Amoko y'icyacumi n'uburyo gitangwa
HTML-код
- Опубликовано: 19 июн 2020
- Nyuma Yuko abantu benshi bansabye kubafasha gusobanukirwa icyacumi (1/10). Dr Samuel yasobanuye icyacumi Niki? Gihabwa nde? Gitangirwa hehe?
Yakebuye nabapasitoro bacyaja abakirisito nk'umusoro kugirango bibonere imishahara.
Subscribe and share
#IMPUHWETV #0788459632
Ubuse icyacumi kiryabande ko Yesu Kristo ariwe mutambyi mukuru
Urakoze cyane urahageze rwose
Mukozi wimana.kubwogusobanura nezaIMANA iguhe.umugisha
Dr urakoze cyane uhabwe umugisha
Nubundi aho guhishurirwa katari abantu bigira ibyigege
Gusa ikibazo abantu bafite ntibita ku Ijambo ry'Imana ngo barisome Umwuka abahishurire basobanukirwe iby'Ubwami bw'Imana barimo ahubwo usanga bagwa mu mutego wo kugendera kuri opinions z'abantu nyamara Umwami Yesu ntiyasibye kubwira abantu ko nibaguma mu Ijambo rye bazamenya Ukuri kukababatura. Ikindi bigaragara ko uwo munyamakuru yakomerekeye mu nzu y'Imana ku buryo byamuhumye amaso bituma ntakiza abona mu bakozi b'Imana kandi ntamenye ko dukorera Imana mu bantu bayo. Dukwiye kumenya ubwami bw'Imana n'amahame yabwo kandi ntiwabihishurirwa udakunda kwita ku Ijambo ry'Imana. Dr Byiringiro Imana imuhe umugisha yabidusobanuriye neza kandi n'umunyamakuru nawe ahabwe umugisha kubwa sujet nziza yazanye ntekereza benshi basobanukiwe. Umukiza abe hamwe namwe.
Urabeshye kandi nutihana NGO uhinduke Imana izobikubaza.
Uzabaze usobanukirwe uwitwa Melkisedeki wakiriye kimwe mw'icumi cya Abrahamu itangiriro:14:19,20
Umunyamakuru arihuta cyane nta patience agira yo gutega amatwi ngo yumve ibyo Dr avuga 🤦♀️
Icya cumi ntikibaho bwana Dr. Aburaham kiriya cya cumi yahaye Melkisedeki hari kumpamvu yuko iriya region yose ya Mesopotamia kiriya gihe yatangaga icya cumi ku imana zabo. Nawe abikora mu rwego rumwe nabo nkp gushima Melkisedeki.
Icya cumi ubu ntabwo kibaho ntimukabeshye abantu. Umwami wese agomba guturwa, uno munsi umwami wacu ni Yesu, rero tugomba kumutura uko dushobojwe kandi mu rukundo n'umuzero. Ayo utanga yose ntakibazo rwose! ikibi n'ukudatanga kandi wabonye umugisha.
Umu Kristu wese atanga icya cumi nk'itegeko akaba adakurikiza neza yariya mategeko yose 613 uwo aravumwe. Abagalatiya 3:10.
Dr arakoze cyane ndasobanukiwe sinzongera gushidikanya kugitanga
Muhabwe umugisha benedata,
Nabazaga ese icyacumi kimaze iki murugendo rujya mu ijuru?
Kuko igihe cyose numva abigisha kucyacumi ndetse na dr niko yakivuze bacyigisha nk'igishoro kugira ngo twunguke ibyo mu isi.
Dr yahise anatanga urugero rwo guhimba (indyanyi), mbese twagombye gutanga icyacumi nk'ubuhungiro bw'ibyago?
Dr Imana iguhe umugisha mwinshi ndize cyane
Ahubwo siite y iki kiganiro irihe??
Bravo kuri Impuhwe Tv, uyu Dr Samuel mujye mutumira cyane aradufasha, icyakora ni Dr koko inyigisho ze ziba zicukumbuye! Imana Imuhe umugisha mwinshi. Icya 10 ni ngombwa! Nibwo kugikiranukaho bitoroshye arko Imana izajya idushoboza!
IMANA ibahe umugisha
Gusa journaliste ubutaha ajye areka uvuga arangize abone kubaza.
Byiza cyane rwose!
Uyu munyamakuru aransekeje, ndagira ngo nkumenyeshe ko amadini menshi ari imiryango iharanira inyungo $$$ inoti we, niyo mpamvu amaturo n'ibyacumi bitavaho kandi ntawe uzakwigisha icyacumi cy'abakene
Dr Byiringiro ndagukunda Cyane kuko wuzuye umwuka wera w,Imana kdi mwakoze kutwigisha icyacumi
None Abrahamu na Yakobo ko yagiyanze abalewi babaga bari nabahe name haraho udasobanukiwe
Murakoze cyane
Thx Doctor be blessed alot with your family
Nibyo pe Uzi Imana pe uravuga ukuri gusa
Bwana Munyamakuru, iyo watumiye umuntu uba waramuhaye Subject, akayikoraho ubushakashatsi kugirango ataza gukotora, ujye umuha umwanya abanze aganire kuri topics hanyuma ubone kumubaza.
Ubutaha muzadusobanulire igihe cy,Ubuntu tulimo.
Uyu munyamakuru akwiye gusubira kw ishure
Ikindi mbaza, kubera iki prémisses (imishuzo) ku vyeze yoyo amadini ariko avyigisha nka lois, ikindi ngo ntibaze mu nsengero batazanye amafaranga nka lois, or iryo tegeko ryabayeho mu gihe ca Mose kandi naho nyene havugwa ivyo kurya (food) n'ibitungwa(livestock)?
Ikindi ndavye abanyamadini namwe mukora businesses, n'ubundi buzi bubahemba bubabeshaho n'imiryango yanyu, ni gute mugaruka mukumva ko mukwiye gutungwa n'ivyacumi? Ese kuki benshi bagaruka bakigisha ko icacumi kibwirizwa gutangwa mu rusengero,nimba koko ari uburongozi bwa Mwuka Wera gutanga, kandi bigakorwa n'uwahishuriwe Kristo, mbega ni kuki mutoreka umuntu agatanga nk'uko abwirijwe na Kristo?
Kimwe mu icumi cyabwaga Abarewi kandi #Abarewi ni abakomotse kuri Lewi. Ubu Abarewi ntabakibaho.
Ibisobanuye neza comme il faut. Que Dieu te bénisse Docteur.
Ariko ugyureka umuntu ubajije asobanure
urabensyhe ntacya buricyumweru cygeze kubaho icyuvuze kwaricyumujyango wiriragase
Icacumi ntikibaho mw'isezerano rishasha
Impamvu bifatwa nk'umusoro n'uko iyo utagitanga icyacumi bagufungira amasakramentu
Murakoze ku bisobanuro kuli 1/10
Yesu ashimwe umuntu yabonate inomero zuwo mu pr
Murakoze
Urihuta ntiwumviriza umutumire ba ubanza utekereze uramurogoya
Aramurogoya kyane
Aburahamu yatanze icacumi kangahe wisunze Bibiliya bwana docteur?
Aburahamu yagitanze 1 Kandi nticyabuye mubyo atunze cyavuye mubyo yanyaze
Icyacumi gihabwa nde?
Nta police ariko abazana wikita igitutu
Mutwihanganire iki kiganiro cyari cyasibamye by accident. Niyo mpamvu mutabona views na comments zariho. Tugisubijeho
Nubwo mugisubijeho ariko mukosore ikibazo cy' impandikire . Mwandika amakosa menshi muri Titre zibiganiro mutanga . UHEREYE kuri iki nibindi byakibanjirije . It's 2 much
Murakoze turabikosora
Dr read well your Bible. God requires us to give but not with specific amount . Nonese turi Abraham..
Dr Byiringiro ndagukunda Cyane kuko wuzuye umwuka wera w,Imana kdi mwakoze kutwigisha icyacumi