NTA RUGO UFITE NIBA BIMEZE GUTYA|UBUKWE nibwo twitaho kurusha UMURYANGO MWIZA|SUGIRA yigishije neza

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 18 дек 2024

Комментарии • 188

  • @daindain79
    @daindain79 Год назад +214

    Abemera bakanakunda uyu Muntu mumpe like🥰

  • @imananiyonkuru6854
    @imananiyonkuru6854 Год назад +21

    Mwaramutse, ndifuza kugira clarification mbasangiza kuva ku munota wa 35 -40:iyo abantu basezeranye ivangamutungo rusange icyo gihe baba bavanze ibyo batunze hamwe n'imyenda umwe muri bo cg bombi yafashe/bafashe mbere yuko basezerana.
    Naho iyo basezeranye ivangamutungo muhahano buri wese yishyura umwenda yafashe ku giti cye mbere yuko basezerana keretse iyo agaragaje ko umwenda wafashwe mu nyungu z'urugo rwabo nibwo bashobora kuwufatanta.

  • @leambonyimana8606
    @leambonyimana8606 Год назад +19

    Merci à toi Sabin🙏🏽j’aime la manière dont tu poses les questions à tes invités!tu es vraiment professionnel

  • @lorithambabazijoseeofficia7015
    @lorithambabazijoseeofficia7015 Год назад +9

    Ndagukunda Imana yaguhaye ubwenge uzaburinde neza wubaka benshi

  • @Nelly-fb8iw
    @Nelly-fb8iw Год назад +6

    Wakoze cyane kuzana Huber ubutaha uzatuzanire paster senga plz

  • @UHAGAZEMarieLouise
    @UHAGAZEMarieLouise Год назад +2

    Thx papa!uri umuhanga uri umunyabwenge,kdi uri umugabo w'Imana,nukuri imbaraga z'Imana zikubeho

  • @gahongayiresandrine8019
    @gahongayiresandrine8019 Год назад +6

    Iryo shuri rwose nimumfashe mumbwire ibisabwa ndashaka kurikurikirana, ndumva Ari ryiza cyane

  • @yambabariyeclementine7403
    @yambabariyeclementine7403 3 месяца назад

    Kubeshya nikubi aba bagabo ndabakunda Sugira,Sabin mwembi lmana ijye ibafasha kuko mufasha benshi ndabakurikirana cyane

  • @Djibril_Rwa
    @Djibril_Rwa Год назад +15

    Cyakoze uyumupapa cyakoze numuhanga knd avuga ukuri 🤝❤️❤️❤️🇦🇪🇷🇼

  • @hillgift7773
    @hillgift7773 Год назад +19

    Ugufite yarahiriwe! Ufite ubumuntu
    Yabaga wabwiraga abumva 😔

    • @berwaonlinetv9734
      @berwaonlinetv9734 Год назад +1

      Ubwiwe Niki nimba umufasha we yishimye mubyukuri? Buriya ibintu umuntu avuga nibyo akora hari igihe biba bitandukanye,hari igihe umuntu ashobora kuba icyapa kirangira abagenzi nyamara icyo cyapa cyo ntikigeyo.ikindi Akenshi mbona nta muntu ukwiye kuvuga kubyingo kuko bihinduka nkigicu.byose ni sataniii

  • @agasarokevine2164
    @agasarokevine2164 Год назад +5

    Nice podcast uzadukorere ikiganiro cy relationships hagati y ababyeyi n'abana.❤

  • @mimibe4206
    @mimibe4206 Год назад +14

    Ooh mon Dieu nacistwe 🤩🤩Hubert karibu encore kw’Isimbi Tv 🙏🏾

  • @KamikaziBelyse-j2y
    @KamikaziBelyse-j2y 7 месяцев назад

    Murakoze cyane rwose ku kiganiro muduhaye habwirwa benshi yakumva bene byo

  • @alicekayihura3845
    @alicekayihura3845 Год назад +3

    Good topic,uvuze ikintu cyiza inyigisho zo kubana ziba bamaze guhitananamo ahubwo bagahata abantu kuzihangana no kwihambira ,ababyeyi bagahata abana gushaka batarabateguye,...so byose tubikorera vue extérieure kandi divorce yaba bakibaza impamvu! Migeprof na Minaloc bashake Hubert bige izindi policies.

  • @annemukagasana2744
    @annemukagasana2744 Год назад +19

    Wamugabowe uvuga Amagambo y ubwenge 🙏💕💕

  • @gaudenceuwiringiyimana6277
    @gaudenceuwiringiyimana6277 Год назад +5

    This is my true story 90%!
    Neza neza pe.
    Mwakoze cyane

  • @nshimiyimanainnocent9138
    @nshimiyimanainnocent9138 Год назад +14

    Ahubwo bazashake ukuntu bashyiraho isomo mboneza mubano mumashuri

  • @uyisengachantal3452
    @uyisengachantal3452 Год назад +7

    U'r are amazing wamugabowe urarenze vrmnt wagirango Uba mungo zose peeee

  • @janetmuhawenimana828
    @janetmuhawenimana828 Год назад

    Waoh Sabin wakoze kuzana uyu mu papa ndamukunda cyane afite ubwenge bw'Imana muri we.
    Muduhe nber ze

  • @EsperanceMukarwego
    @EsperanceMukarwego Год назад +4

    Sha sabe uzana abantu bubwenge kbs akakantu nukuri abantu dukunda ubukwe kurenza urungo kuko haribyonshi ubona ariko ugasanga atinye amaso yababwiwe ko harubukwe uyumugabo ndamwemeye gusa byarangiye 😭

  • @bibikiki8437
    @bibikiki8437 Год назад +5

    Ikiganiro ciza cane
    Thanks Sabin
    Much thanks Mutumirwa 👌👍👏🇧🇮🇨🇦

  • @annickakimana477
    @annickakimana477 Год назад +4

    Ooh uyu mugabo ampay inyishu yikibazo canj vraiment 😊

  • @rurangwaoscar851
    @rurangwaoscar851 Год назад

    Nibyiza kubwiza ukuri uwo muzabana akamera ukuri nibyago cyane kubeshya uwo muzabana .ikindi ibintu birashakwa bikaboneka cyane iyo ubunebwe budahari.

  • @sugiranyembo7794
    @sugiranyembo7794 Год назад +5

    Iyo muvanze umutungo muba muvanze byose n'amadeni arimo. Nicyo kimwe no kuzungura uzungura azungura imitungo n'amadeni.

  • @mukantihinyuzwataussi147
    @mukantihinyuzwataussi147 Год назад

    Sugira Ibert Imana ijye iguha umugisha ibiganiro byawe biratwubaka cyane! ❤

  • @isabellecyuzuzo9727
    @isabellecyuzuzo9727 Год назад +1

    No comment uwampa aho nivuza ibikomere mfite naho urugo ni 0 😭😭 mbabara cyane ahubwo

  • @jmbwanandeke7995
    @jmbwanandeke7995 Год назад +3

    Nukuri Hubert, gushaka kwemeza abantu kandi nimugoroba baragenda ba critika decoration, ibiryoe ect.....,

  • @UwimanaOdille
    @UwimanaOdille Год назад

    Nukuri Sugira Uwiteka akomeze akwagure kd age aguh imigisha myinshi

  • @vanessaniyukuri8413
    @vanessaniyukuri8413 Год назад +1

    Sabin ndagushimiye cane kuru mukozi w'Imana utuzaniye arampezagira cane mubisazwe avuga umengo aba mu mitima ya bantu

  • @dadapascaline7844
    @dadapascaline7844 Год назад +1

    Njye byambayeho Sabin nahagaritse ubukwe nsigaje ukwezi 1 kuko narimaze kumenya uwo twari tujyiye kubana n'ubwo navuzwe cyane ariko ubu ndatuje kandi nababandi hasigaye babwirako nafashe umwanzuro wa nyawo ntampamvu yo gutinya ko bazakuvuga kuko urugamba uzarwana ujyezeyo uzaba uri wenyine ibyo byose muvuga nari nabicitemo uurenge narawukoze na Envitations nari narazitanze

    • @HubertSugira
      @HubertSugira Год назад

      Wabaye intwali cyane! Thanks for sharing your experience

    • @niyonemeraclarisse7015
      @niyonemeraclarisse7015 Год назад

      ​@@HubertSugirayou are so wise man ❤ I see 😢we have a problem of failing to make decisions.

    • @Akaculiza
      @Akaculiza Год назад

      ​@@HubertSugira wambabariye ukampa number yawe

  • @MushimiyimanaLouise-o6m
    @MushimiyimanaLouise-o6m Год назад +4

    Uyumu papa mukunda kubi❤❤❤❤❤❤

  • @MutoniSifa-k3t
    @MutoniSifa-k3t 9 месяцев назад

    Njye ampaye inimeroye nabagize umugisha koko mbona byarandenze ibyurugo rwanjye

  • @dorotheuwamaria5107
    @dorotheuwamaria5107 Год назад +5

    Mbaye uwa mbere☝️☝️ ka numve ikiganiro 👍👍

  • @frankmuramira-yt8gf
    @frankmuramira-yt8gf Год назад +2

    Ndabashimira knd cyane peee 🙏 umumbarize ese kwijira nagahe murakoze mugire amahoro

    • @HubertSugira
      @HubertSugira Год назад +1

      urabaza igiciro cyo gufata amasomo ya relationships? ubundi ni 500,000 kuri course yose, harimo ibikenerwa kwiga byose, ndetse na coffee break, na certificat …ariko hari ubundi buryo butandukanye bwo kwiahyura hari rwose nukuntu wabigenza ukiga nta mafaranga akuvuye mu mufuka…thrabaha amakuru yose arambuye vuba aha

  • @Niyoc250
    @Niyoc250 Год назад +6

    Good example ❤❤❤❤ ufite icyaka icupa ririho agatwe ka acid , wanywa 🎉🎉🎉🎉🎉🎉

  • @roseuwimana180
    @roseuwimana180 Год назад

    😁Reka mbasangize ibyo umuganga aba yiyumvira :burya yita cyane kubutabazi nikizere uwamusanze yamuhaye, numusaruro uri buvemo. Ikindi banyura mwishuli niyo mpamvu batangira stage kare bakora observations muma service. Iyo afite umutima woroshye abiviramo aho. Mukazi burya unabivuze bagufasha gukora ibyo ukunda ushoboye kurusha ibindi. Thank you.

  • @annonciatauwingabire3934
    @annonciatauwingabire3934 Год назад

    uruwambere ufite ukuri kinship ndagukunda❤❤❤

  • @charlottefuraha7108
    @charlottefuraha7108 Год назад +3

    Iyo mwasezeranye ibavanga mutungo
    Umufasha kwishyura ni myenda umusanganye.

  • @akimanasophie6992
    @akimanasophie6992 Год назад

    Cyakora wavugishije ukuri
    Uko Niko kuri bibaho cyane guhubuka up

  • @nyangomaalice8936
    @nyangomaalice8936 Год назад +5

    Thank you Man of God

  • @pascalineumwali7866
    @pascalineumwali7866 Год назад

    Ibyo uvuze ndabyemera cyane, ingo nyinshi rwose zubakiye kukibi 100%

  • @Nelly-fb8iw
    @Nelly-fb8iw Год назад +4

    Uyu mugabo yuje ubwenge Kandi asobanura neza ibintu gusa next time sabin uzamureke akore ikiganiro neza utamuca mwijambo kenshi plz

  • @uwicyezafrorence8755
    @uwicyezafrorence8755 Год назад +2

    Ariko hari nabandi bashumba ryose babakozi b'Imana kandi bafite nimbuto za gishumba

  • @heavenisrael1
    @heavenisrael1 Год назад +4

    Ikiganiro kiza cyane peeee ❤️

  • @Betty-Na-l4u
    @Betty-Na-l4u Год назад +2

    Sabin ndakuramukije caneee goseeeeee hamwe numutumire wawe,ndumva uyumu Papa yangirira Inama mfite ibibazo birenzeko murugo,nabuze icomfata nico nakora.😢

    • @sifayvonne9058
      @sifayvonne9058 11 месяцев назад

      Yooo impore disi uzamushake akugire inama

  • @emelynendikumwenayo9579
    @emelynendikumwenayo9579 Год назад +4

    Mumbabarire nibariz none ko muvuz ko uwudashatse kubera ibikomere runaka azisanga akeneye abiwe muri kazoza, ntabashaka ntibavyare? Ntibaronk abana? Ikindi guhitamwo twese twashaka vyiza ariko biragoye cane kumenya umuntu wimbere mumutima , rero numva vyose nugusenga Imana ikaduha Amaso abona ,ibindi vyo biragoye cane

    • @nirenganira8433
      @nirenganira8433 Год назад +1

      Bareke bavuge aha utagira umwana kandi yarashatse ababona nkabasazi. Nutabonye urugo akagera muri 48 atarabona umushira mumago akandi atampamvu yiyiziho ituma abengwa ababona nkabasazi.

  • @ndagijimanadominique4167
    @ndagijimanadominique4167 Год назад

    Ikiganiro cyiza cyane. Murakoze Sabin na Hubert umutumirwa. Imana ibahe umugisha. Umuryango mwiza ni ishingiro rya byose pe. Ku bw'amahirwe macye nkibonye nyuma aya masomo yiswe "Mastering relationship programm yararangiye". Ese ntabwo bizagaruka mu kindi gihe? Nibishoboka Yaduha numero ze tukazamushaka byumwihariko.

  • @kebeyasoalijennifere5514
    @kebeyasoalijennifere5514 Год назад +1

    💯 % 💯
    Mfite nibihamya bibyemeza

  • @muzirane
    @muzirane Год назад +1

    ❤❤ uyumu papa sabin wakozeee kumuzana ndamukunda❤❤❤

  • @NteziryayoPrisca-t4n
    @NteziryayoPrisca-t4n Год назад +2

    Ibyo uvuga nukuri kuzuye ingo nyinshi zipfira muri fiancalle pe
    Kd burya fiancalle niyo foundation yurugo benshi muri bakora divorce muri fiancalle baba barabonye ibimenyetso byuko bitazagenda neza bakabyirengagiza

    • @HubertSugira
      @HubertSugira Год назад

      abanyarwanda baravuga ngo umwana pfira mu iterura..thanks for listening

  • @IngabireRachel-mf6nb
    @IngabireRachel-mf6nb 8 месяцев назад

    Hubert kora ubuvugizi habeho aba councelors benshi nizo campain wavuze zukorwe abantu babagane nibura abo muzafasha nibimenya bazabasha kumenya compatibility zabo; naho ubundi some mariages hanze aha ni ikibazo biteye agahinda😭. Just due to lack of knowing who you you are and who to live with for the rest of life

  • @safarihakizimungu8437
    @safarihakizimungu8437 Год назад +4

    I can't wait for that

  • @debbiebhappy9299
    @debbiebhappy9299 Год назад

    Ivy'ingo n'Imana gusa kabisa. Kubwanje mbona ari ishure ridahera

  • @muhozajeniffer3445
    @muhozajeniffer3445 Год назад +2

    Uyumugabo ndamukunda cyane

  • @uweraallen7452
    @uweraallen7452 Год назад +18

    Ngewe sindabona igisobanuro cyurugo pe🤔 iwange harubwo mbona ari nko mwijuru bwacya kabiri nkabona arinko mumuriro🤔 ahaaa narumiwe

  • @Yvonne2nora
    @Yvonne2nora Год назад +1

    Nukuri uvuze ukuri iyaba abantu batarubaka babyumvaga bakabikurikiza Nukuri

  • @muhozaedith5347
    @muhozaedith5347 Год назад +1

    Imana idufashe guhitamo neza

  • @frederickmunyehirwe4691
    @frederickmunyehirwe4691 Год назад

    Sabin kuvanga umutungo bivuze kuvanga ibyo mutunze harimo n'amadeni (ibyitwa assets and liabilities), rero amadeni ni liabilities nayo murayafatanya.

  • @annonciatauwingabire3934
    @annonciatauwingabire3934 Год назад

    Wise man❤❤❤❤❤❤

  • @Umulisa44
    @Umulisa44 Год назад +1

    Neveu nkunda ukuri kwawe k,umuryango!

  • @uwiragiyevestine2846
    @uwiragiyevestine2846 Год назад +1

    Ibiganiro byanyu biratwubaka rwose pe. Ariko dufite ikifuzo ko wazaduhuriza Hubert na Benny bakaduha impanuro ari bombi kuko byadufasha kurusha. Umuryango mwiza ni ishingiro ryo kugira igihugu kiza kdi kiteje imbere.

  • @esthernkunda9941
    @esthernkunda9941 Год назад

    Anicet Niyomugabo uzamuzane Sabin Kubwimbabazi Z'Imana

  • @janenshimiyimana2924
    @janenshimiyimana2924 Год назад

    Urakoze chane ibyingobyo nibyinchi pe.

  • @godblessme7354
    @godblessme7354 Год назад +2

    Mwakoze kubw'ikiganiro kiza!
    Nonec, umuntu ukeneye Sugira Hubert byihutirwa yamukura hehe?

  • @awesomeman5155
    @awesomeman5155 Год назад +2

    Uyu mu papa ibyo avuga rwose nukuri pe.Nanjye haruwo nzi wagiye gushaka avuye hanze yari yarakunze ifoto ageze yo asanga uko umukobwa aboneka kuri pictures bitandukanye kure kandi baramaze kwiyandikisha mumurenge .Imusore aravuga ngo yabiherahe kumwanga ko bigeze kure.Ariko yakomezaga kuvugako ari igihano k'Imana ndetse nibindi byinshi .Ubu ntumbaze uko urwo rugo rubayeho nyuma yo kumva ikikiganiro mpise nibaza urwo rugo ibyo ruri kunyuramo.

  • @mkshyaka
    @mkshyaka Год назад +4

    Watching as the baby comes out is wring doctors shouldn’t allow it. Husband should be there to hold hand and support but not watch. I couldn’t do it without him holding me, it gave me courage. He was scared but so was I.

  • @god___is___love
    @god___is___love Год назад +1

    Hari abantu ubundi bakwiye kuyobora ministry of family Hubert sugira , pastor rutayisire &Madam batamuriza uherutse gukorana igikaniro na @roseTV show ibyo bavuga barabyumva neza 🎉ikibazo twe babwira turumva ? Nyagasani atwubakire ingo azuze amahoro & nurukundo

  • @ganzarachel3748
    @ganzarachel3748 Год назад

    uradukomeza pe inyigisho zawe ziradufasha Sugira

  • @IradukundaEmelyne-y1x
    @IradukundaEmelyne-y1x Год назад

    Sugira Hubert ndamwubaha nubwo tutarahura i love you ❤❤❤❤ Sabin nkunkunda impanuro ziwee❤

  • @solangeuwera6028
    @solangeuwera6028 Год назад +3

    Muzavuge no Kumwanda ngo Harabantu badakora Isuku Nukuri Mumakuru kumpande zombi Mumaguru kandi Kubigaragara utabibona

  • @yvonneayinkamiye7130
    @yvonneayinkamiye7130 Год назад +6

    Urugo nta formula rugira

  • @animusdonandiltd8764
    @animusdonandiltd8764 Год назад

    Sabin, abashakanye bavanga byose Pasif na Actif muvanga byose harimo nibyo mukiri ingaragu mwari mufite harimo n'amadeni

  • @alicenneza
    @alicenneza Год назад +1

    Uwa 3 hano, ka numve Hubert

  • @marieuwera1856
    @marieuwera1856 Год назад +2

    Dukeneye abanjyanama nkamwe hanzaha ingo zirarimbuka bulimunsi💐

  • @TelesphoreUzamukiza-ci9nz
    @TelesphoreUzamukiza-ci9nz Год назад +1

    Ufite inama nziza kbx najye wangirinama pe ndazikeneye

  • @NyirandikubwimanaLeatitia
    @NyirandikubwimanaLeatitia 4 месяца назад

    Mbega ikiganiro cyiza weee!! Umuntu yabona nimero yuyu mu papa gute?

  • @vumiliyajosiane1421
    @vumiliyajosiane1421 6 месяцев назад

    Nange nabonyeko urgo rutazaba rwiza nibukako umuntu watwereye invitation yazisohoye ndabyihorera none ubu naradevorushije

  • @jmbwanandeke7995
    @jmbwanandeke7995 Год назад

    Nukuri ni twemere kushaka abadufasha mu nibazo.

  • @mukashingirogaudencedarlen1086
    @mukashingirogaudencedarlen1086 Год назад +5

    thank you Sabin to invite this intelligent man

  • @KARUBERAAngelique
    @KARUBERAAngelique 3 месяца назад

    Ka mbinginge sabe uo mupasiteri mumpe nember ze hari ibibazo 3 nshakakumubaza kandi ndifuza igisubizo 1 ngewe nagize ikibazo mpitamo nabi uwange anyihishamo anyerekako ankunda kandi atankunda haribyoyampishe mbibonanyuma 2 iyo ushatse umugabo urwana akakubwira koazakwica inshuro nyinshi wakora iki 3 nikigishobora guhuranacyo murugo cyatuma uruvamo 4 nange sabe urugonarumazemo imyaka11 kandi suko na ibonaga ahubwo narinziko bizashira nikonibwiraga ariko byageze kurirevo ikomeze ndamuhunga ariko ntiturakora divorce ndashakango angire inama

  • @uwizeyeliliane4502
    @uwizeyeliliane4502 Год назад +1

    Imitima yabantu irarushye mwabantu mwe

    • @HubertSugira
      @HubertSugira Год назад

      yego hari abantu benshi bananiwe, ariko ikiza ni uko hariho ibisubizo

  • @sophieuwingeneye9023
    @sophieuwingeneye9023 11 месяцев назад

    Ibyo bintu bya credit bizana amakimbirane cyane pe. Niyo umuntu ayatse bari kumwe (barashakanye) Hari igihe umwe Yanga gufasha mugenzi we kwishyura

  • @ukamanzisolange1990
    @ukamanzisolange1990 Год назад

    Nonese pastor wamaze kurugeramo ukabona ntimuri kumvikana niyihe nama wamugira kugirango ugarure urugo rwawe

    • @HubertSugira
      @HubertSugira Год назад +1

      Byaterwa n’impamvu ituma mutumvikana…kuko ntago ibibazo byose bigira igisubizo kimwe

  • @UwarugiraBrigitte
    @UwarugiraBrigitte 7 месяцев назад

    Mwiriwe uwo mugabo ndamukunda ukeneye ubujyanama bumuturutseho yamubona gute?

  • @emelynendikumwenayo9579
    @emelynendikumwenayo9579 Год назад +1

    Nukuri wumve ko ubuzima bubi ntamuntu yobujamwo abwipfuza, nubwo harabagenda bahunze ivyo barimwo biranashika akisanga mubiganza vyiza , numva noshima ikiganiro caane .

    • @HodariaPrisca
      @HodariaPrisca Год назад

      Niko bimeze pe ,na nge nunva ntashaka aho n

  • @delphinemusabyimana8964
    @delphinemusabyimana8964 9 месяцев назад

    Nkunda umuntu uvuga ukuri uko kuri.

  • @mamiespe9843
    @mamiespe9843 Год назад +1

    Wamugabo we urumunyabwenge ibyurikuvuga byose nukuri

    • @HubertSugira
      @HubertSugira Год назад +1

      thanks for listening

    • @mamiespe9843
      @mamiespe9843 Год назад +1

      ​@@HubertSugira Imana ikongerere ubwenge uradufasha cyaneee imigisha imeze nkimvura ikubeho nabawe

  • @nshimiyimanainnocent9138
    @nshimiyimanainnocent9138 Год назад +1

    Oh byiza cyane pe turagukunze

  • @christineimani5523
    @christineimani5523 Год назад +1

    Turakwakiriye mwarimu wacu

  • @uyisengachantal3452
    @uyisengachantal3452 Год назад +2

    Uvuze ukunu wanyoye vinegre nibuka ukunu nange nahurudutse nkankwa amavuta nkagotomera ngirango ni juice irimukabido hhhhhhh

  • @phildenkuriza5323
    @phildenkuriza5323 Год назад +2

    Sabin je ne suis pas d'accord avec toi à ce point, uhakanye numuntu afite crédit Kandi yarabibwiye mbere Yuko mubana mwarangiza mu kavanga umutungo iyo crédit muba muyifatanyije mwembi sinon umuretse ngo yishyure wenyine haba hajemo égoïsme,à moins que mwaba mutaravanze umutungo %

  • @alicekayihura3845
    @alicekayihura3845 Год назад +1

    None Hubert proffession ye ni iyihe atandukaniyehe naba psychologues?

    • @HubertSugira
      @HubertSugira Год назад

      ntago ndi umu pyschologue ndi relationship coach

  • @mimibe4206
    @mimibe4206 Год назад +4

    Eeh Niyompamvu ntashobora gutuma umugabo wanjye ya assister accouchement zanjye , ambahafi mugihe ntegereje,ariko igihe cyokubyara. , ntabwo ari son rôle ! Agaruka a coupa cordon akonjyera agasohoka !!!
    Mpora mbibwira Inshuti peee! Umugabo ntacyo amara mugusohoka kwa bébé peeee!

    • @Imuhiraa
      @Imuhiraa Год назад +1

      Sha ubuse njye nkibigaruriyehe? kombyara andeba burikimwe ndumva ngize akantu kokwicuza

    • @mimibe4206
      @mimibe4206 Год назад +1

      @@Imuhiraa Niba ntacyo byamuhinduye ,nomuri sentiments kuriwowe namahirwe 🙏🏾
      Ariko sibyiza pe njye numvako akazike karangira igihe umwana agiye gusohoka ,ahasigaye nahumubyeyi naba Ganga pe ! Tuba hanze yu Rda ntawundi tuba Turikumwe ,numva Nanjye ubwanjye ntikunze ukombameze nkajya no kwereka umugabo cette cote 🤦🏽‍♀️🤦🏽‍♀️🤦🏽‍♀️🤦🏽‍♀️🤦🏽‍♀️🤣🤣🤣

    • @lucillekankazi8073
      @lucillekankazi8073 Год назад +1

      Kuki se atumvako ibyo urimo kunyuramo nawe abifitemo uruhare? Asyiii uziko mwabagize ibitambambuga?

    • @mimibe4206
      @mimibe4206 Год назад

      @@lucillekankazi8073 Buriwese afite uko yumva ibintu !!!Kuki Imana atariyo yahaye gutwita nokubyara ? Nakubwira iki ahubwo ntuzajye kwamuganga uzagume murugo akubyaze 😅c’est aussi simple que ça 🤗

    • @joellemukunde1912
      @joellemukunde1912 Год назад

      nibyiza ko uvuga kucyokujyana kubyara : icyangombwa nuko umuntu yumva mugenzi we . Birashoboka ko umugabo agukomeza uriho ubyara kuko ijwi rye urimenyereye kandi numwana munda nuko... mugire attention mutibuza amahirwe mwanga ko abagabo banyu babaherekeza🤔

  • @queebelizabeth9232
    @queebelizabeth9232 Год назад +1

    3:36

  • @emelynendikumwenayo9579
    @emelynendikumwenayo9579 Год назад +1

    Vyukuri ntamuhinga wiyi si hari nabavyaye benshi ariko babapfushij Bose , nukuri nkunda ibiganiro vyisimbi tv, ariko iki co kije gukora munkovu ababaye nkumpande zitandukanye pe ,nyakubahwa wagize amahirwe kugira urugo rwiza, ariko da wagonvye gutahura ko abisanze mumakuba ataruko bari bayakunze mugenzi

  • @EvaNiyomwungere
    @EvaNiyomwungere Год назад

    Ni yesu gusa

  • @gitegatvshow
    @gitegatvshow Год назад +1

    🤝🤝

  • @UHAGAZEMarieLouise
    @UHAGAZEMarieLouise Год назад

    Frw azishyurwa kugirango umuntu atangire kwiga Ni angahe?

    • @HubertSugira
      @HubertSugira Год назад

      vuba rwose turaza kubaha amakuru yose nuburyo bwo kwiyandikisha…hari n’uburyo buhari wabasha kwiga nta mafaranga utanze😉! stay tuned

    • @murangiradoriane9875
      @murangiradoriane9875 Год назад

      Good

    • @AkimpayeAlice
      @AkimpayeAlice Год назад

      Nanjye nkeneye kwiga Uburyo nabasha kuzamenya Uwo tuzubakana Urugo rwiza ndetse tukagira Umuryango mwiza❤Muzaduhe Umuronko ❤

  • @balancedlifetv
    @balancedlifetv Год назад +2

    Yewe byumvuhore ni mwene icecekere, ijoro ribara uwariraye n' uwarirwanye 💔💔

    • @inezanoella427
      @inezanoella427 Год назад

      Hahahhaha habaye iki gituma uvuga ngo ijoro ribara uwariraye koko ?

  • @AntoinetteMuka
    @AntoinetteMuka Год назад

    Amasoye ndabonasanumuntu taruhukaneza