Rwose ubu Judy ngo ni kazuba da aje gukora iki rwose Aho kutuzanira chriss na Kelly uri kuzana abo bakobwa ntacyo batwigisha rwose Yannick bakuremo ababyumva nnkange mumpe like
Ese ababakobwa basura benitha baturutse hehe iyo company x niyihe bakoramo Cha my heart ❤ isigaye ari feke kbx Dady urumuhanga bikosore my heart igarukane umwimerere wambere😢😢😢
Niba ukunda papa Yannick nkandira ku gafoto tumenyane❤❤❤❤
Wawu
Nzayino,mwazamuhinduriye,myenda
❤❤❤
Yesi
Niba hari umuntu nkunda ni Adorphe ❤❤agwa neza umutima mwiza ❤na Rwema yakamwigiyeho
❤❤❤❤
Sinz impamvu ndikubon my heart isigaye yarabishye 😢😢
Ntamakuru ufite c?Killaman NTA mwanya uhagije ahari,sinzi uko nabyumviseho da😂😂😂😂
Yewe yarabishye byo pe
Ntikinanshishikaje Reba na sms uko sisigaye zingana
Ibishye kubi
Mn nuko bazanye mo bariya ba kobwa ngo niba judi nange itangiye kumbihira
Daddy dukunda gerageza ufatire umwanya my heart igumane akanovera nkako yamanye kuko ibintu ntibigitonze neza rero ahuko twoyibona buri munsi twoyibona rimwe rimwe ariko imeze neza turagukunda❤
❤❤❤
Ahubwo aka kantu kbx
My heart yabishe pe! Ntabishasha muduha! Ubukwe bwa Kelly bugezehe! Iyuno musi yo ntakintu irimwo nibigambo gusa ntadutwiko turimwo
❤❤❤
My heart ibiganiro iminota myishi gukonja wap my heart yarabishye pe😢😢😢
❤❤❤❤
Nango yabishye niba ark mubibona muvemo
Dady ntago ukiduhera ibiryo kugihe inzara niyose wisubirehoooo turagukunda ♥️♥️😊
@@zanezasandrine8842 inzara yaranyishe narananutse
@@zanezasandrine8842 nashizemo
My heart ntikigezweho,harindi arigukina
Tuba twamanje kuri Big mind
Ahubwo nawe niba utaragerayo jyayo kuko isaha nisaha My heart yarangira utaramenya aho twibereye😅😅
@@DamasceneNdori nubundi abazi kwitegereza barabibonye ko my heart iri kurangir
Benitha ndamukunda cyane abafana ba benitha like tumenyane❤️❤️
❤❤❤❤
Aho bigeze my ❤️ isigaye irimo akavuyo kubera abantu beshii cyaneee abakobwa
Rwose ubu Judy ngo ni kazuba da aje gukora iki rwose Aho kutuzanira chriss na Kelly uri kuzana abo bakobwa ntacyo batwigisha rwose Yannick bakuremo ababyumva nnkange mumpe like
Ariko mwaretse Abandibana bakikorera akazi 😂😂😂
😂😂😂
@@UwaseRebecca-nc8us rata urabona batajyize ishyari 😂
@@SINDIKUBWABOSteven nonex komba mbona mubakira go welcome baragiza gobyabaye bibi
My heart yataye umwimerere peeeuh,abari murukundo ninzira y'umusaraba munyihere like,naho dady we yisubireho peeuh my heart yarabishye
❤❤❤❤😢😢😢
Yarabishye rwose😢😢
Abantu bakunda Rwema na Adolphe bari kuganira nkange mwigaragaze❤
❤❤❤
Reka reka batwara umwanya munini cyane kd nubundi barimo kuvuga ibintu bidashamaje kd bagakoresha iminota myishi
Iyi film yataye umwimerere pe mube muramutse
❤❤❤
Abantu babona ko daddy ari kubanza kutwicisha inzara mumpe like ♥️♥️♥️♥️
Hhhh😂
@@NyirahabumugishaHyasentha erega naho ntako atatugirape buriya flm kubona yatugezeho itunganye byose kumurongo biravuna
Iyi filme isigaye aribiganiro gusa pe gewe ndagiye nzagaruka mwazanye ibishyashya
❤❤❤❤
Ntunsige🏃♂️🏃♂️🏃♂️🏃♂️
Iyi flm isigaye ibishye kubera abakobwa benshi bajemo 😢😢😢😢😢
😂😂😂😂😂
Ego peeee
😅😅😅😅😅😅😅😅😅
Nanjye Niko nsigaye mbibona ikibakirimo nimyiryagaguro yabobakobwa
Mpita ntarutsa sinabivamo
Njyewe nuko nkunda Dady ariko my heart ntikiryoshye nka kera ibintu byose barabitinza
❤❤❤
Sinzi impamvu My heart itangiye kubiha
Niyihe se
❤❤
Nukuri
My heart nukuri nsigaye mbona ibishye noneho isigaye inabamo akajagari pe daddy turabizi ko ushoboye rero bishyire kumurongo pe kuko ndabona ntazi 😢😢😢😢
Ariko habaye ikix
Nkumbuye Chris na kelly ni mutabare umutima wanjye daddy ❤
Nuwanjye nuko uraremerewe mugihe badahari ❤❤❤
Nanje mbakunda cane
😂😂😂😂😂
Judy nakabure ukundi rwose dady abemera Judy mpume like
Jedy singukunda rwose niyo nkugezeho mpita nihutisha
❤❤
@@user-vt5uy7zu2iufite ikibazo mu mutwe😮😮
Mbambona bafite ubwanwa bwinshi
Daddy turagukunda cyane ariko my heart irikubiha cyane pe!!
❤❤❤
Arikoo myiyimisii nakajagariii pee ntibitondetse neza biracanzeee kk ivyabobo nase babivuganye ejoo arikoo vyari vyaravuzwe
Hubwo barigutinda bamaze kurengwa bajagaraye muzindi flime kd Bazi ko my haet arinamba uno
Nakajagari byahatari bihenda byisubiramo
Hhhh ha
Narinziko arinjye wabibonye gusa😮
Njye narumiwe pe ntago bitondekanyije neza biracuritse
Ndadi ntimushacyire ahandi ninjye mucyene wongufashwa mu yibuje❤❤❤ ndabakunda❤❤❤❤❤
😂😂😂😂
😅😅😅😅😅😅
Ark wibagiwe ko iyi ari film ⁉️⁉️
Gusa nibagufashe shenge😊
Ese ababakobwa basura benitha baturutse hehe iyo company x niyihe bakoramo Cha my heart ❤ isigaye ari feke kbx Dady urumuhanga bikosore my heart igarukane umwimerere wambere😢😢😢
Mumureke yifashirize abandi bana, nabo batere imbere.
Number one mumpe like
Yewe navy ndakwanga peee wahaye agahenge dev koko😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢
😂😂😂😂😂😂😂😂
Dady izi episode ziyiminsi ziracurikirane turasimbuka tugasubira inyuma kuri next episode check turagukunda cyaneee
Nabera nje mu binyacumi pe mbaye uwa 63 niba like ntacyo yagutwara uyimpaye bikore ndebe umubare w'izo ngira😂😂😂
😂😂😂😂😂
My heart ntago ikiryoshyep ibintu bisigaye bitinda gusobanuka bakatugarurir ibyo twarebye😢
Ahh muhame hamwe mubone nge narumiwe p icyakor icyobazi nukuzanamo ibikobwa ntazi bimez nkabyambera gus ntakindi
❤❤❤
Yarabishye sana😢
Ineza nimbabazi bizanyomaho imisiyose thank you mana ndabakunda ❤️❤️❤️❤️❤️
❤❤
Ka navy karafatafata 😊😊😊😊😊😊😊gakina neza rata
❤❤❤
Ese mubona ukuntu my heart ikonje sinzi impamvu idashyushye
Impamvu ibishye yannik yanze yanze kwiyereka kasha, rizose byanze ko ahura na kasha nanyirankotsa ngo twirebere umuriro
❤❤❤
Navy Ababonako aragashurashuzi mumpe like ❤😂😂 alakanya kazuba aje kera ahise agira crush
Nakaraya kakagabo 😂😂
❤❤❤❤😊
Nana afashwe Nki cyana kinyoni
ariko umunsi byahindutse,😂😂nzabamparii
Ahhhhh nana umwuzukuru araryoshye peeeee❤❤❤❤❤❤❤❤😂😂😂😂😂😂😂
Nana we imbabazi no guca bugufi bya Suzi uzabyishyura tu. Reka ntera agatebe na MBs ndazifite. Iyo sura izangirika ndakurahiye ❤❤❤
Number 1 kabosi tv shows nubwambere
❤❤❤
❤❤❤❤❤❤❤dady good turabakunda natwe muzaduhe amahirwe yogukina flm 🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉
❤❤❤❤
bavandimwe turabakunda kandi mushyiremo imbaraga gusa ndabasabako my heart muyongerere imbaraga murakoze
👍👍👍👍
Yewe mumbwirire papa Yannick uti uwo mukene ashaka guhindurira ubuzima naze iwacu pe, ntiyirirwe ajya kure 😂😂😂 iyo nzu yendaga kutugwaho 🙏🙏🙏🙏
Mana we. My heart isigayiza twihebye peee. Munyihere like 👍
❤❤❤
Navy kweri umukobwa niwe utumye usaba imbazi😂😂 but keep burn them my ghees ni fresh cyane❤
Am here now
Let me sit and watch my heart ❤❤❤❤
Am appreciate 🙏🙏 daddy wacu ❤️ ❤️❤️
❤❤❤❤
Mumpe like nduwa 1
Woohoo good daddy we love you 💞❤️ go ahead kbx God be your side my friend
❤❤❤❤
Ababonako mur my heat ntakintu kirimo giteyamansiko mumpe lik
Suzi 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Araharara fooooo😅
Byadange urambonera ukuntu arikwita kuri nana we mbanasetse
Daddy usigaye uduha my heart utinze pe abantu mubonako daddy agomba gusubiza ibintu kumurongo mumpe like tubimwereke pe
😢🎉
❤❤❤
Mama Natasha numwana mwiza cyane pe ♥️🌹
❤❤❤😊
Ese Nana urikwiyumva ute nizo care uriguhabwa😂😂😂😂😂😂,ugutima gwawe gurigutera gute?ahwiiii ndagusengeye mwana wanjye Imana igutabare
Mbega Mother In law wa Nana shn Nana gerageza Bobo agutere inda kuko Mamawr nabimenya uzaba umubabaje Mama Bobo thank u guhinduka 👏🙏
😂😂😂😂😂
Abantu mubonako urukundo rwa Bobo na Nana ruzakomera nubwo banyura muri byinshi bibagora
Mumpe like
❤❤❤❤
Daddy nana inda arayikurahe kombona kwa Suzi byakomeye shakahantu inda irava nana izi care zitazamugaruka
😂😂😂😂
Simperuka se n‘ubundi barabikoze ngo basezera? Yarinjiye ni uko Nana atabizi 😂
Daddy thank you kubawarazanye judy muri my heart asigaye adukorera umuti❤❤❤❤❤😂
❤❤❤❤
Uwuhe muti buriya? Biriya byimisuzi numvishe avugaho ntakigenda pe
Congratulations suzi nukuri uwomutima mwize uwuhorane pee ntuzahinduke nuhinduka tuzahita tugukura muri my heart Kwell 🤌🤌🤌💃💃💃
❤❤❤❤
Mbaye uwa 85 nneho Dady ibazeko buri munota narebagaho usigay utinda kutugaburira ababyumva nkange musige like
❤❤❤
My heart nzakugumaho wee mbanumva itazarangira pe😂❤niba namwr ari uko nkandira ku ifoto❤
Nukuri mukuyeho role ya Bella mugakomeza uko ibintu byahoze my heart yahita iryoha kurushaho
Number one kanda like wikomereze🎉
❤❤❤❤
Number last mumpe like
Thank you Mr daddy for your comment. watching from malawi. Nihomba, big up to my heart
You are doing it very well
Ka cloudia ❤ ntimuzakababaze ngo nsabi agatenguhe
Daddy❤❤
Munkandire kwifoto mbashe gukura❤
❤❤❤❤
Nana bizarangire
urukundo rwabo rukomeye cyane kuko harimo inama ikomeye cyaneee gucana n umukunzi mubigeragezo ariko ntimutandukane mugashyigikirana
abantu bari babuze amahoro kubera daddy yari yaduyindiye mumpe like 🙏
❤❤❤
Kombona Nana bizamugora we nuyumukecuru bizoroha raa reka turebe ibyo Daddy yaduteguriye ukunda dady ashyireho agatima❤
❤
❤❤❤❤
Ubukwe nisawa dear
Nana higa inda kwa bobo bitabayibyo suzi azakwica gusa urasaneza unambaye neza❤ uzirinde ikibazo wazongeraguteza hagatiyawe na suzi
Mzee Bijiyobija ambika umugore impeta rwose.
👍👍👍👍
Sha rero nana reka nkubwire dore wahuje na nyokobukwe mwerye utitaye kurukundo ukunda umuhumguwe umubwire ukuri kose akwange cyarwa agukunde kuko nubundi byatinda bikamenyekana akanga kubi pe rero mubwize ukuri kose
Adolphe na Rwema nizucyuti cyane Adolphe inama ze mubantu mubana be ndabikunda 🙏🙏👍 Nana uradye urimwenge umenye ko urikurira kukunyoma 😅😅
Nana izo mbuto uzaziruka bobo natagutera indaaa😂😂😂😂
Ibikogwa ukora nivyinshi gose subira urabe my heart igarukane roots zayo.thanks
Wapi my heart ntikiri nziza,isigaye ibishye pe iraburamo ibirungo kabisa
Sha Navi urarengeta pe! Uziko ark nkakera mushiki wawe yagumirwa wari ubizi wari uzikoumukwe yibahwa uko yaba ameze kose igihe mushiki wawe amukunda ubwo bugambo bwawe Sha abasore bazagutangita Sha bakumene cyangwa mushiki wawe bakamutera India kugirango bakwemeza rekA garukiraho
❤❤❤
Uziko wagirango ndi Nana ndumva mfite isoni ataringe pe egoko birakaze kumwuzukuru twaza tuvuna💪
😂😂😂
Kasha 😅😅😅
Dady Cyokoz tubabarire wisubireho pee kuko uri kutugaburira twenda gupfa
Mubura ibyo muzana mukazana navy winjajwa gusa ubuse igihe yahereye yitambika mubya mushiki we yumva yuzuye koko
Musigaye mwarayobewe ibyomudukinira kbc mubamubona ukuntu navy yiyemera we
Abantu bumvako uwomuntu papa yanik azahindurirubuzima ari nyagahene ❤ mumpe like
Nge nikumburiye muri Hebuza
Ariko nizereko muzatwereka sicot na nataaha bari idubai😂😂😂
Umwuzukuru ararikora yeee 🫣🫣😜🙌🙏
😂😂😂😂
Iyi film Niba Yannick ashakako yongera ukaba nzima tukayikunda nkambere nagire amabanga amwe ashira hanze hashye,nahubundi yarabishye pe
Bakunzi abanumubona daddy atari kutugaburira kugihe abanu mukumbuye ko daddy atugaburira kugihe nimusigire like ❤❤❤❤❤❤❤❤ abanu bishimiye Judi nimunyihere likes ❤❤❤❤❤😂😂😂
❤❤❤
My heart isigaye irimo scene nyishi zidafite icyo zimaze , isigaye ibishye pe kuburyo intera ubunebwe. Gusa nyine ntawuburana numuhamba nzajya nihutisha nimbura ibyo nkunda nihangane
Nana iconoguhanura raba ukomubigeza Bobo agutera iyonda iboneke mutazotubihiriza peee kuko suzi uko asigaye abigeza birahimbaye kweri .❤❤❤
ese ubundi papa wa ba nyambo na nana abahe cg nabo wasanga badahuje papa John's 😂😂😂😂😂😂
Ariko c we nge mumpaye like mwaba iki 😢😢
Abakunda cupure yansabi na clodia mumpe like👍
Nyambo disi azoze i Burundi turamugakunda cane shahu! na Nsabi na Killaman bazozanane❤
Nkurikira kuri bigiriherezo tv dore ndabakunda cyane
Irariryana vyi rizamugezahe Koko yanyurwanapere koko
Umva muvandi tuvugutire umuti twongere tubone biryoshye nahubundi byanzepe! Ntiwamya ibyaribyo.
Intego ni 500k ya subscribe nimuze tubuzuze kwa daddy ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤🎉🎉🎉🎉🎉
Yavahe x ntabishyashya
Aisha ndagukunda numutima wanjye wose ❤️❤️
Nukr my heart mwaramfashije Kandi uburyo nyambo na Yannick bagaragaje. Kurwanira urukundo rwabo nanjy byanteye gukora ibishoboka NGO nyumane urukundo rwanjy mwarakoze