Hari abashaka ko dukomeza gukena|| Perezida Kagame ku mpamvu hari abivanga mu miyoborere y’u Rwanda

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 28 сен 2024

Комментарии • 6

  • @ikagi-k8u
    @ikagi-k8u 3 месяца назад

    korora mu biraro ntibibuza gukora urwuri iyo ufite ubutaka, guhinga wahingaga iki ubu udahinga ko nta kibujijwe, icyongereza twarakimenye n'igifaransa turakimenya bitwugururira amarembo ku buryo bwagutse, imisoro ihanitse ni imisoro ku nyungu iyo utungutse ntusora, abantu baracuruza kandi bakunguka. ahubwo wowe sinamenya ikibazo wifitiye, niba udahinga, ntukore akazi ka leta, ntunacuruze ntiwabura gukena, hana ubuhinzi uzakira, ibiribwa ntibisora, wari ubizi?

  • @ikagi-k8u
    @ikagi-k8u 3 месяца назад

    @mulisajeanne, kibeshya ni icyaha, ntabwo umukuru w'u rwanda umuzi, iyo umumenya ntiwavuga uko, reka mbifate nko kwibeshya not kubeshya. ìbi bigaragarira buri wese, kura amaboko mu mpuzu ukore ubukira buzaza ubura naho uhunika.

  • @ikagi-k8u
    @ikagi-k8u 3 месяца назад

    yego, umuyobozi ureba kure,

  • @ikagi-k8u
    @ikagi-k8u 3 месяца назад

    gucyena ufite amaboko, ugite ubwrnge ntibikabe ku munyarwanda uwo ariwe wese.

  • @mulisajaenne820
    @mulisajaenne820 3 месяца назад

    Kagame ntubeshe abanyarwanda kuko ntutwifuriza gutera imbere ahubwo wowe ushaka gutera imbere twe abaturage tukaba abahirimbiri kuko gahunda washizeho zirabigaragaza watubujije korora ngo nitworere mubiraro wowe ko utororeye mu biraro ? Watubujie guhingae ibyo dushakae none inzara iravuza ubuhuha ,wazanye gacaca ngo inyage abo wasanze mu Rwanda batunze wazanye icongereza kugirango abazi igifaransa tubure umurimo wazanye imisoro ihanitse ngo tudacuruza n,ibindi binshi ...

  • @ikagi-k8u
    @ikagi-k8u 3 месяца назад

    nibyo rwose umusonga wundi ntukubuza gusinzira, dukennye se hari ivyo byabwira undi wese utari twe, ni ikwimenya muri iyi si, wakwibura ugapfa.