🛑🛑DOCUMENTAIRE: IBINYOMA KARUNDURA ABANYAPOLITIKI BATUBESHYA | HABA MU RWANDA N'AHANDI KU ISI
HTML-код
- Опубликовано: 26 сен 2024
- Niba hari amakuru, ikiganiro cyangwa ikindi wifuza ko twasangiza abakunzi bacu, watumenyesha uduhamagara kuri 0785455520. Ntukibagirwe gukora SUBSCRIBE niba utarabikora, kugirango ujye uba mu ba mbere bakurikira inkuru yacu.
Uri umuhanga mu byegeranyo, amagambo yanyayo aryohera amatwi. Keep it up
Njye ndashimiye kbs uba wateguye neza , hejuru cyane ❤
Ikinyoma cya mbere kibaho ni ukuvuga ko abantu bose bareshya imbere y'amategeko! Mbega ikinyoma
Nomwijuru ntibanganaaaaaa!
Nshingiye kubyegeranyo wakoze maze kumva ,ngushyize mukiciro cya :Munana,Ismail, Teransimuhirwa.keep it up kbs
Wamugabowe urumuhanga pe🙏🙏
Sha Kalinija uri umuhanga pe!!
Simparara kuko atariko nteye gusa urarenze bro
Ibyo ukora nibyo uvuga SI tombora my brother njye ndeba urwanda na congo m23 ukuntu USA ibashwani , genocide murwanda 94.... Ugasanga hakenewe benshi nkawe bigishaneza gurya , amafu amafufu na mafrw akuzire .2024 God bless you and gold shine ❤❤
Cyakoze wowe nutaremera akakanya yemere urarenze musaza
Ndakwemera wamugabo we
Urumwubahwa pe!!!!! Utubwiyibintu tutarituzi
Twari twarakubuze mubyegeranyo byuje ubwenge nubuhanga wubahwe
Ariko na hano iwacu mu Rwanda byahozeho tariki 1 yukwa 4 buri mwaka wari umunsi wo kubeshya ariko ubu ntabikiriho ahubwo uzadukorere urutonde rwi ibihugu bifite ababeshyi kuruta ibindi kwisi
Kbx uraturemeye
Wubahwe rwose courage Bwana
Happy New year.
Ibyegeranyo nkibi ubyongere.
Thanks
Happy New year Nkiko. Kubyongera ni byiza ariko bifata umwanya kubona ikintu cyiza. Uburo bwinshi urabizi ko …
Big credit goes to you ❤
One and only
Courage brother
Uku ni ukuri kabisa
Mumunsi (1) isigaye ndaba nigendeye ubutagaruka twabanye iminsi myinshi niba narababaniye nabi mwihangane nibyo byiyisi gusa reka mbasigire impanuro:-mujye mukunda gusenga -mujye mubana neza nabagenzi banyu -mujye mwubaha buri umwe wese -mujye mukora icyo mugomba gukora mugihe cyacyo ariko ikiruta byose mwitegure yesu kuko ari hafi kuza mukorere isi nkaho muzayivamo :murabeho nitwa (2023) kandi kuko mbakunda sinzabasiga mwenyine reka mbasigire murumuna wanjye bita(2024) Ark uyu mwaka wa 2024 wowe Jean de die KARINIJABO n'umuryango wawe ndetse nabakunzi ba PRIMO MEDIA RWANDA uzababere uw' *AMAHORO IMIGISHA AMAFARANGA IBYISHIMO UBUZIMA BWIZA n' ISHYA NIHIRWE*
Africa yarakubititse kweri kweri
Ariko burya politic nta kuri igira, ikinyoma nicyo kiyoboye isi. Kandi ibivugwa byose burya ntabwo ariko kuri. Ukuri ni ikitavugwa muri politic
Courage kbs
Izonimbwà.zimamwanka
Incomparable 🎉 happy new year @karinijabojeandd
Urumuha bro
Urarebze pe! ❤❤❤
Shn turabizi ko batubeshya arko no Ather choice. Barateguye.
Amafaranga umuzi w'ibibi byose
❤
Icyaha cyambere cyabayeho cyari ikinyoma Satan yabeshya abamarayika
Yabeshye Eva cyatangiriye mwijuru
Icyo nacyo ni ikinyoma😂😂😂😀😀!
😂😂😂😂@@jingonyemazi
Kanirijabo usigaye utinda kuduha ibiganiro wisubirehe
Uretse no kubeshya ni abajura.
Turaho primo
You're number one ❤❤❤❤❤