TRUMP ni KURO wari UTEGEREJWE🙄Elon MUSK yeruye UKURI kwahishwaga/ABASENGA mwitegure ibije/Pr.Desire
HTML-код
- Опубликовано: 11 фев 2025
- #AGAPETV
Ganira natwe #250782196087_Theo_Whatsap
Kurikira #FacebookPage: www.facebook.c...
Kora S U B S C R I B E ujye umenya byinshi unafashwe mu biganiro n' ubuhamya bwa GIKIRISTO
AGAPE Tv ni urubuga dusangiriraho ubuhamya, inyigisho, ibiganiro bya gikritsto ndetse rukakumara amatsiko ku nyandiko z'abahanga, Abatubanjirije mu rugendo,Ibyibazwa....bigamije kukubaka mu gusobanukirwa ibyo wizera.
Twubakiye ku ndangagaciro z'abavutse ubwa Kabiri nkuko Ijambo ry'Imana ribivuga mu butumwa bwiza uko bwanditswe na Yoh 1:12. Bityo ni ibyo dutanga hano byose bigamije gukomeza gushyigikira Umukristo udukurikira.
Wifuje kutwandikira koresha: u.theos2030@gmail.com
Wifuje kudushyigikira: +250782196087(Momo,WorldRemit,...)
guhera ubununva ikikiganiro ndakijijwe Kandi imana ibahe umugishacyane
Karibu cyane Kwa yesu Ni Salama ncuti ntuzicuza
Pasteur Dezire ndagukunda cyane inyigisho zawe zintera emosiyo umwuka wera ukurimo sinzi iburyo nabivuga wigisha witonze mubwenge ndagukurikira bishoboka imana ikongerere kumugisha ufite nzava muruyumubiri inyigisho zawe arizo ngenderaho urakoze
Pasteur Desire Ndagukunda Imana iguhe umugisha uhebuje byose wifuza kubw'umurava ukorana uyu murimo
Pst wumve ngo uri iriba mvomaho nubaha iyaguhamaye Kandi nciye bugufi nkomeje gutegamatwi ahereza umutima❤❤❤❤
Imana ijye iguha umugisha cyane turagukunda mbona abarokore nabo barenganya abandi ubona umurokore w'umudiyakoni ajya gusenga agasiga abakozi be mukazi
Yesu nabahe Umugisha kubwo kutuburira no kuduhumura amaso numvise iko kiganiro numva twarimpumyipe. Imana iduhumure dukore Umurimo wayo nkuko ibishaka. Icyo kifuzo ndakigize lmana nimpumure amaso ngende uko ishakape🙏👍💝🙌
Imana Ibahe Imigisha Murakoze 🙏
Nukuri nsubijwemo ibyiringiro ko ntakwiye kugira ubwoba muribi bihe ahubwo nkwiye gukora Umurimo w'lmana nshize amanga🙌🙏👍💪
Amahoro amahoro bavandimwe nukuri nukuri muvuze neza cyane Imana ibahe umugisha
Yesaya 44:28
Kandi avuga ibya Kuro ati ‘Ni umushumba wanjye, azasohoza ibyo nshaka byose.’ Akavuga iby'i Yerusalemu ati ‘Hazubakwa’, kandi avuga iby'urusengero ati ‘Urufatiro rwawe ruzashyirwaho.’ ”
Good news be blessed in JESUS name
Turabakurikira cyane hano muri Uganda 😊❤❤❤❤❤
( TWAHIRWA SAMUEL, Uganda)
nukuri ndabakunda cyane pastor
Pastor harakantu ntajya nsobanukirwa...ko uvuze ngo bateguye ibikoresho byo kubaka urusengero..ati bakababaza ati mwebwe abanyamahanga muribkubyitegura mugatitira..None se insengero zikenewe kubakwa natwe ni izifatika?cyane ko twe Kristu batakiriye twe twamwakiriye...jye ndumva abakabaye batitira aribo kuko bo bamubonye ntibamwakire...Sinsobanukiwe iyo muvuga Israheli knd twese amaraso ya Kristu yaraduhinduye abana.b'Imana
turabakunda cyanee ,ibisobanuro utanze ,dushimiye IMANA iguhishyuriye
Icyigisho cyawekira nfashacyane n'Imana iguhe umugisha Amen❤❤😅
Yewega pastor, ahubwo ubu abachristo bari gushora mutubari, Imana idutabare cyane
Pasteur urakoze cyane mpise ngarukira abadiventiste kubintu bavuga burya bifite ishingiro Imana iduhe kureba kure
Yesu tuzamusanganira mukirere ntazakoza ikirenge cye kw’isi.
Imana iguhezagire pasteur uranezera cane kunyigisho zawe utanga uvuga ukuri
Hezagigwa cane Mukozi w'Imana. Usigura ibintu neza cane kuko uyobowe numwuka.ntuyobowe nidini.kuko Je nama numva iyo abakozi b'Imana benshi baza guhagararira amadini yabo.naho hobamwo ikosa kuko abaridini arimwo aguma ahagarariye ivyidini gusa
Pr ndagukunda cyane ufite ubwenge bw Imana Imana ikurinde cyane cyanee
Pastor ndagukunda nukuri ❤❤❤
Ibyo Pastor avuze nibyo, njye ndi muri China ariko aba Kristo ni benshi ku buryo mutabizi. Na google kandi irakoreshwa n'ubwo ubutegetsi bwabivanyeho ariko dukoresha VPN tukareba ibyo dushaka byose. Murakoze kuriiki kiganiro cyiza Pastor, nkunda kugukurikira ku Agakiza TV
Murakoze cyane
Desire Imana iguhe umugisha,wigishanya ubwenge.
Pastor Desire n'ukuri ndagukunda pe!Imana ikomeze kubakoresha iby'ubutwari.ese uwakwifuza inama zanyu by'umwihariko yabashakira he?
Uko ni ukuri ikorana buha nga rikwiriye kudufasha kwamama kristo umwami yesu imana iguhe umugisha ndugu 😢
Urakoze cyanee Imana ikomeze igufashe pastor
Nukuri Imana ibahe umugisha ❤
Uhoraho akuzigame Pastor wacu🎉🎉
Shalom Bakozi b’Imana muraduhezagira kubiganiro nkibi mutanga Pastor Imana ikwongere umugisha wayo utagabanije hamwe na mwene data aba ahagarikiye ikiganiro.
Komereza aho
Ndagukunda mukozi w,Imana,umunsi umwe nzakubona pe,Uwiteka azabikore
Murakoze cane muvuga butumwa muhezagirw kabisa na Kristo Yesu !
Muhezagirw cane turabakunda. Gusa ico nsaba Imana : Past ufite ubwenge burimwo Mpwemu Yera🎉
Ndagukundacane ❤❤❤❤
Pasteur Dezire Ndamukunda cyane♥️
Turagukunda Pasteur.
Urimwo uburundi bwinshi.
Pasta❤ngukunda kubii niwoe wanjye❤
Ndabakunda pe🎉❤❤❤
Dezire ndamukunda Imana izamuhijuru
Imana iduhe kuba maso
Muhabwe umugisha n'Imana pastor
Kdi Uwiteka akomeze kubarinda np kubana namwe
Murakoze
Shalom Bakozi b'Imana mwakoze CN muhezagirwe
Imana ukogere imigisha ariko nabuze nimeroyawe
Amen
Urakoze cy ne
Good news
Imana iguhe umugisha.
Merci pasta muradufasha cane
Yego rwose ni ubuyobe pe ariko uwera ni yera nu uwanduye akomeze yandure gusa bana b' Imana twiyarure duhunge icyaha nacyo cyizaduhunga.
Muhabwe umugisha Paster
Shalom muhezagirwe ndabumva
na Yesu ntiyapfuye kuwa gatanu ngo azuke kuwa karindwi kuko aho nta minsi itatu irimo.
Past ❤❤❤
Pastor ndagukunda kandi nkunda ubuhanga ugira mw’Ijambo
Rero hari nubwo muba mufite amakuru atariyo, mubushinwa ubutumwa bwarahageze, ubu turasenga Imana abantu barabatizwa,
2 Petero 1:19
Nyamara rero dufite ijambo ryahanuwe rirushaho gukomera, kandi muzaba mukoze neza nimuryitaho, kuko rimeze nk'itabaza rimurikira ahacuze umwijima rigakesha ijoro, rikageza aho inyenyeri yo mu ruturuturu izabandurira mu mitima yanyu.
Yoooo PAPA DIVE Ufite iyerekwa rizimape
Pastor Desire , ndabona wabwira abarukorecaho igihe kigeze nahubundi abarokore turarangaye ,
Ikizira cy'umurimbuzi cyahagaze ahera
2 Petero 1:21
kuko ari nta buhanuzi bwazanywe n'ubushake bw'umuntu, ahubwo abantu b'Imana bavugaga ibyavaga ku Mana bashorewe n'Umwuka Wera.
Iburayi umwana aza imbere
Hagakurikiraho umugore hagakurikiraho itungo umugabo azanyuma yibyo byose.
Nibwo pasteur Desire yize theologie haribyo atazi nawe munyamakulu agahembe kameze si America nubupapa bufatanije politique niyobokamana kandi kavutse muri roma mpagani!
❤❤❤❤❤
Murakoze Cyane.Ahubwo kuba abantu baravukijwe uburenganzira bwo guterana ni akarengane.
Abanya bee jye
Past kuva ntangira kukunva mporahafi kugira ngonkunve
Mwiriwe! Mwakoze kuduha iki kiganiro. Ibintu bimwe abakristo badakora si ubushake, ahubwo ni ukutagira ubushobozi. Abenshi babanje kwigishwa ko bigoye ko umukire ajya mu ijuru, bituma bakunda ubukene. Uzasanga muri iyi minsi hari benshi bari guhemuka kubera bashaka kujyana n'aho isi igeze, bikabagora. N'insengero nyinshi zafunzwe ni izabo, bigaragaza ikigero cy'ubutunzi bwabo. utubatse urusengero ntiyakubaka ishuli
Ntabwo itorero riragera igihe cyakarengane kavugwa mu (ibyahishuwe 13:11) havugako Iyonyamaswa izahata abarimwisi abakomeye naboroheje ,imbata nabumudendezo kushirwaho ikimenyetso muruganga cyangwa mukiganza ntabwo icyogihe kiragera ariko antikristo we yatangiye gukora no kuyobya akoresheje inyigisho kirimbuzi zigukura abantu kuri yesu akaberekeza kuri we Kandi abantu benshi baramuyobotse nkuko yesu yuvuze ngo irembo rijyana abantu kurimbuka nirigari Kandi abarinyuramo nibenshi naho irijyana abantu kubugingo rirafunganye abarinyuramo nibake .
Mwaganiriye neza kandi iyi nyigisho yuzuye ukuri 100%
Ngewe ndi USA Michigan state warubajije ibijyanye n’amatungo hano imbwa injangwe bigite agaciro kuruta umugabo.ubundi babitondeka gutya:1
1.imbwa/injangwe
2.umwana
3.umugore
Naho umugabo ntavugwa
Uyu Mwami witwa kuro yari yarahanuwe ko Ariwe wagombaga gutanga itegeko ryuko Abayuda bari mubunyage Ibaburoni bogombaga gusubira iwabo iyeruzalemu bakwajya kubaka urusengero rwari rwarasenywe numwami Nebukadenezali
Ndumva nishimye
Daniyeli 7:24
Kandi ayo mahembe cumi, muri ubwo bwami hazakomokamo abami cumi. Hanyuma yabo hazaza undi mwami, ariko we ntazaba asa n'abo ba mbere kandi azanesha abami batatu.
Nibinyoma ntago itungo riruta abomurugo bababwira ibinyoma ibindi byose pastor avuga nukuri turamukunda
Jew Shaka uzampuze na pasteur desire ndamukunda cn ubutumwa mbwe burafasha cn
Ukoze umurimo utangaje groupe tubonye ibihamya twasengeraga dusanze abadive
Desire ni umuhanga
1yohn 4:3 havugako anti kristo yahageze kd muzi umuntu uri mu cyimbo cy'Imana mwisi?
Nti muzi abiyise seigneur ?
Nguwo anti kristo ntimutegereze undi kuko umuntu wihaye ububasha bwo kubabarira ibyaha muramuzi
Ntabwo Ari urusengero rwari kuzubakwa Ari urwanone ahubwo urusengero rwarikubakwa nirwarundi rwubatswe na Ba Ezira na ba Nehemiya arwo rwarundi Yesu Christo yigishirijemo akaba arinarwo rwasenywe mumwaka wa 70 nyuma ya christo
Twishimira uko pasteur Désiré avuga,nintore cane
Urusengero rubabwamo n'Imana mu Mwuka ni umubiri apana urw'i Yerusalemu 1Timoteyo 4.1-2
Pastor Désiré aganira neza.
Ndifuza ko yazadusobanurira neza ibi bikurikira:
1. Kristo Ninde cg niki?
2. Anti kristo Ninde cg niki?
Kuko uko bizwi, birashoboka cyane ko atariko biri.
Ndagukunda mwigishamwiza wayesu,ndagusabakwiyungana MWe kuvyubutumwabwiza mwobamukoze
2 Petero 1:20
Ariko mubanze kumenya yuko ari nta buhanuzi bwo mu byanditswe bubasha gusobanurwa uko umuntu wese yishakiye,
Yesu ashimwe .Hari aho Pastor Desire avuve ngo baberetse ibikoresho byo kubaka urusengero byerekana ko biteguye .Ngo bavuga ko Messiya ataza ku isi nta rusenger ruhari.Ikibazo azadusobanurira ubutaha .
1) Mbese urwo rusengero bubaka ni Messiya warubategetse ?
2) Mbese Messiya biteguye ni Yesu ugiye kugaruka cg ni Messiya wabo uzava mu nyanja ?
Icyifuzo : Mu kiganiro cy'ubutaha muzageregeze kujya mutanga reference z'ibyanditswe kugira ngo abatisomera bibiliya nabo babashe guhuza ikiganiro n'ubuhanuzi (bwo muri Bibiliya).
Pasteur Désiré Imana ibane namwe. Nitwa Felix. Njye mbona ko impamvu abana b'Isi bapanga kandi bagakora bigakunda; aruko ntawe ubarwanya iyo bakora kuko imigambi nibikorwa byabo biba biteza imbere ubwami bwa Satani umutware w'iy'Isi. Mugihe abana b'Imana iyo bapanze cyangwa bakora; barwanwa nimbaraga z'umwijima zitagaragara ziva kwa Satani umutware w'iy'Isi ; kuko imigambi nibikorwa by'abana b'Imana bibangamira ubwami bwa Satani. Ariko ntacyo bitwaye gukoresha ibikoresho byakozwe n'abana b'iy'Isi mumurimo w'Imana ; nkuko no muntambara za Israeli ya kera; harigihe Imana yategekaga gusagura ibikoresho by'igiciro (zahabu, ifeza,...) ; Bigashyirwa munzu y'Imana ya Israel.
Pasteur kuziko namwe mugendera mubinyoma bya Roma mukabigumamo mubizi? Ikindi niba ntabyo Uzi Antikritso ni Papa! Amaze igihe kirekire akore utabizi yicwa nukutabimenya!
Tubashimiye Kandi kuba mwifuza kugeza ubutumwa bwiza kubantu .
Ivyobintu biragoye@
Pasteur Désiré na Pasteur Uwambaje Emmanuel na Pasteur Rutayisire na Pasteur Byiringiro samwel na Ev. Anicet abo bantu bazi gusobanura ibintu bya Bible ( ibyahishuwe) neza
Ariko Wigisha neza Mana weeeee
Pastor wakoze kubw' ikiganiro cyiza. Gusa ndumva hari ibyo tutemeranya mubyo wagiye uvuga.
1. Itorero rizagenda ku mugaragaro ntabwo hazagenda umwe umwe.. Abapfuye bizeye bazazuka kandi abazaba bariho bakiranutse bazamuranwe nabo basanganire Yesu mu kirere. Hano twakwiga neza ibijyanye no kugaruka kwa Yesu n' umuzuko w' abapfuye.
2. Antikristo, umunyabugome akwiriye kubanza guhishurwa mbere y' uko Yesu agaruka. Uwo Antikristo rero wakuyeho igitambo gihoraho, ni Roma y' ubupapa.
3. Agahembe gato nubwo wanze kukavuga ni Roma y' Ubupapa.
4. Urugero watanze ku karengane ntabwo turwemeranyaho. Umukobwa usabye akazi agasabwa ruswa y' igitsina ntabwo ari akarengane muri context yo kurenganya itorero. Iryo ni ihohotera risanzwe. Akarengane kazabaho igihe abantu bazahatirwa kuramya Roma y' Ubupapa no kuramya igishushanyo bikozwe na USA ndetse bahabwe ikimenyetso k' inyamaswa (Ikimenyesto cy' Inyamaswa ni Icyumweru/Sunday).
Ntanze context nkeya. Ibindi, Imana iguhe umugisha kandi ikomeze ikubake muri byose.
Mushumba urakoze kutwigisha nukuri abanyetorero twurarangaye inzangano hagati ya ba Kristo ziriyongera gukunda iby isi kurutaibyijuru abakristo dukanguke
Yego nukuri hano muri Oman na Saudia Arabia iyutinyutse uvugubutumwa! Nkanjye mabuja yararwaye nambaza ukoyakira turebana amateraniro muri grace room kwa paster Julienne ubungubu yarakijijwe nabobavukana batatu bobarizeye gusa nibo bantu basigaye bampaye ama link ngonumvubutumwa bwiza bumvise!
Mubigire task mubyigishe no munsengero pe mubishyiremo imbaraga
Najyendimokubuviriza
Agahembe ni Roma