Mu Ijoro RYUBUKWE yanjyanye IKUZIMU😳imyaka 6 ntarabona umubiri we😭ntana1 YANDONGOYE ngo ntamuvumbura
HTML-код
- Опубликовано: 14 мар 2022
- #GASARO0788827820
TURAGUSHIMIYE! wowe udahwema kudushyigikira no gukunda ibiganiro GASARO TV ikugezaho.
Niba wifuza kutugezaho igitekerezo, hari inkuru wumva twagutangariza cyangwa inyunganizi watubona kuri +250788827820
Share,comment utibagiwe no gukora Subscribe ni ukudushyigikira murakoze Imana ibahe umugisha.
ruclips.net/video/4bQ20NEooYs/видео.html
kanda hano urebe igice cya kabiri kiki kiganiro😭
Gasaro tv
Bwenje was
Gasabo tv
Polesana, mukobwa, yesu, azaguha, uwawe, ariko, uzahinduke, ukizwe, wakire, yesu,, nkumwami, numukiza, wawe, mubugingo, bwawe,
Pore be
Uyu mwana aravuga ukuri pe natwe byatubayeho kandi twe turamuzi uwo muntu nubu aba inaha ikigali ariko byose bimarwa no gusenga gusa age asenga cyane ndetse cyane aravuga ukuri pe nge ndamwumva cyane
Muramuz namwe 😲😲😲😲😲
Uy mukobwa akwiriye gusenga cane.nayo ubundi bwobwo bizomugora cane.
Kuko nubu amaso yiwe simeza pe araba nabi.ntaraba nkabantu badasanzwe.
Umwami Yesu namugendere amukize nkuko yakijije ubandi.
Gasarotv
Inkuru irababaje cane gose pe!!gusa imana ihabwe icubahiro ko yatabarutse imana ikomeze imurinde imuhinkomezi kweli
Mukobwa mwiza uwiteka aragukunda yanzeko ubugingo bwawe bujya ikuzimu none inama nakugira nuko wakwemera ugakizwa ukakira yesu nahubundi uwo mudayimoni ubuzima bwawe yabugezemo kugirango umukire nuko wakizwa
Niyonzu mwabamwo ntiyarinzu mwaba mwirimbi ma cher hambwo wew ntavyo wabona kuko warusite amasó yumubiri imana iragukunda nuyikorer ukiri muzima
Imana ishimwe yo yakurokoye uwo mwanzi sekibi gusa nugusenga cyane kuko abakobwa beza bagendwaho na satani cyane👌👌
Nakunze ikiganiro,ese uyumukobwa koyahuye nakaga weeee.mpuza nawe numvise nkozweko cane nibye.Imana imudashe koko.yampa kuvugana nawe
Yoôooh Yesu agutabar kwl kand usenge Can wongra ushima n'Imana yagukuy kure warahatsw
Natwe turagukunda.
Umukobwa nimwiza rwotsye.
Thanks to God for giving her another chance to live.
Watching from Diaspora
Ahubwo Sandra ufashe uwo mwana umufashe kubona urusengero asenge kuko afite intambara nyinshi
Uko kuntu areba biteye ubwoba.imyuka ikaze imurimo pe!Imana imutabare.
Ubuserebanabiwe
Yezu Kristu wapfuye akazuka agutabare agukize iyo sano ugiranye na sekibi.Bikira Mariya nyina wa Jambo agufashe agukize izo roho mbi umwana we Yezu yaje kurimbura
Ubuc uracyari agasugi umuntu Yagushaka Ntakwishisha bajye bagusengera cyane ufite ibikomere byinshi
Yesu we imana imutabare nukuntu areb biteye ubwoba
Gasa ibi bintu bibaho cyane rwose gusa asenge akomeje cyane rwose ibyo bintu mbifiteho ubuhamya nubwo atari bwinshi
Gose abakobga beza 😭😭 imana izagufashe mushikiwacyu
This lady is really saved😭😭😭😭😭😭🙏🙏🙏Thank you Lord for giving her another Chance to live 😭🙏🙏mbega ibintu biteye ubwoba😭😭🙏🙏
Inama nakugira shaka yesu ukizwe neza nibyiza ubwo urigusenyera satani umena amabanga ye niwe uzagukiza iyo myuka mibi akubohore nibwo uzabaho neza azakubakira urugo ruzima
Iyi nama ni yo... Ayiteho uyu demoiselle... Nibwo azabohoka burundu kandi akagira uburinzi...
😅😅😅😅😅😅😅😅😊😊😊😊😊😊😊
Ngusabira umugisha wowe ukanda kwifoto ukampa subscribe🙏. Imana iguhire cyane.
Mwibaze urukundo rwo muwa gatanu primairy hanyuma ejo ngo batewe inda ngo batujuje imyaka pe! Cyakoze isi irikoreye pe!
Ubwobabwanyishe,mbegaweee imana yakugiriyeneza
Yooooooo mbega inkuru ibabaje shn senga Imana kuko hejuru y'imbaraga za satani Hari iz 'Imana izere Yesu Kristo azagutabara
Imana ishimweyakurokoye. Biteyagahinda😢😢😊
Nizerekowashimyimana kukoyakurokoye
Ubwobaburanyishe😮😮😮 gusa imana ikomeze kumurinda imyukamibi nitsindwe mwizinaryayesu.
Ariko mwabantumwe yesu numunyembaraga nukuri uyumukobwa avuze ukuntu yaryamaga agatotsi kakamufata akamuniga anyibukije umuhungu twakundanye twiga dusoje kwiga njyakumusura ahoyakodeshaga namazeyo kabiri ariko buriminota nkamirongwitatu ukoyamvaga iruhande ibintu byahitaga biniga navuga yesu nkinshuro eshatu bikandekura nkibaza ibiniki Koko kuko nasengaga nubwo arikwakundi kudukobwa dusenga tutabihamije nkagirango nimana itishimiye ibyonagiyemo nahise nsezera ndataha Kandi iyotwabaga turikumwe ntacyonabaga ariko iyoyagendaga gake byahitaga biniga navuye iwe ntabimubwiye sinasubirayo
😂😂 warahuritse Sha tunjye twirinda tunasegere abana bacyuu
Pole sana warahatse imana izaguhagarikire gushika kumusi wiherezo umwana 6 niyompanvu yanakunaniwe.
Burya kumenya umuntu mubana Kndi umukunda Bifata imyaka myinshi kuko aba akwiyorobeka kugira ntubibone.
Uhhhh imyuka mibi ikurimo kbs
Mukobwa mwiza humura imana irakuzi jyusenga ❤😢
Yoooo Sha pole sana kbs gs yesu n'umwami kd arakiza
Nudasenga ibyo biguheza umwuka n abadayimoni harigihe uwuhera burundu, ntiwumva abaryamye bagapfa !! nuko bibagendecyera reka imiteto usenge
Ibi byambayeho da ndasenga birashira
Komera kdi wihangane ubere isomo urundi rubyiruko .kugenda batavuze aho bagiye gusa imaana ishimwe yakurinze uwo munsi.
Abanyamakuru nimuzajya mumenya KO mugiye kwakira abantu nkaba mujye mubanza musenge mwambare imbaraga si no namwe mwashiduka babajyanye ikuzimu kuko uyu mukobwa nubundi aracyafite ibimenyetso KO by,abadayimoni
Banyamakuru mube maso cane kuko imyuka mibi ikorera mubantu muze musenga mbere yokwskira abantu nkaba ashobor kuba intumwa ya satani utabizi nanubu avuga ibintu bidatonze vy, uwutari muzima sinzi ko muvyumva namwe yegere abasenzi bamusengere cane kuko harimbaraga ziruta izindi mbaraga zose muri yesu hama atumbere yesu christo wenyene niwe uzamwubakira urugo
Yesuw ushimwe kuko wamutabaye usengecyane imana ikurinde ❤❤❤
Hihy school😊😊😊
Kammera mama, ibiherangezo n' ibyinshi kw'isi, ariko ugire ukwizera ku wakuremye, kugirango, umubisha atakwengera🙏🏾🙏🏾🙏🏾
Sandrine chr usenge cyane nawe kd umuhuze nabanyembaraga abakozi bi Imana basenga byukuri kuko ntibyoroshye pe
Tulachimye. Mwiki kiganiro.
Mukobwa unteye
Imbabazi
Imana igucungu
Mwiriweneza ese mwampaye nimero yumuntu bita king love comedian mwigeze gukorana ikiganiro avugako yabyaranye na mamawe please muyimpe ndashakako ampa ikiganiro
Njye haribyontumvise nonese bararanaga mucyumba?ESE iyoyatekaga barasanjyiraga?ESE ubwo ntibicaranaga muri salon bakaganira ESE yamunjyanyr mumuryango? Dufite byishi byokumubaza
hari byinshi koko utatubwiye ? None se kuva uwo munsi abura (hagasigara isaha gusa) ntabwo yongeye kumusura mu nzozi (kurota bari kumwe) ? None se nyamukobwa yasigaye muri iriya nzu cg yahise ajya ahandi ? Ntabwo iyi ntahe yuzuye (ntabwo yumvikana neza)
ngira nububeshi.ibintu nkibi sinja nvyemera
ahubwo nyene mubaz
Inkuru zabadayimo Niko ziba zimeze . Ntiziba zisobanutse
ndabona wagirango afitemo akantu , katameze neza , uburyo areba , nugukomeza kumusengera
Rata nanjye nabibonye utuzimu zimu turacyamurimo
None buriya ntiwasanga uyu nawe aridayimoni se ko harigihe azaza araza yihinduranije
Ibyo uvuze uziko nanjye nkimureba mbitekereje
Yewe ndabona nanjye byanyobeye ukuntu areba biteye ikibazo
@@josephineumuhire258 aha ndabona afitisoni ntazi arigutinya kureba mumaso yumunyamakuru.gusa twizereko Imana Imufiteho Umugambi mwiza
Uziko abazimu bass nkabantu ngewe nabonye igini mukiriziya ndetse ryambaye ninkweto zifunguye afite ibirenge ibyo abantu bivugisha ngo abazimu bagira ibinono reka naramubonye afite ibirenge twarabana turamuherekeza mpaka aburira muri muhazi yarumugore ukuze kumyaka nka50 abazimu nibabi bariyoberanya peee
Yooooo pole pole cuti yarurashonga ishuti ya Dinah komeradisi
Ark niba niyi kuru irimo dayimo sinzi kondigutega amatwi ariku nkuva habintu nfatiye hagati kd nakomeje gutegamatwi
😂😂
😂😂😅
Uziko nange bimbayeho😮😮
😂😂😂😂 nanjye ndi kumva ntazi ibyaribyo pe
Ooooooooooooh lala mwiza komeza usenge uronder abakozi b'Imana bagugashe banakugirir delivrance 🤔🤔🤔🤔🤔
Nugusenga cyaneeee naho imyuka mibi irahari
Aahhh naweee urumunzimuuu😀😀😀😀😀😃mwarasomanye
Imana ishimwe yagukoreye igitangaza cane ntuzayiveho usenge cane ushima Iyo Mana
Amanya gange yenze tumukunde Henry okuva ekampala mukama murungi Oyo muwalla yesige gatonda yasinga byona turabakunda kyane kyane
Imana ninyembaraga kandi ikora ibihe byose
Ni fils nyamunini mumpe subscribe ndabakunda mwubahwe
Ngo nyamunini 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂 turagukunda cyane fils
Jempise ndayiguha kbs nyamunini😂😂😂
@@fabiolasilyvain8880 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣😀😀😀😀😂😂😂🤣🤣🤣🤣
Yoo Imana ihabwe icyubahiro
Ujye usenga cyane🤭
Amaso yawe mukobwa ko areba nkaho ugifite ikibazo ..amaraso ya YEYU akuhagirepe
Uyumukobwa ko areba nabi raa
Ark nubu biracyakurimo shenge usenge imana izakugirira neza.
Mana we,ncuti yanje senga cane kuk satani ntiyicaye cane ko twebwe abakobwa Imana idutabare kuk satani atugavyeko ibitero
Imana ishoborabyose ntakiyinanira uretse icyaha, yiture byose.
Mwakoze
Muraho neza sandrine. ubuhamya bw'uwo mukobwa buteye ubwoba mugire inama yo kugana ibyumva by'amasengesho muri ADEPER nahubundi uwu musore azamutwara rwose
Muri Adeper c nibo basenga bonyine ahubwo bamushyire papa king muri rehobot miracle
@@mukamurenzivestine5890 😄😄😄😄😄😄😄😄😄😄😄😄😄😄😄😄
amagini abaho ko ndabyemeye pe urukundo nirubi ruzadukoraho too☹️☹️
Nushaka ukizwe kuko nubundi azakujyana
Nakizwe yakire yesu nayahandi ntaho vyagiye naguma araramye ngaho bizongera bigaruke
yaaaa 😢😢
Lord saved you
Umva njyewe uzaze twibanire nkunda gusenga tuzajya twiberaho mu buzima bwo gusenga uri mwiza ntiwagahuye nibibazo nkibyo mpari
😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅
Mudwanehomwana
Imana igufiteho imigambi myiza tacyuzaba 👌👌
Amen
Imana yarakoze kugutabara
Murakoze
Iyo uzakuba umunyamwuka warikumuvumbura niyompamvu kugira mwukawera aribyiza
NONE SE SANDRINE KOWAMUHAYE IMINOTA MIKEYA KANDI INKURUYE ITARANGIYE NGWAVUGE NIBA BARONGEYE KUBONANA .DISI SATANI ARIHO ARIKO KUBWA MARASO YA YESU YARATSINZWE IMANA ISHIMWE YOYAMUROKOYE .UZONGERE UMUTUMIRE PART TWO 2 PLEASE
Ikuzimu habaho ariko twe iwacu ni mu ijuru
Ndumukobw nanjy arko ndumv abasore biyimins nukwitonda cyan kuk ntibyoroshy
Ariko munyamakuru wanfashije uwo muntu kk nubu ntabwo ameze nezaaaaa.iyontahe yiwe iri faible kk urabonako ibintu avuga adatahurako Imana yamurokoye murupfu rubi.afisudusoni umengo ni blague isanzwe.intahe nkiyo muntu aba ariko amaramaza satani.ariko we mbonumengo ni blague yibereyemwo, ntabushobozi afise kk ntarabohoka.delivrance kwanza
Egokabisa nikombibona nanrye
Uyu muntu rwose nashake Imana kuko urabona ko atanayizi rwose nimumufashe
Jye icyombona yejyere abakozi bimana bamusengere abaturwe
Nonese kuumva wabanye nico kintu 6ans utazi icarico wabyaranye naco?? Nyagenze gute
Uzo ukundana numuntuzi iyi ninyigisho uzowuku nda uwuzi
Uyu mwana aracyafite ihungabana peee 😭😭😭 akeneye gusengerwa peee 😭😭😭
Izere Imana kandi usenge cyane ntacyo uzaba. Imana igukomeze🙏🏿🙏🏿💖
Monique ndagukunda cyane
Azakorerwe délivrance cyane nahubundi byazaba bibi kurushaho
Ntibazakubeshye nta muntu wadelivra undi,ntibishoboka.Gusa buriya Umuntu yamufasha kwegera mu rusengero agakizwa agasengerwa akabigumamo neza,biba bihagije.
Believe in God's love ❤🙏
Aiko disi uritonze cyaaane gusa uwiteka abane nawe disi
Ubwo urareba ute muko 😮rahira ko atakikurimo
Senga cyane kuko bikikurimo pee
Imana izaguhe umugisha pe
Ariko izina rya Yesu rifite imbaraga.Monique urasabwa kuba hafi y'Imana cyane kandi iguditeho umugambi mwiza ,kuko yagukuye ahakomeye,ba maso usenge cyane
Nukuri ndumva gahunda arugusenga kuku birababajep
Mwiriwe neza isaro TV,,iyo logos ntakuntu mwayimanura?ikajya nko kuruhande
Pere San ❤❤❤❤❤
Uwomukobwa,nashikame,akorerimana,kukomana,taramwimanye,uwonidayimoni,yari,yarahawemisio,yokuzamutambahoigitambo,ikuzimu
Iyinkuru ko itarangira duhe pat2
😢😢😢 Nihatari
Komeza yesu komera shenge komeza yesu
Muraho neza?
Hama jyewe numva mfite amaziko yo kuvugana bwite na Monica
Nice
Gusa Mugukundana ntitukajye tubikora uko tubishatse dujye tubanza dusenge,
kuko ibyabaye kuruyu mushikiwacu ntawe bitabaho
bityo rero habeho gusenga kuri buriwese kuko amasengesho niyo twaro yonyine tubona
mubuzimasatani namadayimoni batinya.
Twe twabuze ukuntu tujyayo peee. Ndagira ndebe konabona ayo mahirwe peeer waba ukoze cyane
Ufite Ubuhamya bukomeye mwana we! Wakire kriston umukorere🤔
Ndabona nawe uri igini ahubwo waje kwamamaza ibyikuzimu kugira ngo babayoboke😢😢
Wabonye ukuntu akanura😳
Murabe mwumva mwabakobwa mwe!
Uyu mwana ariko siwe ukina muri Rurashonga? Iri k'Umurimo TV Rwanda? Niba aribyo se baba bakina ibyabaye mubuzima bwabo?
Niwe rwose Kandi ndumiwe Koko 🔥
urikubeshya muko ufite amanyanga
nubundi aracyafite imyuka mibi akwiye gusengerwa pe