Turinde "Abana" gutwita kuko kubarinda ubusambanyi byaranze?//Joseph
HTML-код
- Опубликовано: 26 янв 2024
- HARI AMAKURU, IBITEKEREZO CG IBYIFUZO WIHUZA KUTUGEZAHO? WADUHAMAGARA CG SE UKATWANDIKIRA KURI NOMERO +250788308594 (IRI NO KURI WHATSUP). TUBAHAYE IKAZE ARIKO NAKO MUKANDA KURI "SUBSCRIBE" KUBATARABIKORA
Twateye imbere , ntakazi,ntacyizere cy'ejo ku rubyiruko ishuri nta cyizere rigitanga, abana ntibagihanwa babaye ibyigenge gusa! Stress iri hejuru Imana izadutabare
Aha ndabemera nanjye rwose.gusambana urubyiruko byaranze
Joseph muto jya utanga ijambo please,
Utuma umutumirwa atakaza Line, hari nuburyo utuntu twingenzi cyane yosefu aba yavuze dukatwa tukaba twa tukajya kuzindi social media kwigisha abantu, ariko ntibikunda kuko haba harimo igitwenge cyawe
Nkunda ibiganiro mukora sinshobora gucikwa. Ariko ndibaza ESE abashinzwe kubishyiramubikorwa cyane bishoboka barabisoma.
Byagenda gute ngwibyuvuga bigere kubadutekerereza ntitugatwarwe mumitekerereze imwe iberamye Joseph ❤❤❤
Ikibazo gihari mu turere twinshi tugize igihugu uzahasanga imishinga ifasha abakobwa babyariye iwabo mugihe ababyara bubatse ingo bo bimenya rero kugirango urubyiruko rwumve yuko bakwiye kwirinda ingeso mbi akubwira yuko nyina ataroga rero nugutwarira aho bigoramiye uzamenya ubwenge azirinda kuko ubuto burashukana kdi uburanga bwiza n'ubusa
Ahangaha turagushyigikiye cyane.uko bigisha kwishuri isomo rya biologie iyaba nababyeyi ariko bavuga ibintu mumazina yabyo mbona hari icyahinduka mu rubyiriko.haribyo ababyeyi batavuga kugera gutinya ibibazo babazwa 😂
sinumva ukuntu umunyeshuri urangije secondary uhabwa akazi na Leta akaba yayobora akagari aba atemerewe kugira umugore cyangwa umugabo wa mugani ntibyumvikana pe
Joseph ufite ukuntu utanga ibitekerezo byawe kuburyo buri wese yumva pe gusa Nuko abitwa ko batureberera batajya bicara ngo basesengure ibyo abantu nkamwe muba mwaganiriye byingenzi nkibi
Aha nanjye turikumwe
Kuri njye ingamba zo kwirinda muri rusange zaranze,
Rero rwose nihageragezwe buriya buryo wenda byagabanuka
Nkundacyane ibitekerezo byawe kbs
Nyamara leta ikwiye kureba kure kuko Kera abakobwa barongorwa hagati 14-19kandi ntibagiraga ubwisanzure buhagije bwo guhura na bahungu rwose ,bivuze ko nubundi igihe cyo kugira ibyiyumviro bijyanye no guhuza ibitsina kiba kirihejuru.
Inyeshyamba zikundwa ku ngufu uwanze zikamwica kicanga,... Uzabanze ibyo abacengez bakoreye ababangaga kubafungura ingufuri ku munwa ukeka batarayobotswe se ku ngufu
Ushimirwe Ubusesenguzi bwimbitse HAKUZWUMUREMYI!
Upgrading ya age wavugaga amategeko y'u Rwanda arayemera ahubwo abenshi ntibabizi.....
Mu Mategeko twitwa..."Child/Minor emancipation" iyo uwasabye emancipation ayemerewe yemererwe gukora Inshingano z'abakuze nk'akazi,Ugushyingirwa imbere y'amategeko,etc...
Jyewe nabuze icyibazo leta ishobora kucyemura neza idateje icyindi kibazo. Sinzi niba abanyarwanda babibona
Ikibazo gikuru nugukomeza kubeshya uwakuze ko akiri umwana
That's why islam ivuga ko uwagiye mu mihango nuwiroteye bafatwa nkabakuze even ready to be responsible on their own
tureke gutera inda abana. Rse abakora sexe sans protection. umuti wa byose ni condoms. ubusirimu bwaranze. ndabwira abagabo bagenzi banjye.murakoze
Imiti irahari gusa abaganga bacu barahagije kubulyo ufata imiti akurikirwa neza ?
Ni mudatanya nayo madini yuzuye aho ntacyo muzageraho bafite abantu benshi bayobora kandi bamwe ninjiji
Abo bagore babayobozi bafashe leta kuri icyo kibazo