Minisiteri y’ububanyi n’amahanga iratangaza ko leta y’u rwanda yahisemo kugenda gahoro mu
HTML-код
- Опубликовано: 18 окт 2024
- Mu gihe u Burundi bukomeje gushinja u rwanda kuba inyuma y’ibibazo biri muri icyo gihugu,minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u rwanda madame Louise Mushikiwabo aratangaza ko u rwanda rwahisemo kugenga gahoro mu bibazo bivugwa muri iki gihugu kubera ko ari ibibazo bikomeye ariko kandi ngo rurifuza ko u burundi bwagira amahoro.Ibi minisitiri louise mushikiwabo yabivuze mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa kane