Brother David - Spiritual Melodies Ministry
Brother David - Spiritual Melodies Ministry
  • Видео 13
  • Просмотров 2 172
TURI MU RUGENDO
Twese muri iy'isi turi murugendo.
Bamwe bari murugendo rujya mw'ijuru abandi bari murugendo rujya muri gehinomu mw'irimbukiro. Waba muti America muri Asia, uko waba uri kose nuwo waba uri we naho waba utuye uri murugendo.
Ikibazo ahubwo uri mu ruhe rugendo, urerekeza he? Iminsi uri kwisi irabaze kuko ntawe uzatura nk'umusozi.
Muri uru rugendo ariko ikibabaje, abari murugendo rujya muri gehinomu usanga basuzugura cyane abari murugendo rujya mw'ijuru babatuka babaca intege.
Ibaze uruhande urimo nibyo ukora aho byerekeza.
Просмотров: 87

Видео

UBUZIMA UFITE BUSABA KWITONDA
Просмотров 113Год назад
Ubu buzima tubayeho hano kw'isi busaba kwitonda. Uyu munsi uba ukomeye ejo ukaba umeze nk'abandi bose. Burya hakomera icyo turi cyo ntabwo ari twe tuba dukomeye. Kwiyoroshya rero n'ingenzi tukamenya ko ibintu bishobora guhinduka igihe icyo ari cyo cyose haba k'ubuzima bwacu cyangwa ibyo dukora, bityo tukabana mu mahoro.
UNDINDE UBUCYENE
Просмотров 70Год назад
Ubukene burababaza. Nkuko Umwami Dawidi yasenze, twese nanjye nawe Imana iturinde ubukene
NTACYO NZACYENA
Просмотров 52Год назад
Ni iki twabura kandi dufite Imana ho Umurengezi wacu kandi ari we nyi ibintu byose biri kw'isi no mu ijuru. Icyo dusabwa gusa ni ukwizera tugasaba iyabiremye kubiduha natwe tukabikoresha neza nta buryarya nta bugugu. Mbese itimanye Umwana wayo ikamuduha, ubutunzi bwo kutubeshaho nibwo yatwima? Oya rwose.
MPISHA MU MABABA YAWE FT SARAH UWERA
Просмотров 230Год назад
DUFATANYE GUSABA UWITEKA KUDUHISHA MU MABABAYE
AKIRA AMASHIMWE MWAMI
Просмотров 77Год назад
Iyi ndirimbo nayanditse ndi mu bitaro mu buhinde mvuye mu iseta. Imana ishimwe cyane
YEMEYE KUBAMBWA
Просмотров 142Год назад
Abayuda bishe YESU kubera ishyari. Bari bazi ko ari we Mesiya ariko kubera gukunda ubutegetsi birengagiza ukuri. Baramufashe baramwica babikora bavuga bati reka turebe wenda wasanga atari we. Bamuhambye mumva bayirindisha abasirikare. Muri ubwo bugome n'ubujiji bivanze n'urwango babikoze mubwoba bwinshi. Abasirikare bari barinze iyo mva nibo babaye abatangabuhamya ko YESU yazutse yavuye mu gitu...
INEZA YAWE SINAYICECEKA
Просмотров 131Год назад
INEZA YAWE SINAYICECEKA Muri iyi ndirimbo nakoresheje amagambo ajimije cyane. Aho uzumva mvuga ngo ngenda mu gashamba njyenyine, n'igihe nari mu bantu tudahuje kwemera. Inyamaswa zenda kundya, icyo igihe abantu bari bamereye nabi bashaka kumpitana Imana ikantabara. Aho uzumva mvuga mu mahanga ngeragezwa n'umwanzi, n'igihe nari hanze y'igihugu ndi hagati mu bantu babi bahigaga ubugingo bwanjye b...
REKA KWIHEBA
Просмотров 72Год назад
REKA KWIHEBA MUVANDIMWE NTA JORO RIDACYA. IYI NDIRIMBO HAMWE NA NGENZI YAYO YITWA NTUGAHWEME GUSENGA IMANA NAZANDITSE NDWAYE. UBWO NAVAGA KWIVUZA MU BUHINDE NARAVUZE NGO NUBWO IJWI RITARAGARUKA NEZA, NGOMBA KUZIRIRIMBA NGASHIMIRA IMANA NDETSE NKAZAJYA NZIBUKIRAHO UKO IMANA YANTABAYE IKANKIZA UBURWAYI BWARI BUNKOMEREYE. HARI NINDI NANDITSE ICYO GIHE ARIKO YO SINDAYIJYANA MURI STUDIO. NIMWUMVA IJ...
NTUGAHWEME GUSENGA IMANA
Просмотров 94Год назад
GUSENGA NI INTWARO Y'UMUKRISTO UJYA MU IJURU. BITWEGEREZA IMANA BIGASENYA IBIHOME BY'ABANZI BACU. TEGA AMATWI IYI NDIRIMBO HARI AHO YAGUKURA.
NAVUTSE UBWA KABIRI
Просмотров 978Год назад
Iyi ndirimbo yitwa; NAVUTSE UBWA KABIRI Nayanditse muri 1998. Bwa mbere nayiririmbanye na chorale Umusamariya Mwiza ya Nyamirambo. Remix yayo nayiririmbanye na Sarah Sanyu na Jimmy Bizimungu bombi ba Ambassadors of Christ. Harimo ubuhamya bwibyo nanyuzemo nkimara kubatizwa. Umuryango wacu ntabwo bari bakijijwe muri Yesu Kristo byatumye batabyakira neza mpura nibibazo byinshi byatumye mva no mur...
NSHAKA GUTUNGANA
Просмотров 41Год назад
iyi ndirimbo iruhura abana b'Imana bashaka kujya mu Ijuru. yitege amatwi iragufasha
NSHAKA GUTUNGANA
Просмотров 86Год назад
NSHAKA GUTUNGANA