NABAYE IKIGORYI MU RUKUNDO|Mu IJORO BARARANAGA NA MUKEBA MU NTEBE🥲BASAMBANAGA NUMVA🥲Claire disi
HTML-код
- Опубликовано: 16 мар 2023
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Развлечения
youtube.com/@mukantiyanganamarieclaire3467 kanda kuri iyi link urebe ibindi biganiro byiza bya claire
Ahubwo nyine buri mukobwa n'umugore ajye asenga Imana ayisaba ko imuha ubwenge no guhumuka ntibabe ba nyamujya iyo bigiye.
Ariko Mana yanje nukuri tudatabare umudayimoni wubusambanyi aramarira abantu muri gihenu ihangane mama uzotabarwa 😊😊ariko Shahu Rose 🌹 urikeza ndagukunda ❤❤
😊
Abagore nimudahinduka abagabo bazakomeza kubasuzugura! Iyo umugabo abona umwihambiraho nta bwoba bwo kugutakaza agira, bigatuma ashyira akajagari mu buzima bwawe! Nimumenye gushyira imipaka ku byo mwemera n'ibyo mutemera, muve muri naragowe!
Kera byaterwaga no gukurira muri sosiyete yigisha ko gusenya ku mugore ari ishyano. Bagashyiraho amazina ngo igishubaziko,.... Hakiyongeraho no kuba nta munani bari bemerewe aho bavuka. Akareba kujyana umwana cg abana bikamuvanga akemera gupfira aho yashatse. N'ubu rero bijya gusa. Iyo udashobora kwitunga,ngo utunge abo wabyaye niba warashatse nabi,urihambira nyine.
Nukuri rwose inibera mungo bibaramabanga nurugamba rukomeye ariko kumugani ibyo badukorera ibyinshi abagore tubigiramo uruhare turemera tukakirana yombi ibije byose NGO tudasakuza bakatwota tugashiduka twabayibiyorero
Abagore wagirango nuburozi barya pe barihambira gusa akenshi biterwa numuco na Societe icyumva ko kwibana uri umugore ukibeshaho nabana bawe Ari igisebo Kandi nubundi abenshi baziruhiyemo banitunze
Abagore wagirango nuburozi barya pe barihambira gusa akenshi biterwa numuco na Societe icyumva ko kwibana uri umugore ukibeshaho nabana bawe Ari igisebo Kandi nubundi abenshi baziruhiyemo banitunze
Amen
Imana ishimwe ko yaguhaye ubwenge
Nukuri courage
Imana ikomeze kugufasha shengee
Mu buzima niko bigenda komera humura
Abagabo barikunda ubwabo. Bagira irari. Iyo agufitiye irari akubwira ko agukunda. Akaba yakuzanira n'inyenyeri aramutse ayishyikira. Ariko ibyo abigukorera abikorera n'abandi nka 20. Ahubwo nyine ni abantu barambukirwa mu guhiga.
Uvuze ukuri
Umugabo ugira urukundo we ntawe.
Sha ihangane mama natwe byagiye bitubaho Kandi birababaza cyane
Akontimukabure ubwenge ibaze ngumuti wimbeba kweri hejuru yigicucu cyumugabo cyakubabaje😎😎
Mbega umwana mwiza. Mpore mama
Imana ikuhe umugisha
Impore shenge imbere niheza❤❤
Rose💖💖💖ndagukundaaaa
Mpore mamaa ndabyumva neza weeee komera sha gusa ntibikira neza abatabivuga nibo benshi ariko urintwari urabisohoye ahwiiiiii
Rose urasa neza 👌
Yoo ihangane,mama
Iyi nkuru irababaje kandi yanansekeje cyane
Rose ubwiza burakwishe
Ibyowaciyemo twese twabiciyemo abagabo nibabicyanee
Ngo umugabo wawe? Ukamwishyurira n'itike? Niba warakize ubwo bugoryi,Imana ishimwe.
God ,bless u ,Maman ,u give me inspired ,.&courage !
Mbega inkuru icurikanze! Ubu se ibintu byose byabereye i Kanombe? Kwa shangazi ni Kanombe uburaya bwabereye i Kanombe ariho mukeba Ari,mu cyumweru kimwe uvanye umugabo i Butare? Reka kwifotoza hano. Toka kure!
Claire disi uri keza❤
Mbega inkuru ivangavanze twrabavumbuye papa sava yatweretse ukunu mudukina abadiaspora
Rose mbega wew nta mwana ufise
Nanjye nagize irungu kuvankivuka nanubu ryanzegushira kubana namama gusa ntapapa ntawundi mwana muvukana ntabwobibabyoroshye
Impore mama 😥
Mu kirundi har'akagani bavuga bati :"Abakecuru mur'ibijuju??,ngw'ego maman tur'ibijuju ;ngw'abakecuru mur'ibihwiji??Ngw'ego maman tur'ibihwiji "!!Ngw'abakecuru muhendwa mubona ? ?Ngw'ego maman duhendwa tubona ".....Warabay'igitangaza basi !!
ibintu byo mu rushako biba bitoroshye ariko haracyari ikizere 😓😓
Yooo humura imbere niheza kd lmana ishimwe ko wakomeye
Ese We nigute umugabo muzima abura gushaka inzu kugiticye akanjya kuba mumiryango yumugore
Rose urasa neza❤ sibyo😂❤
Nivyo
Rose nikeza MANA we simpaga kumyreba p❤️❤️
Asa neza cyane kandi mbona no kumutima aruko nubwo ntawuhabona
Humura imbere nihezacyanee
Sha ntamvura idahita pe
Reka mbanze mbasuhuze mbone nicare mbatege 👂👂
Ugatinyuka ugata ishuri ngo usanze umugabo 🙆🏻♀️🙆🏻♀️🙆🏻♀️🙆🏻♀️
😂😂😂😅😅hhhhhh
Yoooo
Impa'nome'yawe
Apicur my school
Wari igicicu kirenze,ahubwo
Ubwo se koko umwana wimyaka 17 yari azi iki koko? Niyo bashaka bari kumwica ikindi bari baramukenetse mbese bari barabonyeko ntacyo avuze nyine mbese kari nkakana katagize icyo kabatwaye
Umuntu arakubeshe1 ,aragutaye akuraho phone,uravyaye uramushatse umushira munzu kwanyogosenge yabuzwa niki kugusuzugura?warimpumyi.
Wari waratunaye! Sorry to say ! Kuko ababyeyi bari barakubujije. Uca inzira utazi ugaca inkoni utazi. Niba warakundaga warakunze wagombaga kwemera. Gusabana ubwo nawe wari inkozi y'ibibi.....ihangane ariko pe! Ndagukomeje
Wifuza ama products yizewee agabanya umubyibuho Kandi atagira ingaruka kubuzima watugana Aho dukorera nyarugenge cg tukazikugezaho Aho uherereye hose haba hano mu Rwanda no hanze yigihugu zikugeraho Numero watuboneraho ziri muri profile yacu iyo irimwibara ritukura mwajyaho mugakandaho Mukazibona murakoz
Ndabyifuzacane mwodufasha
Wacumbikiye indaya ubizi ko ariyo warangiza ngo wabuze umugabo cg wari njiji
Shangazi nawe yari yabonye umukwe ntagasekwe.
Ihangane disi nukuntu uri keza!nonese amashuri yarangiriye hahandi?
17? Washyushye kare muko! Ntibyari kukugwa amahoro rwose.
Impore disi, niba wari ufite 17 ntawakurenganya wari muto nta gushishoza umuntu aba yakagira uwo mugabo yaragufatiranye! Ubu nizere ko ntawakubeshya. Mujye mubanza mushishoze weeeh!
Erega hari uwakoze akaririmbo ngo "amaso akunda ntabona neza"
Ni vyiza ko yahumutse naho yatevye
Erega hari uwakoze akaririmbo ngo "amaso akunda ntabona neza"
Ni vyiza ko yahumutse naho yatevye
UWAMBAYE IKIREZI NTAMENYA KO CYERA KOKO
😂😂😂😂😂😂😂😂 ntago waruzi ubwoko bwa phone umugabo atunze yarayihishaka disi ntunabimenye😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂🎉🎉🎉🎉
😂hhhhh
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Mu kuri se Koko,abagabo beza babaho? Ahari da! Ko mba numva abagore hafi ya bose barira ra?
Babaho
Erega Babyeyi mubyara bakobwa mubyiruka,iba ari ingeso yo gushuka abakobwa bakeries bato,kandi ntugirengo uwo mugabo yahagarariye ahongaho kuko ubwo yakomeje nahandi gushaka undi akorera nkibyo yagukoreye,gusa RIB ifite akazi.