MUKADATA YANTUTSE NDUMIRWA😢Abanshinja kwambara ubusa...😟UMUGABO wanjye ARABIKUNDA CYANE|KECAPU
HTML-код
- Опубликовано: 9 окт 2024
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#IsimbiTV_0784838126
Ntamugabo adakunda ko umugore amwambarira ubusa ataruko tuba turara twambaye Jeans canke ibitenge ariko akunda ko ubumwambarira wenyene mugabo kugaragaragariza ubusa bwawe uwuhita wese ntamugabo abikunda apfa kubireka kuko yanka guteza ikibazo murugo.
Uri mubyeyi mama wa bana ikindi ndemera ko uri umusilam ngerageza amakabutura uzayareke ndakwingize nka Aunt wawe
Ntamusiramu wambara kuriya
Ma chr kecapu kubabarira ni ibyambere, hari umuntu wamfatiye umwana nabi byashoboraga no kumuviramo gupfa pe, namumuhaye nkibona akazi ntamikoro ,kdi twagabanaga umushahara ,naramurakariye ark ubu naramubbariye none ubu Imana yanteje intambwe mufasha kurera abe ndabakunda niyo bagize ikibazo ninjye ubatabara gira nexa wigengere mukunzi,love you ma chr
Njyewe twarahuye kuri step taun kuruyenzi wambaye agakora gatoya cyane cyane urikumwe numugsbo wae ark niba boss wae abikunda noneho sinzongera kuguseka kuko buriwese agira ibyo akunda mupha kuba mubyemeranyaho numugabo wae
Djalia maze ujye ugirwa inama simvuze menshi uri mukuru
I lv you mam triplets ❤hama amashereka ameze nkicyayi cyamata kirimo amazi menshi ark habamo agasukali
Nonese nyine ubwo urumva utakwambarira ubusa umugabo wae nyine akaba ariwe ushimisha niba aba fans bawe bibabangamiye se? Jyuza wikwije wambarire ubusa umugabo wae nihitiraga😊
Muvandi wowe Aho dutadukaniye nuko byabaye undafite mama ,jye byambayeho mfite mama noneho nkabana namukadata kd mama ahari ngize imana tugahura nakubwira byishi ukarira ndore ko nabonye ungira amarira Hafiz,kecapu Sha ndagukunze Wenda nzapfe
reka mukaso ibyo yakora Byose Cher nonese twese tujye mu ma social media..kdi naje gusanga ikosa atari irya abamukadata nirya ba data bashurashura.....mukure mu bwenge mera nkaho ntacyabaye..urakoze
Umugabo wese ushatse undi mugore se aba ari uko yashurashyuye? N' uwapfakaye se ntiyashaka undi? Sha geza aho
kechap ndagukunda pee ariko nawe imyambarire yawe ntabwo ariyo umwemera widini yacu yambara yenda home ariko hanze respect your self
@buteraaimable. YEGO RATA UVUZE NEZA.ABYAMBARIYE MU RUGOÛ RWOSE NTACYIBAZO PEEE YABYAMBARA.NAHO UBUNDI ARAKABYAA.
Sha mwebwe mwihaye Kechup ntabwo muzi ubutindi bwabagore babi , 😢😢😢 ndakumva 10000% pole Sana
Bareke sha ntibarabona aba maman babagome.
Nnese niba umugabo akunda ko wambara ubusa wagiye ubybara murikumwe ukareka kwereka isi yose ko harabo bibangamiye?
Niba umagobo wawe abukunda jyubumwambarira pe birunvikana ariko kuri camera noooooooo mama
Nimbukumbuye kecup muri bamenya series like ❤❤😊
Sha nanjye nanga umuntu utemere ikosa 🙆♂️🙆♂️🙆♂️🙆♂️
Ketcap nshuti yanjye ndagukunda ngahoca inzara ubanze urere abana kuko munzara uko byagenda kose hajyamo umwanda
Kambara neza ukikwiza nibyiza cyane no kwiheshya agacyiro naho kwambara nabi nibikwambika ubusa sibyiza ambara wikwize numugabo wawe bimuheshya agacyiro
ALLAH akorohereze aguhe kumenyako utabereyeho gushimisha umugabo wawe cg abantu ahubwo ubereyeho gushimisha IMANA yawe
Cyakorasabe ubonabyinship. Imanayomwijuru ijye
Igukomezap
Nkunda uyu mumama vyahatari kwer ❤❤❤
Njye rero icyo mbona kecapu yapfuye na mukase ntakindi ahubwo ntiyigeze yakira ko papa we yashatse undi mugore! Urebye nicyo yamwangiye ntakindi
Sha ketchu ako kantu uvuze ngo wasanga atabyibuka ko yabikoze ,ubanza baba bijijisha nanjye narezwe na mukadata ariko nanjye yankoreye Bibi cyane,kuburyo niyo duhuye ububona nacyibi yakoze .
Jyewe ho noneho yarazindukaga agatega imodoka akaza kurira imbere ya papa ngo ndi kumugora murugo ,Kandi ariwe wanzengereje pe,
Ubwo uzi icyo yabaga arwana nacyo ,nuguhagarika ishuri ryanjye
Nonese wowe ko Imana yagutabaye ugakura ukagira umugisha wokwibonera urugo nurubyaro numugabo ukaba utuje murwawe waretse mukaso ukamuvana mwitangazamakuru ko utari uwambere wateshejwe na mukase.
😂❤❤❤❤l love this Lady ❤❤❤oh God 😂😂she speaks the truth and she's free 😂😂❤❤am ur fun from Uganda ❤❤
Iyi nkuru uri gukora wishimye hariho igihe uzicuza uvuga ngo kuberiki nayikoze umva sweet heart na Muntu utahinduka kuvuga nabi Mukaso nabi nacyo uba umurushije Inama naguha nuko wabaho umusabira neza kuruta kubivuga mubitangaza makuru ikindi abakuvuga murugo rwawe bareke ndetse wiza kubasubiriza hano baho utuje weguha umurindi abanzi bawe.
Uvuze neza bro. Wabona aje kuri comments zacu akavuga ati ni ururimi rwanjye mumveho🤣🤣🤣.Ketchup ugomba kumenya ko buri gihe iyo bamwe barira abandi baba baseka. Vana umubyeyi kuri media rwose
Buriya afite igikomere mukase yamuteye ijyikomere kitarakira.acyeneye abamuganiriza ku ruhande.nihungabana.komera ketchup wagnjyize umuryango uziyacyire.siwowe wa mbere cg wa nyuma wahemucyiwe n'a mukase.komera
Ariko x mvabaze uyumukobwa wamubera mukase ntakotse koko kechap
@@rwandamum8323Sha erega baba barateye agahinda gakabije umuntu! Gusa Imana irebera abayo ntihumbya! Twarakuze turiho kandi bashakaga ko dupfa nabi.
@@dorotheuwamaria5107namwe ntimuba mworoshye gusa Munjye Mwihangana.Imana niyo yomora ibikomere
Sha keca nanjye byambayeho ariko uwabinkoreye nawe yananiwe kunsaba imbabazi
Kwambara ubusa ntabwo aribyo bigaragaza ubusilimu urumubyeyi jya wikiza da😏😏😏 ayo matako byaba byiza agiye abinwa nuwo mwashakanye gusa
Yooo mukiganiro baheruka gukora babaza ibibazo baramubajije icakunda kumugore we inyishu yari amaguru sha👌 bakuveko maze🌹💃💃🇧🇮🇧🇮🇧🇮 hanyuma jew kukintu cabamukase abobapapa baze bigengesera bagirabana babo incuti amubere mama anamubere Papa bareke kubatererana 🤷
Ketchup nubwo tugukunda mbona nawe wumva nabi uburyo uba uvugamo pe.
Yego Sha urakoze kumukebura mbona
Yumvira mubihaha🤣🤣🏃🏃
Clurage
Keca ndagusabye babarira uwo mubyeyi, kuko babikora bazi ko banduhimye ariko bikandufasha kuzamvamo abantu bifashije, cg bakomeye
Sha kecapu wisebya idini namusiramu Wambara ubusa ibyo nibyindayi mani
Nushake ujyukomeza uhene kukonubundi nubu urahennye
🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Wimuzanaho imijinya yawe niko yambara kuva kera mune amahoro.
Egoko mana😂😂😂
Kecapu arakabya rwose yiyambika utuntu duteye isoni niba umugabo we abikunda yagiye abyambara nyine imbere yumugabo we
Chr kecap unkunda burikimw cyawe imyambarire yo ni munange ❤❤❤❤
Sh Keca njye mbona uba wiyambariye neza pe nanjye nkunda ibintu bimpa amahoro so rero ntako wabigenza ngo buri wese akubone neza rero woe jya wiyambarira ibyukunda woe nu mutware wae😂😂
Abantu bavuga ngo Babarira Mukaso nuko batazi uburibwe bw'igikomere bamwe bateza abana. Kd umuntu ababarira uwamusabye imbabazi, ibindi ni uguhatiriza rwose!! Kecapu ndakumva cyane 1000% . Kd ndagukunda cyane 💓💓💓💓💓
Arik kecap araduhend umu siramu nuwambara akikwiza
Ndagukunda man cane ariko utwo tukabutur nutwo kubona umugab waw gusa ntabwo arutwabose bawambar bas izishika kumavi
Ariko aba bagabo bo baryohewe nuko twambara ubusa Imana ikwiriye kibasura kuko tuzisanga ntaho dutaniye n'abasazi.Ibaze kwambika umwana wowe ukagenda wambaye nk'ubisa Mana we😢😢
Uvuze ubusa
Sha mumureke ngo ribara uwariraye. Ngewe nabonye umwana mukase yangaga ko ararya inyama ku meza kandi ise ahari ntarabukwe impamvu kandi umwana ntavuge ngo abone bucya. Kandi bari abakire pe , nge nubashye igitsina gore n’ubwo ndiwe.
Uwo mwana yincwaga ninzra kandi se ntacyo abuze. Inigure niho bizakira.
Yiooh kumb naw warabayeho nabi🤔 Iman yishurir kugih pee
Mukaso ntukamusebye niba wumvako yakubabaje mwihorere guhora nukw'lmana
Pole mukobwa mwiza ,Allah azaguhe kurera abana bawe ubakuze kandi Allah azakwereke ibyiza by'abana bawe kandi uzamubabarire Allah atubwira ko iyo ugize kurakaranya n'umuntu izuba rikarega ukirakaye uba urakaje Allah, umubabarire kubera Allah kandi uzakomeza uwo mutima mwiza courage ma cherie
Sabin ntugahatira abantu gusaba imbabazi cg kubabarira kuko umuntu abikora bimuvuye kumutima yumva abohotse naho Nelly be careful uwo muntu yakugirira nabi yaba wowe cg abana bawe kugirango akubabaze
Ariko Sabin ubuseka cga ubusepfura???
Cga nuko abakire museka sha.
Wallah urumuhenyi ntakubesha gusa ntuzongere gutikisha idini nguru Muslims 😢😢😢😢
Ese woe Idini yawe iruzuye????
Nta mu Islam kazi wambara kiriya , ntakabeshyere Idini ahubwo we nikindi tutazi.
Ase izo affaires za famille buriya kuzishyira public ni sawa ra ????? Nge ndumva ketchup warekera kuko mukaso yabyaye abandi bana na so bitazakuzamurira abanzi kuruta gusenga ukakira umutuzo pe
Urimwiza ndagukunda ariko imyambarire uraza urashitsa hepfo yamavi
Chit Yabagoreweho koko!Aliko se Atandukanye n,Abandi?Sabin.Wowe yakugoreweho ntagihe utamuvuga.
None.c abasiramu kobambara bikwije woe waturutse he
nanjye mbona Kecapu yambara ubusa pe ,nta mpamvu yo kugaragaza ibibero uri umubyeyi ,umubyeyi abagomba kwiyubaha pe ,mbese akubahisha n'umugabo we.
Cyakoze kecapu ndagukunda kbsa
Ndagukunda pe.
Imyenda migufi ariko idakabije ntacyo yagutwara mama.
Sabin ndagukunda cyane ❤
Kecapu, inyuma usa neza ariko ugira utugambo twinshi.
Nimba umugabo wawe akunda ubusa numva wajya ubwambara imbere y’ umugabo wawe nyine ubikunda waza kukarubanda ukabuhisha 😊
Nange niko mbyumva pe ubusa wabwambarira imbere yumugabo wae hanyuma waza kukarubanda ukambara ukikwiza cyane ko numva ngo numuslam
Nange niko mbyumva pe ubusa wabwambarira imbere yumugabo wae hanyuma waza kukarubanda ukambara ukikwiza cyane ko numva ngo numuslam
Imana izabahe abo mubera bamukase mwunve uko bimera
Sha ndagukunze
Nta makuru bafite
Ndabaramukije so kuriyonkuru icyonabivugaho nuko hariho abana babikorerwa na babyeyi bamwibyariye 😢😢
Uko x haruwogutandukanya na nazamainja wagiye wambara neza ko ntawe ushaka ayomatako yawe ahubwo ntawonakwifuza 😊
Mwese mwajya mureba ibibareba niba bibishya amaso yawe ubirebera ik
Nzoja ngusengera maze uzokwisange ukunda imyamboro yose igukwiye 😅😅😅😅😅😅 ndagukund ukonyen ibindi bireker Imana izovyikorera uzisang wakunze impuzu ndende maze❤❤❤❤
Kecapu turagukunda peee ariko ugerageze wambare uziko urumubyeyi wabana batatu ex urumisiramu karibyo narasobanukirwa wakiyubashe koko nkumubyeyi
Mutunga inzara ndende nkizo n' aba bébés gute ? Nuko batavuga ntizibura kubababaza
Nanjye ndibaza ukuntu abakorera amasuku n'a ziriya nzara😂😂😂ubusilimu sikintu😅
@@rwandamum8323N' ibara ubusirimu buruta umwana umuntu yibyariye.
Ndagukunda cyane sweetheart❤❤❤❤
Keca jyew nkumuntu usenga rek nkugire inama.buriya gusaba imbabazi cg kwiyunga ntibikora gusa uwakoze ikosa gusa naw niba ushak ko mwakwiyunga uzatere intabwe bwambere umusabe imbabazi niba nawe arumuntu ufite ubumuntu azahita aza mwiyunge
plz sabin uzamutubarize nimba azagaruka muri bamenya ese ryari mrc bcp
Ahubwo Uzajye Wambara Isutiya uze kurikamera ndabona aricyo ushigaje p
Jyugerageza kwambara neza ikabutura siwowe wenyine uyambara nabandi barazambara ariko jyuyimanuraho gacye kwanika ibibero byose sibwo busirimu
Umuzi yambara isa gute?
Nibande baryoherwa nokubona uko ketchup yambara Kandi twige kwikunda abantu mwikunda mutitaye kubandi murihe ngo twiyunge kunshuti yacu ketchup
Njye mbona bimubereye kuko niko muzi kuva mumenya nibamuveho.
Rata jya wambara uko ubishaka Nanjye ngiye kubyara 5 ariko mfite umugabo udashobora gutuma nambara ibintu biofutse hose
None se umusiramu ko yambara akikwiza none wowe ukaba wambara ibigufi kandi bitemewe ubwo nturi umusiramu kwizina gusa
Kechapu turagukunda ariko gabanya mukaso muri social media uri murugo rwawe ntampamvu yogukomeza umuzana n’umubyeyi byaba byiza wumviye inama abantu bakugira!
Oya reka abivuge sha
Namubwiye ko kumuvuga bishobora kumuhindura cg akazamubera mubi kurushaho ibyo abyitegure
Ahubwo namuvuge akomeze ubwo nabandi bameze nka mukase bazokwiga
Arikumva yaragezeyo umugabo numwana wundi reka kwihenura kwa mukaswo
Komeza rata umucurange buri kwezi unjyuhindura ninjyana . 😂😂😂
Uzopfa kecapu ndakwanse urumubeshi wakirarawe mukaso yakubeshuje
Ndamukunda kechup 😍😍🇧🇮 uzazane Na M sava
Utubere duto tuba ku mubiri w'abagabo nitwo dufasha balance ya hormones estrogen na testerone. ariko no mu buryo buri erotica{erotism} dufite uruhare runini. Harimo ability yakira sensations.
Kuruburofa guhena nivyobiguhimbara ntaso nihondero yatakaye aba maman bikwiza ubasumya ubwiza ww uboneka nkindaya yo mumuhanda toka
Ahubwose ubwo yagukoreye iki? Uvuga abatarabona ubwo utaraye hanze ubwutirukanwe ubwo utavumwe wabawarabwiweko uzagira umurambo mwiza ? Ubwose uziki
Ibaze nukuri
Keca bareke bavuge icyambere nikinyuze umutima wawe kd igishimisha umugabo wawe hamwe nawe nicyo cyambere abantubo niwabashimisha nibibaho gusa Ndagukunda cyaneeee ❤️ kd coulage ndagufana ❤❤🙏🙏🙏 2:58
Ntabwo umuntu yambarira Umugabo ahubwo wambarira rubanda. Naho Umugabo uramwamburira ahubwo hhhhhhhhhhhh
rata bihorere jya wiyambarira cyane ko binakubera uri mwiza rwose
Kwambara ubusa byabaye ubusirimu ubu c abana bawe bazajya bambara gute abana ko bafatira urugero ku babyeyi cyakoze ndumiwe
Keca, na kera aba maman barambara inyereri ku makuru, ntibagakabye ngo byambara abucuruza. N'ugutaka amakuru
Ariko ababyeyi babaza abana nukuri... Ketchup yagize igikomere cya mukase
Imana igukureho icyo gikomere mukobwa mwiza
Wapi ahubwo yananiwe kwakira ko papa we yashatse undi mugore
@@akimanasyntyche7484Oya ibyo ni ibisanzwe abantu barakubabaza ubuse ko nababajwe ngo niza masenge zanjye Uzi umuntu ushaka ukwica mumarangamutima Ntawe ureba akakubwira amagambo akubabaza akagukubita mbese manaa😢
Pore cyane ,same time harigihe tubaturiha ariko ahi ibikimere tugendana ,twakuye kibatureze sorry kbs ,nge nibereye Kenya ,kandi hatuwabwiye ngo ntaho nzigeza
Muzabo ishyano abita ikibi ikiza . Kuvuga ikinyoma kenshi sibyo bigihindura ukuri. Ntamubyeyi wo kwambara ubusa ngo nuko umugabo wawe abikinda
SABIN ,,,
AMABERE Y'ABAGABO NI IMITAKOO....KUKO SIMBONA IKINDI ....
Gusa turagukunda ariko kuvuga mukaso sibyo bizatuma ugera kubyo waba warabuze gabanya kuvuga pe uraregeje
Kecapu najye ndamukufa cyane uwazamuza nawe byashimisha
Kwambara jya ugerageza wambare ubusa urikumwe na dady wabana twe ntitubaba tubicyeneye kbs
Jya wiyambarira ubusa bakureke nushake uzanagende n'ikibuno gusa ✍ubonye ibyo wirata🚮ugira amahirwe agira abamuha inama✍kukubwira ko utikwiza bikakurakaza🥱iyi si we
Hahahaah
Urimwiza ariko wambara nabi ntujya wiyubaha nkumubyeyi ubyaye kane
Jya wanika amaguru cyan uzayanura nakubwiye
Bantu muvuganabi murashonjekoko rata uzabivuge kugezigihe uzumva utakibikeneye knd namwe bibabaza nikomuteye mwiyubahe
Ubundi bamenya niwe wanjye❤❤❤❤
Mb non Abo bavuga KO wambara ubusa uba wababwiye ngo bakurabe nibabe baraba ibibaraba sha burya nizo ngorane nkuru bumva bafise nabo nibavyambare hari uwababujije berwa ncuti yanje birakuberey
Umutesi Claudine kumubabarira nokutamubabarira nuburengazira byiwe rero gabanya utujambo
Icyo Yaba yarakoze cyose kumusebya kumbuga nkoranyambaga subwenge
Emwe ivyo wovuga vyose NTA Teka ryokwambarubusa ribaho pe
amashereka aba ameze nkamata yinshyushyu arimo isukari ahoze
Mukaso ntukamutindeho ndamugira watumye dupfa urubozo kubera ibintu yakoreye Data ariko sinkimutekerezaho twese twarakuze ntawukigwa muziko,uzamubabarire wibonere amahoro yomumutima
Kandiiii reerooo Mperukaaaa abaa Islamm aribo basabaa Gutangaaaa imbabaziii... Ubanza afite Inzikaaaaa
Delphine wee uzibuke ko watwaye inda urumwana mukaso akakwacyira agakomeza kukurera nuwo uwobyaye nibacye babyihanganura kandi nubu acyikurera umwana wae ariga muwaga3 ibintu mukaso yakoze harinigihe binanira umubyeyi wakubyaye wakamushimiye ahubwo.
Ibyo Ketchup abuga nibyo.. nanjye nabibayemo muri family. My aunt yaruko kandi yibwira ngo yaranyigishije!!! I agree ko hari a way yokwigisha kandi in a loving way. Ikibi nuko abantu kabo ntibigera baca bugufi ngo babe humble kugira basabe imbabazi.
Cyanee Shn ahubwo se barahinduka bahora aruko
Yoooo ndumva nduhuje sha njyewe my Aunt yaranyishe ubu kumubabarira ndagerageza bikanga pe ibaze ko ngiye gukora ubukwe nanze kumuha impano ndabahunga
Sinzi ikintu nzakora
🤣🤣🤣🤣🤣🤣