ABA introvert/Lonely wolf MBA mbona bari scary in terms of their emotions, Kandi ubanza iyo bakomeretse IBIKOMERE byabo bidapfa Gukira, kubera ko badasabana cyane, Imana Izamfashe nimpa umugore Uri Alone wolf byibuze nzamufashe in terms of emotions, Wenda yazahinduka Extrovert kuva bitari Permanent byahinduka any time, Thank you sister we love you ❤❤ Nize byinshi.
@sibomanaemmanuel ntabwo turi scary but abantu birabagora kutwumva,akenshi usanga turi abanyamahoro kandi twihangana cane coz we don't have to scream loudly even if sometimes it's needed
Ohhhh!!!! Maybe I am. And my mother knows this about me and tells me to be like others, and I want it myself but, it is impossible to change. Sign, indicator of this for me, when I was a student especially from senior 4 to senior 6 my group work was always on top marks while I was not in top 3 in class. But my group members were happylly to be with me. So maybe, I'm lone wolf
nigenasandrine272,hari igihe Wasanga Ari amateka yihariye waciyemo,yatumye wisanga umeze utyo.Ariko ntekereza ko nawe wakabije kuko ntekereza ko uko bimeze kose Uba Ufite abo wizera,Ariko gusa akaba Ari bake cyane.
sha uziko wagirango neza neza ni jyewe kino kiganiro wagikoreye?!jyewe mbaho jyenyine mfata imyanzuro ku giti cyange bimwe byo kugisha inama simbigira iyo ntari mu kazi mba ndi mu rugo nta bindi
Hari abantu bagendera mukigare kurwego rwo hejuru, urg: hari abatipe banywa inzoga ngo kugirango batazamuseka ngo ni umwa ADEPER cg ngo si umugabo wuzuye kandi mubyukuri we aba yumva ntazo akunze na gato ariko akabikora kubera groupe runaka arimo.
Abayo urakoze cane,je ubwambere nari nibaza ko mifise ikibazo kuko ukuntu nkunda ahantu hari calm kandi hari umuco muke it's too much,sinigera ndambirwa no kuba jenyene ariko ubwinshi bwabantu canke ama cris yibintu nivyo bimbangamira cane, but i discovered ko ariko ndemwe i am an introvert + Lone wolf but i try guhindura ikiba cobangamira umuntu ari around coz I'm very sensitive and i satisfy myself niturije ndumwe niyo mahoro yambere nzi.
ABA introvert/Lonely wolf MBA mbona bari scary in terms of their emotions, Kandi ubanza iyo bakomeretse IBIKOMERE byabo bidapfa Gukira, kubera ko badasabana cyane, Imana Izamfashe nimpa umugore Uri Alone wolf byibuze nzamufashe in terms of emotions, Wenda yazahinduka Extrovert kuva bitari Permanent byahinduka any time, Thank you sister we love you ❤❤ Nize byinshi.
Najye birangora chaneeee gusabana
@sibomanaemmanuel ntabwo turi scary but abantu birabagora kutwumva,akenshi usanga turi abanyamahoro kandi twihangana cane coz we don't have to scream loudly even if sometimes it's needed
Mange nkunda kuba ndijye nyine I love you abayo♥️
Nshaka ko uzavuga n'icyo umuntu yakora mugihe yaba yisanze akunda kuba wenyine kuko njye birambangamira kdi murinjye ngerageza kwisanisha n'abandi arko numva bingoye cyane ( iyo mvuye mukazi cg kwishuri mpitira murugo, kdi ahantu ndi n'iyo inyoni isakurije mukirere numva nayihanura, kdi burigihe iyo nicaye cg ndyamye mba nanaliza ibintu byose ) rwose birambangamira kdi iyo ngerageje kubyikuramo umunota umwe nshiduka nisanze uko,, ndumva mbangamiwe cyane ndifuza ko wazatubwira ikintu umuntu yakora mugiye yaba yisanze ameze atyo
Murakoze🙏
Hahaha iyo inyoni isakuje numva nayihanura😂😂. Hari aho nasomyeko abantu bakunda kuba bonyine mind yabo iba iri highly stimulated mu imbere bigatuma badakunda ahantu basakuza kuko biba biri kongera rwa rusaku rw'ibintu byinshi baba bitecyerereza mu mitwe yabo.
Umuntu umeze gutya urusaku ruramunaniza si we urota aruvuyemo. Nanjye iyo mvuye mu kazi mba nkumbuye mu rugo bya hatari kuko nta rusaku ruba ruhari kdi nta muntu uri buze kumbuze ibyiza byo kuba ndi njyenyine. Mba nkumbuye kuba njyenyine kubi kuko ni byo bimfasha kwisubizamo imbaraga mba natakaje ndi mu bantu😂😂
Ntecyerezako ukwiye kwibaza impamvu ubangamiwe n'uko umeze kdi n'impamvu ushaka kubihindura. Nkurikije ibyo wavuze ukunda kuba wenyine. Urebe neza niba bitakubangamiye kubera ibyo abantu birirwa bakubwira. Naho kuba uteye utyo ntacyo bitwaye. Ntago ugomba kurwana ko kuba utari we. Nemerako buri wese afite icyo yakwiga cg yakongera kuko ateye kugirango arusheho kubana n'abandi neza ark abantu ntibakwiye gutuma utikunda. Introverts na extraverts bose baracyenewe muri society. Igisabwa ni uko buri wese yakwimenya, akiyakira, akamenya uko akorana kdi afasha mugenzi we badataye kimwe.
Buriya hari abantu baziko introverts batavuga. Introvert yavuze ntiwahava. Biterwa n'ibyo avuga ndetse n'abo bavugana. Dukunda ibintu bituma ubwonko bwacu bukora niyo mpamvu tudakunda small talks kuko zo ziratunaniza mu mutwe.
@@myriamnadiakamaliza7411 really, i like your advices
Urakoze
Ni Ukuri Urakoze cyane,,Uri Umuntu mwiza....nanjye nteye gutyo.....Kandi exactly uko duteye ni Kwiza ,iyo nagerageje kubihindura ,nkaba hamwe n' abandi cyane ,mvamo narushye,nkumva ndababaye ,, nsinjye ubona ngeze mu cyumba cyanjye njyenyine❤😂😂@@josephbyiringiro81
Duteye kimwe disi ..ariko wishaka kubihindura ,wazabihirwa n' ubuzima❤😊
After listening to this, I think I am an extrovert/Social 🦋, but a lone wolf with blood group o+, Thank you sister ❤
Mwazadufasha kudusobanurira uburyo wahitamo Umugore muzabana akaramata, Especially iyo uri Umuntu ufite impungenge nyinshi ku bakobwa mbona muri iki gihe, mbese icyo mvuga Uko wahitamo Character zuwo muzabana Kandi ntiwibeshye ndavuga niyo wamwibeshyaho Wenda bikaba nka 2% Byibuze 98% isigaye utaribeshye mbese MBA nabuze Uko mbivuga ariko wabyumvise my sister ❤ Murakoze 🙏🏼
Ibyo bireke wikomereze uturimo
Thanks 👍 igihe wahereye noneho uransobanuye🫂
AyS❤❤
At the top ☝️we love you more
Thank you my teacher we love you 💕
That’s me for real. Nari naribuze nibaza impamvu nkunda kuba jyenyine, kudatumirwa mu birori, gutekereza kutuntu cyane ndetse no kumva ko ngomba kugira ubuvumbuzi muri njye. Gusa urampumurije Numvise atari bibi.
Abayo kbs urumuhanga nange nitwa sandrine ariko sinzi icyo bivuga ndakwinginze uzansobanurire pe love you 💕
Sandri wagirango uranzi neza neza byose nibyange ntanakimwe ukuyemo ndagukundape urumuhanga🙏
I like u
Kalizasolange,Ntabwo nzagusagarira
Thank you , my sando l love you
Otherwise I am alone worf😂😂😂
Uwo ninjye wanyawe ureke abanyibeshyaho
#there'ssomevideos that convinced me that I am ambivert especially your video about pasonality desoda
Nukuri uwo ninjyewe kbs
Abayo urakoze
💥💥💥 (NDAKWEMERA)
99% y'abantu barebye iki kiganiro bakakirangiza bakunda kuba bonyine😂😂
Ese wamenye gute 😂😮😅 that life I live
Thanks sister I get it am full in this group of lone wolf that's how really I am❤
So amazing
Aba lonely wolf muze twishyire hamwe twahindura byinshi kuri society baturebeyeho @ sandrine uzaduhuze
I'm new to this channel and I'm happy
Ohhhh!!!! Maybe I am. And my mother knows this about me and tells me to be like others, and I want it myself but, it is impossible to change. Sign, indicator of this for me, when I was a student especially from senior 4 to senior 6 my group work was always on top marks while I was not in top 3 in class. But my group members were happylly to be with me. So maybe, I'm lone wolf
Uwonijye ❤❤❤❤
This is me 100% , cause I am very very a lone in my life and I like this style of life .
I’m lonely wolf that is true %
Omg 🙀🙀 mbega. Yallah but it's good 👌👌👌
Yes iam
Wau thanks
#Lonewolf ❤❤
Thank you 💕 but uwakunyereka face to face
Congratulations 400K We love you ❤
Thank youuuuuuuuu abayo
Rwose nisanga hano pee❤️❤️
Uziko arinjyewe uvuze nibicye wabuze ntafite nonese Sandrine kuberiki mbaho mubuzima butizera umuntu numwe wazansobanurira ngo mbiterwa Niki?
nigenasandrine272,hari igihe Wasanga Ari amateka yihariye waciyemo,yatumye wisanga umeze utyo.Ariko ntekereza ko nawe wakabije kuko ntekereza ko uko bimeze kose Uba Ufite abo wizera,Ariko gusa akaba Ari bake cyane.
Turi beshi tubayeho gutya, njye nizera ibidukikije 😢 kurusha abantu
@@Umuvugakuri Yego nawe Bigaragara ko hari ibintu waciyemo bibabaje nawe byatumye ufata icyo cyemezo nawe gikomeye
Ntibyabura@@claudefabricei4959
Numvaga ari uburwayi ngira
Urakoze ,cya ngwa ni bibazo by ubu pfubyi yooooo urakoze
Sandrine ❤❤❤❤❤
Abayo I love u so much congratulations dear
Woww nisanze mo hano rwose an lone wolf peeee❤
Urakoze cyneMme sandrine ,ibyo uvuze ni ukuri!
❤❤❤❤❤❤❤
BIG Energy abemerako ikikiganiro gikozwe gikorewe Yago TV Show Nakande Like Hano. Njyendabizinezako Ari Yago.
This my category 100%
nange pe
Hello Yvette,ufite ijwi ryiza cyanee❤❤❤ ,wagirango ningewe ijana kwijana
Muzatubwire ibitera Lonely cg kwigunga
I am A lone wolf 👊
#abayoyvettesandrine ndagukundaaaaaaaa cyaneeeeee umpa impamvu zo kugukunda ❤️❤️ nange ndi umuntu u spendinga a lot of time alone
❤😂Niko Mèze qriko ntqkintu nakimwe nakimwe byigeze bimarira, niba hara Indi bitejerezo bibishyigikra nabuza, ntakiza nakimwe cyabyo nabonye, ahubwo ndabyinubira
I like Lone wolf 🐺
Mercie beaucoup
Abayo nukur uwiteka azagukomeze mubyukora byose kuko ndagukunda cy n
❤❤❤🎉🎉🎉
Nije mezukoes nobikira gut
Wow I can guess why
sha uziko wagirango neza neza ni jyewe kino kiganiro wagikoreye?!jyewe mbaho jyenyine mfata imyanzuro ku giti cyange bimwe byo kugisha inama simbigira iyo ntari mu kazi mba ndi mu rugo nta bindi
Uzodukorere Kuri dadju wo muri France yaririmvye bobo au cœur
I love you ❤🎉
Ibinibyange kbs
I'm lone Wolf person ❤
Urandondoye wese ,,
Ushyize haze kbs
It's me
I am alone worf😂😂
🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉
Umvuze ntaho usize peeee😊
I’m extrovert lonely wolf ,nobody understands me pe , mba numva nakwibera mu ishyamba kure alone and I’m very okay with that
Kbsa
Nukuri aha niho mbarizwa gusa nange birambamira.
I'm a lone wolf too
Sha nukuri jewe ndi umu lone wolf kabisa ntambesheye
Uwo ninge rwose gsa ikibazo cyacu biratugora guhita tuba incuti n abantu tutamenyaranye
Noe mugih iwany har ibibazo gsa ukabona nuwo ushats kubiganirira ntarik akwumv nez wakorik?
Hari abantu bagendera mukigare kurwego rwo hejuru, urg: hari abatipe banywa inzoga ngo kugirango batazamuseka ngo ni umwa ADEPER cg ngo si umugabo wuzuye kandi mubyukuri we aba yumva ntazo akunze na gato ariko akabikora kubera groupe runaka arimo.
Umvuze wese wese kbx
I'm lone wolof🙂
C
Ncuti yange uwo ninge pe gusa ndatunguwe kuko sinari niyizi
Me 1000%
Ikindi aba lone wolf bagira:kugura isoni,kudategereza umwanya munini/Music ye Aho aba volume 80/arko iyo ageze ahandi yumva bazimya Radio/ikindi iyo agufatiye mwikosa ntabikubwira Ako kanya/😮iki ikiganiro ngiteze amatwi inshuro 3.......
uvuze ibya music nibuka ukuntu iyo ngeze mu rugo umugabo ahita azimya radio kuko irambangamira pe
Ndumva aringe gusa pe
Umva ibi byose ninge pe
Abayo urakoze cane,je ubwambere nari nibaza ko mifise ikibazo kuko ukuntu nkunda ahantu hari calm kandi hari umuco muke it's too much,sinigera ndambirwa no kuba jenyene ariko ubwinshi bwabantu canke ama cris yibintu nivyo bimbangamira cane, but i discovered ko ariko ndemwe i am an introvert + Lone wolf but i try guhindura ikiba cobangamira umuntu ari around coz I'm very sensitive and i satisfy myself niturije ndumwe niyo mahoro yambere nzi.
Icyampa tukamenyana kuko turi kimwe neza❤
Ndanezerewe kuba ndi umu lone wolf kbs ntanicyo bintwaye
Yvette,nukuri ubikora neza peee,kubera ko ibi byose uvuze niko nteye pee,nkunda kubaho uko bivuzwe.
Eh! Ni ukumirwa!
Nanj ndimw vyons biramfata
Nanj ndumw murabo
Uwo ninjye pee
Uwomuntu nijyewe wanyawe
Ndiwe urakoze cane nfuyo uvuze iki kiganiro maze kucumvira ico zirenga zine
They are sigma
Urimvuga kuri
Konumva uvuze jewe😂
I'm a lone wolf
Ariko ubuhanga buri aha!
Urakoze mwarimu mwiza
Hhh i'm a lone worf kbx
kbs
Ndi umu lone wolf
Hello Yvette wazadufashije ukadusobonaurira ibijyanye na synchroucities like (11:11)(333)(55) uzaba ukoze cyane
❤❤❤❤
❤