DORE UKO WARWANYA IBINURE BYO KU NDA👌🏻|AYA MAKOSA ABENSHI BAYAGWAMO| UKO WABYIRINDA
HTML-код
- Опубликовано: 29 сен 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
youtube.com/@LearnwithMalaika921?si=JQOXkw76h6TmrOze kanda hano urebe ibindi biganiro byiza bya Grace👌🏻😍 0788826506 wanamuvugisha kuri iyo numero ye
😊😊😊😊😊😊😊😊😊q😊😊
Iki kiganiro ndagikeneye kbsa. Uko utakaza ibinure byo mu nda kbsa
0!
Hei
@@ikazetv2192 ugabanye icyakula
Dukeneye ibiganiro byinshi nkibi murakoze cyane ndabashimiye!
Imana yishimire Nkundabombi M Grace. Kandi Rose Imana imuhe umugisha kubera umutumirwa mwiza.
Murakoze izinama ninziza cyane reka tugeregeze
Ikiganiro ciza cane gifasha benshi.umutumire azogaruke kutugir'inama y'abafise ubugwayi bwa estomac ingen nabo bofata regime kugira batakaze ibinure.Mwarahezagiwe
Wawuuuu!!!! grace arakoze cyane . aratwubatse
Ifi wayishyira no muri Oven
Aduhe ka nimero
Iki kiganiro nikiza nange ibiro byaranzamukanye ndikurwana nokubisubiza inyuma ariko nihatari😅🙆thank u.
HHhH ahwiii imbavu zanjye we
umvugiye ibintu ibiro biri kunyirukaho😮😮😮😮
Ndakwinginze mbabarira unkandire kw foto nukuri lmana iguhe umugisha wowe ubikoze 🤲🏾😭❤️🙏🏾
Aki kantu rwose uvuze ko gutegura indyo nyinshi kumeza nanjye ndabyumva cyane sibyiza njya mbigaya cyane ifunguro rigirumumaro iyo urihunduye buri munsi ugategura ibitandukanye
Mutagatif Grase turagushimiye kubiganiro byiza kumirire ❤❤❤
Umutumirwa arakoze cyne tugiye kugerageza peuh
Niba nacyo bigutwaye nka ndira kw foto kandi lmana ihe umugisha wowe wabikoze koko jyewe nacyo fite naguha 🤲🏿😰❤️❤️🫂🙏
Uyu mutumirwa ndamukunda cyaaaane azi kuganira kdi ndikumubonamo ubumuntu❤
Yebabaweeeeee!!Igitoki Nkirya Buri Munsi Nicyo nkundanzingo Ndikugabanya Ibiro!!!!Nzingo Nimbogape!!
Ikiganiro kiza cyane pe. Rose urakoze kutuzanira Grace. Reka tumushake adufashe ❤❤❤❤❤
Mbega ikiganiro cyiza.Merci bcp.Que Dieu vous bénisse!!
ROSE ,umuntu waguteye none ,uhereye ku mu musatsi kugera ku rukweto rwose 👌
Number 2 mumpe twatuntu abantu bakunda Rose nkange 💞💞💞
Ooooh.......umubyeyi mwiza pe, izina niryo muntu"NKUNDABOMBI" vraiment Belle interieure qu'à l'exterieure.....avec des bons conseils de nos vies❤
Uyu mubyeyi ameze nka catholic yoroshya ibintu nipfura yo kagira Abana namafrw
Mana we nishimira ukuntu natangiye umwaka neza pe 2023 85 kgs now 73kgs knd ntagusubira inyuma mfite ✌️😘
Wabigenje ute se Sha wowe?
Félicitations🎉🎉🎉
Udutip tudusangize
Courage rwose njyewe ubungubu ngeze kuri 67kg mvuye kuri 81kg kandi natangiye kugabanya ibiro umwaka ushize wa 2023 kandi ndacyakomeje gahunda nukugera byibura kuri 65kg.
@@fantikonje18mwabigenje ute
Rose we wakoze wambarije nkaho wandebaga nukuri wagirango naragutumye merci rwose ,inda zari zitumereye nabi!!
utubarize umutumire ingene twonywa amazi bikatugirira- akamaro. merci
Bavuga ko ufata ibiro byawe ukabigabanya n'iguhumbi igisubizo ubonye ugikuba na mirongo itaru na gatatu
Murakoze kukiganiro kiza 😍 ariko umugore Wonsa arasonza pee! Wagirango n’amara bayadashye🙆♂️🤦🏽♀️😀
Aha rero nagirango mbabaze, Nko kumurwayi wa diabète, yafata iki mugitondo kitarimo amasukari kugirango abashe gufata imiti nta nzara afite?
Hello Malayika ! Uri mwarimu mwiza sinari mbizi . Merci bcp
Ikiganiro muduhaye ni kiza. Uwo Muganga asa na Mbonyicyambu.
Rose waducokoje kbsa
Uzatugenere part 2 ❤
Hey dear Rose! Grace aduhe number cg address ye (aho akorera).
Hhhh ko stock yinda nyibitseho ra 😂
Gusa njye mbona mfata ipura nkiyabandi njye umuda ugafodoka
Rose rwose urasaneza cyane, wambaye ikanzu nziza, Sandales nziza, noneho ufite peau nkiyumu bébé, umushatsi mwiza, bijou ziri discret, nukuri nkuhaye amanota 100/100 kubyo wambaye n’uko umeze.
Tubwire iyo kanzu wayiguriye he? Sandale nziza waziguriye he.
Uri top number one Beauty.
Thank you❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Waaaaa byiza cyane Nkundabombi Grace twarigaye I Gahini
Mwakoze cyanee Mutubwire igipimo mukuywa amazi
Nkundabombi ubutabaye amagara yabantu beshiii
Isomo nkuyemo nukugira displine mukurya
Iyo mode de vie niyo ndigukora ariko nkitangita nari stressed, na kwambara somberwe, narya bikambihira ariko ndikujyenda menyera hope bizagenda neza
Thank u Rose....Imana iguhe umugisha turize vyukuri.Merci Coach
Merci bcp
Shaloom, le régime au choux se trouve sur Google et on met beaucoup d'autres légumes et on change chaque jour PDT une semaine jusqu'à ce que tu trouves ton poids. Souvent c'est un régime qu'on donne à des personnes grosses avant l'opération.
Grace asobanura neza
Iki kiganiro ni cyiza pe! Hari urujijo kimvanyemo! Blessings!
Rose rwose uyu mwaka nuwawe bakuve ho
Ese inzoga zo ntago zingers ibiro na brochette
N umwarimu w umu nutritionist mwiza
Niba harikintu kimpangayikishije numubyibuho ariko Noneho sinzi icyo nzakora ngo bigabanuke
Yooo urumvako buri wese afite ibibazo bye kbs,twe dushaka kubyibuha
Murakoze cyane ariko mumbwire uburyo nakoresha isukari kuko kuyireka byarananiye.
Gabanya iyo unywa cyangwa ubuki
Ariko afite ibicece
Yoooo,marayika shenge ndakwibuka twiganye primary school, nakwishimira gutunga number zawe kuko nizera ibyuvuga nukuri pe
Ako kantu uvuze buhoro ngo barabikumenyereza nibyo byanyangijeeee nubu kunanuka birangoye cyane Mana yange ubimfashemo ndagusabye mw'izina rya Yesu Kristo
Nonese Kobatubwira ko Iyo Utariye Batubwira ko Ataribyiza?Nkange Ibintu By,Imigati Byarananiye.Gufata Ikintu icyaricyo cyose byarananiye. Kandi kumunsi Ndrya rimwe Gusa!!Mu,zambwire icyo nakora!!
Nkunze ukuntu urimo kubivuga utuje,hari abaza bakaduhahamura, professional ❤
Nukuri turi abanyamahirwe nuko tutabimenya urabona ukuntu uyu umubyeyi aduhaye Inama nziza thank you so much lose
Sha ikigaragara Rose na Grace mwifitiye amahirwe kuko taille zanyu niyo waziha ubugari bwa NIDO ntimwabyibuha naho jye niturije utwo narya twose ndabyibuha 😢nonese kuki abana babakire batabyibuha ugasanga ababakene babyibushye ????
Duhuje ikibazo😭😭😭
Muzadusubize ngiyekubariza abamama barimumyaka 50 hafiyatwese Usangamunda namaboko arihohanini gusumba ahandi nukuberiki
Ako kantu sha uziko amaboko nomunda ariho usanga hasumba ahandi
Jye ntibiro iyo mbyuka njya mukazi ariko iyo iyo nkorera murugo cg ndi mucuieuhuko ndarya burikanya maze nkabyibuha
Nmbr 1 rose❤
Impamyabumenyi ni imwe ya ba humanistes A2( icyiciro cya secondaire ) n'aba A1 n'izindi zise zitangwa zitari mu mpamyabushobozi aribo Ao , Masters , DHD , Doctorste ! Ufite imoamyabushobozi yagiye kuyikorera afite impamyabumenyi ihamugeza , mbese ubanza guhabwa ubumenyi nyuma ukazagerekaho ubushobozi , muri make aba humanistes nta bushobozi baba bafite ( ils connaissent tous mais en rien )
Yarumuhanga cyane yakundaga nokwiga cyane
Kugirango ibinure bijye kunda nukuvuga ko nahandi biriho 😂
Uko nukuri. Twisubireho. 🥰
Umva ndemeye pe nkuzi uri munini cyane KIST uri umukobwa courage uri kwigisha ibyo uzi uri Food Scientiste
Inama nziza cyane
Ngiye gufata gahunda yanjye
Nzaguha update yanjye
Mambabariye ukampa number yuwo mubyeyi akangira inama byumwihariko kko nukuri ndamukunze cyn
IKIGANIRO CYIZA CYANE. NEMERANYWA CYANE RWOSE NIBYO UMUTUMIRWA ATUGEJEJEHO. ARIKO RERO NDIYUMVISHAKO K'UMUNTU UDAKORA REGULIEREMENT BITAMWOROHERA KUKO UMUNTU ADASHOBORA KURIRA KU MASAHA AMWE. UBWO NIZEYE KO UMUTUMIRWA AZAGIRA ICYO AMBWIRA KURI IBYO MVUZE.
Muraho neza nje hano kubabwira ko tubafitiye ama proteins meza cyane yongera umubyibuho byihuse Kandi Atagira ingaruka kubuzima izo proteins zirizewe ku rwego mpuzamahanga uzikeneye nawe watugana Aho dukorera nyarugenge tukaziguha cg tukazikoherereza Aho uherereye hose haba hano mu Rwanda no hanze yigihugu zikugeraho Numero watuboneraho ziri muri profile yacu iyo iri mwibara ritukura mwajyaho Mugakandaho Mukazibona murakoze cyane
Nkunda vrai beurre ku mugati ariko nsiga gakeya nabigira nte ko mfite n"ibinure byo kunda? Merci❤
Uzadusobanurire kugabanya ibiro ushyiramo jeûne (gusiba kurya)
Urakoze cyane kuduhugura rwose ndabona wowe waranabyubahirije wifitiye agataille keza
Ntabwo mwavuze kuri cholestérolémie kandi mwakoze bagore beza mushaka gufasha abanyabibazo mwe mudafite
Inama nziza cyane ariko mbona mu Rwanda murya inyama rouges nyinshi.umugabo akeneye 120g inshuro ebyiri mu cyumweru.umugore ni 80g.ikindi ni equilibre acide na base.ibiryo byinshi ni acide cyane niyo mpamvu abenshi murwara igifu cg osteoporose cyane kubagore
Jye kuri BMI ndi kuri 34.5 none murakoze kungira inama n'ubwo bitoroshye
Jewe madamu wanje umwana aramwonka kuburya avyuka ariko arazungurirwa kubera inzara,rero kwonsa umwana biratuma usonza canke ukanyoterwa
I pick something kunywa amazi mbere cg nyuma 30 min
Ntabwo buri uko wonkeje umwna usonza ,ahubwo batubwira ko ngo iyo utariye buri kanya ,ngo urasogombwa ukajya umoka?ese Koko nibyo?muzadusobanurire Aho hantu
Mens sana in corpore sano= roho nzima mu mubiri muzima.Iyo mvugo y'ikilatini ni iy'umusizi w'umuromani wa kera witwa Juvenal.
Impamyabumenyi:diploma, certificate,...
Impamyabushobozi: permit de conduire, provisoire... Kimwe ni pratiquement et theoriquement selon moi😅
Rose q dire, merciii uyu munsi numvish émission zaw2 none ngiy gufat ingamba. Blessings
Malaika na Rose ndabibarize: burya umugore menauposee hari aho ataniye n'umugabo?
Kabisa nibyo amafunguro yaninjoro arabyibusha pe iyo wayafashe utinze
Impressive, I am following you from Fort Portal Uganda.
Mwongere kudusobanurira uko bapima ibiro ndetse no Mu nda kugirango tumenye ibyo dufata dukurikije ibyo bipima
Bien explique
Mudufashe mutubwire ibijyanye n'amazi indimu abandi bakavuga umunyu wingezi bimeze bite?
Malaika na Rose ndabibarize: burya umugore menauposee hari aho ataniye n'umugabo?
None se, ko njyewe mfite ibiri 57 kandi nkagira n'ibinure ku nda?
Uvuze ukuri, ujya gusura umuntu ugasanga ibintu byose ni umutukuuuuuu ntaruboga na rumwe ruriho😢😢😢.
Umuceli, ifiriti, ibijumba, then inyama z'ihene, inka, inkoko , isupu yumutuku 😢😢😢 ameza yuzuye ariko nta mboga
Rose mwiza 😘wakoze kutuzanira umuntu wingirakamaro 👌👌tugiye gutangira kwiyitaho ,update vuba aha kbs
Nukubesha gusa yumwana amaze konka ugira inyota
Ariko kandi nabwo yamaze kugeza cyagihe anjyeze amezi 6 kuzamura
Murakoze cyane ariko mumbwire uburyo nakoresha isukari kuko kuyireka byarananiye.
Impamyabumenyi = certificat
Impamyabushobozi= Diplôme
Nakamenyero kabi kurya umaze konsa ahubwo ugira inyotape ikindi iyo ukibyara kubera kudakora kurya birizana ukurikiza igihe uba umaze utabishoboye ukirira
Ahubwo nizi nkoranya mbega zituma tutaruhuka urara uyumva mpaka
Coucou.
Mwabonye ko ali abantu bafite amafranga alibo bahura n’ibi bibazo?😊
Ivugirq
Impamyabumenyi :nihamya ubumenyi wibyo wize.(téologie)
Impamya bushobozi :nihamya ubumenyi nibikorwa ihabwa abantu bize ibintu bijyanye nimyuga,(practice)
Iyo umubyeyi atariyengo ahage ntabona ico umwana yonka kandi bisabakurya nokumwa😅😅
Ese iyo wonsa wafata ayo mafungu murubwo buryo cg wabigerageza ucukije
Uzagabanye gukora ibiganiro birebire ubundi nibyiza ariko nibirebire