NTUYIREBE NIBA UTUBATSE URUGO⛔ SEX mu RUGO RWUBAHA IMANA & COMMUNICATION⛔ RUTAYISIRE asubije IBIBAZO
HTML-код
- Опубликовано: 18 дек 2023
- #SHYIGIKIRA_BIBILIYA_0788304142
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha Развлечения
Mwabantumwese nibangahe babwiranako bakundana icyo kibazo kdi kigaragara kubagabo cyane cyane mbese njyewe mugihe bishobora kumbamo ariko nkabikamurwamo nuwo mbibwira we ntabimbwire ntanjye nkahita mbivamo tukabana gisirikare
Gucyizwa nukureka ibyaha no kwemerera Yezu akaba umwami w'ubuzimabwawe bwose.
Uretse no kurambikwaho ibiganza na papa hari n'ababona 1 mu mwaka ngo bari mu kazı ngo maman we ararwaye niyo mpamvu abana batamubona. Hari n'abandi batazi aho bavukiye. Batazi n'aho biga.pasteur muracyafite akazi kenshi
Nsuhuje Pastor Rutayisire. He's my mentor that I admire.
njye numugore twananiwe guhuza kandi ndamukunda nabuze uwanfasha
Murakoze cn kumpanuro zanyu ninyigisho mutugezaho pasteur ndakunda kubakurikirana cn mwarahezagiwe
Haleluyàaaaa kubwa sana izi nyigisho ndazunvise kandi Idufashe kuzishira mubikorwa. Be blessed Pastor Ruyisire with your dear wife, you are a blessing to many people.
Inyigisho zawe zikiza ingo nyinshi Be Blessed pastor
Imana iguhe umugisha ku nyigisho nziza utugezaho.
Urakoze Paster ibyo uvuze byose nukuri😍👀👂👂👍✋👏👏👏👏👏
Pastor Rutayisire. Awigisha neza. Imana ibahe imigisha
Murakoze cane Imana ikomeze ibahezagire
Wow pastor mwarakoze cyane,nukuri izi nama ziradufashije kandi imana idufashe kuzishyira mubikorwa
Ndabakunda cyane muryango mwiza ❤❤❤ imana ikomeze ibazigame
Izi nyigisho ni nziza cyne rwose 👍
Amen 🙏 Imana iguhe umugisha pasta ❤❤
Muganira neza bantu bimana. Muradufasha cyane.
Gukizwa si idini usengeramo kuko rimwenarimwe ibyobizajya bituma amadini tuzashiduka yabaye nk'amashyaka cg amakipe yamacyeba,mumyakamfiye micyeya nasanze nidukomeza kumvako amadini yacu duteraniramo ariyo akijijwe sinzuko bizagenda pe ,tweae turi abana b'Imana ,urukundo nirworwambere❤❤❤❤
Ndabakunda babyeyi beza mutugezaho byinshiiiiii I love you ❤️😘💕 ❤
Imana igihe umugisha paster
Pastor Imana iguhe umugisha
Umukama abahezagire cane
Emen ndafashijwe weeeeeeeeee ninyigisho pastor
Rutayisire Antoine atwigishije imana iguhumugisha.
Amen
ibyo wigishije ndabyemera wazampamagaye ukanfasha kombyizeye kuriyi nimero
God bless you
Urugo nirutunanira ijuru kurijyamo ntibyoroshye pe
Rutayisire numunyakuri ❤❤❤
Thank you 🙏
Ndagukubda caneeee
Nibyo kbsa 🙏🙏
Abubatse n'ubuntu bw'Imana nta buhanga barusha abandi. Ibi nama theories gusa.
Ukuri
Nibyiza mwakoze❤❤❤❤❤❤
Murakoze
Amen 🙏 ❤
😢Pastor Rutayisire nfasha ndakwinginze
Nikumbere
Wow!
Uyu mu pasteur ndamukunda
Imana ifite abakozi beza. Bagira inama nziza
Uyu mugore ni mwiza basi
Imana iduhe kuyimenya pee
Nkunda inyigisho zuyumuntu wimana
🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Thank you my Pastor
Ubahwa
😅😊
Où sont les commentaires
Hhhhhh are u satisfied ❤
Hahahahahhaha araya depansa
Ikibajyana gusambana ni Satani banze kumwiyaka niyo mpamvu baca abagabo babo cg abagore babo inyuma.
Hhhhjhhjjjjjjjjjjjjjjjjjjh,
Amen
Amen