Maman Charlene chérie Gerageza ubandanye guca bugufi kare wahora uduhezagira mw,izina rya Yesu Crhisto wi Nazareth ko imisi uko ihita ariko ugenda uduhindurira?nako kantu uvugako ata mibari ugikora uragaheba uko nukwisumbukuruza hari ababikoze muri bibiliya Imana ntiyabishimiye nshuti siko!!!pour le reste merci de nous montrer comment faire le macédoine
Ubundi nk'uwagiye mw'ishuli ryo mu gikoni wari kuba wahinduye za gants nka 4,lero ja mu butumwa bwa bibiriya ahasigaye uje mw'ishuli rya cuisine na na hygiene ya cuisine
Ibi ni ibihamya ko nta kure cyane Imana itakura umuntu Ibi byubaka wa muntu wumvaga ko Imana yamwibagiwe iyo abonye aho Imana yakuye mm Charlène. Hanyuma niba yavanze imbuto zitavangwa byaba byiza umuhaye commentaire imwigisha izivangwa izarizo. Gusa Macédoine jye nziko iba ari uruvange rw'imbuto.
@@manishimwerose198 umusirimu wa hé? Hari aba professionnel nazi n'a hygiène ya cuisine lero uwuzogwara kubéra KO KO hari abigize aba professionnel azobibawe,pasitori Abe pasitori cuisier abe cuisinier , umwe wese kuri maîtrise yiwe
Cunga neza urebe niba nta shyari ufite muvandi. None se ko uhise uvuma Uzi gute niba ntabo aha cyangwa se yanabanje guha? Guca urubanza ku bintu utazi umenye ko ijambo ry'iyo Mana uvuga nawe rizabikubaza
Wamuretse akirira ko igihe yarashonje ntawamwitagaho Koko ninkirabuheri kweli Koko uvuze nabi ahubwo nawe niba utarabibona lmana yamahoro ikize yujuje iguheho wumve uko Yesu agira nezaaaaa
Uri umukozi w'Imana ariko ntabwo ikunda abantu babeshya reka gukuramo abantu ikizere bakugirira ubaha ibintu bidahuje numutwe cg TITLE , wabeshye abantu hano ntabana nabonyemo ningombwa guha agaciro abagukurikira ukabaha iby'ukuri gusa courage ubutaha uzabihindure !!! Mwakanda kugafoto kanjye mukandemera mukanzamura we
Yanditse tiltle yo vyab vyiza kurushaho
Yego tuzamuvahope
Hhhhhh irondo ryivanze n ibisambo😂😂😂
Umva mbonye comnt ntarareba ikiganiro mpise mbireka kucyireba
WAhora ko nirutse ngaheba ,😂😂😂😂😂😂
Maman Charle tukuziho KUBAHA Imana , ubwire umuntu wandika title ku biganiro byawe ntakajye abeshya abantu ntabwo ibi bikwiye channel y'umuntu wubaha Imana nkawe pe. Hakwiye kuba itandukaniro hagati ya channel z'abantu bubaha Imana na za channel birirwa bavuga ubusa.
@@arleneisingizwe1503 uvuzukuri nanjye nayifunguye nziko njyiye kwirebera utwana twe
Iyo hajemo amafranga benshi kubaha Imana babifasha hasi da.cya cyanditswe kivuga ko kujya mwijuru kumutunzi buruhije ntabwo kibeshya.gutera imbere mu byumubiri ugakomeza kubaha Imana bishobora bacye gusa byaba byiza abikosoye
Umvugiye ibintu
Uziko tuzajya twanga kureba channel ze kubera kubeshya
Biteye ubwoba pe
Niba atarabana kamave buriya ikiza cya comment niki
Roho nziza itura mumubiri muzima, abari kuvuga ngo ntacyigisha Ijambo ry’Imana ntakibwiriza gisumba kugira amagara mazima, njye nkwigiraho byinshi komerezaho mubyeyi 👍
Singo rata
Uziko imbuto zihumuye.Imana iduhaze mubyo yaremye.twese tugomba kubiryaho.abatarabibona IMANA IBAHUMURIZE.... YUMMY 😋❤
NAnge ndabyumvise bihumura😄
Amen
Maman Charlene chérie Gerageza ubandanye guca bugufi kare wahora uduhezagira mw,izina rya Yesu Crhisto wi Nazareth ko imisi uko ihita ariko ugenda uduhindurira?nako kantu uvugako ata mibari ugikora uragaheba uko nukwisumbukuruza hari ababikoze muri bibiliya Imana ntiyabishimiye nshuti siko!!!pour le reste merci de nous montrer comment faire le macédoine
😂😂😂nne abantu mwabaye bate kweri aho ntaguhezagiy dusenga dukora dukora dusenga ivyo ariko akora kumwana wubwenge yovyigirah kandi vyomutunga
Mama Charlene ndagukunda cyaneee , Busingye mary from Uganda ndagukuricyirana❤❤
Urakoze gsa akantu ko kubeshya abagukurikira si keza. Kuko ikizere kirahenze.
Umwirasi aha. Wahoraga uvuga ubutumwa bwiza none wiriirwa werekana ibyo urya. Uha abakene zingahe se ? Wowe wararangiye pe.
Arakabya ubuse ibi byamarira iki ushonje.nukwirirwa yerekana frigo
Imana impe ubushobozi nanje ndipfuza ivyamwa murugo rwanje kandi vyaburimunsi
Amen
Habwa umugisha mubyeyi urakoze
Muvyeyi sinkwanka ndagukunda ariko nagomba nguhanure urebeneza ukuri kose siko bagushira hanze ikindi hari umugani baca uvugango umuntu ararya utwiwe atunyegeje zari impanuro
Nukuri pe naheruka ntamurokore urira kugasozi yewe umuco wabarokore unayoyoma kbsa kdi ntanogusengera indya ukosore yewe
Mama Charlene jyureka kwirata nuko umaze kubibona Ninde uyobewe se akamaro kimbuto
None avuge Wowe se ?
Ariko ntabwo arukwirata
Yavuzeko mugihe Imana yabiguhaye ko uba ugomba kutiyima🤷🤷
Maman Charlene wazantumiye nkaza tugasangira nkumva apana kujya nkomeza mbirebesha amaso?
Data akiriho, yigeze kumbwira ati mwana wanjye, nubona amahirwe, nukuvuga ibyo nzaba ntunze! Ati ayo MAHIRWE uzayafashishe abantu BATATU, usabe buri muntu umwe, nawe azafashe abantu BATATU, bityo ayo mahirwe azagera kuri benshi, Maze ISI yawe izarushaho kuba nziza mwana wanjye!! Ndakabasangije Bavandimwe 🙏🙏🙏 Kandi narabikoze bimpa ibyishimo! Iyo mbona ukuntu nacumbikiye IMFUBYI, zikaba zararangije kwiga! Ndetse bamwe ndanabashyingira, bintera kunezerwa!
Byiza cyane warakoze
Imana ijye igukubira
Amen
Imana iguhezagire warakoze cane😢😢
@@Darlene-ro9sc Urakoze Mukundwa
Imana ninziza
Uba uhaze!mberese ntiwajyaga uca kumasoko ziriho😂ariko ubwo mwagiye mureka amagambo nkayo
😅😅😅ntawanga ibyiza arabibura.Ubu narumiwe cykz
Ark ntiwirate waba wabiramukanyese ukananirwakubigura ngubirye mama Charlene garukirizaho nawe ubuhamya bwawe warabutangaje byihoreresha nawe koko mama Charle Imana ugufashe byihoreremama nigihe cya wenyine ntanukikwatse Ark urabwiriza urasenga itonde😢😢😢😢😢
Ukize impumu sha😂
😂😂😂rekinzigo
Ese harya uyu akora kazi ki kamuha ubu bwiyemezi bwose? Cg agakora ninjoro ku manywa akaza kwerekana amahaho 😀😀😀nihitiraga💃🏽
Thx❤
Ubundi nk'uwagiye mw'ishuli ryo mu gikoni wari kuba wahinduye za gants nka 4,lero ja mu butumwa bwa bibiriya ahasigaye uje mw'ishuli rya cuisine na na hygiene ya cuisine
Iryo ni itiku n'ishyari. Si uko bahanura umuntu!
Ark ntimugakabye ubu uragirango nahindura ga abikwereke koko
Titre zagatwiko uratubeshye Imana ikweze ,abo bana uvuga bari????
Ese amafaranga uhahisha ibyo byose uyakura he?
Urahaze sha
Uzajye ushyira speed mu gihe haribyo uri gukora si ngombwa ngo uhate inanasi cg c ngo ukamure Orange nikindi cyose tubireba byose...ibyiza wakwerekanaho gato ibindi bikihuta
@@alicem.3156 leka baze batwereka vyose,kuko habamwo amakosa menshi kugira umusi tuzosabe l'ETA KO uwudafise ubumenyi mu kintu ntazosubire kwerekana ,kuko cuisine n'a hygiène birajana, ''akaroreto'' inanasi ugira umucafu myinshi Ku bishishwa. Planche wahatiye KO inanasi , n'a gants wakoresheshe,!!!!?.
Umu professionnel ategerezwa kugira planches zitandukanye akoresha bijanye ''ico ari bukate kubera kwirinda za bactéries zitandukanye.
Muragirango ajye ajya gufasha abizane kuri camera? Imana ikomeze iguhe ibitunga umuryango wawe mubyeyi.
Ark nkumuntu uhangara agatukana ngo aryakinyagasozi nukontabyo Ufite iryo nishyari
Mwagiyemwandika title ijyange nibyo mwakoze mukareka kubeshya abakunzibanyu. Uzatuma bagucikaho kbx ubutaha uzabikosore
Asanteni mama ariko uzababarire umugabo wawe musubirane natwe Yesu atubabarira buri munsi
Ariko ibyo ntaho bihuriye. Kubabarira umuntu ntibivuze gusubirana. Ubuse nkubaze umuntu akurogeye umwana agapfa ukamuhamba cg akarwa akagusaba imbazi. Imbabazi urazitanga ariko ntiwohereza nabandi ngo basure umurozi ngonuko yagusabye imbabazi. Erega ntawanga ibyiza arabibura. Ntawanze kubaka. Mama charlene niwe uzi ibyo yahuye nabyo murugo rwe. Mwimuhatira gusubirana mugihe umutima we utarabyakira. Erega ntabwo abantu bose bagenewe kugira abagore nabagabo. Ntabwo twese tuzaba aba doctors, abarimu, cg ikindi. Ntabwo umugore wese ariko yaremewe kuba umubyeyi.
Mummy wacu uziko utajya usengera ibiryo?
ujye wihangana basi ubisengere.
😂😂😂nanje birantangaje ntanukuvuga ngomwizin rya Yesu ariko wosang yasenze ataratangur kubi prepare
Singombwa ubuse urabona ibyogusenga abyitayeho ko yishyize imbere ubucuruzi
Imbuto ni nziza igihe cyose ubishoboye, gusa ninjoro ntugakoreshe pomme sibyiza, iba nziza mugitondo cyane cg kumanywa basi. Komereza aho ❤
Oopoh mbwira kuki pomme atarinziza mwIjoro uzoko iyo ndayiriye ngiye kuryama inda iba ninj ukagirango nariye vyinshi nukuri mbwira
Nanj ndayiriy nijoro ndavyimba inda ubu naratihoreye
Ni igihe cyawe nyine🧐iyakwibutse nabandi izabibuka jya ugabanya kwishongora
Mba mbona harimo nubwibone.ubonye ibiryo ejo urikwigisha abantu uko barya?ibyo turabizi
Jewe ndafise ikibazo Mama Charlène yonyishura.
Ibi bisuko mbonana abana bawe, urabishigikiye?
Ibi babyita gukira ubuheri nako Inkirabuheri,Ubu ejo ubibonye uhise unigira impuguke mumirire!?izo mbuto Nka Cent uvanze uzi neza ko zijyana,Wigira uwo wigisha nibiboneka bazabirya uko Babashije kdi bizagira umumaro🫣🫣🫣
Ibi ni ibihamya ko nta kure cyane Imana itakura umuntu
Ibi byubaka wa muntu wumvaga ko Imana yamwibagiwe iyo abonye aho Imana yakuye mm Charlène.
Hanyuma niba yavanze imbuto zitavangwa byaba byiza umuhaye commentaire imwigisha izivangwa izarizo.
Gusa Macédoine jye nziko iba ari uruvange rw'imbuto.
Very good❤
Ibyo bishishwa byi nanasi ntukabijugunye ubikoramo jus yinanasi: ubikata duto cyane ugashyiramo nka litiro yamazi, ibiyiko 10 byisukari ugacanira bikabira. Byamara guhora ukayungurura ugashyira muri frigo.
Ibyo sibya maman Charlene rwose ,nibyabakiri munzira Njya bukire uyu yagezeyo😂😂
@@IrakozeDelphine-v8d😅😅😅😅
@@IrakozeDelphine-v8d ntibivuzeko umukire agomba kwonona kandi intungamubiri niho zisigara: mubishishwa.
Icara wige.
@@umulicealice4471 hhhhh iyo yitwa jus yibishishwa byinanasi ntiyitwa jus yinanasi,sinzi nimba ibishishwa aribyo nanasi rero
@@IrakozeDelphine-v8d icara wige.
Ibimera byose vitamine nyinshi ziba mu bishishwa...
Ngewe ndakwemere imbuto nizumunu wese arwaye cg ari muzima kko ngewe nzirya ndetse abana bange bazirya buri week,uratwigisha mama urimwiza ndagukunda
Ibereho Mubyeyi 🎉
Umumama wumusirimu tuguhorane ❤️❤️❤️
@@manishimwerose198 umusirimu wa hé? Hari aba professionnel nazi n'a hygiène ya cuisine lero uwuzogwara kubéra KO KO hari abigize aba professionnel azobibawe,pasitori Abe pasitori cuisier abe cuisinier , umwe wese kuri maîtrise yiwe
Nukuri ibyuvuze nibyo kdi jyewe biranyigishije pe kdi murakoze cyane
@@rukumiritha2137 hygiène???(
Ntabwo twanga imbuto ni ukuzibura mubyeyi😢😢😢😢
Ararya nk’inyagasozi yagafashe😀😀😀
Arikose utangiye kuzirya ubu dore urikuziryana inza none uje gusomera abantu
Nabo nibabbona bazamenya kubirya uwo numwirato
Uzahore wibuka gusenga,ugire ufungure,turagukunda
Uzonatwereke wateguriye abakene n'a bo bumvirize kuri Macédoine,fromage n'a saucisses kuko umukozi w'Imana asangira uburyohe càne cane n'abatishoboye umusi umwe ugacamwo
Iryo yerekwa ufite ni ryiza nawe uzarikore kuko ni iryawe!
😂😂😂😂@@dusengesafina9113
😂😂nahone ntimwobura ivyomuvuga mwokoresha ryajambo riri muri matayo 6 abantu turagoye ifata
Natwe mudushyigikire kuri Janviere tv show tujye twibanira
Kwihana no kubabarirwa ibyaha nibyo bikwiriye kubwirwa abatuye isi
Uzigutegurira abanapee❤
Ariko izi note zi va hehe
Ntakindi carikibzanye atarukwirabira abana none nsanze arububeshi Imana iragwajije
Ubaye nkanjye 😂😂
Nanjye nje muruye ngo njekureba abana none adukunye imitwe mbega umukozi wimana 🫢
mama charlene ngaho nawe utangiye kuzana imico yo kubeshya ya bi ki gihe
Ese umukozi ntarya kumbuto wee kuki utegura ibyawe nabana gusa kandi ngo urumukozi wimana?
Yavuzako ntamukozi agira
@@umutesiyvette6830 ooh okay sorry for that
Turagukunda ❣️❣️
Bonjour . Ndavye iyo vidéo numva nshaka itunda caaane ntakuntu wozindungikira😂😂😂
Abana se barihe
Nubuteka mutwe ngo mukunde murebe ikiganiro😂😂
burya na banyamasengesho murabeshya umutwe wiyinkuru uti mwerekanye abana none nabuze aho mwaberekanye cg abana byarangiye bahindutse imbuto?
Hhhhh😂 ntabwo arukubeshya babyita gutwika
Gushaka amafr biravuna waaa😅
😂
@@GL.202
Ngo ntago Ari ukubeshya?gute se Atari ukubeshya?ahubwo yihane kubeshya kuko abanyabinyoma umugabane wabo arawuzi yasome bible
@@NteziryayoPriscaNta binyoma niko nabonye babikora ngo dufungure turebe 🙄🙄🙄ahubwo Mama Charlene aracyafitemo ak'ubukristo! Usanga abandi bandika ngo: NDABIVUGA NIBASHAKA BAMFUNGE 😁😁😁
Ni byiza kugira chopping board zitandukanye kugira ngo iyo ukatiraho inyama ntugaruke ngo uyikatireho imbuto….Yego iba yogeje ariko….
Sha chr wazadukoreye na rwa rusenda
Mumureke yirire yagize inzara kenshi uyu twari duturanye yadodaga imyenda atera ibiraka ahiga ijana rero mureke yirire ahage
Eeeee sukose mumureke Imana yaramwishuy inzara ntazongera kuyigira ukundi Imana ishimwe igaburira uwashonje🙌🙌
Ndafashijwe nukuri pe
#Mama_CHARLENE, Courage Courage!❤
GUMAMO NEZA.❤❤
Mama Charlene Ndagukunda cyane ariko umuntu wanditse iyi title yatubeshye kbs 🤦🤦
Iyi title ntago iguhesha icyubahiro
Wazatweretse ayvan
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤from🇧🇮🇧🇮
Yesu naza ntazakubaza ibyo wariye n'abana bawe ahubwo mubushobozi bwawe wibuke nabandi bakiri kucyavu cyinzara nubukene nkahamwe waruri,abantu mwishwe ninzara byabigishije iki buriya? Gewe nziko buri somo rivamo ubumenyi no kutibagirwa.ibuka cyagihe usubize amaso inyuma ubonye warase ko ugiye kugemurira abababaye puuuu
Cunga neza urebe niba nta shyari ufite muvandi. None se ko uhise uvuma Uzi gute niba ntabo aha cyangwa se yanabanje guha? Guca urubanza ku bintu utazi umenye ko ijambo ry'iyo Mana uvuga nawe rizabikubaza
No kurera abana bawe ukabitaho ni umuhamagaro kuko abenshi ntibabareze stop rero
N ubu n ubutumwa, kuko tuzi aho lmana imukuye, niba umuzi akenye, bikwiye ko umumenya atunze, aguwe neza, nabwo n ubuhamya, ikomereze maaaa, abashonje n abashira ntazarinda kuguhamagara
@@mariegracemusabehabiyaremy1019 abantu bashonje bose ntibahazwa na mm Charlène kdi ntiyabura kwita Ku bana be ngo nuko hari abashonji
Muba muhaze
Mubyeyi ndakwinginze mbabarira nzagusure njyewe nabana banjye
Ni gute
Turagukunda. Hari Utuntu 2 jya ukomeza wigishe abantu gusengera ibyo kurya ikindi ntukandike tilte z'ikiganiro zitari ukuri ( bwa mbere M. Charlene atweretse abana be). Oya nib ufite Manager wa Channel ubimubuze wowe ntukiwye gushakira views mu binyoma.
Uhubwo rata mama Charlene mbwira izo ga ninkaziriya zumweru abaganga bakoresha?
Hh
Salade de fruits 🍇🍏🍉🍋🍌🍍🥭🍓🫐
👌
Cyakoze Imana irihangana ese uyu muvugabutumwa ko arya adasenze yabonye ibiryo yibagirwa gusenga inkirabuheri gusa
Wamuretse akirira ko igihe yarashonje ntawamwitagaho Koko ninkirabuheri kweli Koko uvuze nabi ahubwo nawe niba utarabibona lmana yamahoro ikize yujuje iguheho wumve uko Yesu agira nezaaaaa
Muzi kurebuzwa kokoo
Niminsi mibi wamubyeyi ntawufite amafaranga NGO ayoberwe uko ayarya
Ahubwo se hari ufite amafranga ngo ayoberwe ibyo ayakoresha??? Mujye mwituriza, Uwiteka niwe uzi urugero rw'ibyo atubashisha.
ese mama charle iyusubije amaso inyuma hahandi waruri wariyimaga? twiha ukodushoboye ,
Ariko mama Charlene numuhanga ntavuga amateshwa,aba yabisobanuye ko atagaya abatabifite ahubwo aba abwira ababifite batabukoresha uko bikwiye
Ariko avugako mugihe ubifite uba ugomba kubirya muge mutega amatwi pe!kdi harababifite biyima
Urakoze cane mada
YAWE UGUTANGIRA NKUTARIGEZE UBIBONA KOKO 😂😂😂😂😂UBU WARAHIRIWE NONEHO. GUSA IGIHE UTEGURA IBIRYO NTUKAMBARE UDUPFUKANYOKI🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭IBYO WABYIGIYE HEHE KOKO !!!!????? MBEGA UBUSWA🙉🙉🙉🙉🙉🙉
Njye uzanyihereho rwose ku byiza Imana yakwihereye Mubye ndabizi ko ababaye ubazirikana
Mbere yo kuguha uzamwandikire urebe ko agusubiz 😂😂
@@Rwanda-ps4mlkabaye!!!uravuze ngo umurengwe wica nk'inzara😂😂😂
Yewe ubutaha uzakoreshe grants z'umweru, iz'ubururu ni izo kwa muganga.
Urimwiza cyane
Rata Mama Charlene mwiza jyubanza usenge mbere yo kurya nibyo byiza,naho ibindi byo turagukunda kdi komeza utwiyigishirize ibintu byinshii byubwenge😘🙏🙏❤❤
@@ChantalUwamahoro-xs7wd ikibazo ni hygiène de cuisine,tarir kuba yagiye ahindura gants étape par étape, ahindura n'a planche yagiye akatiraho,ntabwo mu gikoni utavyize ngo ubinononsore bikunda uba uriko ubesha utesha agaciro n'aba priofessionnel,lero uwuzowirikiza Ivy wamweretse agwaye womwishurira kwa muganga?
@@Nzinage Hhhh,aba yakoze ibyo ashoboye nawe uzakora ibyo ushoboye ntakibazo,kdi niba haramakosa yakoze mujye mumugira inama ubutaha abikosore aho kumubwira nabi no kumica intege🤷🤷 nawe agenda abomenya gake gake akajya abikora neza.
@@ChantalUwamahoro-xs7wd oya iyo umuntu ata bumenyi ntakagire ivyo atashoboye mu buvugabutumwa bw'Imana nta co nomubwiira. Kuko iyo shuli sinayigiyemwo ariko cuisine n'a hygiène kuberaki ivya cuisine n'a hygiène ya cuisine navyize, ntag ucafuza uwo mwuga, ahubwo ababifitiye bumenyi muhaguruke, mwiheshe agaciro mwerekane ubumenyi bwanyu
Ntabwo Ari kwigisha kuko si umuproffessionelle,ahubwo Ari kurata ibyo afite😂
@@ruthcyimpaye516😂
Next time uzabashyiriremo yoghurt
Umucyo Kitchen TV mudutere inkunga nyamuneka ❤❤❤
Wouu twabibonye, izombuto uziteguye. Ariko titre yikigisho cyomugikoni ntaho gihuriye nuko ngo urimo.kutwerzka abana. Mbese ijambo maseduane risobaura iki?
Twakubonye mubyeyi
Bambwire bajye bagaburira abana imbuto ;imbuto ni sawa.Uhoraho akomeze akugwirize ubutunzi wirire wibyibuhire ;ubundi iyo Uhoraho aguhaye ubutunzi ugomba guhindura nuko wabagaho ukiri umukene irire wibyibuhire Uhoraho yarakoze nashimwe.❤❤❤❤❤
Imana yakuguriye neza n'kumukozi w'Imana azohore atwereka Macédoine yayitwaye mu bitaro kubatishoboye kuko bica bijana n'ubutumwa bw'Imana tumuziho
👌❤
ariko abantu bamutuka na banyeshyari gusa kutwigisha bitwaye iki se ?
Kuraje komerezaho mubyeyi utéré imbere
Ark sha abanyarwanda none se iyo waranguye ukajya gucuruza uravuga ngo ko utahaye abakene mu mureke yicururize kd mwakoze ku muhahira
Njyewe ngukunda rwinshi utuma ngirira Imana ikizere.,by da way ukora nutuntu twuubwenge,kandi dusirimutse.
Ngukunda cyaneeeee
Courage rata m.charlene ❤❤❤❤
Urakoze.
Ariko we abana koko ntimwababonye kwifofo ra?
Ariko abantu mwabaye mute koko?uyu mubyeyi muba mumubwira nabi ikosa akoze nirihe?yavuze ngo abantu ntitukiyime, ngo niba ufite ubushobozi ngo kuki utaha abana imbuto cg nawe ngo uzirye ngo keretse umurwayi?arongera ngo ufite abirye udafite abikore uko ubushobozi bwe bungana,nonese bantu bi Imana ibyavuze sibyo?imbuto zifite umumaro cyane mumubiri wumuntu nimugabanye rwose ibundi mumuhe amahoro.
Ni ishyari baba bafite hari igihe ndeba ukuntu bamubwira nabi nkumirwa da kd ntakibi aba akoze 😂😂😂😮
@@umupfasonigloria4348 Nibashake😍🤗,rero bamureke ari mugihe ke kdi aba ari no mukazi
Ibindi sibyo baba barimo rwose pe!
@@ChantalUwamahoro-xs7wd yego ksaa buriya hari abatabonako ari akazi 🤣🤣 !! Kandi mukaxi dukoresha ubwenge Imana yaduhayeee ahubwo Mama charlene Enyanya cyanee 💕
Ukora ibintu byiza mama ndabikunda courage
Urakoze kibaju
Ndabaza niba buri mwana afashe buri mbuto 2zamoko atandukanye ese ntibyagira umumaro kurusha ko ubivangira hamwe?
Umuntu aryukoyaramutse
Turagukunda mubyeyi
Abamwita umuturage murishuka Dawidi warumushumba y,abaye umwami kd intebe y,ubwami ntazayamburwa nyirayo ataraza
Mbega abana beza
😂😂😂😂 woe urababonye c
😂@@IrakozeDelphine-v8d
Wabitegura se ntabushobozi bwokuzibona ubwo wirengagije ko nawe cyera utarazibonaga 😮
Uzagure n'a presse-fruits rero...