UBWIRU BW'IGITABO CY'IBYAHISHUWE (Umunsi wa 1) || Pasteur MASOMO Gabriel
HTML-код
- Опубликовано: 7 фев 2025
- Kanda SUBSCRIBE urusheho kudukurikira umunsi ku munsi. Umuntu wawe w'imbere umugaburire akure. Turabibutsa ko iyi ariyo Channel ya ZABURI NSHYA. Duhamagare kuri 0786388010 & 0722803600 tugufashe... ibitekerezo byanyu ni ingenzi. Imana ibahe umugisha...
Видеоклипы
Yesu aguhe umugisha irijambo ryari riryoshye rwose,arko ngize ikibazo ko uvuzengo mumyaka 3nibwo Yesu yatangiye gukora knd bavugango yatangiye kwigisha kumyaka 12
Merci nouveau psaumes , de partager ce message AVEC nous, c'est une grande bénédiction de savoir ce qui a eli
Je suis vraiment content pour l'évangile je vous remercie Que Dieu vous bénisse abondamment papa
Thank you zaburi nshya, kudusangiza ubu butumwa. Ni umugisha mwinshi kumenya ibyahishuwe. Amen amen!!!
Umugisha mwinshi k'umukozi w'Imana, Imana yakoresheje
Ndagukunda pastor
Zaburi shya mukoze ,umurimo mwiza.
uwiteka aguhe imigisha mukozi w'Imana ijambo ry'Imana riraryoshye cyane
Yesu ashimwe kuko ibyanditswe nitwe byandikiwe, kandi bigira umumaro wo kutwigisha, ndashaka kugaruka ku Ijamo "UMUNSI W'UMWAMI"
Mariko 2:27-28; haravuga ngo "arababwira ati, Isabato yabayeho ku bw'abantu sibo babayeho ku bw'Isabato, nicyo gituma Umwana w'umuntu ari Umwami w'Isabato na yo.
Yesaya 58:13; Nuhindukira ntukandagire Isabato, Ukanga gukora ibyo wishakiye ku munsi wanjye wera, ahubwo ukita Isabato umunezero, Umunsi wera w'Uwiteka, ukawita Uwicyubahiro,....
AHANGAHA HAGARAGAZA UMUNSI W'UMWAMI UWO ARIWO.
Kandi isezerano rya kera n'irishya rirabihamya.
Naho ikigendanye no kubara Iminsi Uwiteka yarabitugaragarije ABALEWI 23:15 Hatubwira ko dukwiye kubara iminsi duhereye kuri uwo munsi wambere w'Isabato
IKIJYANYE NO KURUHUKA KU MUNSI W'ISABATO DORE IBIHAMYA:
Ntabwo Yesu yigeze aruhuka icyumweru cyangwa Umunsi wambere w'Isabato
LUKA 4:16; Yesu yagiye inazareti maze yinjira mu isinagi ku munsi w'Isabato nk'uko yaramenyereye,
LUKA 13:10 Haravuga ngo Kumunsi w'Isabato Yesu yigishiriza mu Isinagogi
NYUMA Y'UKO YESU APFUYE AKAZUKA, AKAJYA MU IJURU INTUMWA ZAKOMEJE GUSENGA KU MUNSI W'ISABATO
Ibyakozwe n'intumwa 13; 14,42,44
ibyakozwe n'intumwa 16:13
ibyakozwe n'intumwa 17:1
ibyakozwe n'intumwa 18:2 aha hose hatubwira uburyo Intumwa PAWULO hamwe n'abandi basengaga ku munsi w'isabato, ndetse bakumvikana ko bazakomeza guhugurwa mu ijambo ry'Imana ku Isabato ikurikiyeho
Bavandimwe nti dukwiye kuyoba inzira y'Imana kuko Ijambo ryayo yararyandikishije kugirango turyisomere rituyobore.
Murakoze, Utavuga ibihuye n'Ijambo ry'Imana nta museke uzamutambikira.
Mugaba uvuze ukuri ndagushigikiye cane
Ndumu rundikazi
Imana ikongere umugisha paster urampezagira
iri niryo jambo ry'ubugingo ry'ukuri ndanyuzwe cyane kandi mbishimiye Imana ibikunyujijemo
Amen
Murakoze cyane kubwiyi nyigisho,
Mutugezeho nibindi bice bikurikira
Yesu abahe umugisha mwinshi.
Nyakubahwa Pator. Imana ibongere Imigisha kw'iyinyigisho . Turabasavye Mubandanye muduha Izinyigisho kand' Imana izobibahemebera
Murakoze Pastor, Imana ijye idushoboza
Amen 🙏
Imana iguhe mugisha
Dukeneye ibi byigisho Abadvantust bigisha ababo Bibria neza natwe mujye mudufasha
Yesu abahe umugisha
AMEN cane Amen
imana iguhe umugisha pasteur kubwi jambo ryi mana
Yo mbega Imana ngo irivugira Pasteur uhamije ko karindwi ari umubare w Imana none ko yavuze ngo dukore ku wa karindwi turuhuke ni bite le sabbat 7eme jour umunsi uyerekana son cachet plz usoma ibi abyigeho
Keep it up
Ndabashimiye mwese ndi muri kongo
Mwiriwe none Malaya Ninde
Nindaya
Murakoze kutwigisha.ariko vyoba vyiza nkiyo muvuz ibibinza vyakera nkakarororo amatorero yo mur efeso ,mwotubwira aho efeso itumberey mur ikigih
amen
Numvise ngo uri pastor ark reka ijambo ry'Imana ryivugire kdi mujye musoma ibihamya kuko iyo mujya kubeshya ntaho mudusomera ahubwo mwivugira uko mubyumva
Soma 1 Corinthians 2:13 iby'umwuka bisobanuzwa iby'umwuka bindi. ibi bivuze iki? Iyo utumvise isomo hamwe ushaka irindi ribivuga neza.
Icyo naringendereye umunsi w'Umwami uvugwa si ku cyumweru ni ku sabato yesaya 58:13
Bene data, ibyakozwe n'intumwa 17:11 hatubwirako ab'iBeroya bari beza kuruta ab'i tesalonike kuko bakiranye ijambo ry'Imana ubwuzu bashakashaka mu byanditswe ngo barebe ko ibyo babwiwe ari ukuri.
Uzagira ikibazo ku byo mvuze azanyandikire watsap +1 (817 )361 2542
Are you adventist of seventh day?
urinde ucira abandi urubanza banza usobanukirwe nyirisabato umwizere byukuri hanyuma isabato uzabasha kuyisobanukirwa
kuvugako uyu mupasteur haraho yabeshye ntabwo ari uguca urubanza, kuko iyo avuze ngo umunsi w' umwami bavuga ko hari ku cyumweru? iyo avuze ngo bavuga, ni bande? navuge ngo dusoma muri Bbiliya ko umunsi w'umwami ari kucyumweru. ariko ntaho yabisoma kuko bidahari, ahubwo yasanga ko umunsi w'umwami ari I sabato, cg uwa KARINDWI, soma RUKA 6: 5 YESU YAVUZE KO UMWANA WUMUNTU NI UMWAMI W'ISABATO, YESAYA 58: 13 IMANA ITI ISABATO UMUNSI WANGE WERA. NTUBE IKIGENGE. ahubwo umubaze uti bibiliya utubwira ko yesu atazutse ku cyumweru ahubwo yazutse ku wambere, none Pasteur ati abayuda babaraga ko ku wa gatandatu wacu ariho kuwa karindwi. none mbaze hari aho wasoma ko I sabato yari umunsi w'abayuda? cg yari umunsi w'imana ? nuko rero niba imana ivuga ngo uwa karindwi niwo sabato, nawe uti ni uwa gatandatu, umenye ko uba ubaye antichrist kuko umubare we ari gatandatu, imana yavuga ngo ku wa karindwi, niho isabato yuwiteka, umuntu ati I sabato ni kuwagatandatu. noneho soma Daniel 7:25 havuga ko uwo muntu niwe uzavuga ibyo kugomera isumbabyose, kandi azigira inama yo GUHINDURA IBIHE, N'AMATEGEKO? none niba twiga ko uwo mwami ariwe ANTICHRIST. NONE UTEKEREZA KO IYO MVUGO IBARA IMINSI BITANDUKANYE NUKO BIBILIYA IYIBARA YAVUYEHE? ICYO NKUBWIRA NUKO UYU MU PASTEUR AZI UKURI KWABYO, ARIKO NTIYABIBWIRA ABIZERA BE KUKO MUMENYE NEZA I SABATO KO ARI UMUNSI W'IMANA, ITEGEKO RY'IMANA IKIMENYETSO CY'IMANA, MWARARA MUMUCUTSE, KANDI YABA ABUZE UMUGATI WA MUTUNGAGA???? NIBA UGIRANGO MVUZE IBITATSE MURI BIBILIYA, NSOBANUZA KURI 0788258874. URAKOZE IMANA IGUHE UMUGISHA.
Amen. Yesu aguhe umugisha Pastor.bibaye byiza waduha number yawe hari utubazo wadufasha kugirango turusheho kumva neza. Thanks
Ubeshye umunsi W' umwami, Yesu yivugiye ko ari umwami wa I Sabato, kumunsi wumwami rero ni Ku I Sabato. Bibiliya ivuga ko I Sabato ari iyo uwiteka, none ngo umunsi wumwami ngo ni kucyumweru?
Murakoze cyane pastor
Yego ko, umwuka w'idini ngo mutahe!!
Isabato yatangiye muri Edeni kugeza iteka niteka
Ni byiza ariko hari bimwe mujya mutubwira bitanditswe muri Bible bityo tuba dukeneye reference
Abatandujwe na maraya nabatayoboka ça gikoko
Murakoze kutwigisha.ariko vyoba vyiza nkiyo muvuz ibibinza vyakera nkakarororo amatorero yo mur efeso ,mwotubwira aho efeso itumberey mur ikigih