Super Manager yise Melodie INJIJI n'URUSWENDE😒Kuri KNOWLESS n'abamutuka😒Noneho yarakaye CYANE...

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 17 май 2021
  • Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126

Комментарии • 1 тыс.

  • @sammyka7619
    @sammyka7619 3 года назад +40

    Umufuka wuzuyemo inoti ntusakuza,ariko urimo ibiceri ugira urusaku rwinshi.

  • @ake1658
    @ake1658 3 года назад +76

    Ark super manager yibonyemo iki☹️ si wowe si murumuna wawe mwese ntakigenda 🤨 ayo mashuri wirata ataraguhaye uburere n’ikinyabupfura ni mashuri bwoko ki 😒 ubundi iyo urenze uba urenze, Melody nimumureke ari class above 👌

    • @rurangwakellen2162
      @rurangwakellen2162 3 года назад +3

      Umuryango wabo urasekeje kbx amagombo abavamo sayuburire .

    • @supermanagerhuuukwiyemerah4044
      @supermanagerhuuukwiyemerah4044 3 года назад +7

      Super nta bwenge afite kuba wavuga akongereza ntibivuze ko wize. Ariko ubwenge bwe buracagase kbsa.

    • @Bianca-vo6yg
      @Bianca-vo6yg 3 года назад +3

      Sinzi ibyo bishongorana narumiwe

    • @caretv4125
      @caretv4125 3 года назад +3

      Njye nkeka ko byashoboka ko supermanager Ari impuissant nonese kuki atarongora Kandi afite ubushobozi

    • @cleverjay6693
      @cleverjay6693 3 года назад

      @@caretv4125 uragenda akuron gore

  • @mugabemartinez5695
    @mugabemartinez5695 3 года назад +14

    Kano gatipe nakanyacyaro byahatali gafite ubujiji bwishi cyane ninyirabuheli ngo amadolali 1000 ngo alihaliya mumodoka abastare bukuli ntibiyemera bacabugufi urugero nka bobiwine melody

  • @jg9247
    @jg9247 3 года назад +21

    Cyakoze bruce melodie arabahungabanyije koko 😅😅😅😅😅

  • @abdoulkarimfahad2943
    @abdoulkarimfahad2943 3 года назад +20

    End of super manger’s era.Aameeeen

  • @kasemirojr3991
    @kasemirojr3991 3 года назад +136

    abirukankira muri comments mutarareba ikiganiro cyose ndabasuhujeee hahah

  • @christinenyirahabineza8565
    @christinenyirahabineza8565 3 года назад +20

    Sabin, utugezaho byinshi byiza ariko nukomeza gutumira abantu nk' aba . Ntacyo nkubwiye

  • @niyomukizahildifanny9493
    @niyomukizahildifanny9493 3 года назад +100

    Super gerageza ujye wubaha umuntu guhaha ntibigatume uta umuco aho uba utwereka ko ntakigenda cyawe Discipline niyambere mubyo dukora

    • @gadnizeyimana9733
      @gadnizeyimana9733 3 года назад +6

      Uvuze ukur nanga umwiyemezi

    • @yanisbebeto9208
      @yanisbebeto9208 3 года назад +4

      Nigicucu cyanehubwo

    • @mr.triplen4638
      @mr.triplen4638 3 года назад +7

      Ni ukuri pe. Byerekana ko Ari injiji. Kuko utazi ubwenge ashima ubwe. Najyaga mufana, none asyigariwee😏

    • @benisrael7
      @benisrael7 3 года назад +4

      Ubwiyemezi bukubita hasi nyirabwo!! Mbese Wabonye umuntu wiyogeza ngo ni umunyabwenge? Wapfa kwemera umupfapfa kumurutisha uwo (Imigani 26:12).

    • @chany9950
      @chany9950 3 года назад +1

      Ayiii hewe uramututse pe nusabe imbabazi ataruko turakurondera ahuri tu tu rero saba imbazi pls

  • @niyonagiraaimee9525
    @niyonagiraaimee9525 3 года назад +179

    Baca umugani mukinyarwanda ngo umwana baramushimye ngo azi kwiruka ariruka arenga iwabo,🤣🤣🤣supper kuba tugufana turi benshi ntibivuze ko ugomba gutesha bagenzi bawe agaciro please gerageza ugarure displine

    • @uwimanaalice6050
      @uwimanaalice6050 3 года назад +9

      Umubwiriye neza

    • @nshutijoe1948
      @nshutijoe1948 3 года назад +3

      Nice talk kbs

    • @bugingokevin9664
      @bugingokevin9664 3 года назад +14

      Nange super ndamukunda ariko ,haramagambo asigaye avuga amutesha agaciro

    • @itadlibra770
      @itadlibra770 3 года назад +4

      Absolutely

    • @elodiembarirande6192
      @elodiembarirande6192 3 года назад +12

      Kera naramukunda ariko aho ntanguye kubona agaya abantu atabatunze wapi vyarahindutse. Burya ubuntu burihabwa niko tuvuga mu kirundi .

  • @josianemukeshimana6647
    @josianemukeshimana6647 3 года назад +27

    NTUZAGAMBANIRE BRUCE MELODY DORE KO BIGEZWEHO KANDI WAMWIHAYE☝️URITWAZA SITUATION YA MEDDY NA THE BEN NKAHO UBITAYEHO🙄🤔GASOPO☝️IYO MICO MWIHARAJE SIMYIZA MUKIZWE

    • @aquariumw3688
      @aquariumw3688 3 года назад

      Itahiwacu yazamiwe na Nyagasani uyu siyamusubiza hasi habe namba nishyari rimuzana kuri social media kwirirwa avuga Melodie gusa gusa nkunda ko Melody atajya amusubiza amuseka gusa

  • @turatsinzelilianne3938
    @turatsinzelilianne3938 3 года назад +73

    Umva rero sabin nawe super manager ntitumukeneye rwose kuko ni indiscipline

    • @fabiolatuyizere7423
      @fabiolatuyizere7423 3 года назад +2

      Kwiha gucakaza umuntu udatunze kd wumupapa akonagasuzuguro 100% kd natitonda azatora amashashi Melody mureke uzamusubirize mumuzigo.

    • @fabiolatuyizere7423
      @fabiolatuyizere7423 3 года назад +3

      Super manager ateye umujinya bishoboka mwahagarika kumuha ibiganiro nibadashobora kubahira umuntu icyo aricyo.niyisubiraho azasabe imbabazi mujye mwamugarura murakoze Sabin.

    • @sosojully6130
      @sosojully6130 3 года назад +1

      Nawe wabibonye

  • @cyubahiroemmanuel304
    @cyubahiroemmanuel304 3 года назад +18

    Nooo Displine
    No competition to king 👑 melody

  • @murindwashalom7666
    @murindwashalom7666 3 года назад +99

    Ark Bruce Melody amaze gutera imbere ntawapfa kubaka izina atavuzemo Bruce 😁😁

    • @nshimirimanafrancoise2517
      @nshimirimanafrancoise2517 3 года назад

      Nukuri

    • @bisimwamaurice7264
      @bisimwamaurice7264 3 года назад +1

      bonjour sabin ndagukunda cyane ariko uge ubwira iyondisipline yawe ngo ni gakumba ireke gutukana ikigaragara nigicucu ntakitwaze ubututsi ngo agendeho bagenzibe mubwenge ngo nuko arabahutu ntaho melodi bahuriye iyombwa

    • @bisimwamaurice7264
      @bisimwamaurice7264 3 года назад +1

      kariyemera cyane gutuka umugabo wubatse ngo nagaswende

    • @bisimwamaurice7264
      @bisimwamaurice7264 3 года назад +1

      kazikontrole kamenye kubana nabagenzi bako

    • @superbugingo9536
      @superbugingo9536 3 года назад +1

      @@bisimwamaurice7264 Ehhh ko bikomeye

  • @ubumweubwiyunge8517
    @ubumweubwiyunge8517 3 года назад +14

    Utazi ubwenge ashima ubwe. Kuvuga “how do you do ?” Ngo niko kumenya ubwenge ! Uzi injiji ziba mu isi zivuga icyongereza ukuntu zingana. Uyu mu type niwe munyarwanda wa mbere wiyemera ku isi, mubo nzi. Ubundi yagiye avuga ikinyarwanda, aho kwiha rubanda avuga igifaransa n’icyongereza bipfuye.

  • @smartchannelinamanziza3097
    @smartchannelinamanziza3097 3 года назад +103

    Ariko super reka kwigeranya na mélodie, Uku ni ukutagira indero,,,💯 ,kirazira gusuzugura umuntu utagurira isabune

    • @karmakarma4372
      @karmakarma4372 3 года назад

      Murwanda musigaye mukunda ibintu bisekeje. Ngaho gisupusupu none gisimbuwe na melodie. Naba miss josiane ibaze josiane nimyate ye. Hahaha

    • @beatriceuwamahoro2224
      @beatriceuwamahoro2224 3 года назад +1

      Burimuntu arashoboye kugiticye ntimuga suzugurane bigezaho

    • @supermanagerhuuukwiyemerah4044
      @supermanagerhuuukwiyemerah4044 3 года назад +14

      Iki kigabo narabivuze ko ntabwenge kigira bakangira umusazi. Ikigabo cyazanye iminkanyari mu maso kikivuga ubusa. Ubundi cyarongoye kikarega kwita umuntu w umugabo w ubatse uruswende. Kiyemera n amakamba akozwe mu makarito. Super you are so cheap.

    • @supermanagerhuuukwiyemerah4044
      @supermanagerhuuukwiyemerah4044 3 года назад +2

      @@karmakarma4372 ibaze wowe n ubwenge bwawe bucagase.😂😂😂

    • @roseflower7387
      @roseflower7387 3 года назад

      @@karmakarma4372 ubwose uvuziki?😏

  • @tiinspiretv482
    @tiinspiretv482 3 года назад +23

    Umva sabin ,Super manager ndamwemera ariko hano yagaragajeko ntakinyabupfura agira ,azagaruke aje gusaba Imbabazi kuko yakabije.Mélodie Ubahwa🙏

    • @umugwanezaconsolee422
      @umugwanezaconsolee422 3 года назад

      Ngew mbona nt mutima mubi ugira arko urabura discipline p ni hafi yantayo p

    • @georgetusiime2105
      @georgetusiime2105 3 года назад

      Ibyo nibyo peee nanjye ndi umufana we ariko hano yakabije
      He should apologize kabs

    • @niyonsengajoselyne3109
      @niyonsengajoselyne3109 3 года назад

      Jyewe supa ndamufana cyane ariko hano hoho mpise mwana rwose gusebya undimwana ngo ninjinji koko ?

    • @sosojully6130
      @sosojully6130 3 года назад +1

      Nidispiline yumugabo 🤔

  • @fridausissajohn2880
    @fridausissajohn2880 3 года назад +42

    Super sinkunda ukuntu uvuze ngo ni njiji turagukunda ariko ntukanjye uvuga amagambo atari Meza Imana iguhe umugisha 🙏

    • @gilbertsimbikangwa7258
      @gilbertsimbikangwa7258 3 года назад +2

      Atangiye kwiyemera

    • @semutochristine688
      @semutochristine688 3 года назад +3

      @@gilbertsimbikangwa7258 rwose ibyo sibyo. Ubgo s arusha iki Melodi. Uri inkunguzi wowe. Urumnva ukuntu amutuka kweri

    • @TreyMax
      @TreyMax 3 года назад

      arko na Bruce yita abandi uko ashaka

    • @supermanagerhuuukwiyemerah4044
      @supermanagerhuuukwiyemerah4044 3 года назад +4

      Iki kigabo narabivuze ko ntabwenge kigira bakangira umusazi. Ikigabo cyazanye iminkanyari mu maso kikivuga ubusa. Ubundi cyarongoye kikarega kwita umuntu w umugabo w ubatse uruswende. Kiyemera n amakamba akozwe mu makarito. Super you are so cheap.

    • @patitipatitic3814
      @patitipatitic3814 3 года назад

      Bande se? Urumva Melody atukana?

  • @erickcookings
    @erickcookings 3 года назад +17

    Wikwigereranya na Melody Sha Gakumba we werekanye ko uciriritse cyane

  • @mutebukaprotais7797
    @mutebukaprotais7797 3 года назад +21

    Bazakujyane indera kuko ubura idiode rimwe muri ratete , ufite ihungabana ribitecyerezo , meroddy yakubereye umutwaro niba uzamutura ryari ,ngewe mbanumiwe

  • @stuartgurrison2139
    @stuartgurrison2139 3 года назад +21

    Nta super manager mbonyemo ahubwo ni super fool period...

  • @ingabirenadine429
    @ingabirenadine429 3 года назад +5

    Ukwiye kujya iwawa kuko urutwa na mayibobo iryama mu kiraro cya nyabugogo. Uri umwanda nibyo uvuga ni umwanda gusa. Bruse melodie komeza utsinde👍👍

    • @rafikipatrick9552
      @rafikipatrick9552 3 года назад

      Umurushije iki x buriya ntaho mutaniye pe iyo umunenga ukicecekera ntube nkawe Displine iba ikenewe Mama

    • @jolysenizigiyimana9967
      @jolysenizigiyimana9967 10 месяцев назад

      Ariko uyu mugabo ndabona afise dépression!!!!!!n'atavuzwa vuba biraza kuba bibi.mumubabarire ntari normal.

  • @jeackjun6394
    @jeackjun6394 3 года назад +5

    Super manager uricyigoryi wa cyomanziwe Bruce melody 💙 niyoko niso wamukuye mururwo rugambo rway ubona harya uriki mugihugu umenye ahowavukiye nicyakujyanye cyangwa icyajyanyeso nakogasuzuguro kanyu wabwawe

  • @aquariumw3688
    @aquariumw3688 3 года назад +11

    😍😍😍 nkunze comments zose zokuriyi nkuru nubwo ntazi ibiri munkuru nafunguye comments gusa ark wow 💯 ..mumushyize aho akwiye kabisa 👌👌

  • @emeryininahazwe3666
    @emeryininahazwe3666 3 года назад +24

    Super niwivugire nyne mugani wa riderman naw ufise hit kur intervieu ino Burundi tukuzi ku isimbi gusa nayo indirimbo dutamba nizicamamare bruce melody ww umuzik wureke waranse

    • @supermanagerhuuukwiyemerah4044
      @supermanagerhuuukwiyemerah4044 3 года назад

      Super ntakintu afite, cyakoze imyaka yo arayifite hafi 50. Ariko ubwenge buracagase. Super uruwo gusengerwa

    • @thesun2503
      @thesun2503 3 года назад

      Nonese gutukana wibwirako aribyo bigaragaza ubuhanga bwawe?oya! Nukwibeshya cne! Ntugasebye mugenzi wawe ntacyo mupfa

  • @asilesteamtv6917
    @asilesteamtv6917 3 года назад +11

    Ariko super ndabona agiye kuzima kuk asigaye atagira indero mugutuk abantu ukombibona mélodie ntakwiye nokwishura ivyo super yavuze

    • @ezrankeshimana2934
      @ezrankeshimana2934 3 года назад

      Nta mwanya yabona👌🏿

    • @anithauwimana4980
      @anithauwimana4980 3 года назад

      Hhhhhhh uko ateye si ubugom niko nkeka ariko abantu benshi babaye munka cyane bavuga bishongora disi ntabundi bugome

  • @vestineuwiragiye8833
    @vestineuwiragiye8833 3 года назад +56

    Umuntu ubona ko super manger ameze na yaka amurusha ikinyabupfura like hano kandi super gabanya ubujajwa melody ntiwapfa unajyeze aho ajyeze

    • @sosojully6130
      @sosojully6130 3 года назад

      Yaka abatwik KAND tumuvata ngo abayanyweye arko uyu hagowe nuwo azatera inda😔😂😅abakobwa twagorwa kweli ibaze nkiki kikuguyeho 🤔ngo numukwe itagira ikinyabupfura😏😏

    • @vestineuwiragiye8833
      @vestineuwiragiye8833 3 года назад +1

      @@sosojully6130 nukuri uvuze ukuri ntago ubeshye

    • @kagamegodfrey8726
      @kagamegodfrey8726 3 года назад

      Kubere iki atahagera?wowe wicharanye ni mana kuntebe

  • @kundadonatien1796
    @kundadonatien1796 3 года назад +12

    Hahaha😂😂 Super manager uzi icyo bita mechanisme de defense ark va kuri Melodie kuko ni undi wundi.

  • @muheberaeric3304
    @muheberaeric3304 3 года назад +7

    Akakagabo menya gasigaye gacoma 🚬bazakajyane iwawa 😂😂😂mbega utugambo twamafuti

  • @josianemukeshimana6647
    @josianemukeshimana6647 3 года назад +13

    Disi kera abagabo nkaba umuntu yibwiraga ko arabashingantahe kandi bimfura☝️ naho nibyo badupakiragamo🙄🤔ubupfura nubumuntu ibindi nibinyoma

  • @mmroxy2187
    @mmroxy2187 3 года назад +56

    Abagaye super manager mutere agatoki!! Nukuri harimo no kurengera pe! 😢😢😢Usuzuguye Melody urakabya kbsa! Cool down Mehn!Ubuzima ni gatebe gatoki!!🤔🤔🤔🤔🤔🤭🤭🤭🤭

    • @yanisbebeto9208
      @yanisbebeto9208 3 года назад +2

      Mumureke akomeze yibyuraguremo kuko twamucishijemo ishijo yaraburije

    • @mr.triplen4638
      @mr.triplen4638 3 года назад +2

      Ni imbwa uyu mujama kbsaaa 😏

    • @samsungk2508
      @samsungk2508 3 года назад

      It’s showbuz ntimugFate ibintu serious

    • @theamukeshimana6071
      @theamukeshimana6071 3 года назад +4

      Melody Imana imukurinde🙏 ,,, ushobora kugira nubugome 🤔😏

    • @mr.triplen4638
      @mr.triplen4638 3 года назад

      @@theamukeshimana6071 ni ukuri pe.

  • @mukashyakaadeline9737
    @mukashyakaadeline9737 3 года назад +14

    Watangiye tubona uri umuntu usobanutse ariko uri unjiji yigendera ubundi utuka umuntu ute utamutunze Bruce melody ni umuhanzi twemera Kandi utiyemera nkawe abagushutse n'abakubwiye ko usobanutse ariko niwo kontorora uzasanga usobanye

    • @supermanagerhuuukwiyemerah4044
      @supermanagerhuuukwiyemerah4044 3 года назад

      Yatangiye nabi rwose. Yatangiye asimbuka ibere rya bigogwe umbwire ikintu kizima super yigeze avuga

    • @tuyisengesamuel172
      @tuyisengesamuel172 3 года назад

      Uko nukuri burya utazubwenjye ashima ubwe naho ubuzi agashima abwabandi

    • @semutochristine688
      @semutochristine688 3 года назад +1

      @@tuyisengesamuel172 ubgenge se nta discipline ni 👎👎👎

    • @tuyisengesamuel172
      @tuyisengesamuel172 3 года назад

      @@semutochristine688 super nice fake sana mn nabyoyize ntacyo bimaze agisuzugura aboyita ko batize kd Bruce yarize sinjiji ahubwo ubujiji bwa super ntagipimo bufite umvugo zuzuye ububea gusa nagasuzuguro!!

  • @dansial7895
    @dansial7895 3 года назад +42

    Pwaa C'est fini😕😕 uruswende n'igiki mwa bantu mwe🤭🤭🤭🤭 nibwo bwa mbere mbonye comments zikwiyama wa mugabo we😱😱😱😱 amashule se yakugeza hh udakoze 😒😒 genda Uri sans discipline 😵

    • @yanisbebeto9208
      @yanisbebeto9208 3 года назад +7

      Ahubwo niyongera tuzanamuvuna iyingegera gusa😮

    • @janemk7784
      @janemk7784 3 года назад +7

      Urumva mu kuvuga kwe ko ari inkirabuheli.Nta kinyabupfura ahubwo afitemo ubujiji ariwe.

    • @dansial7895
      @dansial7895 3 года назад +3

      @@yanisbebeto9208 nukuri pe hakuvuga ubujajwa nkubwo ngubwo waceceka🤢

    • @mr.triplen4638
      @mr.triplen4638 3 года назад +2

      Ni umumbweti kbsaaa

    • @mr.triplen4638
      @mr.triplen4638 3 года назад +1

      @@janemk7784 Exactly

  • @EFMTV-z4y
    @EFMTV-z4y 3 года назад +4

    Shaa wow ugiye guhanaguka ubwo utangiye gusuzugura abandi ngo super?!!!cya ube akabarore Sha wari muzima ark ndumiweee ngo bruce melody ni injiji ?!!!Sha ntugatukane rwose bro ubaha bagenzi bawe

  • @anithagiramahoro5588
    @anithagiramahoro5588 3 года назад +8

    Disi warasaze super nawe siwoe ahubwo turagusabira😭😭😭😭

  • @youngflyisco5242
    @youngflyisco5242 3 года назад +21

    Ahubwo nsanze uyu super manager ariwe ushakira hit kuri Melody. Kwirigwa usakuza gusaaa tokaaa 😂

    • @lodana2575
      @lodana2575 3 года назад

      Nta munsi aja mur intervier ntavuge melodie ham wirata itunga nuwahamvy isuk n'ubukene yarayizuy ayicish ingero uri kw'isi isi irakubona

    • @supermanagerhuuukwiyemerah4044
      @supermanagerhuuukwiyemerah4044 3 года назад

      Erega Melody ni hit. Uyu mukaritasi se ninde umuzi. Reba za ndirimbo ze zimazw imyaka iruta iyo Melody amaze avutse views zifite

    • @patitipatitic3814
      @patitipatitic3814 3 года назад

      Arazigira se burya?

  • @odethmbabazi7347
    @odethmbabazi7347 3 года назад +7

    Ubuse kweli Super urunva ibi uvuga bifasha iki abanyarwanda.

  • @merissambabazi7968
    @merissambabazi7968 3 года назад +29

    How do you live and what do you live for? That question for un educate people 😩😂 afite agashyari burimunsi sbashaka competitions, uyumugabo afite ubujiji bwishi ariwe .avanga vanga ibintu nawentazi ibyabavuga:( arisebeje agirango arigusebya Melody. ubwenge arushya Melody nubu?👎😳😂

    • @supermanagerhuuukwiyemerah4044
      @supermanagerhuuukwiyemerah4044 3 года назад +1

      Afite ubwenge bucagase nashake azisubirire kuragira kuko nibyo bimubereye. Nta burere ntago muri iki kinyejana.

    • @bisimwamaurice7264
      @bisimwamaurice7264 3 года назад +1

      sabin mbabarira usome coment urebe ukuntu iyombwa watumiye bayandagaje ntanisoni kagira akantu kiyamera gatuka abandi imbwa yumukonyina itari numunyarwanda kanuni

    • @merissambabazi7968
      @merissambabazi7968 3 года назад

      @@supermanagerhuuukwiyemerah4044 ashakisha attention kungufu, izinadye nibushati super manager se uyuyama managing nde? Ninakabi maze karanabeshya.🏃🏽‍♀️🏃🏽‍♀️

    • @merissambabazi7968
      @merissambabazi7968 3 года назад

      @@bisimwamaurice7264 kabushati karakabije karishumbukuruje kati reka nvuge Bruce Mélody ndaba mbikoze 😳🙄😂😂

  • @plamedybyiringiro9315
    @plamedybyiringiro9315 3 года назад +7

    Merodi azabavugisha , kumupingase ntiwirirwa umuvugaho nyagasani yaragabuye- ahubwo , ahubwo mwamamaze meridi kuko Imana yaramwamamaje

  • @merissambabazi7968
    @merissambabazi7968 3 года назад +32

    Uyu super manager ari very disrespectful 👎👎 yavuze byishi kuri Melody, none yamwise injiji, nibindibyishi. Big up To Bruce Melody keep making us proud 🥲 we love Bruce Melody ❤️❤️

    • @nomore8398
      @nomore8398 3 года назад +5

      Sha Nange sinkimukunda Ariyemera agasuzugura Abandipe!!!!

    • @merissambabazi7968
      @merissambabazi7968 3 года назад +2

      @@nomore8398 ubonye ukuntu ariye iminywa yabuze ibyavuga ikazanamo thében and Meddy? Yabaye umuvugiziwabose? Bruce Melody ntanizinadyumuntu yavuze. Kandi yavuzeko aba type babanebwe ntamuntu yatutse. Ubunebwe sigitutsi yamwaye 😂😂

    • @kabangoamini8431
      @kabangoamini8431 3 года назад +2

      Uramugerekeye aliko ibyabahutu ubikuyehe

    • @tetaolivia3357
      @tetaolivia3357 3 года назад +1

      wimubeshyera nawe ibintu byamoko ntabyo avuze pe

    • @nomore8398
      @nomore8398 3 года назад +1

      @@merissambabazi7968 Birababaje kubona umustari Asebya cg agaya abandi kwishyira hejuru sibyizape

  • @imenagwenore7385
    @imenagwenore7385 3 года назад +24

    Ariko ndabona Super ari kubicurika niwe ari kugabuza kwizina rya Bruce melody
    Ntakindi akivuga muri Interview ze atari Melody! Melody ari kugukorera umuti murino minsi

  • @cadet1464
    @cadet1464 3 года назад +5

    Sabin iki giganiro kuki wakitweretse??? Bro ntidushaka super again hano plz guys turarushe nogutuka mélodie wacu

  • @EFMTV-z4y
    @EFMTV-z4y 3 года назад +6

    Harya super manager yakuriye mumuhanda burya!namukundaga ntazi uwo ariwe ark iyi interview iramumenyesheje ni indiscipline kbsa 💯/💯

    • @iteritekacycy9244
      @iteritekacycy9244 3 года назад

      Nanj nuko vrm ndabay sinarindamuzi uwariw ndumiwe🇧🇮 umuntu nkuyo atey ubwoba

  • @johndakar9163
    @johndakar9163 3 года назад +2

    Ubundi super jye namutahuye kera,numwe muri babatutsi babahezanguni bamwe baziko ngo imana ibakunda kurusha abandi ,ngo aribo bavukana imbuto zo gutegeka 🤣,ngo ibyiza byose nibyabo ndetse nikimenyimenyi uzumve role model we ngo ni (kagonyori) mbese super Ari mugatebo kamwe na (TOM NDAHIRO, INGABIRE MARIE IMMACULEE, YOLANDA MUKAGASANA,INGABIRE EGIDIE BIBIO,JEAN DAMASCÈNE BIZIMANA)n'abandi bantu bimbwa batereye Aho bumva ibyiza byose byaba ibyabo ,gusa ndashishikariza abantu cyane cyane abahutu nabashingwacumu Bose kuba bareka bakanava kumbwa nkizi

  • @igihozoishmael7315
    @igihozoishmael7315 3 года назад +3

    Gutwika byubahwe,
    Ntawutegetswe kukumenya uri super Kugiti cyawe ntago bitureba kuko ntibidutunze.
    Bruce Melody Ubahwa mubyeyi 🙌

  • @nkurunzizafrancodesanto2280
    @nkurunzizafrancodesanto2280 3 года назад +5

    Ahubwo nsanze uyu mutipe abashaka ko Bruce melody amuvugaho 2 kwita mungenzi wawe injiji ubwo urashakako melody agutaho umwanya I wish ko melody yakureka pee nagusubize

  • @ishimwebenito8121
    @ishimwebenito8121 3 года назад +40

    Super manager ashobora Kubafite ihungabana ryubuzima yaciyemo kbx 😂 Gusa afite amagambo umuntu atarambirwa kureba 👏👏😎

    • @supermanagerhuuukwiyemerah4044
      @supermanagerhuuukwiyemerah4044 3 года назад +2

      Iki kigabo narabivuze ko ntabwenge kigira bakangira umusazi. Ikigabo cyazanye iminkanyari mu maso kikivuga ubusa. Ubundi cyarongoye kikarega kwita umuntu w umugabo w ubatse uruswende. Kiyemera n amakamba akozwe mu makarito. Super you are so cheap.

    • @jjboy5157
      @jjboy5157 3 года назад

      Yarasaze

    • @blacclivesmatter4637
      @blacclivesmatter4637 3 года назад

      @@supermanagerhuuukwiyemerah4044 nanjye mbona atari serious sinzi nuko yabaye umu star. Ubundi akora iki? Kuvuga gusa? Ariko wowe ndabona waranamwitiriye username yawe🤣🤣

    • @supermanagerhuuukwiyemerah4044
      @supermanagerhuuukwiyemerah4044 3 года назад

      @@blacclivesmatter4637 akora iki se ko nta nakimwe ni ukwirirwa yivuga gusa. Sha naramwiyitiriye kubera muzi neza ngo njye munyomoza, mfite nibindi nzi kuri we nakomeza kurengera nzabishyira hanze

    • @blacclivesmatter4637
      @blacclivesmatter4637 3 года назад +2

      @@supermanagerhuuukwiyemerah4044 uziko bikaze. Nonese yaje aturutse he? Yamenyekanye biturutse kuki? Njye mubona mu ma interviews hano youtube gusa nayo sinyareba ngo nyarangize kuko mba numva avuga ubugoryi gusa

  • @nirereornette9469
    @nirereornette9469 3 года назад +7

    j’ai le pleuve🤣🤣🤣🤣🤣uyumugabo mumujane kumuvuza ndabasavye🤣sabin please ushaka ko tuguheba uzogume utumira supermanager nta displine afise nukuri

  • @kezahonorine8190
    @kezahonorine8190 3 года назад +9

    Eeeeee😂😂😂 Mbega wee nkibona uburyo ukabya bidafite decipline ikiganiro ndagikatiye gusa Melodi ni icyamamare 👌

  • @vestineuwiragiye8833
    @vestineuwiragiye8833 3 года назад +51

    Umuntu ubona ko super manger ameze na yaka amurusha ikinyabupfura like hano kandi super gabanya ubujajwa melody ntiwapfa unajyeze aho ajyeze

    • @yanisbebeto9208
      @yanisbebeto9208 3 года назад +1

      Rwose pe

    • @mr.triplen4638
      @mr.triplen4638 3 года назад +4

      Nibyo ni ukuri. Ngo yumve ahubwo se shaa!! Harya ubu ni ugushaka kumenyekana da?! Ubujiji gusa😏

    • @niyochadr4240
      @niyochadr4240 3 года назад +3

      Gaba nya kwicyina wa mugabo we kandi ugera geze kubaha kuko ntumu tunze

    • @patrickdusabimana3265
      @patrickdusabimana3265 3 года назад +1

      Super nyamara n umuhanga ubwose utavuze Melody wakomeza kuvugwa? Ivugire rata icyamamare

    • @mr.triplen4638
      @mr.triplen4638 3 года назад

      @@patrickdusabimana3265 hhhhhhhhhh,ariko wa mugani da. Nta kindi yabona yavuga

  • @murerwatonny3061
    @murerwatonny3061 3 года назад +1

    Uyu mugabo akwiye kwitwa
    *Gakumba Bikabyo Bwiyemezi Patrick* rwose Sabin iyo sms uzayimumpere👏🏻👏🏻👏🏻👏🏻👏🏻

  • @ezrankeshimana2934
    @ezrankeshimana2934 3 года назад +21

    Njye nkunze comments🤷🏿‍♂️🤷🏿‍♂️

  • @flawlessmyles
    @flawlessmyles 3 года назад +6

    Being old-timer doesn’t mean to have wisdom! This man act bossy and put others down , what hell! A successful man is a man with a good character , and I think he doesn’t know the definition of success, but lemme give to you the meaning of it: success is to measure by what you do compare to others instead to finish what you have assigned to do, you can beat the iron but start punching hard but through matching the conscious and subconscious mind you control your temper. They said fool are those who think they are too wise enough to stop learning and the enemy of success is not failure but success itself, when you give a man a power, man and sex you will know who he is. This niga freak out my mind as if he is peachy. No way man , your words describe how you’ve parented and how good you can show respect to others, nothing is harder than riding a horse in ocean when you’re wasted. As man’s heart as he is . Be the agent of change and live the life that impact others mentally, physically , financially and emotionally even spiritually . Am Dr. Myles

  • @jimmyzo8357
    @jimmyzo8357 3 года назад +1

    super birambabaje kubona,utukana,uzarebe ikiganiro wakoze uvuga kunjiji,wavuzeko injiji yize,yo, imeze gute, imeze ite,have rero utazasanga,warivugaga, ndagukunda,ariko ubungubu .urambabaje,cyane, ubuse nzongera kubwira abantu ko ,nkwemera,sinkumbwiyengo usabe imbabazi ariko, bruce,ariko gabanya kuvuga kubantu,kora akazi

  • @jeanineuwamahoro2227
    @jeanineuwamahoro2227 3 года назад +6

    Injiji niwowe uhora mumatiku ugakurura nurwango ese wita undi uruswende uramutunze mujye mwihubaha menyibyawe umwana wanzwe niwe ukura

  • @josephniyonsaba7187
    @josephniyonsaba7187 3 года назад +8

    Sha yabiteje tuuu. Mwese nabahaye utu likes guys.

  • @tonnyjames5050
    @tonnyjames5050 3 года назад +15

    Melody is very talented more than many singers in Rwanda so in one word super manager don't hide it u hate Bruce melody

  • @letsevolve4907
    @letsevolve4907 3 года назад +20

    Uyu mujama ateye iseseme!!! Sabin nawe ndabona aba yahawe umufungo ngo ntamubaze ibibazo kandi ngo yemere amafuti yose amubwiye!! Ifaranga ni hatari walahi...

    • @supermanagerhuuukwiyemerah4044
      @supermanagerhuuukwiyemerah4044 3 года назад +3

      Super umuziki waramunaniye. Kdi ashaka kumenyekana yirirwa yiyahuza ibigambo, kdi nta bafana. Views agira ku ma channel atandukanye agora arebwa n abantu bamwe

    • @allytoni9905
      @allytoni9905 3 года назад +1

      Sabin nawe aba yumiwe nkatwe

    • @lolitaimena9782
      @lolitaimena9782 3 года назад

      Ifaranga c barimuha uhari mwagiye mureka ubutiku

    • @letsevolve4907
      @letsevolve4907 3 года назад

      @@lolitaimena9782 Hahaha...ntakuntu iyo haje umuntu ufite ikintu kizima avuga Sabin amu bombarda nibibazo ariko haje uyu mujama aba avuga ubusa ngo amureke akomeze avuga ubusa ntabibazo na 2 cangwa 3 amubaza!! Kandi urabizi ibintu byose ni business...ngaho mbwira, mubintu byose Super Manager yavuze wemeramo bingahe?!?!😂😂😂

    • @letsevolve4907
      @letsevolve4907 3 года назад

      @@supermanagerhuuukwiyemerah4044 nyine arishyura udufranga ngo bamureke akomeze yikina!!!

  • @nshimirimanadeo7214
    @nshimirimanadeo7214 3 года назад +3

    Nimba youth of Rwanda are inspired by Super Manager vyukuri Urwanda rw’ejo rufite ikibazo

  • @Henrie109
    @Henrie109 3 года назад +27

    Amagambo make,ibikorwa byinshi. Icyo nicyo Melodie abarusha. Igitangaza imbere cyaneeeeeee 😍😍😍Yuhuuuuu

  • @roseflower7387
    @roseflower7387 3 года назад +33

    Super = yaka mwana rwose ntukijyereranye na Merody kuko si level yawe

  • @mukankuzijolly3913
    @mukankuzijolly3913 3 года назад +27

    😁😁😁narumiwe koko ese kumenya icyongereza niko kujijuka burya. Ishyari wee Bruce ndabona muzamuhitana aho bukera.

    • @gadnizeyimana9733
      @gadnizeyimana9733 3 года назад +6

      Ishyari rizabahitana Melody hejuru hejuru

    • @yanisbebeto9208
      @yanisbebeto9208 3 года назад +2

      Ntacyo bazamutwara imana imurinyuma

    • @mr.triplen4638
      @mr.triplen4638 3 года назад +3

      Wenye wivu wajinyonge, Bruce hejuru iyoooooo. Amashyari azabahitana, nkuyu koko ubu aba Ari mu biki weee?! Injajwa gusa😏

    • @lolitaimena9782
      @lolitaimena9782 3 года назад +2

      @@mr.triplen4638 ubuv super afitiyr Melody ishyari ibyabo barabizi namwe muraho

  • @gasoremugenziaugustin7950
    @gasoremugenziaugustin7950 3 года назад +23

    Bakujyane iwawa umaze kuba umwanda

    • @patitipatitic3814
      @patitipatitic3814 3 года назад

      😂😂😂😂 nabamuha interview sinzi icyo baba bashaka 😏 sinzi icyo abungura pe, Njye sinjya ndeba ibiganiro bye sinzi nikinteye ngo iki nkirebe 🤧

    • @rugambafred4901
      @rugambafred4901 3 года назад

      Najye ntyo

  • @christcentered8028
    @christcentered8028 3 года назад +14

    Super rekeraho wangu urakobije gutukumugabo undatuze

    • @dieudonnenahimana7797
      @dieudonnenahimana7797 3 года назад

      Ubwenge mbonaebudakwiye 😀😀 melidie hejuru hejuru pole sana nibubona ahageze hakubabaza

  • @annabatamuriza5296
    @annabatamuriza5296 3 года назад +8

    Arikina gusa ubu se we yize angahe koko mbere yuko abwira abantu ngo ninjiji

  • @Kigalinewschannel
    @Kigalinewschannel 3 года назад +6

    Ese super abakinnyi wagurishije mbere y'indege indirimbo uheruka gusohora 2019 ubu usigaye kucyi🙄 Cyokoza abakureba barihangana🤮 ibigambo gusa ukajya hariya ukavugavuga Niba ufite umugore yihe nkicyumweru ataguhindukirira🤤 Kuko yaba yihangana

  • @nteziryayojeandedieu3521
    @nteziryayojeandedieu3521 3 года назад +6

    Utuka utamutuka aba yituka uko wita melody nibibi umwifuriza ntago byahagarika umugisha we

  • @semutochristine688
    @semutochristine688 3 года назад +2

    Bruce melodi ahubgo numuhanga cyane kubona kugeza ubu ataragusubiza. Ahubgo niwowe njiji cyane. Mu gifaransa baravuga ngo: on reponds un imbecile par un silence. Jya muri gogle translate kuko ntiwabyumva. Bruce yubahwe

  • @richardbukuru2414
    @richardbukuru2414 3 года назад +6

    Mubuzima ujyuvuga uziga nibwombwenge super manager naho ubundi ntiwarezwe rwose

  • @sendegeyansengiyera647
    @sendegeyansengiyera647 3 года назад +4

    Buriya ni uko mutapfa kubimenya ariko Super Manager afite trouble psychologique kuko umuntu muzima arareka ibikorwa bye bikamwamamaza kandi ntiyirirwa yitaka.
    Nkurikije ibyo avuga arwaye indrwara bita “mythomanie”

  • @uwamahoroafisa835
    @uwamahoroafisa835 3 года назад +17

    Melody wanjye ndakwinginze nureba ikikiganiro"" ntuzasubizanye numuntu nkuyu utihesha agaciro!! Disi azi ngo niwowe njiji? Kd amaze kwituka🤭komeza ukore muhungu wanjye tukur' inyuma sweetheart 🙏😘❤️

    • @soniasss2252
      @soniasss2252 3 года назад +1

      Cyane gose ntazamusubize

    • @josephniyonsaba7187
      @josephniyonsaba7187 3 года назад

      Yabiteje ndaq, ariko Merodi muramwemera kweri. Erega wa super ni super star. Mujyemumwubaha cyane. Mwese nabahaye twa likes guys.

    • @aquariumw3688
      @aquariumw3688 3 года назад +1

      Melodie arabizi kuyu abashaka kumuzamukiraho ntakindi ...ubukoroni bwuzuye mumutwe wa Super Manager umuntu wumva ko uzati Anglais ntaho warenga buriya se iriya ye yigikonyine yayirengana mu Rda harya imumva nande ko yarutwa nutayivuga haha

    • @kezahosine1529
      @kezahosine1529 3 года назад +2

      @@aquariumw3688 super urakabije p uuratuka umuntuwumugabo witunze ngo ninjij ntasoni cyerek niba ahajyez harinitafari wamushyiriyeh super ndakwanze kurushah gus iga kubah ntugasuzugur umuntu udatunze ukus gus

    • @kezahosine1529
      @kezahosine1529 3 года назад +2

      Melody tukurinyuma terimbere

  • @Reine257
    @Reine257 3 года назад +4

    Ubwo ushaka kumurirah hit😂😂😂😂😂😂Bruce yubahwe ntabwo mungana reka reka ntukarye unamwigereranya 🤧🤧twe turaba ibikorwa bye aho bimugejeje wewe ibyawe nabyita ko aramahirwe wagize 😂😂nayo Bruce yarabikoreye arabirondera arabironka agira ihirwe ariko ari talented ❤️✍️akose wewe talent yawe irihe?😂😂😂😂

  • @kigali500tv7
    @kigali500tv7 3 года назад +4

    Gakumba nudasaba Bruce imbabazi uhereye uyumunsi ndahagarika ibinyamakuru byose kuzonjyera kuvugana nawe kd unakurikiranwe mumategeko

  • @geoffreyb2g567
    @geoffreyb2g567 3 года назад +3

    Supper turakwemera arko iryo jambo ukoresheje ntago ndisyigikiye nku mu fana wawe . kubwira umugabo wibeshejeho akanabeshaho umuryango we, wapi aho ntago tubyishimiye pe, ndakunenze kbx

  • @uwicyezaangelique459
    @uwicyezaangelique459 3 года назад +6

    Nyamara uzatagaciro kubera ubwiyemezi, reka kuvuga abantu nabi ubasebya ntago byiyubahe

  • @jeandedieumuhire5746
    @jeandedieumuhire5746 3 года назад +6

    Uyu mu type yagiraga ibitekerezo ariko ari arrogant ndetse ishyari rizatuma agwa hasi. Kbsa natagabanya azajya ku rwego rw' ibitekerezo bimwe na Yakamwana

  • @protaisizabayo4523
    @protaisizabayo4523 3 года назад +6

    Woe,wize wiziki x,gusuzugura,iminsi iteka inzovu murwabya Sha,jya ucabugufi,nicyo mbona cyakubera kiza gabanya agasuzuguro

  • @gasoremugenziaugustin7950
    @gasoremugenziaugustin7950 3 года назад +6

    Nawe umaze kurengwe nabona uzibagirwa nahowavuye waretse kujyutukana ukavuga amagambo yubaka abantu sup umaze kwigira tuwarete

  • @superwomanshow2359
    @superwomanshow2359 3 года назад +5

    Ariko untuwumagabo ntabindi yakora ahhhhhhh cyokoze hagowe umugore azashaka kuko afite urugambo wagirango numugore 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣ninumukene kuko umukire ntiyivuga yerekana ibikorwa

  • @nzabonimanadamien3743
    @nzabonimanadamien3743 3 года назад +1

    Ngo kariya kana nakajiji agaswende super we uzakizwe mubyo uvuga Imana ibahe guca bugufi utazi kohari ubwenge ashimubwe 🇱🇷

  • @jeanineuwamahoro2227
    @jeanineuwamahoro2227 3 года назад +7

    Kuza hano usuzugura undi mugabo udatunze niyihe nyigisho ubutaha

  • @kayitesipeace966
    @kayitesipeace966 3 года назад +11

    Super manager Bruce melodies ntiwagera aho agez Wana tuza

  • @nsabumukunzireverien8888
    @nsabumukunzireverien8888 3 года назад +4

    Super twamufanaga ark arikugenda yangiza izina rye asebya byagenzi be rwose ibintu byo gusuzugura abantu bireke sibyiza

  • @marielouiseugiriwabo4912
    @marielouiseugiriwabo4912 3 года назад +5

    Usoreje kukugira displine kndi nawe ntayo uyifite nihatari kweri 🙄

  • @tinatina2863
    @tinatina2863 3 года назад +22

    Uyu mugabo rwose yigira uwahatari ariko njye wapi. Imvugo ze , imyitarire ye byuzuye ubujiji.

    • @bisimwamaurice7264
      @bisimwamaurice7264 3 года назад +1

      sabin akakagabo nakajiji karashaka kugambanira melodi kitwaje ko arakagande imbwa yumusega atarasaba melodi imbabazi tuzakanga mpaka ingegera mbi

    • @aquariumw3688
      @aquariumw3688 3 года назад +1

      Narinzi ko arinjye wabibonye gusa ..

    • @sosojully6130
      @sosojully6130 3 года назад +1

      Jyewe ni nubwambere murebye nabwo narinabuze ibyondeba kbx arko ateye asyiiii🤧

    • @sosojully6130
      @sosojully6130 3 года назад

      @@bisimwamaurice7264 😂😂😂👌

    • @aquariumw3688
      @aquariumw3688 3 года назад

      @@sosojully6130 byahatali

  • @ismahtv299
    @ismahtv299 3 года назад +8

    Ubona ko I ibintu Super akoze ari iherezo rye kubafana muburyo twamufataga.... Nampe aka like kbs.... Poor displine +Ubwiyemeziiik

  • @amazonclearing3958
    @amazonclearing3958 3 года назад

    Super Manager ndamwemera sana mbona ari Intergent sana nkunda gukurikirana Speec ze God Blesse you Brother Ujye ubonera aho abandi baburiye muhungu wanjye ndi umusaza nitwa Dieudonne Gikondo Magerwa Compony Amazon C&F Ltd my Adress

  • @espoirpaul376
    @espoirpaul376 8 месяцев назад

    From canada we are here,we love him❤✌️

  • @emmanuelndayizeye7601
    @emmanuelndayizeye7601 3 года назад +9

    Turagusaaavye uve kuri melodi wacu kwel kuko nawe tumukunda kubi kndi ntumufake .

  • @kfefe1598
    @kfefe1598 3 года назад +6

    Uwo mugabo, nakure ngaho ivyo bintu vyiwe naramugaye kandi Nubu ndamugaye, ivyo wize n Imyaka ufise igupfuye ko ubusa

  • @andersonndabishaka7678
    @andersonndabishaka7678 3 года назад +3

    Super manager nikimara kbs maze kumurambirwa

  • @hjulweast393
    @hjulweast393 3 года назад +3

    Super manager ndakwemera ndagirango ngusabe ntuzongere kwemera ko abanyamakuru bakuzanaho ibibazo bibaza bruce melody njye kabisa maze kubirambirwa nkumbuye super manager wa super manager apana abo bajama bakuzana mu matiku rwose bareke nuzongera kumukubaza ujye uvuga ko bitakureba ahubwo ndabona baba bashaka ko umwamamaza sinzi wagirango yabahaye amafaranga arababwira ati super manager nimumwakira mujye mumumbaza .have rwose muntu wacu rekana n ayo matiku abanyamakuru baba bagushoramo.nkubu sinareba iki kiganiro kubw umutwe wacyo njye sinzogera kureba ikiganiro cyawe na kimwe niwemera ko bakubaza ubwo bubazo bwa bruce melody bareke rwose bagumane ayo matiku yabo ubundi Sabin nziko ari umuntu w umugabo ariko kuba nawe azanyemo bruce sha sinakireba kabisa nkumbuyea super youth inspiration.

  • @flavmutazi2050
    @flavmutazi2050 3 года назад +7

    Seul toneau vide fait le bruit!

  • @hakizimanajimmymark2360
    @hakizimanajimmymark2360 3 года назад +2

    Uwo mujama arotaa asinziye Bruce ntago wamufungira inkweto wangu wowe urumumotsi gusa icyindi jyugira icyubahiro urumutindi sana

  • @reneleking3562
    @reneleking3562 3 года назад +10

    Uyu mugabo afite imvugo mbi kandi ni umunyeshyali arwaye Melody. Ubwo rero super something uzagaruke aha usabe imbabazi ku mugaragaro Melody kuko umutukiye ku mugaragaro kandi ni umugabo witunze ntumutunze.

  • @emmanuelmuramutsa3237
    @emmanuelmuramutsa3237 3 года назад +7

    Super manager nta ndero nimwe agira rwose niba ari amashuri urata udafite discipline yaba ari ubusa kandi nizo ndimi ntabwo twazivukiyemo kuzimenya rero numva utari igitangaza

    • @bisimwamaurice7264
      @bisimwamaurice7264 3 года назад +1

      kayumba iyombwa bazayirege iriyemera ntawe arusha ubututsi iyonjiji ituka abana burwanda nawe sabin bazakwanga kubona wemerera imbwa nkiyo itagira umugore ituka umugabo nka melodie isi ntisakaye kazabona akokamara sinzi icyo kishyingikiriza akokamara kagashumba kamaze gutera abant iseseme mpise mva kukiganiro kubera gatukana

    • @iradukundaolivier6799
      @iradukundaolivier6799 3 года назад

      Abagabo nka super bababashaka kuzamukira kumuhungu wumuhanga bakamuvuganabi ndabakomeje kuko sabahanzi puuuuuu ntitunamuz ubukoko ???? Ariko nizerek batazongera kumutumira

  • @raymondiradukunda75
    @raymondiradukunda75 3 года назад +15

    iyi mbobo super kweli iriyumva kbs 🤣🤣🤣

  • @kalisahonore1272
    @kalisahonore1272 3 года назад +1

    Ariko Gakumba ugira confidence ugakabya rwose urakuze gerageza kugira displine melod afite aho yigejeje ntaruhare rwawe mwubahe kd umugire inama niba wishoboye nagufanaga ariko isubireho pe
    Sabin courage turagukunda

  • @prime_a
    @prime_a 3 года назад +1

    Ibyongereza bimeze nk’indimi bita “bantu byo wumva ari ibigana hehe Yewe musitari we? wajya ku ishuri ukiga kuko ibyo bigora nyirabyo cyane kuruta uzi amagambo abiri azi kuvuga neza. Ikindi mukwiye kumenya ntabwo success ari muri ruhurura zaguhururiye kuko siko abantu bose bifuza kumenyekana dore muba muri abana babeshya ababemerera, uzabaze Elon musk ubu niwe muherwe No1 ku isi hejuru y’ibyo arimurira abantu kuri Mars nka project and more naho ubwo busutwa hoshi hoshi.

  • @biralibakali4922
    @biralibakali4922 3 года назад +16

    Ndagusabye uzasabe Bruce mélodie imbabazi uvuze nabi pe kandi nangendumufana wawe nanga ikintu cyagukuraho icyubahiro turagukunda rwose ariko kuvuganeza abandi nishema super uzabireke pe

  • @chezzosirballo8852
    @chezzosirballo8852 3 года назад +23

    Super yaje yahaze zanzoga yamamaza