UMUSIRIKARE Azanye UBUTUMWA BUKOMEYE: Musenge cyane Haje IBITEYE UBWOBA😳 IKINDI CYOREZO😭GUMA MU RUGO
HTML-код
- Опубликовано: 5 окт 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR)
Urakoze cyaneeee ku nyigisho nziza utanzee ni ubutumwa bwiza Imana iduhe imbaraga zo kunesha ibyaha
Ooh Imana ishimwe ko igiriye neza Apotre Gitwaza, nukuri ni umukozi w'Imana ingororano zirahari kubabiba barira
Ndashima Imana ko yankijije imitego mibi yabashakaga kunyica ariko Imana iranyimana ndayishimye🙏🙏🙏
😊
Imana idufashe
1.umuntu yatangira neza agakomeza neza ariko gusoza amateka ya yehu urazi Imana itugirire neza na sawuli
2. Tuzabamenyera ku mbuto bera
aha nta kwihana iby'isi bizashira
Hari abaturanyi bawe babisize
Twihane ibyaha ubwibone akugiriye neza
Turacyafite amahirwe yo gusoma Bibiriya tukanya uko tugenda
Ezekiyeli 33:3-4
nabona inkota ije iteye igihugu, akavuza impanda ngo aburire abantu,
maze uzumva ijwi ry'impanda wese ntiyite ku mbuzi, inkota yaza ikamurimbura, amaraso ye abe ari we azabazwa.
Nibyo
Nikokuri@@kanyanaplacidie4823
Wigishije neza cyane Imana iguhumugisha cyane twebwe ntabwobishoboka kotuba ibitambo byabadayimoni
Nibyo ntabwo tuzigera tuba ibitambo byabadayimoni,cristo yatubereye igitambo.
@@MUKASHEMAMARIEJOSEE \
Uvugiye imana neza❤buriwese asabe ubwenge Imana ,asabe mwuka wera niwe muyobozi wacu buriwese mwitorero abe uwejejwe muriryo
Iyo bavuga: "buri muntu mu itorero abe uwejejwe muri ryo".
Bivuga itorero rya Kristo rya rindi riri mu ibanga.
Mu yandi magambo ni umugeni wa Kristo urya uzazamurwa.
Abantu ntitukabyitiranye itorero ni rimwe si idini.
Urakoze k'ubutumwa utugejejeho, nanjye numvise ibya Gitwaza narasenze mbaza Imana irambwira ngo ni Umukozi w'Imana ni ukumuharabika kd nanjye sinsengerayo, ndemeranywa nawe
Muri abayobe
Wowe uri iki? @@URUSAROAline
Ibyo nukuri iyo ipfuye bagutambyeho igitambo cg badayimoni Uba urimbutse yesu niwe gitambo kizima nibyo rwo
@@URUSAROAline ufite urwango!!
Nshimye Imana kubwuyu muntu nubwambere nunvise amuntu uvuga neza gitwaza nibyo urimumwuka rwose numukozi wayo nibyo rwose
unva Gitwaza avugwa nabenshi ahubwo biterwa nibyo mwifuza kunva abakozi b' Mana nyabo baramuvuga neza uretse abarimo umwuka wa Gahini ( ishyari) uwo lmana imwita umwicacanyi
uwanduye agumye yanduye kndi uwezwa akomeze yezwe ejo mutabura ishyali ijuru kwanza muge mubanze mumenye ibyo muvuga cne abo banyamukuru bitwa ngo na kozibimana birirwa bifatanya nabakobanyi ngo barashaka Views..ntagira nubwoba bakirirwa batumira abirirwa basebya abakozi bi Mana ngozanye amakuru nabo bazana ishyano ukirwa uhiga umuntu kuko Apostle gitwaza nabi ngobone Views bo ntiberekwa? bagiye babanza bagasengera abo batumira aho kwishimira Views wamariza satani kurusha kwamamaza yesu mwirinde iryo tangazamakuru ryanyu mutaricaho mugakorwa nisoni nkuko namwe mwandagaje abakozibimana mwamamariza Satani mutumira abakizi bayo😢
Yesu aguhe umugisha mukozi w Imana. Uvuze ukuri pe Gotwaza n umukozi w Imana najye ndabihamya. Umugeraho urushye ukaruhuka nubwo waba umwicaye imbere yigisha wumva amazi y UBUGINGO atemba mu mutima
Konumva mwamuhinduye Imana c?
No nanjye nubwo ntakurikiye iyi nkuru ark gutwaza simuzi ark mperutse kurira inzozi nziza kuri gitwaza rwose lmana ikomeze kumubungabunga akomeze akorere lmana neza
Ntabwo arukumugira Imana ,ahubwo Imana yaramwizeye imugabira umurimo wayonksndi imuha ubwo bintu(grace),kugirango abantu barushye baruhuke @@Pink.53
Gitwaza abantu bamurwanya bazagwa kuko ntibazi iyo ava. Ise umubyara ari mubagabo bambere na mbere bakiriye agakiza imulenge hanyuma Uwiteka amuha amasezerano akomeye k’umuhungu we! Abamusebya rero nuko batazi uwo ariwe
Byaterwa nimana uvuga iyariyo ,nonese Gitwaza yamennye amaso kubwawe ?niba uruhukira imbere ye urambabaje ,icyonkubwiye niba Kristo Yesu atariwe wakuruhuye ,ukumva waratuhukiye imbere ya Gitwaza , uracyafite urugendo rugukomereye , reka nkubwire iki kintu , abantu benshi bagiye kuzahingukira kwirembo batari biteze kwariryo bazahingukiraho kdi gusubira inyuma bitari bushoboke , ibi nkubwiye birakomeye kurenzuko uri bubyumve kuko simbikubwiye kubwibitekerezo byange nubwenge bwange nubumenyi bwange , IMANA yomwijuru ikurengre ukorwe kumaso , reka kuba umufana widini numuntu uwariwe wese ,shaka Kristo Yesu niwe rembo niwe buruhukiro .
Urakozecyane kubwijamboryimana uvuze riranyubatsecyane Imana Ikomeze Iguhe umugisha Kandi ikomeze ikwagure
Uravuze ukuri kuri Gitwaza Imana imukomeze. Cyane gose. ❤❤❤
Ap Gitwaza yakoreye Imana ,benshi twamenye agakiza, abandi bize gukorera Imana bamureberaho,kuba yamugirorera rwose nibyo kwishimira
Urakoze Mukozi w'Imana, gusobanura,kubyerekeye ibitambo,ukuyeho urujijo nokwibaza,byari byaratubereye amayobera .Imana iguhe umugisha.
Mutumishi Imana iguhe umugisha
Umuhanuzi w'ukuri avuga icyago akavuga n'umuti wacyo
Ubalikiwe sana!!!!
Imana igukomeze Kandi ikomeze igutume
Imana iguhe umugisha mukozi wimana itorero ryimana ryubatse kurutare ntamarembo yikuzimu ntazarishobora.
Urakoze cyane mutumishi wa Mungu
Abavutse ubwa kabiri imibiri yacu nii ibitambo bizima byera kdi bishimwa n'Imana
Ntabwo turi ibitambo by'abazimu ntibishoboka
Imana iguhe Umugisha mwishi Imana iduhe imbaraga zo kuyegera cyane
Mbonye umuvugabutumwa ukivugisha ukuri mu ijambo ry'Imana. Uri kmwe muri bake basigaye. Imana ikomeze igukomeze.
Ndagushimiye muvugabutumwa Imana igukomeze kdi ikwagure
Nange ndumiwe ubundi nemera Gitwaza .na Rutayisire mubakozi bimana arko mbonye uwa3uftumwuka wukuri kwijambo ryimana
😮@@Consolee-wz1ur
Uravuga ukuri mukoziwimana God bless you
Alleluiaaaa!Ni ukuri ntago twaba ibitambo by'abadaimoni kdi Yesu yaratubereye igitambo kdi Ari muri twe❤
Yesu akongere amavuta mukoziwimana.
Ijambo. ry'Imana ritubuza guhinyura ibihanurwa ahubwo tukabigenzura uyu mugabo Imana imuhe umugisha
IMana igihe umugisha ndafashijwe pe
Imana igihe umugisha igukomereze intambwe ukomere udusengere abafire indwara sidakira
Humura mwisi hari indwara zidakira ariko ku Mana zose zirakira komeze usenge kdi wizere wiyiteho uzakira kdi neza
Uzakira nange narakize indwara navukanye none ndashaje ariko Imana yangiriye neza ubu ndi muzima alleluia 🙏🙏
Amena imana nimbabarire muribyose kukinini nigito .
Uyu mugabo araciye ubgenge bg'Imana!
YESU nashimwe muvandimwe none ko ijambo ry MANA ritubwirango ninde wari munama yu WITEKA none wowe wamenye gute ko thewo yagiye mwijuru
Uzi bibiliya Uzi no kwigisha ariko kura ikinyoma aho ntabwo Imana yafata umwanya wo kuvugana nawe kubya gitwaza niba Ari umukozi w,Imana ntiyamugutumaho ahubwo yamwibwirira
Gitwaza numukozi wImana. Vrai Kandi nanjye namenye yesu kubera gitwaza kirazira nfite nazibwirijwe nawe
Nonese mwarimu yigisha you byo akora oya? Uku ramwo you byawe ugakira kubera gukurikiza ibyo wize kdi we agakena .
Bavuga ko Bazi Imana ariko bakayihakanisha ibyo bakora Tuvuganira n'Imana mu byanditswe byera, abavuga mwami mwami sibo bazinjira mu bwami bwo mu ijuru keretse ukora ibyimana ishaka
Uyu mukozi w,Imana Avugiye Imana neza❤❤.wongeye kunkumbuza cyiriya gihugu,ndagukunze uvuze ukuri.
Ntibikumda oya yesu yaradunguye. Halelua ni rwubusisi. Gerard
Nongeye kugira ibyiringiro, Amen halleluya 🙌
Yesu aguhezagire .Akwongerereze Aho wakuye mukudushikiriza ivyo lmana yagutumye.Ndi umurundikazi yagukwirikiranye
Imana ishimwe ko uduhumurije kuri Theogène❤
Imana iguhe umugisha izo mpuguro twari tuzikeneye
Amen 🙏 ubutumwa bwawe intigisho n'impuguro bikenewe cyane muri kino gihe Imana igihe umugisha
Imana Iguhumugisha urintwari. nibake kugirango umenyeko Apostle Gitwaza arumukozi w'Imana byukuri nandimahirwe,Biragoye kumenyako Apostle Gitwaza akorera Imana utarimo umwuka wintumwa, Kanadipe ntawarenganya abatabibona ,na we ababarire kuko amaso ntarebakimwe umuntareba ahwabasha kugera,hhhhh ugerahafi arebahafi,Ugerakure nawe arebakure hhhhhhh nabenshi bamurihafi nibake babihamya hhhhh
Nshimye Imana kubwijambo utubwiye nukuri umvugiye ibintu najyaga ntekereza nibyo koko abantu bari kuvugira satani kuruta uko bavuga kugira neza kw'Imana rwose ndashimye nikoko Imana yagutumye ikindi nuko abantu bigize abagenzacyaha bigira abashinjacyaha bigira abacamanza kandi ijambo ry'Imana ritubuza guca imanza ese ubundi turi bande bo kuzica tukazicira abantu Imana yaremye itatugishije inama koko
Guca imanza zukuri turabyemerewe ,kuko nabisilaheli tuzabacira imanza , rurabacamanza ahubwo ntiduciraho iteka abantu ibyo byo nibya Data wa twese na Kristo Yesu ubwe
Mwitegereze iherezo ryingeso zabaganza mwigane ingeso zabo Yesu uko yararejo nuyumusi nikwari Hébreu 13:7-8 rero umuntu yavugaYesu karinzira nukuri hanyuma agahindu kwatari inzira mumwitondere
Kagire inkuri yes turakwakiye hano nkunda umusirikare wakoze ibisirika byombi mbese uwo duje amateka❤❤❤
Gitwaza n’umukozi w’Imana pe!!!
Ndakurahiye ko urimwo neza!!!
🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌♥️♥️♥️♥️
Gitwaza abantu bamwambitse isura itariyo ,Imana ibababarire❤
Amen,amen.Imana iguhe umugisha kdi ikomeze iguhe amahishurirwa!
Imana ishimwe cyane rwose uravuga ukuri rwose
Mutubwije ukuri pe. Umuntu ufite Yezu muriwe ntawamutamba ngo bikunde kdi Yezu ariwe gitambo kizima nyabutungane cyatsinze sekibi.
Yooi Imana iguhumugisha utwigishuje ibyo abandi bari barahishe urakoze Imana irwanirire knd iturengere abanyarwandabose❤
Uvuze ukuri abafite Kristu muribo ntibyakunda ko batangwaho ibitambo.Imana iguhere umugisha gutanga impanuro n,ihumure
Mubyo uvuga, nabuze icyo mfata mo kizima! Ibyo uri kuvuga, ni generalities, Biblia irabitubwra. Uri gusubiramo ibyo tuzi. Vuga UTI: "Imana yambwiye ko hagiye kuba iki n'iki, iki n'iki...
Rwose nibyo imana nitubabarire njyewe numuryango wanjye
Uraho mukoziwimana,naguherukagacyera.ibyuvuganukuribyose,kukondakuzi.Imana iguhumugisha.ndakwibuka ibatsina
Uko nukuri rwose mukozi w'Imana ntamuntu wakoreye Imana bagira igitambo
Urakoze NYAGASANI akongerere imigisha
Numugabo Yesu ndamwemera❤
Mbega Masasu kobamujanye mubaphumu bakavuga nguwo Arimwo wamugabô nguwo ntaza ngaha
Uhabwe umugisha mukozi w'imana❤
Toka, ese gusiga amavuta Niko kuba umukozi w'lmana uvuga? Guhamya ngo Yesu siwe wenyine nzira y'ukuri , niwe uhamiriza, ahubwo umwuka ukurimo uhuye niwe.
Ese uyu musirikare ibyo Gitwaza yavuze ko hari izindi nzira zijyana abantu mu ijuru utanyuze kuri Yesu arabyemera natubabarire adusubize
None se abapfuye batamenye Yesu wibwira ko Bose barimbuka.
@@ikambaryakaruvaritvByose ni Yesu Ubizi gusa icyo nzicyo nuko Ari We Nzira Ukuri n Ubugingo ntawe uzajya kwa Data Atamujyanye icyo cyo ndakizi neza mu isi no mu ijuru ndetse yewe n i kuzimu birazwi ko ari uko biri nyuma y ibyo ibindi bizwi naWe gusa
None se Yesu ntiyahozeho, mbere na mbere hariho Jambo Kandi Jambo uwo yahoranye n'Imana....so nta muntu wabayeho mbere ya Jambo Kandi ntawe uzabazwa ibyo atamenye.
Gitwaza yavuze ibimurimo nuko abyumva ariko umuntu wapfuye ataramenya zyesu umutima yapfanye niwo azazukana Kandi mumuntu habamo amajwi abiri rimwe rikoshya irindi riguhana iyo wumviye rimwe muriryo niryo rizagutsindisha
Aho mwamwumvise nabi kubera ko natwe twamenye ubutumwa bwiza tububwirijwe,ariko hariho nababayeho ubutumwa bwiza butaribwigishwa,rero nabo kumunsi wurubanza ntibazaharenga ngo nuko batamenye Yesu Kristo
Nanjye rwose numvaga umutima wanjye unyemeza ko arumukozin w'Imana
Ndagukunzep lmana iguhe umugisha
Imana ikwongerere amavuta rata uvuze ukuri.nta muntu urimo yesu utambwa kuko umucyo numwijima ntibibana
Imana inyohere kwera imbuto kbs kd impe kwanga ikinyoma kd impe gukomeza,kubwiriza icyaha kbs
Imana Ihabwe icyubahiro, Reka twihane ibyaha byacu bigishobaka. Imana Itubabarire ibyaha byacu.
Imana iguhe umugisha cyane umugabo nusohoza ubutumwa bw'uwamutumye gitwaza numukozi wimana ahari imana ikomeze kumukoresha cyane gitwaza kubantu
Mpise ngukunda, Imana ikongere amavuta. Uri imfura kuba udasebya abakozi bi Imana
Habwumugisha n Imana satani ntiyanyaga umuntu Imana hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah
Imana idutabare kandi itubabarire.
Murakoze kutuburira.
Imana ibahe umugisha..🙏
Imana inkomeze kuyikorera ibe iyambere mubugingo bwanje inshitseko ivyigomba kondayikorera nditeguye kuvyakira
Ikinyoma ni mukuru w’uburyarya!
Imana icanka urunuka.
Imana iguhe umugisha mukozi w’Imana
Ukuye abantu murujijo kuby'umukozi w''Imana gitwaza,kubw'ibitambo,kuri byinshi🙏🙏🙏
Yego Imana iguhe umugisha
Uko nukuri uvuze kuxuye.Gitwaza ni umukozi w'Imana .Abamuzi neza turamuzi,abadasengera yo nabanwanga nibo bamuvufa uko vashaka
Numuntu mubi gitwaza ndamuzi namuhaga magaye kuri phone nda namwandikira akanyihorera meze nabi ngo Wenda ampe ifunguro ry,umunsi 1 knd naramukundaga cyane byatumye mwanga
Amen amen amavuta amavuta mukozi wi lmana ikomeze iguhe imbaraga
Imana ikumpere umugisha mukozi w'Isumba byose, usobanuye ibintu neza kbs💪
Sha urabihuhuye urabyishe nta Mana yagutumye ,ahubwo wagirango ni gitwaza wagutumye ,njyewe sinanga gitwaza pe ,ntacyo atwaye nibyo bamuvuga byo kujya ikuzinu sinari narabihaye agaciro ,ariko kuvuga ko Imana imwemera ndetse ko agiye kujya ajyenda mundege ye bwite icyo wakishe ,uzasome uko pawulo yakoze umurimo nuko yarangije urugendo aciwe umutwe,uzasome uko barutirimayo yakuweho uruhu,uzasome uko petero yabambwe macuri ,usome uko yohana yatetwse mumavuta uraza kumenya abo Imana yemera uko baba bameze abaribo ,,ni abantu bapfuye kuri kamere bavutse ubwa kabiri ,nuko babaho bitandukanye cyane no gukunda icyubahiro cg ibyisi ,kandi nta muntu izina rye ryanditswe mugitabo cyubugingo utambwaho igitambo,hanyuma icyo nakubwira nuko nawe uri umuyobe ,ibyo uvuze birimo ibinyoma byinshi kubantu bazi ukuri kwijambo ry'Imana barabyumva
Rinda umutima wawe we guca imanza
Ngusubize Urusaro; kuba barababaye bariiya bose uvuze ntibivuze ko umuntu wese agomba kubabara. Oyaaaaa, Gitwaza rero numugabo wubahwa n'Imana o
@@joliejoie2010 oya ntuyobe ,navuze ngo usome neza uko bakoze umurimo ,muri make ivugabutumwa rya pawulo wahoze ari sawuri ntaho rihuriye nirya gitwaza ,ndetse nubutumwa bwiza bigishaga ntaho bihuriye nibyo yigisha ,ikibazo cyo muriyiminsi abantu bigisha ibijyanye nirari ryanyu mugakomamashyi ariko ikibazo ntibihura nibyanditse mw'Ijambo ry'Imana ,buriya we mumutima we nawe azi ukuri ,aziko itamwemera icyakora acyeneyeko mwe mumwemera Kandi ibyo nta mumaro
Uyu mugabo numuyobe cyane ntabwo yatumwe n'IMANA yomwijuru, abafana bidini nababantu bafashijwe , nukuri abantu bafite ibyago byinshi nukuri ijuru ry'IMANA barihinduye ibifatika byo mwisi ,
uhabwe umugisha mukozi w'lmana nukuri jya nicara nka soma coment zabantu wibaza isi dusohoyemo bikakuyobera umuntu arifata ukumva rwose atutse undi mubyukuri niba umuntu yumva adafashijwe n'byo umuvugabutumva yigishije kanda next ukomeze urebe abandi ariko ntugwe mucyaha cyo gupinga uwo utahamagaye cy utazi uwamutumye kuko abantu biragoye ko rimwe narimwe twemera kuko na yesu hari abamwitaga umutware wa berizeburi kandi ari umwana wimana ijambo ry Imana ribivuga neza ngo umunyabwenge n 'uwumva agatinda kuvuga. Imana idushoboze kudaca Imanza ahubwo turusheho gusoma ibyandiswe byera .muzamenya ukuri kandi ukuri niko kuzababatura
Yesu ashimwe, mbashimiye ko mudushakira ibidutungira ubugingo, muzadufashe ,mugere no kuri nyirancarigufi,ntabwo duheruka kumva ahimana imugejeje.murakoze
Nyirancarigufi se ninde?
Uracyari wawundi nshimye imana ni Elie bugesera rizieri
amayeri ya sekibi kirangaza.
sekibi yiyise imana Yezu Kristu Yaragutsinze.
Abo usengeye bose ndabakwambuye mw'Izina rya Yezu Kristu.
Amena dufatane amaboko
Uvuzeneza,ijambo,,ruimana,imana,igushyigikire
Uwiteka akongere amavuta amavuta ❤❤❤❤
Abavuga ngo iravuze itavuze ni benshi
Barikiwa mtumishi wa Mungu🙏
Imana iguhezagire Mukozi w'Imana . Ivypwavuze vyose nanje ndemeranya nawe
Imana yagutumye ihabwe icyubahiro knd iguhe imigisha kubwo gutumika baramurwanya kuko igiti cyera imbuto nicyo bateraho amabuye
Yego rata uvuze ubutumwa buzima! Nukuri abantu batuka Mwuka Wera bakizwe, kuko basebeje Apotre Gitwaza bikabije na pastor Theogene nta bwoba bafite ku minwa yabo...😢
Menye byinshi,gusa ubu buhanuzi si ubwambere mbyumvise,Imana idushoboze kwambara imbaraga zumwuka wera,kdi dutunge umutima wihana uca bugufi
Imana iguhe imigisha
Mwana wimana
Rwose urimo nezaaa Gitwaza nanjye Imana yaramumbwiye numukozi W’Imana ahubwo abantu bitonde
Imana ishimwe cyane pee Imana ikwambike imbaraga na mavuta mwizina rya yesu kristor
Uzabimenya ubwo uzahingukira kwirembo utatekerezaga kwiriyo ujya ,
Thanks, inyigisho nziza cyanee
Mbega ukuntu twakomotse heza wee!! umva ubwoba nibushire💃🙌
Imana ni byose
Vuga Yesu niba koko ari Yesu ukubwira, atari ibyo icara wige
Wamugabo Uvuze Ubutumwa Bw ,Imana Buzima Bw,Ukuri Imana Ikwishimire
Muvabo komeza kumira kbsa icyuho cyarigicitse
Imana iguhe umugisha
Amen
Habwa umugisha mukozi w,Imana Isumba byose
Amen uko niko kuri dafashijwe
Imana igihe umugisha❤🎉
God bless u man of God
Nta muntu uzi Yesu batamba,kuko nage barabigerageje Yesu aranyimana .Yesu yarabirangije kumusaraba.Yaratambwe kubwacu.
Imana y'amahoro ibongerere ibyo gufasha no gukomeza imitima.
Ariko niba ari Imana iba yabatumye ntimugatinde mu kwisobanura cyane ku butumwa mwazanye! Hari igihe mwisobanura cyane bigatuma ahubwo mwatera abantu kubashidikanya ho
Byose yesu arabizi.twe turi gusenga ngo abane natwe niwe udufitiye imbabazi .naho abavugabImana bi baratesha umutwe .