Bernadette nishimiye kukubona ma coleague de classe!.. Imyaka myinshii uko wabyirutse niko wakuze! Turi bato warebanaga impuhwe nkukunda indabyo pe!.. Be blessed !.
Man shaa Allah !!!! Ma chérie uri umugore mwiza knd w’umunyabwenge , knd tumaze ku kwigiraho turi benchi , Imana ikomeze ikuzamure mu ntera pe !!!! Jtm si fort Fifi ❤️😍🥰
Toutes mes félicitations ma sœur. J aime bcp. Les plantes. Prochainement à mon passage à Kigali si vous le permettez visiter ton jardin. Je suis une maman qui adore les jardins et essaye de planter je pourrai apprendre bcp avec vous. Merci ❤️❤️❤️❤️❤️💕💕💕💕💕💕💕
NUMERO YA FIFI: +250 788 563 130
Abatumirwa nkaba nibo bakenewe muri society zacu. Uhabwe umugisha wewe uha agaciro umurimo 💗
Amen 🙏
Nukuri peuh
Nukuri uvuze ukuri pe,ABA nibo bakenewe cane bafise ico bamarira society.
Uyu mu maman namukunze cyane ni sympathique nimwiza kandi afite umutima n’ibitekerezo byiza niyo mpanvu indabo nazo zigukunda zikarabya zikanahumura uba wazifumbije umutima wawe mwiza nkwifulije amahirwe muli byose byawe n’abawe bose♥️🌺🙏
Sabin wakoze gusura uwo mumama nange nkunda indabyo cyane munzu yange ziruzuye. It’s a good feelings to have plants around you so relaxing ❤
Nange ndazikunda
You are absolutely right, flowers are God blessings 🍓❤️
Mpise numva nagusura kubera nzikunda!
@@NTH.Jolly-3 sha uzaze unsure ni karibu ntuye muri USA 🤗 Ariko uzasure nuwo mu mama anagufashe kuzitera iwawe afite indabyo zishimishije
Icyigisho gikomeye cyane, Urakoze cyane mukundwa Fifi. Hari akantu nkuyemo, Kwibona kubanziriza kugwa 🙏Isomo ry ingenzi mu buzima 👌👌👌
Maman walisobanukuwe cyane ndagukunze ikorere mama kandi nibyo byagaciro
Bernadette nishimiye kukubona ma coleague de classe!..
Imyaka myinshii uko wabyirutse niko wakuze!
Turi bato warebanaga impuhwe nkukunda indabyo pe!..
Be blessed !.
How i like the flowers,I have a dream that one day i will have a garden like u mummy,u inspire me so much
For sure 🍓❤️
Feeling very inspired by your wise words and humble heart. I am very proud of you mom💖💖💖
Very touching and empowering for sure 🍓❤️
❤️
Maman Fifi ndagukunze rwose courage, nange nzaza kugura, twese dutekereje ibyo uvuze tukabishyira mu bikorwa ibibazo bihari byo kubura akazi byagabanuka
Mbonye umuntu nifuzaga kubona ,nkunda indabo cyane oneday tuzahura
My sister Fify , ndakwemera cyane, ndashaka kurushaho kukwegera. Uhabwe Umugisha
Gucabugufi, kudasuzugura akazi kose kaguha amafaranga, nokunyurwa nibike upfite nigikuru🥰🤝💪 urakoze madam Fifi
Ubusilimu buba mumutwe ,umuntu aba umusilimu ashobora gutinyuka gukora ikintu kimuyeza imbere ,kigateza imbere ikibano gushika kugihugu ,maman courage vraiment
Ese bamugize nyumba kumi ngo murebe uko quartier ihinduka paradiso❤❤❤❤❤❤
Man shaa Allah !!!!
Ma chérie uri umugore mwiza knd w’umunyabwenge , knd tumaze ku kwigiraho turi benchi , Imana ikomeze ikuzamure mu ntera pe !!!! Jtm si fort Fifi ❤️😍🥰
Toutes mes félicitations ma sœur. J aime bcp. Les plantes. Prochainement à mon passage à Kigali si vous le permettez visiter ton jardin. Je suis une maman qui adore les jardins et essaye de planter je pourrai apprendre bcp avec vous. Merci ❤️❤️❤️❤️❤️💕💕💕💕💕💕💕
Mbega umugore mwiza natwe ino.kubarabu nivyo.bidutunze.Sabin
Respect 🍓❤️
Wawoooooo byiza cyaneeeee
Maman Fifi ufite indabo nziza rwose,uru rugero rw'umugore uzi gukora
Cyane rwose
IMANA ikomeze ikwagure urabikwiye,uri umugisha kuri benshi
Yego rwose
Mama Nicole, wowe n'umuryango wawe lmana izabahe ijuru,kuko murarikwiye.
Wakomeje gukunda indabo
Byiza cyane maman ndishimye ku buryo utabyumva wowe turahuje nanjye nanga abirasi, igikwiye guhabwa agaciro nicyo umuntu yinjiza,rero twebwe iyo uvuye mu kazi wambaye inkweto za bote ukanyura ahameze nk'umujyi baraguseka bati uriya ni umunyamwanda kandi uvuye mu kazi kure mu misozi kandi nturagera mu rugo ngo witunganye gusa unyongereye imbaraga
Nanjye ndifuza kuzagusura unteye imbaraga zo gukunda cyane nanjye ibyo mfitiye impano
Wowe ushobora kuba uri umushikazi nitwe dushaka fr nkabayataye
Ikiganiro kiza cyane ,ubereye aband I ,urwke abaza kuvuga ibyingo zasenyutse nishyira hanze
Ariko umuntu avugicyafite nonese twese tuvuge indabyo tudafite
Jye nifuje kusura niba abyemera kuko nabikunze cyane
Ndabasuhuje mwese Sabin uyumutumire ndamukunze cane kwl nyagasani abandanye amuhezagire
Njye uyu Mudamu ndamuzi tumenyana bwambere yarake kunkorera jardin gusa natamgajwe KO yahavuye atanyishyuje ahubwo abwirije ubutumwa mbwiza mbese ntasanzwe isura ye n.umutima birasa kabisa umugeraho ukaruhuka ugakinzwa
Uzoze iwacu ibujumbura Disi ariko ndibaza birahenze cane gusa nivyiza cane umurundikazi ashoboye nkivyo twiyagire
ahubwo egera uwo mubyeyi akwigishe,uwo mushinga uwujyane iwanyu i Burundi. maze urebe ngo urakira
Aba Maman nkaba nibo tuba dukeneye batwigisha gukura amaboko mumifuka. Yubahwe cyane
Sabin reka maman Nicole akwereke indabo anakubwire ijambo ry, Imana. Ndugukunda cyane Fifi.
Izi ndabo zirasa neza cyane... Zirerekana ubushobozi bw'uko uyu muntu yakora Jardin nziza !!
Bavugako abantu bakunda indabo bakunda n'a bantu je vous félicite Maman Nicole.
Tu as absolument raison 🍓❤️ Elles sont aussi romantiques
Sha jyewe ndamuzi agiroho nziza ndabigutuye
Waow 😍
Congs to Maman Nicole💪💪
Nange nakwigiyeho byinshi mubyeyi ngukunda cyaneee
Félicitations madame 'sabin ndagufana'iki kiganiro niciza nukuri
NIZEREKO AMASOKO YA KIGALI YOSE ARI AYAWE, MBONYE UMUNTU DUKUNDA IBYATSI KURI NIVEAU INGANA. FIFI VUBA NDABASHAKA VRAIMENT.
ARIKO UZONGEREMO N'IBITI BY'IMBUTO ZIRI EXOTIC
Ninziza pe. Ninyinshi wee ariko niba ari business, it makes sense. Ariko harahantu nabonye hameze nkaha!!! Even no munzu!!!!
Uyu mu maman ndamukunze cane...Go go go Mama
Uyu mugore arasobanutse, yigishe abandi bagore batoranya akazi
Ooooh uzana benshi ariko arandangije nenza neza
Maman nicole,numva ngukunze kandi nkwigiyeko vyinshi, ubusirimu buba mumuntu ntibuba kumuntu,ikindi ntabwibone ugira disi niyompamvu wateye imbere
Nta muntu ukunda indabo ugira numutima mubi ntawe nzi peuh abonzi bose nabanyamahoro Imana ikomeze ikwagure bambe
Wawa ibyavuganibyo ndamuzi naramukoreye imanikomeze iguhumugisha
Ndakwemeye nadamu.Uli mwiza kandi ufite ibitekwrezo byubaka
Imana w,ubwenge bwinshi cane .wewe ndakwumva ningoga .Abantu iki gihe basuzugira akazi bagategereza diplome aho kwivukishiriza akazi.Hanyuma bakirirwa barira ngo ntakazi gahari kumbe ntibamenyeko vyose Ari mumutwe .
Nanjye nkunda indabo kdi nemeranywa nawe ziraruhura pe!
Les goûts et les couleurs çà ne se discute pas. J adore chez toi Madame c est reposant. Vous êtes formidable.
Les goûts et les couleurs ne se discutent, pas'
Waouououou ton jardin est extraordinaire.
Mama Nicole , komeza utsinde mubyeyi!!!!👋👋
Mama courage vraiment ntusanzwe
Very nice&inspiring!
For real ❤️🍓
Wow niwe wakoze jardin yaba plaisir WoW
Murakoze cne kukiganiro
Ndagukunze Cyane ndifuza kubonana nawe Kuko Nanjye nkunda Uwo murimo wawe
Sabin wakoze cyane 🙏 uyumumama yaracyenewe👍
Sabin wakoze kuzana umuntu ufite akamaro muri society
Ujye utuzanira at least 3 successful people a week
Abanyarwanda mureke kwiremereza mukore mureke kuba nyamutegera akazazejo.muhimbe imirimo niba mushaka gutera imbere.
Kabisa
Sabin ntabgo wa cameye neza ngo utwereke mbyimbitse indabo za Fifi twazirebye ho gato.
yoo mbega byiza nkunda indabyo we uwahangeza nkaziraramo nzaguha akazi untwgurire urugo ninza aho murwanda disi nimero reka nyadike ahantu
Blessings to you too 🍓❤️
Akundagukora akundagusenga ndumugabowokubihamya ndamuzi mamanikore yesunashimwe urahoneza
It is imperative that I will visit you Mama. I love the kind of flowers you have
You will fetch more blessings and wisdom from her for sure 🍓❤️
njye ndabikunze cyane kuko nanjye nuko meze
Kabisa dutekereza kimwe kubijyanye nindabo erega ninziza🌹🌹🌹
mbega umama mwiza afite mumutwe kdi azi guca bufufi pe akagera kucyo ashaka
Yego rwose 🍓❤️
Uyu mumama uzamugarure Sabe ❤❤
Maman.Nicole wazantagije ukampa nkindabo 10 igemwe
My dear 💕 Fifi I see myself in me woww!!love u
Wouuu ariko sab ntiwatweretse indabo
Celle-ci doit être une très bonne femme. Une femme qui aime les fleurs est une femme qui a du cœur ❤
moi aussi j'adore les fleurs 🌸
Uyu mumama niyubahwe, ariko njye nihagire unyibutsa, hari ikindi kiganiro nigeze kubona n'umumama nanone ufite indabyo nziza kandi nyinshi, yaba se ari uyu nabonye? Gusa bombi bafitiye twese akamaro. Gusa sinibuka niba ari abantu babiri batandukanye cyangwa ari umuntu umwe.
Ah! Nihuse kwandika coment ntararangiza ikiganiro, ariko mpise nibuka avuze ko yagize ikiganiro kuro Rose TV show mpita mbyibuka.
Mwaramutse neza, njye ndi kwibaza Niba indabo zitazana inzoka mu rugo?? Murakoze
😂😂😂😂😂 hari izirukana inzoka ntizabura muri jardin. Hari izo nzi nanjye.
Amafaranga ntagira impumuro yaho wayakoreye
Yego rwose
Nibyiza kutiremeza akazi kose nakazi murabakozi pe
Yego mukundwa
Yooooooooo,mamy disi mpise ngukumbura cyneeeee
Hari ubwoko bwinshi bw'indabo buba mu nzu, kandi zikaba ziyungurura umwuka bityo mu nzu hakaba umwuka mwiza. Hari n'izindi zitaba mu nzu habe na rimwe. Nka Bromélia, Fleur de lune, sansevière (Ubwoko bwazo butandukanye), chlorophytum n'izindi... Nk'uko Fifi abivuze, indabo ni ubuzima.
Kubera ubwoba bw'ibinyabwoya n'inzoka ngira no kwikanga ubusa ndabona izi ndabo ari nyinshi cyane nkaba nagira urwikekwe ko byahaza nubwo bidahari 😂😂😂😂😂 Abo duhwanyije ubwoba yambu✋
Waouw ni Paradis sur terre 😍😍😍👌
Yego rwose
Uyu mugore akunda indabo nkanjye pe
komera mubyeyi utere imbere indabo ni nziza ziraruhura
Mbega urukundo rw'amafranga!!!!!!!
Ndumiwe pe!!!
Ufite ubwenge bwinshi kdi nizereko abanyarwanda iki kiganiro gihindura imyumvire yacu
Aba running nabanyarwanda twishwe nugusuzugura akazi
Yego rwose 🍓❤️
Ntakintu kidakiza rwose
Niko bimeze da
Ni wowe mu feminist nemeye kuko ufite ibikorwa naho ureke abirirwa ku mbuga
Ndagunze peee nagye nibyonkora kandi ndabikunda birantunze nitwa fafa
Blessings 🍓❤️
MWENE IBI BIGANIRO NIBYO ABANYARWANDA BENSHI DUKENEYE
Ushobora gutunga nke zigereranyije zidasaba akazi kenshi kandi inke nazo ziba ari nziza
Ikikiganiro nzakireb paka kujyezaa kuri infini.
Cyaze!
Courage Fifi
Ibyo uvuga ndabyumva Iyo Usabye ikiraka umuntu akumvira ubusango iyo ufite imodoka ntiwakora business ziciriritse
Woww byiza cyane
Uyu mu mama niwe ukenewe kwigisha abantu gukora bakava mubunebwe bakareka gusuzugura akazi
Hari nabasuzugura umuntu ngo numukozi wo murugo tukirengagiza ko badufitiye akamaro uyu muvyeyi nintangarugero kuri twe dusuzugura ubuzi.
Number one
🙏🙏🙏🙏🙏 🌹🌹
Byiza cyanee
Number 1
Nibazina wajye najye nitwa Fifi
Aho ntanzoka zizamwo??🤔🤔
Uri icyitegererezo
Yooo nibyo pe
Mbegahantu heza hashimishijije wakwirirwa uzireba
Njye ntakintu mfite cyo kuvuga!