Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Icya cumi ntikibaho bwana Dr. Aburaham kiriya cya cumi yahaye Melkisedeki hari kumpamvu yuko iriya region yose ya Mesopotamia kiriya gihe yatangaga icya cumi ku imana zabo. Nawe abikora mu rwego rumwe nabo nkp gushima Melkisedeki. Icya cumi ubu ntabwo kibaho ntimukabeshye abantu. Umwami wese agomba guturwa, uno munsi umwami wacu ni Yesu, rero tugomba kumutura uko dushobojwe kandi mu rukundo n'umuzero. Ayo utanga yose ntakibazo rwose! ikibi n'ukudatanga kandi wabonye umugisha. Umu Kristu wese atanga icya cumi nk'itegeko akaba adakurikiza neza yariya mategeko yose 613 uwo aravumwe. Abagalatiya 3:10.
Shuti ndumurndi urakoze cyane.Kumagambo yawe ni mazima.Ubwoharaho ntasobanukirwa.Aburahamu yagitanze muminyago.Suko aribyoyaronse mumiruho ye.Niminyago yanyaze.
Urakoze cyane urahageze rwose
Uyo mukozi w’Imana Yagize neza ariko nawe hariho ivyo ataramenya.Murabe ibiganiro twakoze kuri ico kibazo c’icacumi hama muzomuhamagare tugirane ikiganiro kuri zoom.Twebwe turi America.Murakoze
Mukozi wimana.kubwogusobanura nezaIMANA iguhe.umugisha
Dr urakoze cyane uhabwe umugishaNubundi aho guhishurirwa katari abantu bigira ibyigege
Ubuse icyacumi kiryabande ko Yesu Kristo ariwe mutambyi mukuru
Bravo kuri Impuhwe Tv, uyu Dr Samuel mujye mutumira cyane aradufasha, icyakora ni Dr koko inyigisho ze ziba zicukumbuye! Imana Imuhe umugisha mwinshi. Icya 10 ni ngombwa! Nibwo kugikiranukaho bitoroshye arko Imana izajya idushoboza!
IMANA ibahe umugishaGusa journaliste ubutaha ajye areka uvuga arangize abone kubaza.
Uzabaze usobanukirwe uwitwa Melkisedeki wakiriye kimwe mw'icumi cya Abrahamu itangiriro:14:19,20
Urabeshye kandi nutihana NGO uhinduke Imana izobikubaza.
Dr arakoze cyane ndasobanukiwe sinzongera gushidikanya kugitanga
Umunyamakuru arihuta cyane nta patience agira yo gutega amatwi ngo yumve ibyo Dr avuga 🤦♀️
Muhabwe umugisha benedata, Nabazaga ese icyacumi kimaze iki murugendo rujya mu ijuru?Kuko igihe cyose numva abigisha kucyacumi ndetse na dr niko yakivuze bacyigisha nk'igishoro kugira ngo twunguke ibyo mu isi. Dr yahise anatanga urugero rwo guhimba (indyanyi), mbese twagombye gutanga icyacumi nk'ubuhungiro bw'ibyago?
Dr Imana iguhe umugisha mwinshi ndize cyane Ahubwo siite y iki kiganiro irihe??
Ibisobanuye neza comme il faut. Que Dieu te bénisse Docteur.
Bwana Munyamakuru, iyo watumiye umuntu uba waramuhaye Subject, akayikoraho ubushakashatsi kugirango ataza gukotora, ujye umuha umwanya abanze aganire kuri topics hanyuma ubone kumubaza.
Dr. Isezerano rya cyera ryatangiye ryari?
Dr Byiringiro ndagukunda Cyane kuko wuzuye umwuka wera w,Imana kdi mwakoze kutwigisha icyacumi
Byiza cyane rwose!
Murakoze cyane
Thx Doctor be blessed alot with your family
Aburahamu yatanze icacumi kangahe wisunze Bibiliya bwana docteur?
Aburahamu yagitanze 1 Kandi nticyabuye mubyo atunze cyavuye mubyo yanyaze
Uyu munyamakuru aransekeje, ndagira ngo nkumenyeshe ko amadini menshi ari imiryango iharanira inyungo $$$ inoti we, niyo mpamvu amaturo n'ibyacumi bitavaho kandi ntawe uzakwigisha icyacumi cy'abakene
Ikindi mbaza, kubera iki prémisses (imishuzo) ku vyeze yoyo amadini ariko avyigisha nka lois, ikindi ngo ntibaze mu nsengero batazanye amafaranga nka lois, or iryo tegeko ryabayeho mu gihe ca Mose kandi naho nyene havugwa ivyo kurya (food) n'ibitungwa(livestock)?
Nibyo pe Uzi Imana pe uravuga ukuri gusa
Ntacyacyumi kikibaho abaheburayo 7 : 6 -9.
Uyu munyamakuru akwiye gusubira kw ishure
None se byanditswehe ko uko aburahamu yabigenje ariko natwe tugomba kubigenza niba atari itegeko? Bivuze ko ibyo Abrahamu yakoze natwe dutegetswe kubikora? Aburahamu yagitanze kuko Iwabo icyacumi cyari umuco w'Iwabo. Mbesw twe Abizera nihe tusabwa gukora nka Abrahamu?
Ubutaha muzadusobanulire igihe cy,Ubuntu tulimo.
None Abrahamu na Yakobo ko yagiyanze abalewi babaga bari nabahe name haraho udasobanukiwe
Ikindi ndavye abanyamadini namwe mukora businesses, n'ubundi buzi bubahemba bubabeshaho n'imiryango yanyu, ni gute mugaruka mukumva ko mukwiye gutungwa n'ivyacumi? Ese kuki benshi bagaruka bakigisha ko icacumi kibwirizwa gutangwa mu rusengero,nimba koko ari uburongozi bwa Mwuka Wera gutanga, kandi bigakorwa n'uwahishuriwe Kristo, mbega ni kuki mutoreka umuntu agatanga nk'uko abwirijwe na Kristo?
Kimwe mu icumi cyabwaga Abarewi kandi #Abarewi ni abakomotse kuri Lewi. Ubu Abarewi ntabakibaho.
Murakoze ku bisobanuro kuli 1/10
Yesu ashimwe umuntu yabonate inomero zuwo mu pr
Murakoze
Ariko ugyureka umuntu ubajije asobanure
urabensyhe ntacya buricyumweru cygeze kubaho icyuvuze kwaricyumujyango wiriragase
Icacumi ntikibaho mw'isezerano rishasha
Urihuta ntiwumviriza umutumire ba ubanza utekereze uramurogoya
Aramurogoya kyane
Impamvu bifatwa nk'umusoro n'uko iyo utagitanga icyacumi bagufungira amasakramentu
Dr read well your Bible. God requires us to give but not with specific amount . Nonese turi Abraham..
Nta police ariko abazana wikita igitutu
Icyacumi gihabwa nde?
Nubwo mugisubijeho ariko mukosore ikibazo cy' impandikire . Mwandika amakosa menshi muri Titre zibiganiro mutanga . UHEREYE kuri iki nibindi byakibanjirije . It's 2 much
Murakoze turabikosora
Mutwihanganire iki kiganiro cyari cyasibamye by accident. Niyo mpamvu mutabona views na comments zariho. Tugisubijeho
Icya cumi ntikibaho bwana Dr. Aburaham kiriya cya cumi yahaye Melkisedeki hari kumpamvu yuko iriya region yose ya Mesopotamia kiriya gihe yatangaga icya cumi ku imana zabo. Nawe abikora mu rwego rumwe nabo nkp gushima Melkisedeki.
Icya cumi ubu ntabwo kibaho ntimukabeshye abantu. Umwami wese agomba guturwa, uno munsi umwami wacu ni Yesu, rero tugomba kumutura uko dushobojwe kandi mu rukundo n'umuzero. Ayo utanga yose ntakibazo rwose! ikibi n'ukudatanga kandi wabonye umugisha.
Umu Kristu wese atanga icya cumi nk'itegeko akaba adakurikiza neza yariya mategeko yose 613 uwo aravumwe. Abagalatiya 3:10.
Shuti ndumurndi urakoze cyane.
Kumagambo yawe ni mazima.
Ubwoharaho ntasobanukirwa.
Aburahamu yagitanze muminyago.
Suko aribyoyaronse mumiruho ye.
Niminyago yanyaze.
Urakoze cyane urahageze rwose
Uyo mukozi w’Imana Yagize neza ariko nawe hariho ivyo ataramenya.
Murabe ibiganiro twakoze kuri ico kibazo c’icacumi hama muzomuhamagare tugirane ikiganiro kuri zoom.Twebwe turi America.
Murakoze
Mukozi wimana.kubwogusobanura nezaIMANA iguhe.umugisha
Dr urakoze cyane uhabwe umugisha
Nubundi aho guhishurirwa katari abantu bigira ibyigege
Ubuse icyacumi kiryabande ko Yesu Kristo ariwe mutambyi mukuru
Bravo kuri Impuhwe Tv, uyu Dr Samuel mujye mutumira cyane aradufasha, icyakora ni Dr koko inyigisho ze ziba zicukumbuye! Imana Imuhe umugisha mwinshi. Icya 10 ni ngombwa! Nibwo kugikiranukaho bitoroshye arko Imana izajya idushoboza!
IMANA ibahe umugisha
Gusa journaliste ubutaha ajye areka uvuga arangize abone kubaza.
Uzabaze usobanukirwe uwitwa Melkisedeki wakiriye kimwe mw'icumi cya Abrahamu itangiriro:14:19,20
Urabeshye kandi nutihana NGO uhinduke Imana izobikubaza.
Dr arakoze cyane ndasobanukiwe sinzongera gushidikanya kugitanga
Umunyamakuru arihuta cyane nta patience agira yo gutega amatwi ngo yumve ibyo Dr avuga 🤦♀️
Muhabwe umugisha benedata,
Nabazaga ese icyacumi kimaze iki murugendo rujya mu ijuru?
Kuko igihe cyose numva abigisha kucyacumi ndetse na dr niko yakivuze bacyigisha nk'igishoro kugira ngo twunguke ibyo mu isi.
Dr yahise anatanga urugero rwo guhimba (indyanyi), mbese twagombye gutanga icyacumi nk'ubuhungiro bw'ibyago?
Dr Imana iguhe umugisha mwinshi ndize cyane
Ahubwo siite y iki kiganiro irihe??
Ibisobanuye neza comme il faut. Que Dieu te bénisse Docteur.
Bwana Munyamakuru, iyo watumiye umuntu uba waramuhaye Subject, akayikoraho ubushakashatsi kugirango ataza gukotora, ujye umuha umwanya abanze aganire kuri topics hanyuma ubone kumubaza.
Dr. Isezerano rya cyera ryatangiye ryari?
Dr Byiringiro ndagukunda Cyane kuko wuzuye umwuka wera w,Imana kdi mwakoze kutwigisha icyacumi
Byiza cyane rwose!
Murakoze cyane
Thx Doctor be blessed alot with your family
Aburahamu yatanze icacumi kangahe wisunze Bibiliya bwana docteur?
Aburahamu yagitanze 1 Kandi nticyabuye mubyo atunze cyavuye mubyo yanyaze
Uyu munyamakuru aransekeje, ndagira ngo nkumenyeshe ko amadini menshi ari imiryango iharanira inyungo $$$ inoti we, niyo mpamvu amaturo n'ibyacumi bitavaho kandi ntawe uzakwigisha icyacumi cy'abakene
Ikindi mbaza, kubera iki prémisses (imishuzo) ku vyeze yoyo amadini ariko avyigisha nka lois, ikindi ngo ntibaze mu nsengero batazanye amafaranga nka lois, or iryo tegeko ryabayeho mu gihe ca Mose kandi naho nyene havugwa ivyo kurya (food) n'ibitungwa(livestock)?
Nibyo pe Uzi Imana pe uravuga ukuri gusa
Ntacyacyumi kikibaho abaheburayo 7 : 6 -9.
Uyu munyamakuru akwiye gusubira kw ishure
None se byanditswehe ko uko aburahamu yabigenje ariko natwe tugomba kubigenza niba atari itegeko? Bivuze ko ibyo Abrahamu yakoze natwe dutegetswe kubikora? Aburahamu yagitanze kuko Iwabo icyacumi cyari umuco w'Iwabo. Mbesw twe Abizera nihe tusabwa gukora nka Abrahamu?
Ubutaha muzadusobanulire igihe cy,Ubuntu tulimo.
None Abrahamu na Yakobo ko yagiyanze abalewi babaga bari nabahe name haraho udasobanukiwe
Ikindi ndavye abanyamadini namwe mukora businesses, n'ubundi buzi bubahemba bubabeshaho n'imiryango yanyu, ni gute mugaruka mukumva ko mukwiye gutungwa n'ivyacumi? Ese kuki benshi bagaruka bakigisha ko icacumi kibwirizwa gutangwa mu rusengero,nimba koko ari uburongozi bwa Mwuka Wera gutanga, kandi bigakorwa n'uwahishuriwe Kristo, mbega ni kuki mutoreka umuntu agatanga nk'uko abwirijwe na Kristo?
Kimwe mu icumi cyabwaga Abarewi kandi #Abarewi ni abakomotse kuri Lewi. Ubu Abarewi ntabakibaho.
Murakoze ku bisobanuro kuli 1/10
Yesu ashimwe umuntu yabonate inomero zuwo mu pr
Murakoze
Ariko ugyureka umuntu ubajije asobanure
urabensyhe ntacya buricyumweru cygeze kubaho icyuvuze kwaricyumujyango wiriragase
Icacumi ntikibaho mw'isezerano rishasha
Urihuta ntiwumviriza umutumire ba ubanza utekereze uramurogoya
Aramurogoya kyane
Impamvu bifatwa nk'umusoro n'uko iyo utagitanga icyacumi bagufungira amasakramentu
Dr read well your Bible. God requires us to give but not with specific amount . Nonese turi Abraham..
Nta police ariko abazana wikita igitutu
Icyacumi gihabwa nde?
Nubwo mugisubijeho ariko mukosore ikibazo cy' impandikire . Mwandika amakosa menshi muri Titre zibiganiro mutanga . UHEREYE kuri iki nibindi byakibanjirije . It's 2 much
Murakoze turabikosora
Mutwihanganire iki kiganiro cyari cyasibamye by accident. Niyo mpamvu mutabona views na comments zariho. Tugisubijeho
Dr Byiringiro ndagukunda Cyane kuko wuzuye umwuka wera w,Imana kdi mwakoze kutwigisha icyacumi