona ko bababwir'ukuri igishushanyo cya Bikira Maria cyashya gute kdi gikozwe mubyondo ?
Ikibumbano ni ikibumbano..ubwo hari impanvu kitahiye yenda ibyo.bigikoze ntbifatwa n inkongi y umuliro.. ntukabyikubite imbere. Ntukabikorere. Iyegeko rya 2 mu mategeko 10 y Imana
Reba film yacu nshya hano: 👇🏽
ruclips.net/video/_rA5pN0aIpM/видео.html
Mubyeyi Mariya udusabire nabo bantu bahaye Imana 0 mubababarire
Thank you god
Bikira Maria utarasamanywe icyaha ujye udusabira twese abaguhungiraho🙏🙏🙏
@AssumptaNyirabakoza nomuri zaburi ya 74 umurongo wa4 kuva KERA amashusho yabagaho. Muzasome iyozaburi.
@AssumptaNyirabakoza amen
Bikiramaliya ni umibyeyi wanjye❤
Bikiramariya ni Umugabekazi w'ijuru n'isi, ni Maman wa Jambo, Nyiribiremwa! Abamwemera ntapfunwe na busa dufite kuko tumufite nk'umubyeyi udukunda cyane kandi uduhakirwa ku Mana❤kundwa kundwa Mubyeyi w'isi n'ijuru n'abatakuzi bazakumenya ibyo ndabihamya kuko nziko impuhwe zawe ari igisagirane🙏
Uri umuyoboke mwiza rwose !!!!
nukuri rwose ni Mama wa Yezu ,ni mama wacu
@@ericmanizabayo1312 mwamikazi
@@jeannedarcmanirareba3060 hhhh izo mpuwe uvuga z'uwo mubyeyi ko ntacyo zamariye abantu bari muri kiriziya I kibeho muri 94 muge mugabanya kanuni z,abakoroni sha
Imbaraga z'Imana 💪💪💪💪💪
Bikiramariya ni Umubyeyi ❤❤
Bikiramariya mwamikazi wakibeho udusabire
Nitwubaha Imana,byose izabirinda ikibi, Bikiramariya umwamikazi wisi nijuru udusabire.
Bikiramariya numu
gabekazi wisinijuru
Nibahashe nakare wimenyereza imbwa ikagusanga mwisengeero
Ariko abantu Bose ikigaragara ntibigeze bashaka kubaha Imana kuko byibura iyobababasenga hari kurokoka amazu make ashoboka murakoze.
Mwamikazi utabara aba kristu udusabire.
Yoo birababaje
Mama yomwizuru tabara agaragu bawe
Mubyeyi Bikiramariya utuma twishima udusabire
Mwamikazi wakibeho udusabire 🙏🙏🙏
Bikiramaria nyina wajambo udusabire
Mana ubarinde mubuzima bwabo✋👍😭
Iryo Jambo ngo ikibumbano rwose??? 'Ni ishusho ya Bikira Mariya"
Imbabazi z'Imana ni igisagirane kdi kutucira bugufi ntacyo bisaba nibàce bugufi bayubahe irabagirira ikigongwe 11:00
Soma Yeremiya 10:1......10
Mubyeyi Bikira Mariya,udusabire ku Mana
Mwebwe se mwakwisabiye?
Amen amen amen umuvyeyi bikira maria udusabire.
Ndayishimiye yeretse abanyabwengeko 100/100 ari ayayo ahubwo abantu babnye0/100
Abatizeri Mana namwe mukizeri bibumbano muzashya namwe mwizeriyo mwijuru ngwabizeri bishushanyo bazarimbu kananabyo
AimeToG
AimeToG
Imana ishimwe cya ne
Yes thank you gos
Imana irakomeyepe
Amana God is oll things
Duhe Imana umwanya mu buzima bwacu, kuko kwirandukanya na yo nta kiza kirimo.
Good News times
Bikiramariya numubyeyi w'lmana nuwacu❤❤❤❤❤❤❤❤
Abavugagako abakatorike basenga ibishushanyu nizereko imana iri kwivugira
@@MarieAliceUwizeyimana soma Zaburi 115:1-8 no mu Kuva 20 :1-5 urabona ko bababwir'ukuri igishushanyo cya Bikira Maria cyashya gute kdi gikozwe mubyondo ?
@@CléniaNiyonsaba-y2l iso nzi x zo zikozzwe muki
@LiberathaNishimwe none wowe urebye namasoyawe urabona zubatswe muki ? Ntanzu yitafari ishya ngo hasigare ivu ishya igisenge nibyomunzu biriya n'ibintu abazungu bubakisha bimeze nka contre plaqué biba bikomeye ariko kumuriro ntibikomera bishya nkibipapuro cyangwa nkimbaho nyine
@@CléniaNiyonsaba-y2l Nkubwo uraburanira iki?,muzazira kwinangira no gushakira ibisobanuro ibintu byose,bitari nabyo
@@MarieAliceUwizeyimana ugusebya gaturika ngo isenga ibishushanyo ntabwo aziko n,ingirwadini abamo ari ishami rya gaturika?
Imana idufashe uwomuriro uzime kumbwimbabazizayo
Uri umubyeyi wacu,ibihe byosi.mubyeyi waci bikiramariya udusabire
Nti mukagire ubunebwe namwe mujye mwisabira
Yegoye imana ikunze icyibumbano kurusha abantu ariko manawe aba gira icyo ibagenera
Bavuga ishusho Yabikira Mariya
Mubyeyi wacu bikiramariya turakwirigiye
iyi iki ni ikigisho gikomeye cyane kubantu batemera
Died
Imana izahora ari Imana, abatemera Imana muyigarukire
Amen
Alleruya Bikira Mariya dusabire
Imana yubahwe amena ndakubaha uriya
Yubahwe Maria Nyina wa Jambo .!!!!
IMANA lSHIMWE❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤ MWISINO MWIJURU👍👍👍👍👍👍
Iteka ryose
yoo imana ishimwe rwose
Amena 🙏🙏
God is first in all things
Soma Kandi yesaya 40 :1......…
Umva utwara indege ejo yasabiriza nihakagire uwirata ubutunzi uwirata yirate yesu
Bavuga isgusho ya bikira Mariya ntabwo bavuga ikibumbano , Mwamikazi wa kibeho udusabire
Birababaje
Ngo bayihaye o/o ntanamakuru bafise kweri jewe nizigira uhoraho kuko niwe abigira akabigirura kandi niwe abirema akongera akabikomeza muragahoruko muyisuzugure musumvye ngaho ntabwo Imana Imenyerwa p kuko ntabwo ari bayari cank dagoni Ndagukunda Yesu wewe wihesha Icubahiro kumurango no mw,Ijoro😁😁😁😁😁
Satani nawe akora ibitangaza na misiri abapfumu bajunye inkoni.hasi zihinduka inzoka wakwizerera mukintu kidahumeka ukumvako ari ibitangaza byi imana Imana yo yonyine niyo ibitubuza itegeko rya kabiri
Ganzi teka, Mwami wo mwijuru, ganzi teka duhore tukurata.
Ubwose basabye Imbabazi Imana igihugu cyose ubwo baracyari mubiki bizarangira bemeyeko Ari Imana
Ibibumbano byose byarahiye ark hasigara ishusho ya Bikiramariya. Njye nzi agaciro ke gs Tujye twubaha Uwo mubyeyi kuko icyubahiro cye yagihawe n'Imana igihe Marayika yabwiraga Mariya ati " Ndakuramutsa mutoni w'Imana
Ni mbaraga z, Imana kuko abantu bapfuye ni bake cyane
Ntabwo bavuga ikibumbano bavuga ishusho ya Bikira Mariya
Bikira Mariya niwe mubyeyi nyakuri
Na Mama wawe ni umubyeyi nyakuri muvandi.
Ariko ikibumbano rwose wapi bavuuga ishusho ya bikiramaliya
Ninyina wayesuwundi imbwa nabikiramariya nikibumbano warebye ibindi ujyamo ukirinda urubanza rwimana ko utariga
Bikiramariya wari aho unyibukije byimshi uturengere.
ariko niba aribyo ni ukuri kuko imana irahari kd irakora ikora ibyananiye amaso yabantu nge ndabyemera 100/100
Uri umuhanga pe noneho usigaye ufite ijwiryiza cyane birenze
Mana wirekene nkonugihe cya eriya
Ni ukuri ni WE Mwamikazi w' amahoro nibamwambaze bakire
Mubyeyi wa Jambo wadusuye I Kibeho komeza udusabire.
Imana Ibirimo
Yesu arabikora
Kucyimari,atarokoyurworugo
Ni your
Ikibumbano ni ikibumbano..ubwo hari impanvu kitahiye yenda ibyo.bigikoze ntbifatwa n inkongi y umuliro.. ntukabyikubite imbere. Ntukabikorere. Iyegeko rya 2 mu mategeko 10 y Imana
Murababwira se ngo bumve! Mbonye muri commentaire hari abavuga ko ibumba ridashya, ribuzwa n'iki? Muzemera bigenze gute Koko? Ahahaha haracyari akazi!
Sha ntimugakabye nonese ishusho yashya gute kandi ari ibumba ?kandi umuriro ukigezeho nibwo cyakomera cyane
@@janviernsabimana5174 muvandimwe Imana ikugirire neza satani akomeje kwigarurira abantu abahuma amaso ziriya nzu zabaye umuyonga kuko aribintu abazungu bubakisha bimeze nka contre plaqué inshusho nikibumbano gikozwe mubyondo byashyagute Nsomera Zaburi 115:1-8 no mu Kuva 20 : 1-5 urumva ukuntu ibiremwa by'Imana twagushije ishano kuko satani yatumanukiye
@@janviernsabimana5174 wowe turi kumwe
Niyompamvu namwe mukirimbuka niba mwizerera mubishushanyo harumuntu uyobewe ko ibibumbano babitwika kugirango bikomere
Mureke Imana yitwe Imana ni Yaa .....
Kuba ikibumbano kitarahiye ubwo hari ibitangaza birimo Kandi nyine Ari ibumba?
@@mukamuhirwamarguerite7825 sh abantu bafite ubuyobe burenze cyari gushya gute se kdi gikozwe mu ibumba ngaho hazaze umuntu akimenagure barebe KO kitameneka
@Pink.53 hahhhh sibyo se?
Harya abavutse cyera ibumba rishya gute?
Kabaye is irarangiye
Harya ubusanzwe ibumba rirashya?
@@mukamuhirwamarguerite7825 nonex iiriya miturirwa yakongotse ikzwe mubiki
Ahubwo mureke twihane Koko igihe Niki kuko ufite amaso ntacyo atabona.
Ikibumbano ntabwo gishya,Si uko Ari izindi mbaraga ahubwo ni Science
Reka kumubeshera,ntiyigeze asa nicokibumbane.kandi azobaburanya imbere y'imana ni mutihna
Alikose atarugukabya ikibumbano kwa rurwondo cg amatafari kwatari amabati cg ibyatsi halimo igitagaza kihe?nkumunyamakuru ukazana amakuru adashinga?Atarubugoryi bwanyilikibumbano wahisha izu ukaramura ikibumbano ukishima ngo halicyo waramuye.Kubura ibintu ugashimishwa nogusigarana imbwa?Umugabo yapfushije injangwe ati amatungu anshizeho.
@@MahamuduAbasi-o1n mujye mubambariza
Thek you sweet
Urabeshya bikimarya nacyo akora ahubwo umwanawe
Atuvuganira kumwanawe yezu kristo 🕊️🕊️🙏
Atuvuganira kumwanawe yezu kristo
IMANA niyo nkuru
Hhhhh. Nibamutangiye kubeshya kd rero kirita kibumbano 😂sekoko
Nonex abari kuvugako byatewe nimana barabikurahe ?
God is good 👍💪💪💪💪💪🤝🤝🤝🤝🫵🫵🫵🫵🫵
Ujyuhoza kumuti
ruclips.net/video/pSDDfM1XgaA/видео.htmlsi=CfeU9_7OS0DhSxLA
Ubwo c wowe urebye cyari gushya gute
@@CRIK_on hahhhh😆😆😆😆😆
Amen