BITEYE UBWOBA: Nagiye IKUZIMU😱😨/Nanyweye Amaraso kuvayo byarangoye/Avuze abantu Yasanzeyo//JAY POLLY
HTML-код
- Опубликовано: 9 сен 2021
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250 721 169 969
Развлечения
Ibyuvuga ndabyumva mama gusa bisaba gukizwa utajejetse ikuzi uho hariho cyaneeee nuko abafite igihukumaso baba baziko ntabibaho Imana iturinde umubi
Ariko mukunda abapfu , ubuse jay mwamushizeho kugirango twumveko nawe yagiye ikuzimu azagaruka ?
Mwizina rya Yesu lmana ibidutsindire
Abantu mwese muvuga ko muja Ikuzimu nubundi murabapfu ntabazima murimwo uravuga bazaguhambe uri muzima uje Ikuzimu umareyo icumweru kimwe hanyuma uzogaruke uvuge to vyo wabonyeyo ataraho urumubeshi hamwe nabo Bose babivuga
Iki kiganiro kiraryoshye cyane ku muntu ukireba yabanje gusoma comments. NTA CYIZA NKO KUREBA UMUNTU ARIMO KUKUBESHYA UBIZI KO ARIMO KUKUBESHYA
Abantu nkamwebwe Imana izobagerera ibikwiranye nivyo mwakoze Imana ati ivyo vyose nibishika muzarangamize amaso yanyu Mwijuru
Nawe ukazana ubutumwa bwikuzimu uragowe nutihana
Nubu nge ndabona ukiriyo ahubwo waje kureba uwo utwara
Murabona izo nzara namukorogo yisize ariby'umuntu wakijijwe koko🤔🤔??
Ashyiii munteye umujinya koko Jay mumushyizemi gute ruhukita mumahoro jaye rata
Ese ibintu byose byarabuze kuburyo mwabuze nibyo kubeshya mukavuga ibitabaho ubwo nubuhanzi muyindi sura
Wo kanywa imihango yawe yaboze Jay pole umuzanyemo hano gute wa ndaya we yi Kabuga
Uyo umuntu apfuye ntaco mutamwagiriza wewe niba waje kumenyekanisha ivyukora menyekanisha hama wirenganire mureke kudugira canke kumenyekanira kumupfu uwuzi jay polly aramuzi si mpaka ngwashimwe na bose RIP JAY POLLY
Uyumugore arabeshya rwose nuko abivuga ndabona aribimbano
ibyo bibeshyo. byawe immana izaguhana. nokubeshyera joy pol
Jyewe nagiye iwe kunywa afite akabari murugo habera amabara
Uranga kubavuga kuberiki ubitse amabanga yikuzimu kuki wabavuze bakamenyekana
Ubuhamya bwawe ntibusobanutse kbs.
Ngo Hari ibintu bagusabye gukora ntubivuge.
Nimuduhe part 2
Muraho neza nshuti dukora isuku kinyamwuga iwawe murugo naho Mukorera kugiciro gitoooya fungura iyi channel yacu mubone contact zacu
Twoza intebe z'imodoka na Tapis zazo
Twoza intebe za salon(ubwoko bwose)
Twoza Amatapi(ubwoko bwose) n'amakaro
Twoza Ibirahure by'amazu asanzwe n'amaremare
Dutera imiti yirukana ibiheri nibinyenzi, Umuswa amasazi nubushishi, inzoka, imbeba na Marie jose (jecko)
Mudusure kuri iyi channel yacu mubone contact nibikorwa byacu.
Ariko mwantumwa zasatani mwe Koko nonese ubu iyo myuka mibi warayiretse muriyoberenya gusa muribeshya hejuru yimbaraga zasatani hari izi mana
Ngo abapaster wabonye ntiwabavuga ubwox wivugishijwe Jay kuko yipfiriye toka shitani
Ntamakuru mufite,nimwicecekere kdi mumwihorere ibyo avuga arabizi
KO har'ivyo yanka kuvuga nk'ivyo vy'abo bà pasteurs yabonyeyo?
Ese ko utatubwiye aho usengera?
😂😂Ewana zabaye ewana
Biriyani
Ayo makuru siyo 🧑🦯🧑🦯🧑🦯
Mutuyobore tujyeyo
Ibihumbano ngibi uyuntiyagiyeyo numushinga yateguye
Arabeshya uyumugore tura turanye nidaya nimwumva nimisegere nabyo azi nongusenga.ibyo arikuvuga byose arikutubeshya nu mutako UMUNTU azajya ababeshya mwemere.
Muduhe igicecya 2
Hhhh ntimukabeshye yagiyikuzimu munzozi amara amezi ane asinziriye
Ibi nabyo bimaze kuba ubuteka mitwe
Ddfcome we brwes
Mukuribihuha ahongaho
Mubonyeyo akoriki