Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Pole sana abagore benshi bafite intimba
Ariko Rose wacu kombona abagore hafi yabose barushye agahinda arikenshii,wazatuzaniye nuwahiriwe nurugo uryohewe murugo rwe nawe akaduha ubuhamya Koko,uziko dusigaye dutinya kuzashaka kubera ibyo twumvana abababyeyi Koko 🙆🙆🙆 nkibaza ubundi we aba arishyashya Koko?bajye bigenzura nabo pe!!!gusa yihangane ntakundi.
Ashwi ntawaza kuko nuryohewe ubu ahorana umutima uhagaze ko bizarangira nabyo bipfuye, au fait ingo biragoye ko wabona uryohewe wo kubyirata kuko ntabazi ibizakurikiraho. Gusa ndabahumuriza rubyiruko mukomere mutegure ingo zanyu kandi muzisengere Imana yonyine niyo ifasha abantu❤
Uzamenyako baba arishyashya warashatse.kuko ntamuntu uri parfect.gusa abagabo harimo ababi pe
Njye uwanjye yasinziriraga kwa nyirakuru kwibaraza bakamwihorera,akambara ibipira bitamukwira,mpita musubirana,kuva ubwo hashize 22 ejo bundi nibwo batangiye kumwikururaho kuko ubu arangije kwiga nta mvune,mpore
Ohhh,uri umunyagikongoro!!biranshimishije nange ndi uwaho. Twabayeho presque ubuzima bumwe ariko jye sinabibonaga ko ari ubuzima bubi.nanubu kuri jye ni histoire nziza y'ubuzima bwange.aho nari ntuye guhinga,kuragira inka,guca icyarire,imvura kukunyagira byari ibintu normal.
Nanjye nakuriye muri ubwo buzima ariko sinigeze mbona ko ari ukugorwa.Kuri jyewe byari ubufasha ababyeyi banjye
@@jeannekamuhanda7926 jye narinzi ko guhinga no korora ari byiza kandi nanubu mbibuna gucyo. Ntanuwigeze ambwira ngo mbikore kuko abantu benshi nibyo bakoraga.nagombaga gukora nkabandi.
Agahinda kazica abagore😢😢😢😢 mpore Maman
Twarapfuye twarashize
Biteye ubwoba uziko wagirango abagore bavukiye kubabara, Imana iturengere pe❤
Rose ndagukunda nifujenokuguhimpano nubwarintoya narabikubwiy
Abagabo nyamara babanyarwanda mushatse mwabareka kuko babareze nabi pe ngo numuco
Disi inkuru yawe niyanjye birasa kandi mfite maman nabavandimwe we
Rose Nishimwe.undi mwaka nkikigihe❤❤❤❤
Nukuri njye narumiwe!!!!Ariko abagore nakwiye kwigishwa indi imyunvire pe!!!Ubona uzaruha,wareka
Waragezeyo
Mwabonye inzira yo kubeshya ngo mubone amafaranga mutaruhiye murasebya Urwanda mwabagoremwe ni mwisubireho
Ariko se aba maman ko ba babajwe cyane dukore iki
Agabo bo bo mu rwanda mwisubireho mugira ingeso pe abenshi ntibita kubagore bauxite kandi ni imvune
Ariko ko mutavuga defo zanyu muba muri bamarayika ko mutavuga ibibi byanyu abagore muri neza gusa ahubwo mukunda gusabiriza
Rose,ndagukunda numutima wanjye wose.
Nyamara arababaye reka two kumutera amabuye ahubwo tumufashe nkuko abisabye duteranye tumushakire nka 2M ashake icyo akora naho aba murakoze.
Maman Kevine duhe numéro yawe
Ihangane kandi usenge Imana imara umubabaro
Rose usa neza❤🥰
0788985482 Ushaka kumuvugisha
Yoooh Imana igutabare pe
Uyu mumama ikosa ryambere yako nuko yijishuye umwana ukowaba umeze kose ntiwaribufate umwana ngo umushyire x kand ubiziko atabitaho.iyumusingira uwomucyecuru mbere numuhese ngo anjyekurwara bwacyi munjyemureka rwose tuvunjyishe ukuri njyendumva kuba umwana yaranjyiye kuba guryo nawe wabinjyizemo uruhare rwose kand am sorry.
Ese ubundi bigenda gute kugirango umuntu wumubyeyi atandukane numwana we yibyariye ngo ni ubuzima bubi ?! Ese ibigutunze kuki bitatunga nuwo wabyaye ? Ubu nubugwari rwose nkuyu uwampuza nawe namubaza amagambo abiri cg atatu gusa ! Umwana wanjye ngo ndamusize ? Keretse ntakiriho
@@turibamweali8661 sibyo se Sha bumvako kuzakuri camera batubwireko bataye abana bakanjya umunjyi bya dutera kumwumv kand ntazi ko tuba tubagaya njye sinjya nemeranya nabo iyowabyaye ugomba gukora ibishobok byose ukamwitaho kk iyo tunjyiy kubazan kwisi sibaba babidutumye. Rero umumama situbyumv cyimwe wap wap gutaye umwana unjyiy numunjyii mmmmh ushobore Kub mutazi uko avuna.
Umusozi utaraturaho uzawuvuge gacye
Umuntu wese ajyira ihwa rimuhanda
🤔🤔🤔🤔
Impore imana irahari
Icyos igihano ningaruka zokury akatagabuye ihangane nako warihanganye
Impore 💖
Courage rose wacu
Harinundi twanganye ntamuntu igirizina arumwe.
"ntabwo yandirimbiriraga c urabaruta"?😏😂😂😂 cyaze ukuntu ubivuze bisa naho baguteye iseseme peee🤨 Icyonziko Rose ukwicaye imbere n'abandi nkawe babyumvishe kd tuzirimo duhise tubitekerezaho🤣🤣🤣🤣🤣
Mureke gutwenga uyu myeyi imana izomugirira neza bosebabireba
ko utavuga uko waryamanaga na shobuja aho wakoraga muri kabuhunde yarakugize nkumugore we kutavuga se ko uwo mwabyaranye yamaze gutandukana numugore we ukamugira mubapfumu ngo agushake ariko akabyanga ufite defon jya utuza
😂😂😂😂 uramuzi kweri cg urumuvugizi wabagabo bananiranye.
@@uwasesifa7563 ndamuzi cyane
Harya ubwo databuja twaryamanaga uhari abapfumu c ho twarahahuriye
@@InezaDada-h3cmaze kumenya amateka yawe mpise ndeka kukumva nanga umugore uryamana numugabo wabandi noneho sebuja we Sha bizakugaruke puuuu
Ni ubuzima.....Ntimugasonge umuntu burya avuga ababaye !!!Uyu Mubyeyi nakomere kdi yihangane ubuzima buzakomeza!!!Naho ibyo bindi byo na we ni umuntu !!!
Iriya ngobyi igira umunyenga wicayemo uvuye kurhuka njye nayigiyemo bwa mbere biranzunura ariko rimwe mbyarira ku nzira nanze kuyigendamo maze kubyara nti mumpeke da .byari umunyenga dore umunyenga abami baryaga umunyenya ngicyo icyo nzi kurugendo rwu urubyaro mu ngobyi uvuye kubyara ndabikwifurije ni umunyenga. Ibyo guhinga byo abanyarwanda benshi nibyo babamo nta gikuba .
Pole sana abagore benshi bafite intimba
Ariko Rose wacu kombona abagore hafi yabose barushye agahinda arikenshii,wazatuzaniye nuwahiriwe nurugo uryohewe murugo rwe nawe akaduha ubuhamya Koko,uziko dusigaye dutinya kuzashaka kubera ibyo twumvana abababyeyi Koko 🙆🙆🙆 nkibaza ubundi we aba arishyashya Koko?bajye bigenzura nabo pe!!!gusa yihangane ntakundi.
Ashwi ntawaza kuko nuryohewe ubu ahorana umutima uhagaze ko bizarangira nabyo bipfuye, au fait ingo biragoye ko wabona uryohewe wo kubyirata kuko ntabazi ibizakurikiraho. Gusa ndabahumuriza rubyiruko mukomere mutegure ingo zanyu kandi muzisengere Imana yonyine niyo ifasha abantu❤
Uzamenyako baba arishyashya warashatse.kuko ntamuntu uri parfect.gusa abagabo harimo ababi pe
Njye uwanjye yasinziriraga kwa nyirakuru kwibaraza bakamwihorera,akambara ibipira bitamukwira,mpita musubirana,kuva ubwo hashize 22 ejo bundi nibwo batangiye kumwikururaho kuko ubu arangije kwiga nta mvune,mpore
Ohhh,uri umunyagikongoro!!biranshimishije nange ndi uwaho. Twabayeho presque ubuzima bumwe ariko jye sinabibonaga ko ari ubuzima bubi.nanubu kuri jye ni histoire nziza y'ubuzima bwange.aho nari ntuye guhinga,kuragira inka,guca icyarire,imvura kukunyagira byari ibintu normal.
Nanjye nakuriye muri ubwo buzima ariko sinigeze mbona ko ari ukugorwa.
Kuri jyewe byari ubufasha ababyeyi banjye
@@jeannekamuhanda7926 jye narinzi ko guhinga no korora ari byiza kandi nanubu mbibuna gucyo. Ntanuwigeze ambwira ngo mbikore kuko abantu benshi nibyo bakoraga.nagombaga gukora nkabandi.
Agahinda kazica abagore😢😢😢😢 mpore Maman
Twarapfuye twarashize
Biteye ubwoba uziko wagirango abagore bavukiye kubabara, Imana iturengere pe❤
Rose ndagukunda nifujenokuguhimpano nubwarintoya narabikubwiy
Abagabo nyamara babanyarwanda mushatse mwabareka kuko babareze nabi pe ngo numuco
Disi inkuru yawe niyanjye birasa kandi mfite maman nabavandimwe we
Rose Nishimwe.undi mwaka nkikigihe❤❤❤❤
Nukuri njye narumiwe!!!!
Ariko abagore nakwiye kwigishwa indi imyunvire pe!!!
Ubona uzaruha,wareka
Waragezeyo
Mwabonye inzira yo kubeshya ngo mubone amafaranga mutaruhiye murasebya Urwanda mwabagoremwe ni mwisubireho
Ariko se aba maman ko ba babajwe cyane dukore iki
Agabo bo bo mu rwanda mwisubireho mugira ingeso pe abenshi ntibita kubagore bauxite kandi ni imvune
Ariko ko mutavuga defo zanyu muba muri bamarayika ko mutavuga ibibi byanyu abagore muri neza gusa ahubwo mukunda gusabiriza
Rose,ndagukunda numutima wanjye wose.
Nyamara arababaye reka two kumutera amabuye ahubwo tumufashe nkuko abisabye duteranye tumushakire nka 2M ashake icyo akora naho aba murakoze.
Maman Kevine duhe numéro yawe
Ihangane kandi usenge Imana imara umubabaro
Rose usa neza❤🥰
0788985482 Ushaka kumuvugisha
Yoooh Imana igutabare pe
Uyu mumama ikosa ryambere yako nuko yijishuye umwana ukowaba umeze kose ntiwaribufate umwana ngo umushyire x kand ubiziko atabitaho.iyumusingira uwomucyecuru mbere numuhese ngo anjyekurwara bwacyi munjyemureka rwose tuvunjyishe ukuri njyendumva kuba umwana yaranjyiye kuba guryo nawe wabinjyizemo uruhare rwose kand am sorry.
Ese ubundi bigenda gute kugirango umuntu wumubyeyi atandukane numwana we yibyariye ngo ni ubuzima bubi ?! Ese ibigutunze kuki bitatunga nuwo wabyaye ? Ubu nubugwari rwose nkuyu uwampuza nawe namubaza amagambo abiri cg atatu gusa ! Umwana wanjye ngo ndamusize ? Keretse ntakiriho
@@turibamweali8661 sibyo se Sha bumvako kuzakuri camera batubwireko bataye abana bakanjya umunjyi bya dutera kumwumv kand ntazi ko tuba tubagaya njye sinjya nemeranya nabo iyowabyaye ugomba gukora ibishobok byose ukamwitaho kk iyo tunjyiy kubazan kwisi sibaba babidutumye. Rero umumama situbyumv cyimwe wap wap gutaye umwana unjyiy numunjyii mmmmh ushobore Kub mutazi uko avuna.
Umusozi utaraturaho uzawuvuge gacye
Umuntu wese ajyira ihwa rimuhanda
🤔🤔🤔🤔
Impore imana irahari
Icyos igihano ningaruka zokury akatagabuye ihangane nako warihanganye
Impore 💖
Courage rose wacu
Harinundi twanganye ntamuntu igirizina arumwe.
Harinundi twanganye ntamuntu igirizina arumwe.
"ntabwo yandirimbiriraga c urabaruta"?😏😂😂😂 cyaze ukuntu ubivuze bisa naho baguteye iseseme peee🤨 Icyonziko Rose ukwicaye imbere n'abandi nkawe babyumvishe kd tuzirimo duhise tubitekerezaho🤣🤣🤣🤣🤣
Mureke gutwenga uyu myeyi imana izomugirira neza bosebabireba
ko utavuga uko waryamanaga na shobuja aho wakoraga muri kabuhunde yarakugize nkumugore we kutavuga se ko uwo mwabyaranye yamaze gutandukana numugore we ukamugira mubapfumu ngo agushake ariko akabyanga ufite defon jya utuza
😂😂😂😂 uramuzi kweri cg urumuvugizi wabagabo bananiranye.
@@uwasesifa7563 ndamuzi cyane
Harya ubwo databuja twaryamanaga uhari abapfumu c ho twarahahuriye
@@InezaDada-h3cmaze kumenya amateka yawe mpise ndeka kukumva nanga umugore uryamana numugabo wabandi noneho sebuja we Sha bizakugaruke puuuu
Ni ubuzima.....
Ntimugasonge umuntu burya avuga ababaye !!!
Uyu Mubyeyi nakomere kdi yihangane ubuzima buzakomeza!!!
Naho ibyo bindi byo na we ni umuntu !!!
Iriya ngobyi igira umunyenga wicayemo uvuye kurhuka njye nayigiyemo bwa mbere biranzunura ariko rimwe mbyarira ku nzira nanze kuyigendamo maze kubyara nti mumpeke da .byari umunyenga dore umunyenga abami baryaga umunyenya ngicyo icyo nzi kurugendo rwu urubyaro mu ngobyi uvuye kubyara ndabikwifurije ni umunyenga. Ibyo guhinga byo abanyarwanda benshi nibyo babamo nta gikuba .