God bless you Rose and Annet❤️IMANA ni yo yonyine yibitseho ububasha ntakumirwa bwo kurema ibitariho bikabaho ako kanya nta bufasha isabye, nta n'uwo igishije inama...yo ubwayo gusa. Nishimwe iteka n'iteka🙏
Annet uri umugore mwiza,ukunda Imana umugabo wawe yahera he aguhemukira,arakureba akareba atahemukira malaïka komeza wibere mu Mana,mu Mana ntagihombo kirimo habamo inyungu yiteka ryose
Yesu nashimwe.mwamfasha mukampa numéro ye ko mukeneyeho ubufasha .nanje ndi mukigeragezo c'ubugumba kimaranye imyaka 10 n'amezi 3.rwose ndumva yangira inama.murakoze
Rose waduhemukiye wagombaga kuba watuzaniye nuwo mugabo nibwo inyigisho yari kutwinjira mo neza turagusabye tuzanire uwo mugabo atuganirize abagabo tumwigiriho
Is it a competition ? Buriwese ashobora kuba mwiza ku rugero rwe kdi bose turabakunda kumwihariko imana yabahaye(uniqueness) bose ni beza kdi brashoboye tubifuriza ibyiza no kugera kure barabikwiye
Rose ubaza neza rwose, uba ukurikiye n’amarangamutima yawe yose! Keep it up we love you!
Mbona Rose afite umutima mwiza
Njye rwose ijwi rya Rose ringwa neza.
IMANA imukomereze amaboko rwose.
Ndatangaye cyaneee, kuva mbayeho nibwo bwambere nunvise Umugore ushima Umugabo we kurugero rungana gutya mbega IMANA Ndayishimiye kubwibyo yakoreye uwo muryango, ubuhamya bwiza, butanzwe n'umuntu utuje kdi mwiza binteye kwigaya nari naratakaje icyizere cyibyo Imana yambwiye mbonyeko bishoboka reka ntegereze kdi Imbabalire.
Nange ntyo munvandimwe
Iyi msg niyanje!ndabona atakindi nobwira IMANA.
Amarira aranyishe nukuri yesu arakora
God bless you Rose and Annet❤️IMANA ni yo yonyine yibitseho ububasha ntakumirwa bwo kurema ibitariho bikabaho ako kanya nta bufasha isabye, nta n'uwo igishije inama...yo ubwayo gusa. Nishimwe iteka n'iteka🙏
Uvuze ukuri kwose 100%👌
Thank you so much my brother👌👌👌
Imana yumve gusenga kwa Rose&Aimé, maze ibahe umugisha w'urubyaro.
Ntumbwireko badafite umwana 😭😭
@@dorodonamaartdorothee7611 bicaye ku ntebe yitwa Tegereza
@@dorodonamaartdorothee7611 😭😭
Grace mwiza 😭😭😭😭 Imana yaremye isi nijuru nziko ushobora byose
Nibya Rose wabishobora ndabyize mwizina rya YESU Amen 🙏
Ukuntu disii Rose abayisekera ntiwanabimenya
Imana ikomeze iguhe imbaraga kd twizeyeko bizarangira ukava kuri uwo musozi 😭
Amen yesu yarakoze kugukura mubutayu bwubugumba ndayisaba nanje ukoyagukuye mubutayu nanje ibunkiremo nzasubire kwikebeza barbwire kontwite Amen yesu aguhe umugyusha ubuhamya bwawe burankomeza cyane
Niyo mpamvu ntacika intege, imana iguhe umugisha uranyubatse ndakumva cyane Papa wabana imana imuhe umugisha
Ooohhh mbega umubyeyi mwizaaaa noneho ukuntu avuga Imana mu ijwi ryiza rituje nibyiza cyane 🥰🥰 God bless you Rose and Annet
Ooh!this husband is like Angel 😇💖Imana izamuhe ijuru pe he deserves it ♥
Uyu mubyeyi avuga Imana neza numva ndaryohewe. Uko wavuze umugabo wawe n'impfura, ariko uburyo nawe ushima bigaragara ko nawe ur'impfura y'umubyeyi kuko abadamu bazi gushima abagabo babo ni mbarwa. Abenshi tubona kuri social media n'abaza baca intege abakobwa bato ngo batazashaka. Uru rugo Uwiteka aruhe umugisha, ahaze kwifuza kwanyu.
Ndafashijwe pe. Uyu mu mama ndamukunze cyane weeeee. Hallelujah birakora pe. Rose 🌹 Imana iguhe umugisha kdi ikugirire neza
Yezu natwe azadutabara.
Gusa abagitegereje umwandu uva ku Mana twihangane tuzasubizwa ndetse cyane. Gusa Imana itabare abenda kubivamo kubera kubura kwihangana.
Yezu akomeze arinde ingo zacu.
Annet uri umugore mwiza,ukunda Imana umugabo wawe yahera he aguhemukira,arakureba akareba atahemukira malaïka komeza wibere mu Mana,mu Mana ntagihombo kirimo habamo inyungu yiteka ryose
Uyu mu maman ndamukunda sinjya mumenyera.uri mwiza cyane.urasa neza.
Uvuga Imana nkumva bikandyoheye weee.
Nanjye hariby'Imana yankoreye.❤️🤍💚💌
Yesu nashimwe.mwamfasha mukampa numéro ye ko mukeneyeho ubufasha .nanje ndi mukigeragezo c'ubugumba kimaranye imyaka 10 n'amezi 3.rwose ndumva yangira inama.murakoze
Sorry mama nturi wenyine
Ndagukunda cyanee rwose peee sweetheart ♥ ❤ 💖
Ayiweee. Imana ntiba nyuma yigihe cg mbere yigihe ahubwo ikorera kugihe.
IMANA iguhe umugisha warayirindiriye nubwo Satan yarakuriganyije ariko Imana itubera maso.
Kandi umutware wawe Imana imuhe umugisha mwinshi mwinshi cyane
Hoya irinda ijambo ryayo ibihe nibihe ikarisohoza nasara yararisohoje nubwo nawe yoheje umugabo we kubyarana numuja
Nkunda ukuntu uvuga Imana iyaba twese twakwigiraho kuko twese twabonye ineza y'Imana.
Imana yagirango ubanze urere abo barumuna bawe disi erega ntacyo ikora itakizi!!
Rose waduhemukiye wagombaga kuba watuzaniye nuwo mugabo nibwo inyigisho yari kutwinjira mo neza turagusabye tuzanire uwo mugabo atuganirize abagabo tumwigiriho
Uyu mu maman sinjya muhaga aho mubonye hose ndicara nkabanza nkamwumva.Ninde umeze nkange?
Nanjye
Nanjye ahomubonye nsubiramo hhh amvugira Imana neza cyane
Wow!!! Imana niyo byiringiro bizima kdi ishobora byose hatavuyemo na kimwe ihabwe icyubahiro nukuri. Thanks Rose and Anet
Maman Anet ndagukundaa cyanyee uvuga imana n'imirimo yayo nkabikunda
Annet ndakumva cyane imana yarakoze ndakumva kuko njyeuwo musozi ndacyawuriho arko ikiruta byose mfite amakuru
Mubyeyi mwiza uratunejeje Cyane.Imana izaduhane Iherezo ryiza ry'Abakiranutsi.Aho tuzibera iteka ryose.Imana ihe Umugisha Umutware wawe kandi Imana izamuhe Iherezo ryiza
Sh ntabwo ngew nabona ukwo nshimira umugabo wange kuko arandenga,amagambo nabivugamo sinayabonap
Ohhh! Imana Imuhe Umugisha
Ubuhamya bwawe sinjya mbyhaga mubyeyi aho ubutanze hose ntibunchaho kuko buranyubakaa cyane bikampa imbaraga zo kubona Imana imvanye mukigeragezo ndimo kuko irashoboye🙏🙏🙏
Abagabo bose bazigire kuruyu mugabo birashimisha kumva umugore atangira ubuhamya bwiza nkubu umugabo we
Uzi ko ndize😭 uyu mu maman ndamukunda ♥️avuga Imana nkumv nanj nongey kubon ubukuru bwayo ukundi
Ubuhamya bwiza burimo kwicisha bugufi nokubaha Imana. Anet Uwiteka yunve amasengesho yawe, wowe numugabo wawe nabana banyu nabazabakomokaho bose muzabe abaragwa na Kristo.
Oooh God Warakoze kdi nubu uracyakora kuko tugufite no turakomera no mubibazo duhura nabyo muri si🙌🙌🙌
Rose numutumirwa musa neza👌🏻👌🏻,nkunda ukuntu witabira utegugutwi umutumirwaaaa 🙏
Waaao! Nibyo nta kwiheba nyine twese imana ntiyaduhaye iyo mpano.Mais c’était bien. Gusa harimo urusaku niba ari urwa amasiniya !! Ubutaha mujye mwigira muri jardin comme d’habitude 😊
😅😅😅
Ndumva nongeye kugirira Imana ikizere weeeee🙏🙏🙏🙏
Nyuma y'ibintu Hari Imana isumba byose ibikora yitwa Uwiteka Nyiringabo Ashimwe🙌🙌
Ohhhh thankful to the good Lord 🙏🙏
Nanjye tubyumva kimwe Rose uwo mu Maman avuga Imana muburyo buryoshye pe
ooour sweet God ,blessings Ann love you from Uganda
Ndagukunda lmana ninziza
Imana iguhe umugisha uvuga neza Imana,ariko va igirigari winjire kanani uhundure ndimisozi,,Imana ikojyere impanga zabahungu🙏
Amen
Uwiteka nguhaye icyubahiro kubwuyu mubyeyi ! Urumukozi w’umuhanga ntakikunanira!
Mana uri umukozi w'umuhanga ndi umugabo wo kubihamya🙌
Iki kiganiro nkireba burimunsi kuko harimo inkomezi zumutima, Rose wacu 🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾 ❤️
Imana iratangaje!!!!
Haleluya lmana nawe izaguhubugingo nuwomutware wawepe muzagende nka eriya ndagukunze uburyowihanganye
Yooo!! Mbega Imana Dusenge wee! Nukuri niyo kwizerwa itunguza ineza !! Bella, nawe humura Imana izakwibuka🙏🏾
Uruwo kwizerwa Mana 🙏♥️
Mbega ubuhamya bwiza! Imyaka 10 mi myinshi wihanganye ariko uwihangana ni intwari akaba numunyamahirwe! Uyu mubyeyi numuryango we bafite umugisha
Woooow! Imana nishimwe kubera ibyo yakoreye uyu mubyeyi.
Ubuhamya bwanyu buradufasha rwose kndi tugushimira uko ukomeza kuvuga Imana
Shimwa MANA ahotunaniriwe niho imbaraga zawe zikorera!
Ohh.God😭menyeko ushobora byose mwami
Isubiriza igihe koko nanjye ni yanyibagiye Amen
Yoo Yesu amutwikirize amaraso ye kandi imurinde abakobwa b’ikigali🌹🌹
Ababyeyi banjye namaze imyaka 8 ntaravuka baje kuvurwa numuganga wakizungu uva kisoro muri uganda nibafungura uzamvugishe nkujyaneyo aracyariho nubwo ashaje ariko aracyavura
Wibare sweetheart gukunda imana💕
Ni ubuhamya bwiza cyane. Imana ni nziza
Mbega umu maman uvuga neza
Wibaha Imana
Rose uzadusabire num ze sto
Ndagukunda wa mudamu wee sinjya mpaga kukumva ❤
Kumbe Mana urahari?ubuzima bwuwo mumama bunkozeho busa nubwanj naho ntarubaka nukuri ndize isomo😭😭😭😭😭😭😭😭
Nonese nukuberiki wumvako ari wowe waruftikibazo cyokutabyara kndi uvugako mwivuje mwembi bagasanga ntakibazo mufte,harimyumvire yabanyafrica incumuza,iyo mushakanye mugatinda kubyara ikibazo kiba umugore,ngumugore wakanaka ningumba ntabyara,ibaze kweri?ukagirango yaramuvuje ibisubizo niwe babihaye byukwo atabyara.Guy's mugerageze gucunga izamu ryanyu,ntimukinjire mubuzima bwabandi nubwanyu bwarabacanze.
nukomeza gucumuzwa nabantu biragoye gutungana
Akokanu wee lmana irahambaye!!!narinwite
❤mubyeyi sinzamkumenyera uranyubaka
Ubuhamya bw'uyu mu maman buranfashije.nukuri kwihangana bitera kunesha.abandi bafite icyokibazo namwe nimwihangane yesu arakora ntabyabapfumu
Ameeen ndumva nuzuye izindi mbaraga 💃🏿💃🏿💃🏿💃🏿💃🏿💃🏿🙏🙏🙏
Nkunda ukuntu avuga atuje ndagukunda muvyeyi mwiza 😘😘
Rose uzatumire uwundi muman witwa Egidia nawee warumaze imyaka myishi mubungumba
Rien n'est impossible à Dieu.Alleuia
Amen
mama anet nkukunda cyane yesu nawe azaguhe ubugingo buhoraho
My first comment
Congratulations to u sweetheart Annet 💓, much love from Uganda
Uyu nimama arandyohera pe
😭😭😭Ubu buhamya bbwe nabubonye bwa mbere kuri "Sinai TV" ndarira ndongera ndarira ndihanagura😭😭 Ariko Mana ukora ibikomeye!!
Mana weeeeeeee ndafashijwe mubye nanjye umusozi nkumazeho igihhe ariko ubuhamya bwawe bunyongereye ibyiringirope
Yesu arakora !!!
Nukuri Imana irasetsa
Ese Rose ko mbona emotions zitanyiye kugufaka mutaratangira ikiganiro aho uraza kugisoza ra? 😂😂😂😂😂
Ntabwo bakubaza impamvu utavyara kubera kukwubaha
Rose sky is the limit ndifuza ko warengeho sabin
Si byiza kugereranya abantu. Rose ni Rose na Sabin ni Sabin.
Peace!
Is it a competition ? Buriwese ashobora kuba mwiza ku rugero rwe kdi bose turabakunda kumwihariko imana yabahaye(uniqueness) bose ni beza kdi brashoboye tubifuriza ibyiza no kugera kure barabikwiye
Mama nawe uko biri
Kose nawe wamubereye
Umugore mwiza
Annet sinkumenyera rwose
Kandi imana yokabya igiguha umugisha
Nanje nuko ntabwo ndamumenyera pe
Iyaba abadamu bose borohaga nkuyu mubyeyi. Umva ukuntu atuje.
We love you so much
Imana ninziza disi
Imana ishimwe cane 🙏🙏🙏 ni nteturuye iyo Mana
Wakoze Rose kutuzanira Kaman Annet God blees you all
Ndanyuzwe
Ariko Mana urahambaye ! Ubu buhamya burakomeye
Good
Imana ni nziza. Amen.!
🌹
Nanjye maze imyaka 7 ntabyara njyiye gutanjyira uwa 8 wumvengo narashatse kubyara biranga Kandi mfite umwana nabyaye mfite imyaka 15 ubu narumiwe nuko twakoze divorce nkaba nibana yaba ngifite umugabo mba nirirwa mumarira gusa yesu antabare nabandi bameze nkanjye narasenze najyiye mubapfumu doctor kanimba yambwiyeko ntacyibazo mfite birababaza kwitwa ingumba 😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪😪
Sorry kwibi ariko se niba wibana uwo mwana ushaka suwo mubusambanyi!Imana ikugirire neza nkuko yagiriye neza Sarah anyway
@@bellab1924 wowe uzi nyoko yarakubyayate ?abaye uwo mubusambanyi ho se aza asa nimbeba cg aza arumwana wanjyejyerawe iyo umuntu yabuze urubyaro uko yabyara kose abyara umwana
@@labelebelle1046 urakoze
@@bellab1924 muvandimwe nuzajya ujya gusubiza umuntu wakomeretse ugye utekereza ibyo ugiye kuvuga kuko msg yawe ntabwo ivugitse neza
@@niniarutek7257 yego merci kunkosora
Penda wewesana Mamu ubarikiwe
Uyu mudamu ndamukurikiranaga kuriburi canal yose yomubonyeho
Rose please ndifuza number zawe ni zuyu mudam Anet munkoze kumutima kbs.
❤❤❤
None Imana ivuga gute ko itari umuntu? Kuki ivugisha gusa abarokore canke iyo wakijijwe? Nubu sindaronka uwubinyishura
Ntabwo ikeneye kuba umuntu kugira ngo ivuge. Yabasha kurema umunwa se hanyuma ntivuge. Abarokore si bo bonyine ivugisha, ariko bo baba bamaze kwinjira mu mubano nayo bavugana na Yo kandi bakayumva kenshi. N abandi irabavugisha ariko kenshi ntibayumva cg ngo bamenye ko ariyo. Burya rya jwi rikubwira gukora icyiza ukareka ikibi ni iryayo. Hari ubwo ikorera mu bitekerezo byawe ukaba wagira ngo ni wowe ubyitekerereje ariko wahumekewe. Utangire uyivugishe uzayumva. Biragoye kubigusobanurira neza ngo ubyumve. Bisaba kubyiyumvira nibwo ubisobanukirwa.
@@uwayezuclaire8455 none Imana uyivugisha gute ? Je simpora ndabitegera ngo Imana yambwiye gurtya ngo nayibwiye gurtya ngo numvise ijwi ry'Imana rimbwira gurtya kandi kenshi Abo numva ivyo Imana iba yababwiye usanga biba je nkiyumvira nti iyo nimana nyabaki ivuga kandi itari umuntu nkatwe ariko nkaba ndabyumvira gusa mubarokore nkiyumvira nti kuki none abandi ntumva ko bavuganye n'imana ibyo ibaha nibindi..narabyiyumviriye je sindabisobanukirwa. None ivuga nkatwe canke ?
@@SN-wb3gm Imana ntivugana na barokore gusa gewe yamvugishaga kandi nari ntarakizwa kandi yaravugaga nkabibona yewe ikanyereka nibya bandi bigiye kubabaho sha Imana iravuga pe
@@SN-wb3gm Imana ivuga muburyo bwinshi ishobora kukuvugisha mu ijwi, cg mu ijambo ryayo, umuhanuzi cg mundoto cg ibitekerezo gusa nabonye iyo ushaka ko ikuvugisha nibwo ikvuga
Amen weeeee🙌🙌🙌🙌 ushimwe Mana uyu mumaman nkunda kumutega amatwiii ukuntu amvugira Imana Ameeen
God bless you maman Imana ni nteturuye
Hmmmmmm
Dukora isuku kinyamwuga iwawe murugo naho Mukorera fungura iyi channel yacu mubone contact
Imana ni nziza cyane!!! Mana nguhaye icyubahiro 🙏🙏🙏