Minisiteri y’ububanyi n’amahanga iratangaza ko leta y’u rwanda yahisemo kugenda gahoro mu

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 18 окт 2024
  • Mu gihe u Burundi bukomeje gushinja u rwanda kuba inyuma y’ibibazo biri muri icyo gihugu,minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u rwanda madame Louise Mushikiwabo aratangaza ko u rwanda rwahisemo kugenga gahoro mu bibazo bivugwa muri iki gihugu kubera ko ari ibibazo bikomeye ariko kandi ngo rurifuza ko u burundi bwagira amahoro.Ibi minisitiri louise mushikiwabo yabivuze mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa kane

Комментарии •