TWESE TURARIZE🥲| NTAKINTU NAKIMWE KIBI NTABONYE MURUGO RWANJYE🥲|IMYAKA8 MBABAZWA| NIMWIHANGANE|

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 18 окт 2024
  • Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950

Комментарии • 98

  • @ROSETVSHOW
    @ROSETVSHOW  Год назад +5

    ruclips.net/video/E1ajShAYBzU/видео.html 0783 008 951 ushaka Mama noella

  • @iyubakukiretv8580
    @iyubakukiretv8580 Год назад +51

    Ntihakagire uwigisha undi kwihangana cyangwa kutihangana mu ngo. Abantu baratandukanye bitewe nuko baremye nuko barezwe: Ibibazo nabyo biranyuranye nta kuvuga muri rusange. Uzashobora kwihangana azabikore, utabishoboye nawe yiziture rwose buri wese afite ukuri kwe! Ibyo umwe yakwihanganira sibyo undi wese yakwihanganira! Icy'ingenzi ni ukwiyumva ugakurikira umutimanama wawe. Gusa uzirinde gupfa uhagaze nkuko bivugwa!

    • @nmnteamdknn8405
      @nmnteamdknn8405 Год назад +4

      Ari.kuvuga uko bible ivuga... nubundi udakurikije bible ntaco utarekuriwe gukora... wabuzwa niki... ariko abubahw Imana hari amategeko abagenga

    • @umutoniwaserachel1608
      @umutoniwaserachel1608 Год назад

      No uvuga muri rusange noneho umuntu agakuramo ibye

    • @mukamurenzifrancine3445
      @mukamurenzifrancine3445 Год назад +5

      Umuntu ababazwa ukwe ntabwo umuhoro waguhora hejuru ngo uvugeko byose wahuye nabyo

    • @yvonneayinkamiye7130
      @yvonneayinkamiye7130 Год назад +3

      Suko x sha abantu imitima yabo iratandukanye

    • @dianeteta6057
      @dianeteta6057 Год назад +1

      @Iyubake ukire TV uko nukuri 🙏💕

  • @mbabazifabiola5371
    @mbabazifabiola5371 Год назад +28

    Nkunda ukuntu Rose utega amatwi umutumirwa byerekanako urumugore w'umutima knd ukunda abantu💓

    • @ninapolo957
      @ninapolo957 Год назад +2

      Aciye bugufi kandi aritonda Rose hejuru cane nkunda ibiganiro vyawe ntakincika.

    • @imanairiho5566
      @imanairiho5566 Год назад +1

      Wagira ngo ni umu psychologue

    • @lolitaimena9782
      @lolitaimena9782 Год назад

      Cyaneeeee ndamukunda pe

  • @akezakacuheaven3808
    @akezakacuheaven3808 Год назад +9

    Ndagukunze Madame ufite ibitekerezo byubaka. Sha abagabo bubu babayibirara
    Buzuye uburara gusa. Utanywa inzoga numusambanyi, ibiyobyabwenge ,ubutinganyi puuuu
    Kuvuganabi ,umushiha

    • @mignonneirakoze6838
      @mignonneirakoze6838 Год назад +2

      Kuvuga nabi n umushira birandambiye😢

    • @buteragrace6052
      @buteragrace6052 Год назад

      @@mignonneirakoze6838 ushobora gusanga aribukene buri kubimutera gusa ujye usenga bizashira

  • @nagabajoseline7133
    @nagabajoseline7133 Год назад +6

    Ohhhh amazing woman.
    Kwihangana bitera kunesha.
    Urakoze Rose kutuzanira umuntu utwubaka.

  • @ngabojoel4752
    @ngabojoel4752 Год назад +6

    Our Rose you look great in colors you are wearing and mama Noella is a super human being alive may our good lord bless her in all she puts her hands on

  • @jenniferuwera327
    @jenniferuwera327 Год назад +9

    Mama buri muntu agira icyo yihanganira undi atabasha nukavuge ngo nibishoboka birashoboka kd wagize amahirwe yuko umugabo ahinduka ark hari abadahidika murigisha nibyo ark mugira nogukomeretsanya mujye muba careful mubyo mudakora buri muntu ashaka akeneye kubaka kd cyane.

  • @rebeccauwagirinka8975
    @rebeccauwagirinka8975 Год назад +7

    Ntabwo Imana yaremye inkoko,isamake ngo ziribwe.Ibyo byaje nyuma Adam amaze gucumura.
    Abantu baremewe kurya ibimera.

  • @tetajulianah5624
    @tetajulianah5624 Год назад +2

    urimwiza knd urakoze mama. uranyubaka peee kandi watumye mpindura intecyerezo zange

  • @Godsavestv
    @Godsavestv Год назад

    Moses ni we wabivuze. Murakoze cyane kutuganiriza mubyeyi.

  • @violetkabarenzi8102
    @violetkabarenzi8102 Год назад +2

    Hari abamama benshi bitanira abana babo niyo Batana na bagabo cyangwa abagabo baphuye Kandi bakitwara neza. Tubibashimire.

  • @mukabazigasauda3713
    @mukabazigasauda3713 Год назад +3

    Murakoze cyane,narindi muriyo nzira,ariko !!!!!

  • @floridegahimbare3275
    @floridegahimbare3275 Год назад +1

    Uwahuye nibibazo nyabibazo ntaza kubivuga aho kuri RUclips.nibazako muri mukazi kandi mukomerezaho nibazako abagabo atabo muzi. Umukenyezi wese uko yubatse kwose ndazi nintwari.iyo yubashe Imana bikarusha kuko arongorwa na Mpwemu wImana.mwisengere gusa bavyeyi nayo abagabo ni bagari cane

  • @mireilleniyigena5584
    @mireilleniyigena5584 Год назад +1

    Maman noela yaba pastor kandi yakiza imitima ya benshi uburyo avuga byemeza umutima

  • @cloclouwathanksjesus441
    @cloclouwathanksjesus441 Год назад +1

    Ibyo uvuze nukuri rwose muvandimwe
    Uwiteka akwishimire

  • @mutoniclarisse7379
    @mutoniclarisse7379 Год назад +6

    Disi asa Annet murava reka ,mutege amatwi

  • @frankjosiane4257
    @frankjosiane4257 Год назад +5

    Uwo mugabo nubundi asanzwe Ari umuntu ugira umutima wa kimuntu kbs,nubwo erega umuntu yagukosereza cg akakubabaza,ariko nyuma ukabona aciye bugufi agusabye imbabazi nta mpamvu yo kumureka rwose.ikibi niwawundi ukwica uhagaze akakwicira umutima kdi nawe agashaka kugukura ku isi.ubwo se wakora iki⁉️⁉️

    • @robertruyenzi5532
      @robertruyenzi5532 Год назад

      Igisubizo si ugutandukana nawe...ahubwo ni ugusenga Imana no kwihangana...kuko gutandukana nawe bikurura igisuzuguriro n'ubusambanyi...ijuru ukarisezeraho

    • @lucillekankazi8073
      @lucillekankazi8073 Год назад +1

      ​@@robertruyenzi5532 mujye mureka ubujiji, bariya bicwase ukekako batazi gusenga? Mwagiye mukoresha ubwenge?

  • @mukamajn3267
    @mukamajn3267 Год назад

    Mama nkwemeye ngitangira ikiganiro kbs ninkamwe isi icyeneye rwose.

  • @christella5092
    @christella5092 Год назад

    Ibyuvuga naho bimwe ntabitahura ndagukunda urimwiza kbx nkunda aba maman banini nukuri nanje Imana uzampe kuba umudamu munini murugo kbx ndagukunda wa Muvyeyiwe urimwiza pe from 🇧🇮

    • @tazz8586
      @tazz8586 Год назад

      Uzasabe Imana kuba munini narabisabye irabikora none nsigaye rwana nabyo iturize mama

  • @mutoniclarissa6091
    @mutoniclarissa6091 Год назад

    Kwihanga bitera kunesha pe gusa burimuntu wese yihangana muburyobwe harundi uzaza avuga ibye twumve ibyobyawe biroroshye

  • @Rwiririzabora
    @Rwiririzabora Год назад +2

    Ikibyeyi nakunze❤

  • @alphonsineutamuriza9148
    @alphonsineutamuriza9148 Год назад +3

    Umuntu mukuru avuga natabikoze cg natahuye nacyo🤭🤭🤭

    • @lucillekankazi8073
      @lucillekankazi8073 Год назад

      Nanjy byansekeje 😂 ikinyarwanda kiranze kirazimye 😏

  • @ggoman9781
    @ggoman9781 Год назад

    Urakoze mama kunyigisho yubaka uduhaye.kwihangana kuranesha kandi kugeza kuntsinzi hamwe no gusenga.

  • @gasanabernadette1201
    @gasanabernadette1201 Год назад +3

    Icyo utazi n'umugabo madam!!!

  • @mahirweceline339
    @mahirweceline339 Год назад +3

    Rose ndagukunda

  • @chanellegirumugisha8748
    @chanellegirumugisha8748 Год назад +1

    Kwihangana nibyiza mungo ariko biravana nibyo wihanira.

  • @mukambaragalilian4372
    @mukambaragalilian4372 Год назад +5

    Abantu nibihanga twubake ingo,satani niwe usenya urugo.Ibanga ry'urugo rwiza ni uko twihana ibyaha byacu,buri wese yihereyeho ntarebe kubya mugenzi we.Imana yarirahiye iti:Nta amahoro y'umunyabyaha.Twubahe Imana Yobu28:28.

  • @olivabizimana832
    @olivabizimana832 Год назад

    Ndabasuhuje
    Ibiganiro byanyu ndabikunda birubaka none kubyo yaravuze byo kudodera abantu baba hanze nibyo Najye yarandodeye adoda neza Cyane.

  • @maombimujawimana7379
    @maombimujawimana7379 Год назад

    Nkunda iyo mutangije isengesho

  • @imanairasubiza8549
    @imanairasubiza8549 Год назад +2

    Rose nkunda ijwi ryawe rwose

  • @raulfilms2962
    @raulfilms2962 Год назад +2

    Nice show 👌

  • @munyamahorotrust5577
    @munyamahorotrust5577 Год назад

    Twabazaniye ama proteins yongera umubiri Kandi atagira ingaruka kubuzima haba kubaterura ibyuma ndetse nabandi bifuza kubyibuha zirabafasha uzikeneye watugana Aho dukorera nyarugenge cg tukazikugezaho Aho uherereye hose Numero watuboneraho ziri muri profile yacu iyo irimwibara ritukura mwajyaho mukazibona murakoze

  • @gaspardnsekambabaye276
    @gaspardnsekambabaye276 Год назад +2

    Uratubeshya wa mubyeyi we kuko muri biblia numwami Yara divorce je numwami KAZI arongera ashaka Esther

  • @dynavyizigiro6114
    @dynavyizigiro6114 Год назад

    Merciii

  • @carinemanirambona2708
    @carinemanirambona2708 Год назад

    Nakunze maman Noella nukuri kwihangana nivyiza ariko ubonako harimwo nivyakuvana mumubiri wahunga ariko ubundi vyiza wakwihangana

  • @lindakaka1754
    @lindakaka1754 Год назад +3

    Ariko mugira unyigishe weeee.
    Ubwo uzi ibibazo biba mungo!!!

  • @Isimbizi
    @Isimbizi Год назад +3

    Uyumudamu ibyavuga ntabizi ubu wasanga umugabo afite abogore babiri

    • @Godisgood-vz4lf
      @Godisgood-vz4lf Год назад +1

      Yesu akubabarire ubu mubintu byiza byose uyu mu maman avuze, ubonye ijambo rizima wamubwira ariryo koko,

  • @Roza-on6km
    @Roza-on6km Год назад +1

    Urakoze🙏🏻🙏🏻🙏🏻👌❤️🇧🇮

  • @kayisiremaurice5924
    @kayisiremaurice5924 Год назад

    Inyanja yaka Mazutu hhhh mubyeyi nubwo nsense ariko ndafashijwe pe Bless you

  • @hopeforladiestvshow
    @hopeforladiestvshow Год назад +1

    nibyo rwose konjyera kwiyubaka biragoye uvuzukuri

  • @ediira427
    @ediira427 Год назад

    Merci madam kutwigisha

  • @mutra9711
    @mutra9711 Год назад

    hanyuma se iyo sida ?

  • @gertuldemukashema5664
    @gertuldemukashema5664 Год назад

    Nanjye hari icyo nkuyemo pe

  • @victoirendikumasabo6388
    @victoirendikumasabo6388 Год назад

    Nturabona icarico umugabo ,umugabo ni mugari

  • @fannymfitinema2792
    @fannymfitinema2792 Год назад

    Kubyibuha ni bibi tujye dutekereza no kungaruka zabyo tubirwanye ka sport hafi na ka régime bituma umuntu aberwa kurusha kandi ibiro byinshi bitera indwara zitandukanye

  • @Userkrdsxg0
    @Userkrdsxg0 Год назад

    Uturangire Aho ukorera

  • @annegrettairanezereza5411
    @annegrettairanezereza5411 Год назад

    Merci beaucoup Rose dukunda. Mwoduha numero ya maman Noella tuzomuhamagare atudodere imyenda.

  • @MaMai-v6n
    @MaMai-v6n 10 месяцев назад

    Nunubwo uwomugabo wawe arabyakira gute kubivuze kuri kamera

  • @isanamitimatv
    @isanamitimatv Год назад +1

    Sorry ntabwo ari Paul Yesu yavuze ni Mose, kandi wakoze kwigisha neza.

  • @gasanabernadette1201
    @gasanabernadette1201 Год назад

    Hanyuma ukubeshyera(urema ibinyoma bitabaho)

  • @aliceburundi4794
    @aliceburundi4794 Год назад

    Komere

  • @frankjosiane4257
    @frankjosiane4257 Год назад +2

    Mbese wakwihanganira urupfu gute?mbese ugomba kumwihanganira ugatega ijosi⁉️⁉️⁉️ibindi byose ndemera ko tugomba kwihangana kuko hari igihe bihinduka rwose ugateteshwa nkuko kwawe,ariko se ubona ko ugiye kuhasiga ubuzima wakora iki⁉️⁉️⁉️⁉️

    • @alicenyabitanga1783
      @alicenyabitanga1783 Год назад

      Oya rwose ntukemere gutega ijosi nibigera aho urupfu uzaruvemo

    • @robertruyenzi5532
      @robertruyenzi5532 Год назад +1

      Kuruvamo ...byaba retreat yo gusenga ..ntabwo ari gusaba divorce...ahubwo usaba urukundo no kwihangana...Satan niwe usenya..

    • @louisanishimwe400
      @louisanishimwe400 Год назад

      Ariko yavuze ko gukubitwa,ukabona byacamo no kukwica waruvamo

  • @urimwizamwami1031
    @urimwizamwami1031 Год назад

    Nkunda kudoda rwose njye uzanyigishe online

  • @yannlimouzin5771
    @yannlimouzin5771 Год назад +1

    ❤❤

  • @nfurakaziangelique142
    @nfurakaziangelique142 Год назад

    Turashaka akanimero kiwe kungirango azandufashe kundonda Kandi nanjye ndimunini cane hhhh

  • @nabi925
    @nabi925 Год назад +1

    Mwaduhaye RUclips channel ye pls

  • @elivreuwamahoro4726
    @elivreuwamahoro4726 Год назад

    Wouuuuw numero hafi kbsa

  • @agasarokety8625
    @agasarokety8625 Год назад +4

    Yew byibuzewowe waratabawe ngewe mbimazemo imyaka6 biragoye

    • @uwamahoroliliane25
      @uwamahoroliliane25 Год назад +1

      humura
      nawe uzatabarwa mama komera

    • @umurerwajanetbonny6278
      @umurerwajanetbonny6278 Год назад

      Komera nawe umunsi1 nyagasani azakomora gusa jyusenga biraruhura

    • @tazz8586
      @tazz8586 Год назад

      Ihangane mubyeyi Imana ikwibuke unezerwe nawe love you deja

    • @agasarokety8625
      @agasarokety8625 Год назад

      @@tazz8586 mrc

    • @kagabirwayvonne4487
      @kagabirwayvonne4487 Год назад

      Nange ndacyarwana ningaruka zabyo zubukene ariko Imana izadutabare irebe kwihangana kumuntu🙏

  • @Userkrdsxg0
    @Userkrdsxg0 Год назад

    Rose dusabire number yuwo mu maman

  • @nyiramuhireuzamukunda2610
    @nyiramuhireuzamukunda2610 Год назад

    Rose waduhaye number ze

  • @apianehabarurema8573
    @apianehabarurema8573 Год назад

    hhhhhhh

  • @christella5092
    @christella5092 Год назад

    Oyareka ubwiza burarutana wewe urimwiza rekakvugango ntamuntumubi abaho na Bible irabivuga ngo Sala yarumugore mwiza wumunyakaranga ngo saouli yarimwiza murmure wumunyakaranga ngo mubisirayeri ntanumwe narahanye nawe Bible niyo ibivuga ngo Dawidi yarumusore mwiza wumunyakaranga kandi ngo lea yarimubi araba imirazi urumva nimba Bible ivugako habaho ababi nabafise uburanga kuvugako harumuntu mwiza hakaba nundi mubi ntakosa ririmo rwose

  • @Mugangagakondo
    @Mugangagakondo Год назад +2

    🇧🇮🇨🇩🇬🇦🇱🇷Ikibazo cy'ama infections Ku gitsinagore, ni ikibazo gihangayikishije ababyeyi n'abakobwa benshi, aho usanga bamwe barabuze urubyaro, abandi barabuze imihango cyangwa ikaza nabi, abazana ibintu by'umweru mu gitsina cyangwa impumuro mbi, hari nabo usanga nta bushake bagira cyangwa barabuze amavangingo mu gihe cy'imibonano.
    Niba mudukeneye ko tubavura infections cg kumenya ibindi Tuvura Kanda ahanditse *MUGANGA* hejuru Aho comment itangirira urahita ubona nimero yacu kuri profile utwandikire hhhh DC

  • @niyigenajoselyne4612
    @niyigenajoselyne4612 Год назад +2

    Ariko. Harikintu. Kinyobera. Mwesemuza. Mukecuru vuga. Ngogukora divoruse. Ese. Abatarasezeranye. Bisobanuyeko. Gutanfukana. Ntacyobitwaye. Biranshanga. Munsobanurire

    • @nyirarukundoceline5490
      @nyirarukundoceline5490 Год назад +7

      Banza ukosore message yawe yanditse nabi ntibisobanutse

    • @peggys.4125
      @peggys.4125 Год назад +2

      Gutandukana kw'ababana niyo baba batarasezeranye ntibivuga ko bemerewe gutandukana, ahubwo ibyiza ni ugukora ibishoboka bagasezerana.

    • @lindakaka1754
      @lindakaka1754 Год назад

      @Niyogena Joselyne
      Wibaza ikibazo kiza kandi byagufasha my buzima bwaye ubisobanukiwe!!!
      Shaka umuntu mukuru hafi yawe agusobanurire.
      Gusa ikintu nakubwira hano,iyo utasezeranye my mategeko,nta tegeko rikurengera iyo mutangiye gushwana numugabo wawe!!!!

    • @MPUNGANEWS
      @MPUNGANEWS Год назад

      @@lindakaka1754 amategeko aberaho ububibi no guhinduka kw abantu, ariko mudashwanye ubundi byaba ari sawa

    • @gaspardnsekambabaye276
      @gaspardnsekambabaye276 Год назад +2

      Ntago Uzi abagabo sha nuko wabonye cash aremera araceceka wasanga atunze undi yikundira daaa