Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Imana ishimwe najye nakiriye gukira mwizina rya yesu Kandi shubijwemo amavuta
Mana nanjye unkirize urugo satani aruvemo mu izina rya Yesu Christ
Nanjye nongereye kwizera Mana uko ugenderera abandi nanjye ntusige❤
Mana yanjye nanjye unyiyereke kubwamadeni nurushako rubi
Nukuri Imana ikumvire mwizina rya Yesu
Nta rushako rubi rubaho nshuti ya Yesu, ahubwo ni umudayimoni utera urugo ugasanga umuntu yarshindutse mubi ariko amasengesho ahindira ibyanze guhindura.izere usenge Yehova ubimwereke ubimubwire byose ko ushaka ko bihinduka utegeke mu izina rya yesu
@@NganiziJeandeDieu-zz3ug Amen
❤Glory be to God for those testimony
Amen🤲 Nyagasani wee ujye unyongerera KWIZERA kurutaho😭
Hallelujah hallelujah 🙏🙏Nange mu nsengere nkire ibiheri ni nkovu zo mumaso, Imana impe gu komeza amashuri yange
I tap on these blessings from uganda, Amen 🙏
Ohhhh, urakoze Mana ko ujya utanga ihumure ku bantu bawe,, ndakwinginze nanjye uzanyemerere irijoro ryanze gucya rizahinduka igitondo
Mureke. Twumve Ubuhamya Abavandiwe. Muri Kristo banvugiye ibintu najye NdagukundaImana Ibashoboze kuza guteranira aho
Pastor nanjye ndagukunda cyaneeeee ,ngukurikirana kenshi lmana igukomereze amaboko kdi iguhaze uburame .ntuye iRubavu.
Imana ishimwe cane mukozi wimana unzengere nanje numuryango wanje ndaryizeye unzengeye❤
Mana ndagusabye unkirize umugabo udukize ibicaniro Bibi mwizina rya yesu
Rubavu turahari Mamy🎉❤
Amen Amen nukuri nanjye nongereye Kwizera nibi ndi kubona bigoye mwizina ryayesu bikunde mukwizera kwanjye 🙏
Yesu nanjye ampe icyo musaba azansubiza mushime cyaneeeee
🤝🤝🤝🤝🤝🤝♥️♥️♥️♥️♥️
Amen glory be to God
Mana najye njyenderera nu muryango wanjye ufashe ndi mumadeni meshi abana banjye ntakanzi ndahangayiste mana 🙏
Nanje unyiyereke yesu 😢🤲
Yesu ntajya yimuka abera hose icyarimwe. Uwamushaka wese yamubonera aho yamuhamagarira.
Ndongeye kubaha imana nogeye kukuramburira amaboko
Mana weee😭😭😭Mbega ubuhamya burimo ubuzima bwanjye weeee.Mana weee ntabara nanjye.
Nanjye ndakwizeye mwami isaha yanjye igere 🙏
YESU najye ndagusa kuphanwe,nkazukana nawe nkibanira nawe tekaryo se amen
Mammy nange narose unsengera pe Kandi nange narabohotse mammy ufite Imana
Im from gakenke ariko amafranga baribuzakoreshe kwamuganga nzayategamo nze kwicyo cyumba .im so tired to spend money 😢 without change
Ni Karibu ❤❤
Warakoze Mana ! N ubu turakwiteze 🙏
🙌🙌 God bless you mama ndiziye kuko byose bishobokera uwizeye
Mwami yesu nange ubwo ugenderera abandi ntusige ubugingobwange buragukeneye
Hallelujah Hallelujah Hallelujah Hallelujah Hallelujah Hallelujah Hallelujah Hallelujah Hallelujah Hallelujah Hallelujah ❤
Uracyari muto ufite byinshi byogukora wikwifata nabi ngo wemerere satani kukunyaga ubugingo jyushimira Imana ko nibura wowe ufite abavandimwe ubasha nokubwira uko wiyumva ukaruhuka mumutima komera wite kubana bawe ubarere ubahe urukundo ubarinde agahinda
hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah
Imana ninziza nukuri❤❤❤❤
Byatangiye byanda mbiye ariko bisoje ndi mumavuta🙌🙌🙌
Yooooo mbega ubuhamya bw' ibiboneka!! Muruyo mudugudu hari Imana pe! Ndatahije Ngabire
Imana ishimwe cyane.
Imana iguhe umusha mwinshi pasta ndagukunda cyane 🙏 gusa npfite icyibazo cyinkomereye musengere imana ibahe umujyisha mba ikanombe Nitwa Blandine
😢😢😭😭😭😭God's grace
Ndabakunda caane
Imana ni nziza Imbihe vyose nanje nkorako mwami
Imana irakoze nukuri 🙏🙏🙏
Thank you Jesus 😢😢😢😢
Imana ishimwe yabikoze ikagirira neza abantu bayo. Imana ihezagire umushumba wayo.
Mana ndagutangariye kuriyi ntahe ,ndakwemereye nanje uze umfashe umbohore.
amen kubwiyi ntahe
Ndakwizeye Yesu 🙏🙏🙏
Nukuri mana najye nizere nzakire kikondaremerewe mundaharanyishe
Imana iragukiza bambi
Hano lntunga turahari mamy kd ❤❤❤❤❤
Mana nanjye ntuceho unyongere kwizera,nimbaraga.
Hallelluaaaa uwiteka ahabwe icyubahiro❤❤❤❤
Imana irakora🙏
Amen Icyubahiro kibe icyImana❤❤❤
I know you Mahoro.Imana iguhe umugisha
Nukuri imana ishimwe pee👊
Hareruya hareruya hareruya mwijuru dufitimana mana wagendereye umuvandimwe nanjye ntunsige
Munsejyere.imanaime.amahoro.yomumutima.nziko.nawundi.uyatanga.atari.umwami.wacu.yesu.umutwe.urandemereye..urambabaza.cyane.ime.imbaraga.zokubabarira
Nukire mwizina rya yesu wakire amahoro
God is Good all the time
Arahari pe!
Murandijije imana imurinde
Yo imanishimwe mana nizeyeko najye izankiza mwizina rya yesu
Nyiyereka nanjye mwami undengere
Hallelujah ❤
Icubahiro kibiciman❤❤❤
Mbabarira ujye wandika Imana munyuguti nkuru
Mamy ndagukunda kdi ndakwinginze ngo mujyemunyibuka munzamurenungobyi yamasengesho nange nzaze gushima nitwa uwonkunda marie Rosine
Yesu arakira🙌
Maman, ugize ngo tuze Yesu atarimuka? Abera hose icarimwe 😊😊😊
Mana nanjye ngusabye inzu nziza niba ari wowe watanze kiriya cyangombwa cyo kubaka yubake mbone aho ndyamisha abana hacu bwite tudakodesha gukodesha ndabirambiwe
Nshimye Imana yakijije uyumukobwa asima nange nizeyeko izankiza asima nyimaranye 8 ans
Sha najye nabyariye murugo ubuzima burajya nshaka kwiyahura biranga ariko muzansenge re imana
Ndashaka uyu uvuga ngo yarabye amvugishe
Sorry ngo yabyariye iwabo ndamushaka
Amen
Hallelujah
Turaje natwe yesu turaje
Amena🙏🙏
Yesu kristor Ashimwe cyane
Amen❤
Mana nanjye unyiyereke kubwuyu mugongo🙏
Tuzababara kugeza ryari Mana 🙆mwami umushyikire umuhe umunezero aracyari umwana Mana muhe kurama,umunezero,ibyishimo,imbaraga❤
Yo ihangane IMANA irakuzi
😭😭yooo mana ukomeze wiyereke ubwoko bwawe
Hallelujah 🎉 hallelujah
Mana nanjye unyireke muri irijoro
Nukuri wa Manawe ndagushimiye kowatwohereje abokutuyobora mubibazp
Haracyariho ibyiringiro
HallelujahUwiteka Ahabwe icyubahiro Ashimwe .
Mana we ndishimye cyane ndashaka kujya kuri grace room
Yesunanjekorakumwanawanje urwaye mutahanearimuzima
Nkawe warungiye kwiyahura koko numva ufite nabavandimwe bakomeye ninshuti zikomeye wakubwira agahinda twe tuba dufite twaranavukiye mubukene bukabije ntamashuri nta emfo ntaruguru sha we😢😢😢😢😢
Nukwihangana
Agahinda ninkamazi ntaho atinya kunyura Nako Niko kameze ntikarobanura
Alléluia amen
Umva munejeje umutima wanjye kubwo gukundana
Nanziko arinjye urushye njyenyine
Imana ishimwe ❤
Amen Amen
Mana nanje ungenderere uko ugendera abandi nanj vyigeze kumbeho😭😭😭😭
Amin
Nanjye ankoreho
🙏🙏🙏🙏
Nkunda Kabanda ukuntu atega amatwi uri gushima kandi akagendana nawe m'urugendo
Nanjye njya kumva ubuhamya kugirango niyumvire cares aba aha abantu nanjye binkora kumutima
Yes
😊😊
Uyu mudamu ndamuzi madamu Bosco kabarore😂
Uracyakunda abana nka cyera disi.
Imana ishimwe najye nakiriye gukira mwizina rya yesu Kandi shubijwemo amavuta
Mana nanjye unkirize urugo satani aruvemo mu izina rya Yesu Christ
Nanjye nongereye kwizera Mana uko ugenderera abandi nanjye ntusige❤
Mana yanjye nanjye unyiyereke kubwamadeni nurushako rubi
Nukuri Imana ikumvire mwizina rya Yesu
Nta rushako rubi rubaho nshuti ya Yesu, ahubwo ni umudayimoni utera urugo ugasanga umuntu yarshindutse mubi ariko amasengesho ahindira ibyanze guhindura.izere usenge Yehova ubimwereke ubimubwire byose ko ushaka ko bihinduka utegeke mu izina rya yesu
@@NganiziJeandeDieu-zz3ug Amen
❤Glory be to God for those testimony
Amen🤲 Nyagasani wee ujye unyongerera KWIZERA kurutaho😭
Hallelujah hallelujah 🙏🙏
Nange mu nsengere nkire ibiheri ni nkovu zo mumaso,
Imana impe gu komeza amashuri yange
I tap on these blessings from uganda, Amen 🙏
Ohhhh, urakoze Mana ko ujya utanga ihumure ku bantu bawe,, ndakwinginze nanjye uzanyemerere irijoro ryanze gucya rizahinduka igitondo
Mureke. Twumve Ubuhamya
Abavandiwe. Muri Kristo banvugiye ibintu najye Ndagukunda
Imana Ibashoboze kuza guteranira aho
Pastor nanjye ndagukunda cyaneeeee ,ngukurikirana kenshi lmana igukomereze amaboko kdi iguhaze uburame .ntuye iRubavu.
Imana ishimwe cane mukozi wimana unzengere nanje numuryango wanje ndaryizeye unzengeye❤
Mana ndagusabye unkirize umugabo udukize ibicaniro Bibi mwizina rya yesu
Rubavu turahari Mamy🎉❤
Amen Amen nukuri nanjye nongereye Kwizera nibi ndi kubona bigoye mwizina ryayesu bikunde mukwizera kwanjye 🙏
Yesu nanjye ampe icyo musaba azansubiza mushime cyaneeeee
🤝🤝🤝🤝🤝🤝♥️♥️♥️♥️♥️
Amen glory be to God
Mana najye njyenderera nu muryango wanjye ufashe ndi mumadeni meshi abana banjye ntakanzi ndahangayiste mana 🙏
Nanje unyiyereke yesu 😢🤲
Yesu ntajya yimuka abera hose icyarimwe. Uwamushaka wese yamubonera aho yamuhamagarira.
Ndongeye kubaha imana nogeye kukuramburira amaboko
Mana weee😭😭😭Mbega ubuhamya burimo ubuzima bwanjye weeee.Mana weee ntabara nanjye.
Nanjye ndakwizeye mwami isaha yanjye igere 🙏
YESU najye ndagusa kuphanwe,nkazukana nawe nkibanira nawe tekaryo se amen
Mammy nange narose unsengera pe Kandi nange narabohotse mammy ufite Imana
Im from gakenke ariko amafranga baribuzakoreshe kwamuganga nzayategamo nze kwicyo cyumba .im so tired to spend money 😢 without change
Ni Karibu ❤❤
Warakoze Mana ! N ubu turakwiteze 🙏
🙌🙌 God bless you mama ndiziye kuko byose bishobokera uwizeye
Mwami yesu nange ubwo ugenderera abandi ntusige ubugingobwange buragukeneye
Hallelujah Hallelujah Hallelujah Hallelujah Hallelujah Hallelujah Hallelujah Hallelujah Hallelujah Hallelujah Hallelujah ❤
Uracyari muto ufite byinshi byogukora wikwifata nabi ngo wemerere satani kukunyaga ubugingo jyushimira Imana ko nibura wowe ufite abavandimwe ubasha nokubwira uko wiyumva ukaruhuka mumutima komera wite kubana bawe ubarere ubahe urukundo ubarinde agahinda
hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah
Imana ninziza nukuri❤❤❤❤
Byatangiye byanda mbiye ariko bisoje ndi mumavuta🙌🙌🙌
Yooooo mbega ubuhamya bw' ibiboneka!! Muruyo mudugudu hari Imana pe! Ndatahije Ngabire
Imana ishimwe cyane.
Imana iguhe umusha mwinshi pasta ndagukunda cyane 🙏 gusa npfite icyibazo cyinkomereye musengere imana ibahe umujyisha mba ikanombe Nitwa Blandine
😢😢😭😭😭😭God's grace
Ndabakunda caane
Imana ni nziza Imbihe vyose nanje nkorako mwami
Imana irakoze nukuri 🙏🙏🙏
Thank you Jesus 😢😢😢😢
Imana ishimwe yabikoze ikagirira neza abantu bayo. Imana ihezagire umushumba wayo.
Mana ndagutangariye kuriyi ntahe ,ndakwemereye nanje uze umfashe umbohore.
amen kubwiyi ntahe
Ndakwizeye Yesu 🙏🙏🙏
Nukuri mana najye nizere nzakire kikondaremerewe mundaharanyishe
Imana iragukiza bambi
Hano lntunga turahari mamy kd ❤❤❤❤❤
Mana nanjye ntuceho unyongere kwizera,nimbaraga.
Hallelluaaaa uwiteka ahabwe icyubahiro❤❤❤❤
Imana irakora🙏
Amen Icyubahiro kibe icyImana❤❤❤
I know you Mahoro.Imana iguhe umugisha
Nukuri imana ishimwe pee👊
Hareruya hareruya hareruya mwijuru dufitimana mana wagendereye umuvandimwe nanjye ntunsige
Munsejyere.imanaime.amahoro.yomumutima.nziko.nawundi.uyatanga.atari.umwami.wacu.yesu.umutwe.urandemereye..urambabaza.cyane.ime.imbaraga.zokubabarira
Nukire mwizina rya yesu wakire amahoro
God is Good all the time
Arahari pe!
Murandijije imana imurinde
Yo imanishimwe mana nizeyeko najye izankiza mwizina rya yesu
Nyiyereka nanjye mwami undengere
Hallelujah ❤
Icubahiro kibiciman❤❤❤
Mbabarira ujye wandika Imana munyuguti nkuru
Mamy ndagukunda kdi ndakwinginze ngo mujyemunyibuka munzamurenungobyi yamasengesho nange nzaze gushima nitwa uwonkunda marie Rosine
Yesu arakira🙌
Maman, ugize ngo tuze Yesu atarimuka? Abera hose icarimwe 😊😊😊
Mana nanjye ngusabye inzu nziza niba ari wowe watanze kiriya cyangombwa cyo kubaka yubake mbone aho ndyamisha abana hacu bwite tudakodesha gukodesha ndabirambiwe
Nshimye Imana yakijije uyumukobwa asima nange nizeyeko izankiza asima nyimaranye 8 ans
Sha najye nabyariye murugo ubuzima burajya nshaka kwiyahura biranga ariko muzansenge re imana
Ndashaka uyu uvuga ngo yarabye amvugishe
Sorry ngo yabyariye iwabo ndamushaka
Amen
Hallelujah
Turaje natwe yesu turaje
Amena🙏🙏
Yesu kristor Ashimwe cyane
Amen❤
Mana nanjye unyiyereke kubwuyu mugongo🙏
Tuzababara kugeza ryari Mana 🙆mwami umushyikire umuhe umunezero aracyari umwana Mana muhe kurama,umunezero,ibyishimo,imbaraga❤
Yo ihangane IMANA irakuzi
😭😭yooo mana ukomeze wiyereke ubwoko bwawe
Hallelujah 🎉 hallelujah
Mana nanjye unyireke muri irijoro
Nukuri wa Manawe ndagushimiye kowatwohereje abokutuyobora mubibazp
Haracyariho ibyiringiro
Hallelujah
Uwiteka Ahabwe icyubahiro Ashimwe .
Mana we ndishimye cyane ndashaka kujya kuri grace room
Yesunanjekorakumwanawanje urwaye mutahanearimuzima
Nkawe warungiye kwiyahura koko numva ufite nabavandimwe bakomeye ninshuti zikomeye wakubwira agahinda twe tuba dufite twaranavukiye mubukene bukabije ntamashuri nta emfo ntaruguru sha we😢😢😢😢😢
Nukwihangana
Agahinda ninkamazi ntaho atinya kunyura Nako Niko kameze ntikarobanura
Alléluia amen
Umva munejeje umutima wanjye kubwo gukundana
Nanziko arinjye urushye njyenyine
Imana ishimwe ❤
Amen Amen
Mana nanje ungenderere uko ugendera abandi nanj vyigeze kumbeho😭😭😭😭
Amin
Nanjye ankoreho
🙏🙏🙏🙏
Nkunda Kabanda ukuntu atega amatwi uri gushima kandi akagendana nawe m'urugendo
Nanjye njya kumva ubuhamya kugirango niyumvire cares aba aha abantu nanjye binkora kumutima
Yes
😊😊
Uyu mudamu ndamuzi madamu Bosco kabarore😂
Uracyakunda abana nka cyera disi.