Nemeye kurya Uruhinja kubera inzara| Naboze mu nda inyo zikajya zisohoka - Ibya Fabiola byaturenze 😭
HTML-код
- Опубликовано: 10 фев 2025
- #igice_cya_1_Numero_ze_0782277615
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Umva wazaburi shyawe mujye muvuga cyane sibyo sibyiza guterura tel tugashyira kugutwi kugira ngo twice kdi twese ntidushoboye kwambara ecouteur
Wamunyamakuru we urabangamye ujagaraza umuntu mubibazo byawe pe wisubireho uhereze umwanya umuntu avuge ubaze nyuma. Utwo tubazobazo wapi kabisa.
Witekerezeho pe
Sha inzara iraryana pe,ariko ntiwagera aho wifuza kurya umwana ,wapfuma wemera ugapfa pe. N'amashetani mabi yarakurimwo Imana ishimwe cane ko yayagukijije.
fab ibyo yavuze irabisohoje ngiyo television uyigezeho, nibindi izabisohoza mubwire abantu be kwiganyira ibyo itarakora izabikora halleluya
Aba kongomani iyo abyaye inzara ikamurya ayra uruhija yabyaye sigitangaza kuribo
Muraho neza nyagasani yesu Abane namwe , Fabiola ndagusabye usengere mfite ibyifuzo nahaye Imana ndakwinginze uyibwirire isubize nkeneye ko Imana inkorera ibitangaza byayo kd ndizerako izabinkorera
Isomo nkuyemo tujye tuba maso ugasengana numuntu ubabaye ariko ntubibone ,ntitubafashe yewe Imana idufashe abarokore pe .bene data ntibyoroshye
Yesu kristu,reka dukomeze twihangane rwose,Imana ijya iteturura umuntu itarebye kavukire yumuntu
Ndarize kuburyo bukomeye Mana basi jyewe ndagushimiye aho ugejeje ukora nukuri wabaye intwari
Imana ishimwe ko yagutabaye mama kandi nkwifurije kuzabona ubugingo
Wamunyamakuru we nawe Sinzi pe Umuntu Afite Ikibazo Nkiki Urikumubaza Ububazo nkubwo?urumva hatarimo gusesereza Koko???Impore Mama Imana ishimwe Yagukijije Ibyo Byose Iyo Uzaba Ukomeye Uca Mubikomeye
Imana ishimwe cyane koyabanye nawe ikabarinda mukaba muri bazima mu mwuka no mu mubiri ihabwe icyubahiro yarakoze, turasha igihe gikurikira murakoze.
Pole sana tu waciye mubuzima butoroshye ariko imana irikumwe namwe
Zureka umuntu avuge munyamakuru urikumucira mwijambo ivyobibazo umwanya wose
What?? Ngokurya umwana wibyariye?? Shindwa pepo mchafu ,Imana ishimwe koyaguhaye agakiza
Byunve ubirangize ubone gutanga cmt
@@graceuwisanze7387 Urakoze niho nkibyunva, narinunvise agace gato
Iyo wonsa ushonje umwana iyo akuruye ibere ubyumvira mu gihorihori , erega ababyeyi ( les mamans bahura n’intambara zitoroshye ) !
Byihorere nyabusa gusa nge sinatekereza kurya umwana uko byagenda kose nakora Ibindi nkabona ukondya
@@kobusingemunyanajesca6428 jewe sintahura ukoyari kumurya
Ariko Uko Byagenda Kose Ntiwatekereza Kurya Umwana Ahubwo Wakwemera Ugaterura Inkono Mugikoni cyu Muntu Bakagufunga Wenda Ukajya Kurya Impungure
Nanjye Simbyumva Neza Niba Yariku Muteka Akamurya Niba Yarakumuhekenya Ntibyumvikana Gusa Biteye Ubwoba
Nukuri barabadayimoni umwana wimyaka 12 yabasha kunigumwana akamurya ese yarikumurya ari mubisi cyangwa yari kumuteka atagirahwa .utekera ububuhamya harimo ibinyoma nimyaka yumwana arikuyibeshya
Paulo na Asila baliomba milango ya gereza ikafungka , Amen 🙏 ! Babafunze ari umugambi w’Imana kugira ngo Ibakoreshe mu kubohora imbohe, HALLELUJAH!!
À/wamugoweherukirahokubesha
kuki utari kurya akaboko kawe canke utiyumviriye kuja kwiba canke ukarya ivyatsi canke ivyondo?
Burya byageze aho bivuganeza noneho mbega ubuhamya mbega ubuhamya Yesuweeeeeee aha wamubyeyi we uzavamo ukomeye pe yewegaaa
Ubwose koko wumvaga urinumurye ute koko😳yewe inzara iraryana pe ndayumva neza ariko iyo kugutekereresha kurya umwana iyosinzara ni abazimu😒gusa wahuyenubuzima bubababaje😭
Nanjye iyonzara numvise idasanzwe
Abandandi n,ubundi barya abantu.njyewe nashishiwe,izi you tube zizatuzanira.ese buriya babwirwa n,iki ko ari umukozi w,lmana nta n,uwamutangiye ubuhamya?
Nukuri harimo nabadayimoni, kuko niyo wagira inzara imeze ite ntiwatekereza kurya umwana. Turi abantu ntituri ingurube. Ubu buhamya akenshi umenya hazamo no gukabya pe, mumbabarire kubivuga. Hari abantu benshi bahuye ninzara bifatika, ariko ntawe numvise wigeze atekereza kurya umuntu
Walokole kanisani munasema malanyingi eti mungu amewambiya hivi amewambiya haya Jamani aceni uwongo wa abunwasi hivi AFRIKA kila inci ina uhuru hakuna ukoloni tena wakoloni hawatusomeyi bible turishajuwa kuyisoma UN onu hayijatupata ruhusa yakuyisoma uyu mwana muke mungu alimwambiya kula mutoto wake????
Jyewe numiwe. Mbega umubyeyi! Umubyeyi yemera gupfa ariko agapfa atamika umwana. Noneho ndumva ko isi arangiye pe
Iyo sinzara barabazimu shenge kuko ho kuryumwana narya nibyatsi pee gusa Yesu aturengere
Unyibukije kugendana nijwi ryimana
Urankanguye muburyo bwumwuka
Imana izaguhe iherezo ryabakiranutsi
Imana irashoboye,yagushatse,igukura,nomumva,ukayikorera.
Nukuri Imana ikubabarire wirira ahwimbaraga zirangirira niho iz,Imana zitangirira
Puuuuuu mu izina rya Yesu nta nzara yatuma urya umwana, byaruta ukarya ibyatsi n'ibitaka cg ibisimba aho gutekereza umwana wawe
Iz zar idayimon. W ntuwumv kwar shetan yihish inyum yinzar
Mana yacu ushimwe cyane kubyo wakoze. Tugirire neza natwe. Amen
birandenze mbuze ukombivuga gusa imana yacyu irakomeye
Uyu munyamakuru rwose azige kubanza kumva abaze aho bikwiye. Nukuri ari kubishya inkuru😰
Ark mwabuze ibindi muvuga ubwose koko mwabantu mwe uretse kugirango mube ibyamamare naho waba ugiye gupfishwa ninzara watekereza kurya umwana wae???
Mubwire namwe!!!!!!!!
Ndashima Imana ko muribicye namenye bimfasha kwihangana
Imana yarakoze disii! Wamubyeyiwe wanyuze muri byinshi bikomeye.!.
Oya rwose nimureke Imana yitwe Imana
Pamphi umurimo ukomeje kuwukora neza ariko next time muzajye mwitwaza twa clinex muhereze abashitsi banyu coz she really need some time to cry and vent it out then keep sharing her testimony. Anyways nanjye narindimo ndarira throughout !!!
Yesu we mana ntaho itagukura ntanaho itagushyira .Imana ishimwe kuko yakoherereje malaika kugutabara .yo Aleluyaa
Arikose uyumunyamakuru we barikuvuga amatwi wayashizehe ko urikumusubirishamo ibyo yavuze
Mama wawe ateye ubwoba.ariko yesu yabanye nawe.ese umwana ariho shenge?
Kutariye ivyatsi baraba dayimoni mwizinarya Yesu
suko se rata
bari abadayimoni umuntu ntaribwa mwizina rya Yesu.
Imana niyubahwe iteka ryose amen 🙏
Ese icyogihe warutarasubira murugo kureba umwana numukozi mutubarize konunva yageze ikigali
Mbega ubuhamya nukuri bwafasha benshi. Imana yo mwijuru iratangaje. Mana uhabwe icyubahiro 🙏🙏🙏🙏
Pamfire ikubabarire izina nyawe rirakomeye ariko umudai avuze ko Imana yavuze igiswayire unasema ngize amatsiko ushobora kuba guhanura ariko utizera .
Itang.11:7reka tumanuke tuhahindurire ururimi rwabo rubemo nyinshi zinyuranye bekumvana.
Itang 11:9 Nicyo cyatumye witwa Babel kuko ariyo uwiteka yahinduriye ururimi r'wabo muisi bose rukavamo nyinshi zinyuranye kd ariyo yabakuriyeyo akabatataniriza gukwira muisi yose.
Yoooo Imana ishimwe cyane ndabakunda Yesu
Uyu munyamakuru abaza ubusa ntatumetwunva ubuhamya neza
Imana iguhumugisha Mukozi W,Imana.
Insiguro iragoye gutahura.
Wara menje.
Imana niyo izi ico yogukoza puuu
Watuma umuntu yibagirwa ibyo yateguye kuvuga.presir atanga microphone noneho ubuhamya bugatambuka,akabaza nyuma ibibazo.ndumva nawe ark wabigenza,pamfiri we.
Mungu ni Mkuu. Mama ujipe moyo mbinguni tutapata taji ya uzima kwa kustahimili majaribu
Uyumubyeyi yarababaye weee cyakora isi nigatari haribintu biba kumuntu yabivuga abantu ntibabyumve disi cyakora mana unjye utubabarir pe😭😭
Mwizina rya Yesu nkirikumva introduction mpise numirwa
Nishyano
Yari muto mama 12, 13 pole disi
Ngushimiye ko wanze guhemukira uwo mumama wagukuye kunzira ukanga kulyamana numugabo we
In Jesus name😪😪😪😪😪😪Uti warugiye kurya Umwana wawe?????
Inzara weeee😪😪😪😪
Amagambo aranshiranye pe,munyamakuru we??
Urikimuvugiramo sibyiza jyureka umutumirwa abanze avuge nawubone kumusubiza
🤔🤔🤔🤔Kurya umwana🙈🙈🙈
Gusa lmana lshimwe yagukuye kure,ariko uzaduhe uwowasengeye nta nyababyeyi afite aduhamirize kuko harabo byakomeza kuko sinzi umwana aho yakurira ntanyababyeyi afite haribivugwa umuntu akumva Ari impossible.
Imana irakomeye cyane ❤
Ariko se ko Imana itatumye ujyana numwana wawe
Niba Ari Nibinyoma Arategura Kbs
Ariko se wavuga francais gte kandi wavuzeko murusengero bavuga fcais utayumva
Iyo nzara irimo numwuka mubi harinabo inzarayishe bapfana nabana nabo batanatiye manawe bieyubwoba
Mwizina ryayesu
Imana y'ukuri ntikoresha agahato.
pole mamma , warahangayitse basi , birambabaje
Shaka ubugingo ureke gushaka amafaranga
Mbegubuhamya Mana weeee urahambaye peee Yesu krsto ugira neza nukuri kose 🤔🤭🤭😥😥
Ko mutaduhaye igice cya 3 cy'ubuhamya bwa Fabiola ?? Muzaba mukoze.
Mama uri Imana uriho kd uzahoraho🙏🏻🙏🏻🙏🏻
Mbega weeee inzara yumubyeyi utwite, noneho wonsa , ihangane mpore Mama byibuze ufite abuzukuru😩😩😩😩😩😩😭😭😭😭
Byihorere Sha
Mwizina rya yesu kurya uruhinja
Ishiro niheza Imana irakora pe najye ndagukunda.
Imanayacu iratangaje ntacyo narenzaho
Ayiiiiii Gukurikira Yesu ntiboroishye ,igice cy 2 turagitegereje
Uyu mu mumenyesha makuru aguma abazagiza ubuhamya buca bubiha ntaze yongere
Nuwo ibyo bintu warabitekereje koko, ubwo se warilumuteka, Reka ibyo bari babikuroze
Yeweyewe Imana irahambaye.
Yoooo uwo Mu Maman Yesu amuhe imigisha cyane
Yooohhhhh kurya umwana weeee binteye ibinya mwa babyeyi mweee!!!!
Ariko ko Urwanda ari rutoya abantu bahura n’ibigeragezo by’indengakamere nk’aho badatuye mu gihugu kibamo abantu koko ?
Nabonye byinshi mu ntambara mu gihugu , ariko iyi nkuru niyo inteye agahinda kenshi kuruta ibyo nabonye kandi nabayemo !!!
Yeweeee iyi nzara n’iy’abadayimoni pe! Gushaka kurya umwana wibyariye ?😳😳😳😳 nibwo nabyumva pe! Mpise ncika intege zo gukomeza kureba ubu buhamya 😏
yesu yubahw ntaho idakura umunt ntanaho utomugez 🙌🙌🙌🙌🙌
Imana niyokwizerwa.
Mwizina rya yesu
Yooooo Mana wee uri Mana koko niwubahwe 🙏
Mana urahambaye😭👏🙏
Ihangane mubyeyi 😭iy'isi irimo ibibazo byinshi😭😭Mana we ubu buhamya burandijije😭😭😭
Ngo inyo munda ark Mana
Sha abamutuka ntabwo murababara cg ngo musonze, ntimwibuka abayahudi kobageze aho baryana kubera inzara,??? Ihangane Maman dore uriho kandi wamenye Nyagasani 😭😭😭😭😭😩😩😩😩
Pamphile rwose uvugira mumuntu cyane rwose bigatuma bibiha rwose
Oooooh mbega inkuru ibabaje 😭 uwo mubyeyi wagutoraguye nubwo atakiriho Imana imuhe umugisha wo gukomeza kubana nayo 🙏
Ayiwe mbega igitekerezo
Mu gi swahili, siwangu bivuga suwange.
Yooooooo Mana wa mubyeyi we rwose wagenze urugendo rw'umusaraba pee
Umunyamakuru uri kubaza nibyo yakubwiye mbere ugatuma atatubwira neza kukurongo.ubutaha ntuzongere
Utuma inkuru iba mbi
Muvyeyi naho ntarumvirariza ubuhamya bwose ndumva warababaye
Ariko iyo title mwashizeko ntiwany n'ukuri.kubera ntabwo yariy umwana wiwe ahubwo yatekerej kumurya Imana ica iramutabara
Jya ubaza ibibazo bike wa munyamakuru we
Isyi uyu munyamakuru nukuri azisubireho . Ntago umuntu yarangiza inkuru pe kuko urayibishya pe
Uyumunyamakuru muramurenganya vrm nnc atabajije yakitwa umunyamakuru gute?
vyakweri urabaza pe uguma umusubizamwo kweriiiii ntavyawe pe
Ndabaza kuko iyi ntahe ntiyumvikana ya mazu n'a mafranga vyagiyehe Ko umwana yabuze ubuzima ufise ibintu muri Congo.
Nitureke Imana yitwe Imana
Rekagukomeza kumubaza mureke avuge urigutuma atavuga
Yega ubuhamya,mwampa nimero yuyu mubyeyi
Komera cyane my dear
Oh my God 😭😭😭😭😭😭
Uwo Mumama Imana izamuhe imigisha
Oooooh warahutse