JEAN Baptiste byumvuhore - Bibananiza iki? (Lyrics) - Extrait album 3 de 1991
HTML-код
- Опубликовано: 14 янв 2019
- Extrait des albums sur K7 et CD de Jean B Byumvuhore.
11 album de 1988 a 2020.
1- Nyiribihembo azaguhembe, (Umbabalire Mawe, Simenye ko ali bwo bwa nyuma, Imanzi ya mwiza )
2 - Umurage, ( Fagitire, urwiririza, usize nkuru ki? Tuzabihasiga)
3 - Aho hantu ni he?, (Bamwe igenda ibonsa, Naba na mwe, Rugenera, Umudiho non stop)
4 - Wowe wasigaye, (Ibyago bidateguza, Iyongiyo iyo mvuye, Iwacu, Yali imbyeyi)
5 - Singire inkovu nkomeretsa, (Ngayo nguko, iyo bumva, Fagitire n°2, Umutwaro we ukwe)
6 - Ibi ndabirambiwe, (Nyamara ndi wowe, Kayigema, Muce iteka mu Rwanda)
7 - Une main pour un enfant,
8 - Imana na yo, (Abapariloma, ukuri, Abatoya ntibagapfe)
9 - Abasangirangendo, (Ndagiye, na njye ga ndibuka, Rumpe urumpate)
10 - Gacamigani (Na njye ndaje, Uyisanga imbere, Kabe gacye)
11 - Rugerofatizo (Nta soni bagira, Ibiganza byera, Twarabashimiye)
12 - Rwanda Dohora (Nawe waramuhowe Mungu, Abacakara batiyizi, ntirugira umwanzi)
13 - Nduririmbeho na njye, rwo (Rumpe urumpate, Nikundira urukundo, Rurenga imipaka) Видеоклипы
2024 nibande turikuyunvana
Bavandimwe Rena iyindirimbo Ibe intego yaburiwese us haka kubaho neza murububuzima
Mbibarize bibananiza iki? Kuvuga make, ukirinda kuzimura. Nice song forever
Iyi ndirimbo niyo yibihe byose ....
Icyo nemerera iwacu “Afrika” nk’uyu “Philosopher Maganya” Byumvuhore Jean Baptiste, ntibazamushira muba Philosophers Imana yari yahaye isi mugihe nk’iki kuko ntabipapuro bitanzwe byanditseho🤔
“Ubuhanga bwawe bguje ubumuntu biri mubinyubaka cyane”🙏🏿
Umwarimu mwiza nibyumvuhore nuwibihebyose kbs
Mbega indirimbo ifite message nziiiiiza!!!👌👌
Abaririmvyi ba kera bubahwe!
Iyi ndirimbo izahora icyenewe kumfishwa rubanda, ubutumwa buyirimo butuma buri muntu yitekerezaho, byumvuhore we mwifurije ibyiza gusa
Bene Adamu ibi bitunaniza iki koko ! kubana n'abandi mu mahoro, ntutiriganye, ukubaha umukuru kugera ku muto, ukibera inyangamugayo muri byose, wirinda guhuguza iby'abandi ; n'indi migenzo yagombye kuranga umuntu waremwe mu ishusho y'Imana. Nta kiguzi bisaba, n'ubwo ijuru ryaba ritabaho, kubaryemera, niyo ya Mana bavuga yaba itabaho, ariko byibura witahira mu mahoro, nta mivumo iherekeje itaha ryawe !
Nukuriii💯
so true!
iyi isi yaba yambyumvaga twabaho mu umudendezo. Dukomeze uburere twahawe n'abakurambere
Mwarakoze ku bw’ iyi ndirimbo. Uri mu bahanzi bibihe byose hamwe na Kizito Mihigo na Masabo Nyangezi.
Rwose iyindirimbo irimo message
Mana musabiye umugisha gusa uruwibihe byose
Urakoze cyane
JBByumvuhore Music umwaka mushya warakoze kubwiyi ndirimbo iteka mucyumweru ngomba kumva iyindirimbo, nkisomo,cg impapuro gusa nkwifuriza kuramba ngo ukomeze uhanure ibyawe byose nubuhanuzi yaba twese twumvaga tugashyira mubikorwa warakoze kndi ibifitiye benshi akamaro.
Iyi ndirimbo ndayikunda cane kuko inyibutsa ko ntegerezwa kuba umunntu wigeso nziza.
Ndamukunda
mwiriwe:ndashishikariz,umuntuwese kwibonamo mugenziwe kuk,urukondo ningezi
Tube umwe Gloria
Byiza cyane
Ndakwemera.Uri umuririmvyi
Imana izaguhe ububasha bwo guhimba izindi
Pe ndagukunda
Mwebweho ntimurabahanzi ahubwo murababyeyi icyarimwe nabahanuzi bibihebyose Imana ibahe umugisha❤❤🎉
Indirimbo y'ibihe byose yigisha ku kuba umuntu. Ikibabaje ni uko muri iyi minsi ibyo avuga byananiranye burundu, abantu basigaye ari ibisimba, ariko nabe na byo kuko nta ntare yica intare, nta ntare irya intare, nta ntare irya yonyine ngo icure ngenzi yayo, nta ntare y'ingabo yimya indi y'ingabo, etc, ariko bisigaye mu bantu! Isi yari ikwiye kurangira, nka ya ndirimbo yindi ya Byumvuhore ati: "Mana iyi si wayizinze nk'uzinga ikirago..."
nawe urakabyara wororoke😍
Ariko mwambariye Abanya Rwanda mukamwibuka koko.uzi ukuntu ar'umuhanga bireze
Umuhinzi w'umuhanga kandi w'ibihe byiza!
Great song, Great message. Thanks for this beautiful song.
ntayandi masomo wakenera, ushaka kuba umuntu , umva iyi ndirimbo.
Très sage Byumvuhore
Quelle sagesse my God
Umwaka mushya muhire, ndabakunda cyane,
Bibananiza iki se koko? Ariko Mana!!!
Cet homme n'était pas de ce monde peut-être un extraterrestre ❤❤❤😂😂😂🎉🎉
Iyindirimbo iranyubakacyane!irigishacyane ariko abantuntitwumva
Uri Intwali y'igihugu!? n'uko byabananiye!!?
I love all his song ¡!!!!!
Bitunaniziki 🤔🤔 uyumugabo Yarumunyabwenge 👍
Infurazarizakera pe ark abubu.turagoye bantu bimana. 🌷
Mavugo Charles
Meilleur chançon;Agrèable à l'oreille!!!Une vraie message à retenir que Dieu benisse et protegè ce papa Byumvuhore.
Aba nibo bahanzi batangaga message yumvikana naho ab'ubu ntakigenda pe wumva indirimbo ukaburamo ubutumwa na bike.
that is what calls entertainment as well
and it'salso necessary and very needed
in this life.let's enjoy it and contnue to survive!
Abububo bazi guhanga ngo ikinamba,baranzizango,abana bananiranye,wakumva ikinamba,ukanyonga igare, urumwana,urumva wakurana uwuhemuco.
Indirimbo Nziza Cyane
Paroles très profondes, une invitation à une vie meilleure basée sur l'amour. Celui qui n'aime pas son prochain n'a pas connu Dieu.An open invitation to all ,to live differently.There is a better life: from selfshiness to true love and respect of one another
Une vie d'unité, de respect et d'amour. Merci cher Byumvuhore
Q
😂😂😂😂😂
Ga mubyeyi, byose byishyurirwa aha mu isi.
Iyi ndirimbo ndayiyumvisha,nkayisubizamo more than thrice. kuko iranyura pe. Ese abahanzi b'ubu kuki batomenya kujana n'ibihe ndetse n'akaranga?? Le temps s'en va, ariko utaye akaranga aba ataye akabanga.
1M 🥰🥰
Ndagukunda Muzehe
Song very educative!
Vive les anciens succes!
Nizo twumvaga kera turi abana
Ubundi koko bitunaniza iki?
Iyo ndayumvirije mpita nsubiza nsubira kumurongo mwiza.
Bitunaniza iki koko
En tout cas izi zari indirimbo, itanga message, iryoheye amatwi naho iz,abubu nibiziki bidunda gusaaa
Fond spécial !
Abiyiminsi biririmbira akinyuma
Nice song 🇧🇮🌻
The best song
bitunaniziki kandi vyoroshe
La politesse au dessus de tous.
Tous sont gratuits et la recompense est immense!
,.
It
Very nice
Nitwe
Je l'aime
Un bon chanson vraiment
Une belle chanson
Byumvuhore
Isi nimwe rwose ikeneye
Nice Song 👍👍👍
Tubakunda
Terrific song
Rwose turenza urugero.
Bitunaniza iki koko?
Mbese byashobok ko naba bacu ba 2020 baririmba izifit ubutumwa nkizi?
Rekada! abikigihe ahubwo bazahindurirwe izina kuko sabahanzi
Wapi bibereye mu magare mbere ya saa moya😂😂
Ntibishoboka
A deep song which always touch my heart❤️🙏
Inyarwanda
Umve indirimbo y'incambwenge yujuje impanuro n'urukundo❤👉🇲🇫
Indirimbo ndayikunda
Ese nta wandusha kumenya indirimbo ya Byumvuhore aho avuga ati: "Mana iyi si wayizinze nk'uzinga akarago ukayegeka mu mfuruka..." ngo ayimbwire? Mbaye mbashimiye!
Best song
Byumvuhore aracariho mumpe number yee
Nibyukuri
Bamabarize nukuri Roho nzima bayiburira he?abanyarwand waratubwiye nuko tutumva
Waoo
Kuki umuhanzi nkuyu tutafata ARBUM ngo ibe iyikinyejana abihemberwe kok?
ni byorwose
Byiza
Indirimbo yakamaro komera sogo
MUKOMERE NCUTI
Cette sagesse n'est pas sûrement d'ici bas, mais d'en Haut.
1
1
Même avis
Ntuzojyera kuha izidi@@umutesiclarisse9615
It is too music
Good
Yop!!
❤
Bibananiza iki vyukuri???
👍🏾👍🏾🙏🏻
Very nice song
Thanks
Ndagukunda byumvuhore
@@JeanYohani ndagukunda cyane birenze papa
Vyumvuhore.uzikuririmba Neza cane
safaliconstantin@.com
Muraho, ngirango amazina yanjye mwayabonye kuri uyo google address yanjye. Nifuzaga kubasaba ko indirimbo zanjye mwazishyira ku rubuga rwa you tube yanyu niba bitababangamiye. Ziri mu gifaransa inyinshi, izindi mu kinyabwisha imwe mu giswahili nindi mu congereza murakoze.
Bitunaniza iki nako?
Very good song by Vyumvuhore
Audio
wallai
Version originale de Papa Phocas????
Ntibigomba amashuri Cg amafaranga nibinasuguzugurikitse ibyo bibananiza iki? Koko😂
Arikosekoko bibananiki?
Nitwe 2:30 2:32
Rwose bitunaniza iki?
Nitwe