TWESE TURARIZE🥲| NTAKINTU NAKIMWE KIBI NTABONYE MURUGO RWANJYE🥲|IMYAKA8 MBABAZWA| NIMWIHANGANE|
HTML-код
- Опубликовано: 18 окт 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
ruclips.net/video/E1ajShAYBzU/видео.html 0783 008 951 ushaka Mama noella
Ntihakagire uwigisha undi kwihangana cyangwa kutihangana mu ngo. Abantu baratandukanye bitewe nuko baremye nuko barezwe: Ibibazo nabyo biranyuranye nta kuvuga muri rusange. Uzashobora kwihangana azabikore, utabishoboye nawe yiziture rwose buri wese afite ukuri kwe! Ibyo umwe yakwihanganira sibyo undi wese yakwihanganira! Icy'ingenzi ni ukwiyumva ugakurikira umutimanama wawe. Gusa uzirinde gupfa uhagaze nkuko bivugwa!
Ari.kuvuga uko bible ivuga... nubundi udakurikije bible ntaco utarekuriwe gukora... wabuzwa niki... ariko abubahw Imana hari amategeko abagenga
No uvuga muri rusange noneho umuntu agakuramo ibye
Umuntu ababazwa ukwe ntabwo umuhoro waguhora hejuru ngo uvugeko byose wahuye nabyo
Suko x sha abantu imitima yabo iratandukanye
@Iyubake ukire TV uko nukuri 🙏💕
Nkunda ukuntu Rose utega amatwi umutumirwa byerekanako urumugore w'umutima knd ukunda abantu💓
Aciye bugufi kandi aritonda Rose hejuru cane nkunda ibiganiro vyawe ntakincika.
Wagira ngo ni umu psychologue
Cyaneeeee ndamukunda pe
Ndagukunze Madame ufite ibitekerezo byubaka. Sha abagabo bubu babayibirara
Buzuye uburara gusa. Utanywa inzoga numusambanyi, ibiyobyabwenge ,ubutinganyi puuuu
Kuvuganabi ,umushiha
Kuvuga nabi n umushira birandambiye😢
@@mignonneirakoze6838 ushobora gusanga aribukene buri kubimutera gusa ujye usenga bizashira
Ohhhh amazing woman.
Kwihangana bitera kunesha.
Urakoze Rose kutuzanira umuntu utwubaka.
Our Rose you look great in colors you are wearing and mama Noella is a super human being alive may our good lord bless her in all she puts her hands on
Kwihangana❤️
Mama buri muntu agira icyo yihanganira undi atabasha nukavuge ngo nibishoboka birashoboka kd wagize amahirwe yuko umugabo ahinduka ark hari abadahidika murigisha nibyo ark mugira nogukomeretsanya mujye muba careful mubyo mudakora buri muntu ashaka akeneye kubaka kd cyane.
Ntabwo Imana yaremye inkoko,isamake ngo ziribwe.Ibyo byaje nyuma Adam amaze gucumura.
Abantu baremewe kurya ibimera.
urimwiza knd urakoze mama. uranyubaka peee kandi watumye mpindura intecyerezo zange
Moses ni we wabivuze. Murakoze cyane kutuganiriza mubyeyi.
Hari abamama benshi bitanira abana babo niyo Batana na bagabo cyangwa abagabo baphuye Kandi bakitwara neza. Tubibashimire.
Murakoze cyane,narindi muriyo nzira,ariko !!!!!
Uwahuye nibibazo nyabibazo ntaza kubivuga aho kuri RUclips.nibazako muri mukazi kandi mukomerezaho nibazako abagabo atabo muzi. Umukenyezi wese uko yubatse kwose ndazi nintwari.iyo yubashe Imana bikarusha kuko arongorwa na Mpwemu wImana.mwisengere gusa bavyeyi nayo abagabo ni bagari cane
Maman noela yaba pastor kandi yakiza imitima ya benshi uburyo avuga byemeza umutima
Ibyo uvuze nukuri rwose muvandimwe
Uwiteka akwishimire
Disi asa Annet murava reka ,mutege amatwi
N'ukuri barasa
Uwo mugabo nubundi asanzwe Ari umuntu ugira umutima wa kimuntu kbs,nubwo erega umuntu yagukosereza cg akakubabaza,ariko nyuma ukabona aciye bugufi agusabye imbabazi nta mpamvu yo kumureka rwose.ikibi niwawundi ukwica uhagaze akakwicira umutima kdi nawe agashaka kugukura ku isi.ubwo se wakora iki⁉️⁉️
Igisubizo si ugutandukana nawe...ahubwo ni ugusenga Imana no kwihangana...kuko gutandukana nawe bikurura igisuzuguriro n'ubusambanyi...ijuru ukarisezeraho
@@robertruyenzi5532 mujye mureka ubujiji, bariya bicwase ukekako batazi gusenga? Mwagiye mukoresha ubwenge?
Mama nkwemeye ngitangira ikiganiro kbs ninkamwe isi icyeneye rwose.
Ibyuvuga naho bimwe ntabitahura ndagukunda urimwiza kbx nkunda aba maman banini nukuri nanje Imana uzampe kuba umudamu munini murugo kbx ndagukunda wa Muvyeyiwe urimwiza pe from 🇧🇮
Uzasabe Imana kuba munini narabisabye irabikora none nsigaye rwana nabyo iturize mama
Kwihanga bitera kunesha pe gusa burimuntu wese yihangana muburyobwe harundi uzaza avuga ibye twumve ibyobyawe biroroshye
Ikibyeyi nakunze❤
Umuntu mukuru avuga natabikoze cg natahuye nacyo🤭🤭🤭
Nanjy byansekeje 😂 ikinyarwanda kiranze kirazimye 😏
Urakoze mama kunyigisho yubaka uduhaye.kwihangana kuranesha kandi kugeza kuntsinzi hamwe no gusenga.
Icyo utazi n'umugabo madam!!!
Rose ndagukunda
Kwihangana nibyiza mungo ariko biravana nibyo wihanira.
Abantu nibihanga twubake ingo,satani niwe usenya urugo.Ibanga ry'urugo rwiza ni uko twihana ibyaha byacu,buri wese yihereyeho ntarebe kubya mugenzi we.Imana yarirahiye iti:Nta amahoro y'umunyabyaha.Twubahe Imana Yobu28:28.
Ndabasuhuje
Ibiganiro byanyu ndabikunda birubaka none kubyo yaravuze byo kudodera abantu baba hanze nibyo Najye yarandodeye adoda neza Cyane.
Nkunda iyo mutangije isengesho
Rose nkunda ijwi ryawe rwose
Nice show 👌
Twabazaniye ama proteins yongera umubiri Kandi atagira ingaruka kubuzima haba kubaterura ibyuma ndetse nabandi bifuza kubyibuha zirabafasha uzikeneye watugana Aho dukorera nyarugenge cg tukazikugezaho Aho uherereye hose Numero watuboneraho ziri muri profile yacu iyo irimwibara ritukura mwajyaho mukazibona murakoze
Uratubeshya wa mubyeyi we kuko muri biblia numwami Yara divorce je numwami KAZI arongera ashaka Esther
Merciii
Nakunze maman Noella nukuri kwihangana nivyiza ariko ubonako harimwo nivyakuvana mumubiri wahunga ariko ubundi vyiza wakwihangana
Ibyuvuga nukuri pe Imana Iguhumugisha
Ariko mugira unyigishe weeee.
Ubwo uzi ibibazo biba mungo!!!
Uyumudamu ibyavuga ntabizi ubu wasanga umugabo afite abogore babiri
Yesu akubabarire ubu mubintu byiza byose uyu mu maman avuze, ubonye ijambo rizima wamubwira ariryo koko,
Urakoze🙏🏻🙏🏻🙏🏻👌❤️🇧🇮
Inyanja yaka Mazutu hhhh mubyeyi nubwo nsense ariko ndafashijwe pe Bless you
nibyo rwose konjyera kwiyubaka biragoye uvuzukuri
Merci madam kutwigisha
hanyuma se iyo sida ?
Nanjye hari icyo nkuyemo pe
Nturabona icarico umugabo ,umugabo ni mugari
Kubyibuha ni bibi tujye dutekereza no kungaruka zabyo tubirwanye ka sport hafi na ka régime bituma umuntu aberwa kurusha kandi ibiro byinshi bitera indwara zitandukanye
Uturangire Aho ukorera
Merci beaucoup Rose dukunda. Mwoduha numero ya maman Noella tuzomuhamagare atudodere imyenda.
Nunubwo uwomugabo wawe arabyakira gute kubivuze kuri kamera
Sorry ntabwo ari Paul Yesu yavuze ni Mose, kandi wakoze kwigisha neza.
Hanyuma ukubeshyera(urema ibinyoma bitabaho)
Komere
Mbese wakwihanganira urupfu gute?mbese ugomba kumwihanganira ugatega ijosi⁉️⁉️⁉️ibindi byose ndemera ko tugomba kwihangana kuko hari igihe bihinduka rwose ugateteshwa nkuko kwawe,ariko se ubona ko ugiye kuhasiga ubuzima wakora iki⁉️⁉️⁉️⁉️
Oya rwose ntukemere gutega ijosi nibigera aho urupfu uzaruvemo
Kuruvamo ...byaba retreat yo gusenga ..ntabwo ari gusaba divorce...ahubwo usaba urukundo no kwihangana...Satan niwe usenya..
Ariko yavuze ko gukubitwa,ukabona byacamo no kukwica waruvamo
Nkunda kudoda rwose njye uzanyigishe online
❤❤
Turashaka akanimero kiwe kungirango azandufashe kundonda Kandi nanjye ndimunini cane hhhh
Mwaduhaye RUclips channel ye pls
Wouuuuw numero hafi kbsa
Yew byibuzewowe waratabawe ngewe mbimazemo imyaka6 biragoye
humura
nawe uzatabarwa mama komera
Komera nawe umunsi1 nyagasani azakomora gusa jyusenga biraruhura
Ihangane mubyeyi Imana ikwibuke unezerwe nawe love you deja
@@tazz8586 mrc
Nange ndacyarwana ningaruka zabyo zubukene ariko Imana izadutabare irebe kwihangana kumuntu🙏
Rose dusabire number yuwo mu maman
Rose waduhaye number ze
hhhhhhh
Oyareka ubwiza burarutana wewe urimwiza rekakvugango ntamuntumubi abaho na Bible irabivuga ngo Sala yarumugore mwiza wumunyakaranga ngo saouli yarimwiza murmure wumunyakaranga ngo mubisirayeri ntanumwe narahanye nawe Bible niyo ibivuga ngo Dawidi yarumusore mwiza wumunyakaranga kandi ngo lea yarimubi araba imirazi urumva nimba Bible ivugako habaho ababi nabafise uburanga kuvugako harumuntu mwiza hakaba nundi mubi ntakosa ririmo rwose
🇧🇮🇨🇩🇬🇦🇱🇷Ikibazo cy'ama infections Ku gitsinagore, ni ikibazo gihangayikishije ababyeyi n'abakobwa benshi, aho usanga bamwe barabuze urubyaro, abandi barabuze imihango cyangwa ikaza nabi, abazana ibintu by'umweru mu gitsina cyangwa impumuro mbi, hari nabo usanga nta bushake bagira cyangwa barabuze amavangingo mu gihe cy'imibonano.
Niba mudukeneye ko tubavura infections cg kumenya ibindi Tuvura Kanda ahanditse *MUGANGA* hejuru Aho comment itangirira urahita ubona nimero yacu kuri profile utwandikire hhhh DC
Ariko. Harikintu. Kinyobera. Mwesemuza. Mukecuru vuga. Ngogukora divoruse. Ese. Abatarasezeranye. Bisobanuyeko. Gutanfukana. Ntacyobitwaye. Biranshanga. Munsobanurire
Banza ukosore message yawe yanditse nabi ntibisobanutse
Gutandukana kw'ababana niyo baba batarasezeranye ntibivuga ko bemerewe gutandukana, ahubwo ibyiza ni ugukora ibishoboka bagasezerana.
@Niyogena Joselyne
Wibaza ikibazo kiza kandi byagufasha my buzima bwaye ubisobanukiwe!!!
Shaka umuntu mukuru hafi yawe agusobanurire.
Gusa ikintu nakubwira hano,iyo utasezeranye my mategeko,nta tegeko rikurengera iyo mutangiye gushwana numugabo wawe!!!!
@@lindakaka1754 amategeko aberaho ububibi no guhinduka kw abantu, ariko mudashwanye ubundi byaba ari sawa
Ntago Uzi abagabo sha nuko wabonye cash aremera araceceka wasanga atunze undi yikundira daaa